Umusaza Rudakubana Paul uri muri batatu bo mu karere ka Musanze bavukana bamenyekanye kubera ubumuga bw’ubugufi, yitabye Imana.
Inkuru y’urupfu rwa Paul wari uwa kabiri muri bo (yakurikiraga uwitwa Andereya akanakurikirwa na Peter) wamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu.
Amakuru BWIZA yamenye ni uko Rudakubana yazize urupfu rutunguranye, akaba yaguye iwabo mu rugo aho uko ari batatu babanaga mu kagari ka Cyabagarura ho mu murenge wa Musanze.
Paul n’abavandimwe be babiri bamenyekanye cyane mu biganiro bitandukanye ku mbuga nkoranyambaga ziganjemo urwa YouTube kubera gusetsa, gusa bigahirirana cyane n’ukuntu bareshya kubera ubumuga bw’ubugufi bavukanye.



10 Responses
Musanze: Umwe muri ba basaza 3 bavukana bamenyekanye kubera gusetsa yapfuye
0twihanganishije uyu muryango
Musanze: Umwe muri ba basaza 3 bavukana bamenyekanye kubera gusetsa yapfuye
0twihanganishije uyu muryango
Musanze: Umwe muri ba basaza 3 bavukana bamenyekanye kubera gusetsa yapfuye
Ninkuru ibabaje ariko tumwifurije iruhuko ridashira kd imana imwakire mubayo. Twihanganishije nabasigaye bihangane kd imana ibakomeze.
Musanze: Umwe muri ba basaza 3 bavukana bamenyekanye kubera gusetsa yapfuye
Ninkuru ibabaje ariko tumwifurije iruhuko ridashira kd imana imwakire mubayo. Twihanganishije nabasigaye bihangane kd imana ibakomeze.
Musanze: Umwe muri ba basaza 3 bavukana bamenyekanye kubera gusetsa yapfuye
Paul Imana imwakire mubayo
Musanze: Umwe muri ba basaza 3 bavukana bamenyekanye kubera gusetsa yapfuye
Paul Imana imwakire mubayo
Musanze: Umwe muri ba basaza 3 bavukana bamenyekanye kubera gusetsa yapfuye
birababaj kbx abo asiz bihangan kbx
Musanze: Umwe muri ba basaza 3 bavukana bamenyekanye kubera gusetsa yapfuye
birababaj kbx abo asiz bihangan kbx
Musanze: Umwe muri ba basaza 3 bavukana bamenyekanye kubera gusetsa yapfuye
Mwihangane abasigaye
Musanze: Umwe muri ba basaza 3 bavukana bamenyekanye kubera gusetsa yapfuye
Mwihangane abasigaye