Musanze: Umwe muri ba basaza 3 bavukana bamenyekanye kubera gusetsa yapfuye

Sangiza iyi nkuru

Umusaza Rudakubana Paul uri muri batatu bo mu karere ka Musanze bavukana bamenyekanye kubera ubumuga bw’ubugufi, yitabye Imana.

Inkuru y’urupfu rwa Paul wari uwa kabiri muri bo (yakurikiraga uwitwa Andereya akanakurikirwa na Peter) wamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu.

Amakuru BWIZA yamenye ni uko Rudakubana yazize urupfu rutunguranye, akaba yaguye iwabo mu rugo aho uko ari batatu babanaga mu kagari ka Cyabagarura ho mu murenge wa Musanze.

Paul n’abavandimwe be babiri bamenyekanye cyane mu biganiro bitandukanye ku mbuga nkoranyambaga ziganjemo urwa YouTube kubera gusetsa, gusa bigahirirana cyane n’ukuntu bareshya kubera ubumuga bw’ubugufi bavukanye.

Soma Izindi Nkuru

10 Responses

  1. Musanze: Umwe muri ba basaza 3 bavukana bamenyekanye kubera gusetsa yapfuye
    Ninkuru ibabaje ariko tumwifurije iruhuko ridashira kd imana imwakire mubayo. Twihanganishije nabasigaye bihangane kd imana ibakomeze.

  2. Musanze: Umwe muri ba basaza 3 bavukana bamenyekanye kubera gusetsa yapfuye
    Ninkuru ibabaje ariko tumwifurije iruhuko ridashira kd imana imwakire mubayo. Twihanganishije nabasigaye bihangane kd imana ibakomeze.

  3. Musanze: Umwe muri ba basaza 3 bavukana bamenyekanye kubera gusetsa yapfuye
    birababaj kbx abo asiz bihangan kbx

  4. Musanze: Umwe muri ba basaza 3 bavukana bamenyekanye kubera gusetsa yapfuye
    birababaj kbx abo asiz bihangan kbx

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *