Ni kenshi abantu bajya bibaza niba gukora imibonano mpuzabitsina n’umugore ufite ikibuno gito biryoha nk’uko ufite gito bimera gusa ikigaragara ntabwo bikunze kuvugwaho rumwe.
Muri kamere muntu yaba abagore muri rusange cyangwa abagabo bagira amarangamutima atandukanye.Uzasanga aho uzumva umuntu avuze ati njye nkunda umugabo ubyibushye, unanutse , uringaniye cyangwa se n’undi bitewe n’uko abyiyumvamo cyo kimwe n’umugore ugasanga avuga ko akunda uteye uku na kuriya.
Abagabo batandukanye rero usanga bahuriza ku cyitarusange aho usanga bavuga ko abagore bafite ikibuno kinini baryoshya imibonano mpuzabitsina, ariko nyamara nk’uko twabigarutseho biterwa n’uko umuntu yiyumvamo undi bigendeye ku marangamutima bafitanye.
Ku ruhande rw’umugabo, ashobora kuryoherwa kurushaho cyane cyane kubera ko aba yamaze kubyizera mbere yo gutangira iki gikorwa kuko muri we azi neza ko umugore wese ufite ikibuno kinini aba aryoshye nta kabuza.
Ibi rero bimufasha kwinjira neza muri iki gikorwa ndetse bikanatuma yumva yishimiye kugikora bitewe n’ibyishimo yumva ari bubikuremo.
Gusa dukurikije ibyo inzobere ku mibonano mpuzabitsina zivuga, umugore ufite ikibuno kinini ashobora kuryohereza umugabo kimwe n’uko ufite ikibuno gito nawe ashobora kumuryohereza ndetse akaba yanarusha ufite kinini.
Uko iki gikorwa kigenda n’ibiri buvemo byose biterwa n’uko abagikora bitwaye, ibihe barimo(bishimye kandi batuje…), uko bishimiranye, uko bakundana, imyiteguro bakora mbere yo kugitangira n’ibindi byinshi.
Imitere y’umuntu inyuma rero ntaho ihuriye n’uburyo umuntu yitwara mu buriri. Abajyaga rero babyibeshyaho muramenye ejo mutazatungurwa no gukunda umukobwa kubera uko ateye ejo akazabatungura musanze nta kigenda mu buriri.



One Response
Umugabo atandukanya ate uburyohe buva ku mugore ufite ikibuno kinini n’ufite gitoya?
“nTA BUSHAKASHATSI MUBA MWAKOZE. ABAGORE BAFITE IKIBUNO KININI BURYA BARANGIZA VUBA KURUSHA ABANDI. IBYO KANDI BISHIMISHA ABAGABO”