Abakuru b’ibihugu bya EAC barongera bahurire i Nairobi

Abayobozi b’ibihugu by’umuryango w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba (EAC) kuri uyu wa 20 Kamena 2022 barongera bahuriye mu nama i Nairobi muri Kenya. Ikinyamakuru Standard cyo muri Kenya, gisobanura ko iyi nama yateguwe na Perezida Uhuru Kenyatta usanzwe ari Umuyobozi Mukuru wa EAC, iraba yiga ku mutekano muke uri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya […]

U Burusiya burigamba kwica abajenerali basaga 50 ba Ukraine bari mu nama

Abayobozi b’u Burusiya batangaje ko abasirikare bakuru basaga 50 ba Ukraine, barimo abajenerali n’abagize ubuyobozi bukuru bw’ingabo, biciwe mu gitero cya missile. Igisirikare cy’u Burusiya ngo kikaba cyagabye igitero ku cyicaro cy’ubuyobozi bw’ingabo za Ukraine, aho bakoreraga inama nk’uko byemezwa na minisiteri y’ingabo y’u Burusiya. Moscow ikaba ivuga ko bakoresheje ibisasu bya rokete byo mu […]

Mbanda abona kuba Angilikani yagendera ku mabwiriza ava mu Bwongereza byaba ari ubukoloni

Umushumba wa Angilikani mu Rwanda, Archbishop Dr Laurent Mbanda, abona kuba abashumba b’iri torero ku mugabane wa Afurika bategereza amabwiriza aturuka ku cyicaro gikuru mu Bwongereza, byaba ari ubukoloni. Mu kiganiro yagiranye na BBC cyibandaga ku masezerano y’abimukira u Bwongereza n’u Rwanda, Dr Mbanda yagaragaje ko atemeranya n’Umushumba w’iri torero ku Isi, Archbishop Justin Welby […]

RDC: Umuturage bivugwa ko ari Umunyarwanda yishwe atwikirwa mu mujyi rwagati

Umuntu bikekwa ko ari Umunyarwanda kuri uyu wa Gatandatu, itariki 18 Kamena, yishwe n’abaturage muri Komini ya Kalima, Teritwari ya Pangi, mu birometero bigera mu ijana uvuye mu Mujyi wa Kindu, Umurwa Mukuru wa Maniema, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Kugeza ubu nk’uko tubikesha urubuga 7sur7.cd, abayobozi b’Intara ya Maniema nta kintu baratangaza ku […]

Umugaba Mukuru mushya w’ingabo z’u Bwongereza yiyemeje kubaka igisirikare kizahangana n’u Burusiya

Umugaba Mukuru mushya w’ingabo z’u Bwongereza, Gen. Sir Patrick Sanders, yiyemeje kubaka igisirikare kizashobora guhangana n’ingabo z’u Burusiya zimaze amezi atatu mu ntambara na Ukraine. Nk’uko The Independent ibisobanura, Gen. Sanders wasimbuye Gen. Sir Mark Carleton Smith ku wa 13 Kamena 2022, yamenyesheje abasirikare b’u Bwongereza uyu mugambi abafiteho. Yagize ati: “Hari inshingano ikomeye yo […]

Umunyamakuru Nsengumukiza asobanura ko yahunze igihugu kubera iperereza yashatse gukora

Umunyamakuru wa siporo Prudence Nsengumukiza wakoreye ibinyamakuru bitandukanye birimo KT Radio na Radio Salus, yasobanuye impamvu yatumye ahunga igihugu. BBC yasobanuye ko nyuma y’urugendoshuri rw’ukwezi mu nzu ndangamurage y’ubwami y’amateka ya Afurika yo hagati (Royal Museum for Central Africa in Belgium) mu 2021, uyu munyamakuru w’imyaka 33 y’amavuko yafashe icyemezo cyo kugumayo nk’usaba ubuhungiro. BBC […]

NATO irameza ko intambara yo muri Ukraine ishobora kumara imyaka myinshi

Umuyobozi wa NATO yaburiye Uburengerazuba ko bugomba kwitegura gukomeza gushyigikira Ukraine mu ntambara ishobora kumara imyaka myinshi. Umunyamabanga Mukuru wa NATO, Jens Stoltenberg, yatangaje ko amafaranga y’intambara ari menshi, ariko ko igiciro cyo kureka Moscou ikagera ku ntego za yo za gisirikare cyaba kinini kurushaho. Ibi yabitangaje ubwo Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, na […]

Ejo hazaza ha Tshisekedi muri politiki harareberwa ku kuntu azakemura ikibazo cya M23

Ejo hazaza muri politiki ha perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hashobora kugenwa n’urugamba igisirikare cye kirwana n’inyeshyamba z’umutwe wa M23 abona ko zishyigikiwe na Leta y’u Rwanda, aho ngo intsinzi ye yazamura amanota ye. Umutwe wa M23 wari waratsinzwe muri 2013 ariko wongeye kugaragara ndetse muri iyi minsi wateje impaka za ngo turwane […]

Musanze: Abaturage barasaba ko ikiraro cyangitse cyakorwa kuko cyahagaritse imigenderanire

Abaturage bo mu tugari twa Cyabagarura mu murenge was Musanze na Rwebeya mu murenge wa Cyuve barasaba inzego zibishinzwe kubakemurira ikibazo cy’ikiraro cyabahuzaga kikaba cyarangijwe n’imvura yaguye mu i tumba. Iki kiraro kizwi nk’icyo ku kibuga cy’indege kiri ku mugezi wa Rwebeya aho cyakoraga ku midugudu ibiri (2) ariyo Mubuga wo mu kagari ka Rwebeya, […]

Fabregas nyuma yo gusezerwa na AS Monaco ashobora guhagarika gukina umupira w’amaguru

Umukinnyi ukomoka muri Esipanye wakiniye amakipe nka Arsenal na Chelsea zo mu Bwongereza ashobora guhagarika gukina umupira w’amaguru, nyuma yo gusezererwa n’ikipe ya AS Monaco yakiniraga. Fabregas w’imyaka 35, yageze muri AS Monaco yo mu Bufaransa mu 2019. Yasezeweho n’iyi kipe nyuma y’imvune yagize umwaka utaha. Ikinyamakuru The Sun kivuga ko gusezererwa muri Monaco bishobora […]

MONUSCO iramagana abahamagarira abandi gukorera urugomo Abanyarwanda n’abavuga Ikinyarwanda

Umuyobozi wa misiyo y’amahoro y’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (MONUSCO), Bintou Keita, yamaganye Abanyekongo bakomeje guhamagarira bagenzi babo gukorera urugomo Abanyarwanda bakorerayo n’abavuga Ikinyarwanda. Muri iki gihe umubano w’u Rwanda na RD Congo utameze neza, Abanyekongo bakomeje ubukangurambaga burushinja gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23 mu mirwano n’ingabo za Leta, ndetse ngo […]

Uganda igaragaza ko ubucuruzi bwayo n’u Rwanda bukirimo icyuho kinini n’ubwo imipaka yafunguwe

Guverinoma ya Uganda igaragaza ko ubucuruzi hagati y’iki gihugu n’u Rwanda bukirimo icyuho kinini n’ubwo imipaka yari imaze igihe kinini ifunzwe yafunguwe. Raporo nshya ya Minisitiri w’Imari wa Uganda igaragaza ubu ku kwezi muri uyu mwaka, ibisohoka muri Uganda bijya mu Rwanda bifite agaciro k’amadolari ya Amerika 220,000. Ni mu gihe mu 2019 imipaka itarafungwa, […]

Katumbi yatangiye gukekwaho ubugambanyi kubera inkomoko y’umugore we

Kwifata k’umunyapolitiki MoĂŻse Katumbi, ubusanzwe utajya uhisha icyo atekereza, muri ibi bihe igihugu cye cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kirebana ay’ingwe n’igihugu cy’u Rwanda, kwatumye atangira kwibazwaho na bamwe mu Banyekongo bibaza impamvu atarimo kwitwara nka bagenzi be, Adolphe Muzito na Martin Fayulu mu gushyigikira FARDC ndetse bamwe bakaba bamufata nk’umugambanyi bashingiye ku kuba […]

Amafoto: Umunyamakuru Samuel Baker Byansi yakoze ubukwe

img-20220619-wa0012.jpg

Kuri uyu wa 18 Kamena 2022, umunyamakuru Samuel Baker Byansi uzwi cyane kubera inkuru zicukumbuye akora, yakoze ubukwe n’umukunzi we, Uwase Jocelyne Ni ibirori byabereye i Kanombe mu Mujyi wa Kigali, ahabanje umuhango wo gusaba no gukwa, hakurikiraho gusezerana imbere y’Imana mu rusengero rwa Christian Life Assembly (CLA) Ruherere i Nyarutarama Ubu bukwe bwitabiriwe n’abantu […]

Deux morts dans une attaque présumée du FLN dans la forêt de Nyungwe

Deux personnes ont Ă©tĂ© tuĂ©es samedi 18 juin lors d’une attaque armĂ©e soupçonnĂ©e d’avoir Ă©tĂ© menĂ©e par le groupe terroriste du Front de libĂ©ration nationale (FLN) dans le secteur de Kitabi, district de Nyamagabe. Le FLN est une milice anti-rwandaise opĂ©rant en RDC. Selon un communiquĂ© de la Police nationale rwandaise (RNP), l’attaque a eu […]

Archbishop Mbanda ntiyemeranya n’Umushumba wa Angilikani ku Isi urwanya amasezerano y’abimukira

Umushumba w’itorero Angilikani mu Rwanda, Archbishop Laurent Mbanda, ntiyemeranya n’uriyoboye ku rwego rw’Isi, Justin Welby urwanya amasezerano guverinoma y’iki gihugu yasinye n’iy’u Bwongereza, arebana no kohereza abimukira. Nyuma y’isinywa ry’aya masezerano ryabereye i Kigali tariki ya 14 Mata 2022, Archbishop Welby yagaragaje ko atayemera, ashimangira ko n’Imana itayemera kuko ngo ashyira ubuzima bw’abimukira buzaba bubi […]