Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yasubije abamusabye gusura gereza na kasho zo mu Rwanda mu gihe yari i Kigali mu nama y’umuryango Commonwealth izwi nka CHOGM.
Ubu busabe bwatanzwe na bamwe mu bimukira bari mu Bwongereza bari muri gahunda yo koherezwa mu Rwanda nk’uko ibiro ntaramakuru Reuters bibivuga.
Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda, Ingabire Victoire we yasabye ko Boris n’abandi bayobozi bo muri Commonwealth gusura gereza, bakareba uburyo abanyapolitiki, abanyamakuru bigenga barimo n’abakorera kuri YouTube bafunzwemo.
Ibi biro ntaramakuru tariki ya 23 Kamena 2022 byabajije Boris icyo avuga kuri ubu busabe, asubiza mu magambo make ko ahuze, bityo atashobora gusura ibi bigo bifungirwamo abakurikiranweho n’abahamijwe ibyaha.
Boris n’umugore we Carrie bageze mu Rwanda mu gitondo cya tariki ya 23. Batashye kuri uyu wa Gatandatu.



8 Responses
Boris Johnson yasubije abamusabye gusura ibigo abantu bafungirwamo mu Rwanda
Ariko abasaba gusura gereza zacu kobi batarajya gusura izabo ubu bukoroni koko no wagirango batubujine nogutekereza abo turibo. Nibitekerezo nubunyarda byacu bakabyica birababaje.
Boris Johnson yasubije abamusabye gusura ibigo abantu bafungirwamo mu Rwanda
Ariko abasaba gusura gereza zacu kobi batarajya gusura izabo ubu bukoroni koko no wagirango batubujine nogutekereza abo turibo. Nibitekerezo nubunyarda byacu bakabyica birababaje.
Boris Johnson yasubije abamusabye gusura ibigo abantu bafungirwamo mu Rwanda
Ariko abasaba gusura gereza zacu kobi batarajya gusura izabo ubu bukoroni koko no wagirango batubujine nogutekereza abo turibo. Nibitekerezo nubunyarda byacu bakabyica birababaje.
Boris Johnson yasubije abamusabye gusura ibigo abantu bafungirwamo mu Rwanda
Ariko abasaba gusura gereza zacu kobi batarajya gusura izabo ubu bukoroni koko no wagirango batubujine nogutekereza abo turibo. Nibitekerezo nubunyarda byacu bakabyica birababaje.
Boris Johnson yasubije abamusabye gusura ibigo abantu bafungirwamo mu Rwanda
Umukiga yabwiye abahungu be kwoneshereza umuturanyi. Uwonesherejwe yiyambaza wa mugabo, se w’abo bashumba ati: “Bwira aba bashumba bawe bareke kwonesha”! Undi aramusubiza ati: “Kandi ari nje uboshaga!”
Boris Johnson yasubije abamusabye gusura ibigo abantu bafungirwamo mu Rwanda
Umukiga yabwiye abahungu be kwoneshereza umuturanyi. Uwonesherejwe yiyambaza wa mugabo, se w’abo bashumba ati: “Bwira aba bashumba bawe bareke kwonesha”! Undi aramusubiza ati: “Kandi ari nje uboshaga!”
Boris Johnson yasubije abamusabye gusura ibigo abantu bafungirwamo mu Rwanda
Muraho umuntu wese wifuza kugura ifarm yubworozi mbw’inka cg x ashaka guhinga het 6 nyagatare rutaraka yambwira tukavugana
Boris Johnson yasubije abamusabye gusura ibigo abantu bafungirwamo mu Rwanda
Muraho umuntu wese wifuza kugura ifarm yubworozi mbw’inka cg x ashaka guhinga het 6 nyagatare rutaraka yambwira tukavugana