Kinshasa: Biravugwa ko imfungwa ziherutse gutoroka Gereza ya Makala zisaga 3,000

Sangiza iyi nkuru

Nyuma y’aho kuri uyu wa Gatatu ushize inyeshyamba zitereye gereza zishaka kubohoza umuyobozi wazo ariko ntihamenyekane umubare nyawo w’abanyururu batorokanye nawe, kuri inzego z’umutekano za Congo zatangarije BBC ko abagororwa basaga 3,000 ari bo batorotse.

Abategetsi ba Congo bon go bavuga ko imfungwa 50 ari zo zatorotse, mu gihe inzego z’umutekano zo zakomeje zinavuga ko abantu bagera muri mirongo nabo bishwe icyo gihe muri iyi Gereza ya Makala iherereye mu murwa mukuru, Kinshasa.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

Umukuru w’umutwe wa Bundu Dia Kongo ugendera ku matwara ashingiye ku myemerere y’idini akaba yarabohojwe n’inyeshyamba ze abandi bagororwa baboneraho.

Imwe mu maradiyo akorera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ikaba yabwiwe n’Umuvugizi w’igipolisi ko uwabona abo banyururu yabimenyesha inzego z’umutekano kuko bateye ubwoba.
Kanda hano usome inkuru bisa
 

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
 
Dennis Ns./Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *