U Rwanda rugiye kwiyongeraho Megawati 80 muri 2019

Sangiza iyi nkuru

Mu mpera za 2019, u Rwanda ruzabona amashanyarazi aturuka kuri nyiramugengeri zingana na megawati 80.
Ibi byatangajwe ubwo Minisitiri w’Ibikorwa remezo, James Musoni yashyiraga ibuye ry’ifatizo ahazubakwa uruganda ruzakora ibyo bikorwa ruherereye mu karere ka Gisagara.
w3
Nk’uko bigaragara ku rubuga rwa Twitter rw’iyo Minisiteri n’urwa EUCL, iyo mirimo izakorwa mu gihe cy’amezi 36, itware miliyoni 350 z’amadolari ya Amerika. Iyo mirimo izakorwa na sosiyete y’Abahinde.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ayo mashanyarazi namara kuboneza bizatuma ayo u Rwanda rusanganywe yiyongera ku kigero cya 40%.
w2
Ntakirutimana Deus
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *