Kinshasa: Biravugwa ko imfungwa ziherutse gutoroka Gereza ya Makala zisaga 3,000
Nyuma y’aho kuri uyu wa Gatatu ushize inyeshyamba zitereye gereza zishaka kubohoza umuyobozi wazo ariko ntihamenyekane umubare nyawo w’abanyururu batorokanye nawe, kuri inzego z’umutekano za Congo zatangarije BBC ko abagororwa basaga 3,000 ari bo batorotse. Abategetsi ba Congo bon go bavuga ko imfungwa 50 ari zo zatorotse, mu gihe inzego z’umutekano zo zakomeje zinavuga ko […]
Minisitiri Mushikiwabo yeretse abashoramari bo muri Turukiya agaseke babikiwe
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga,Louise Mushikiwabo yeretse abanya-Turukiya b’abashoramari n’abanyenganda amahirwe bafite yo gushora mu Rwanda, abakangurira kudatindaganya. Mu kiganiro aherutse kugirana n’ibiro ntaramakuru by’Abanyaturukiya, Anadolu, yakomoje ku mubano uri hagati y’ibihugu byombi yemeza ko ari mwiza kuko akenshi avugana na mugenzi w’icyo gihugu Mevlut Cavusoglu, yita umuvandimwe we. Yakomoje ku ruzinduko rwe muri Turukiya, igihugu aherutsemo […]
Aimable Bayingana wateje imbere umukino w’amagare, mu bahatanira kwicara muri EALA
Nyuma yo guteza imbere umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda ukamenyekana ku Isi, Bayingana Aimable warwanye urwo rugamba ari guhatanira guhagararira u Rwanda mu Nteko ishinga amategeko ya EAC(EALA). Abazahagararira u Rwanda bazatorwa mu matora ateganyijwe kuri uyu wa Gatanu, itariki 19 Gicurasi 2017, mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda. Mu kiganiro Bwiza.com […]
Video: Ibyakozwe mu myaka 23 FPR iyoboye igihugu, urukuta kuri Opposition-Dr. Eric Ndushabandi
Dr. Ndushabandi Eric avuga ko ibikorwa n’imirongo ya Politike bya FPR-Inkotanyi byabereye andi mashyaka urukuta runini, ahanini biturutse ku kuba aya mashyaka nta mirongo mishya muri Politike agira. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter bwiza.com
Ibikorwa 10 bya Special Forces byagenze uko bitateguwe bikagira ingaruka – Igice cya 2
Nyuma y’aho mu cyumweru gishize tubagejejeho igice cya mbere cy’Ibikorwa 10 bya gisirikare byagenze uko bitari byateguwe bikaza guteza ingaruka, isomere ibindi bikorwa bitanu byari bisigaye nk’uko dukomeza tubikesha urubuga rwa Wonderlist. Ubwicanyi bwabereye Ma’a lot (Ma’a lot Massacre) Igihugu cya Israel cyagiye cyibasirwa n’ibikorwa by’iterabwoba kuva cyashingwa mu 1948. Ibi byatumye iki gihugu umutwe […]
Shyogwe: Batewe impungenge n’icyababuza gutora Perezida wa Repubulika
Bamwe mu batuye mu Murenge wa Shyogwe mu karere ka Muhanga bataye bimwe mu byangombwa bibemerera gutora n’abatarabibona bafite impungenge ko byababuza uburenganzira bwo kwitabira amatora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe muri Kanama 2017. Aba baturage barasaba ubuyobozi bw’umurenge wabo kubibafashamo vuba kugira ngo itariki izagere byose baramaze kubishyira ku murongo. Mu nama ubu buyobozi […]
Ese Bibiliya itwemerera gusoma n’ibindi bitabo bisanzwe?
Ijambo ry’Imana ritwigisha ko Roho nziza itura mu mubiri muzima, niyo mpamvi nk’uko iri jambo ridusaba ko tugomba kurihoza ku mutima ku manywa na nijoro, rikanatubwira kandi ko iby’ukuri, ibyo kubahwa, ibyo gukiranuka, ibiboneye, iby’igikundiro ndetse n’ibishimwa byose, nihaba hariho ingeso nziza kandi hakabaho ishimwe abe ari byo twibwira buri munsi, ibi bigaragara mu gitabo […]
Ihuriro ry’Abayisilamu muri Afurika rirashimira Kagame aho agejeje u Rwanda
Ihuriro ry’abashinzwe umutungo w’idini ya Islam muri Afurika rirakeza Perezida Paul Kagame kubera aho agejeje u Rwanda, ku bijyanye no kuyigira umujyi ubereye muntu. Aba bayobozi bibumbiye muri Forum Africain de la Finance Islamique , bateganya guhurira mu nama ya 8 izabahuriza i Kigali mu mpera za Gicurasi 2017, batangaza ko bashima ku buryo budasanzwe […]
Bugesera: Igihano kihanukiriye ku mugore wibye igitoki, gutemwa, inkoni, no gucibwa ibihumbi 350
Umukuru w’umudugudu afatanyije n’abarinda isambu irimo urutoki, bahaye ibihano bikomatanyije umugore wibye igitoki cy’amaseri ane. Baramutemye, baramukubita, banamusaba kwishyura amafaranga ibihumbi 350. Meya w’akarere ka Bugesera asanga ibi ari “Ukwihanira no kwihanukira”. Nyirahabimana Jecqueline, ni umugore utunze abana bane nta mugabo. Atuye mu mudugudu wa Rusekera, akagari ka Kibungo, mu murenge wa Ntarama ho mu […]
Radio na Weasel barahigwa bukware na Polisi ya Uganda
Abahanzi bo muri Uganda bamenyekanye cyane nka Radio na Weasel, barashakishwa uruhindu n’inkiko nyuma yo kunanirwa kwisobanura ku byaha baregwa byo kugirira nabi no kwangiriza uwahoze ari manager wa bo Jeff Kiwa. Aba bahanzi mu bihe byashize nibwo banakurikiraanyweho ibyaha byo guharabika uriya muyobozi wa bo, Jeff bavuga ko ari umugizi wa nabi ndetse ko […]
RDC: Umunya-Norvege wari ufunze kuva mu 2009 ashinjwa ubutasi yarekuwe
Uwahoze ari umusirikare ufite ubwenegihugu bwa Norvege n’u Bwongereza wari ufungiye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2009 ashinjwa ibyaha by’ubutasi n’ubwicanyi kuri uyu wa Gatatu yarekuwe yoherezwa iwabo nk’uko byatangajwe na Guverinoma ya Norvege. Uyu witwa Joshua French w’imyaka 35, na mugenzi we nawe wahoze mu gisirikare cya Norvege witwa Tjostolv Molandyari […]
Dukeneye kwigenga tukabohoka mu bice byose bigize umuryango w’abantu — Protais Musoni
Ese ko ubwigenge nyirizina bw’ibihugu bya Afurika bwabonetse ni iyihe impamvu yatuma habaho gukomeza guharanira ubwigenge bwa Afurika? Icyo ni ikibazo benshi bibaza mu gihe Afurika ikomeje kwizihiza Umunsi w’ubwigenge (African Liberation Day) nyamara nta gihugu cyo muri Afurika kigikolonijwe. Nubwo bimeze gutya, ngo ubwigenge bwa politiki gusa ku bihugu bya Afurika ntibihagije nk’uko byatangajwe […]
Ibibazo Whatsapp yahuye nabyo hirya no hino ku Isi biravugwa ko bikemuka
Mu bihugu bitandukanye byo ku Isi, itumanaho ry’urubuga nkoranyamba rwa Whatsapp ryagize ibibazo bituma idakora, ariko biza gukemuka. Mu Rwanda uru rubuga ntabwo rukora kuko rwagize ibibazo mu ijoro ryakeye. Nkuko bigaragara ku mbuga zitandukanye, iki kibazo cyabaye kuva muri Malaysia kugera muri Espagne, u Budage n’ibindi bihugu by’i Burayi. Gusa ngo mu gihe gito […]
FERWAFA yahagaritse abasifuzi 2 kubera kwica amabwiriza agenga irushanwa
Federasiyo y’igihugu y’umupira w’amaguru yahaye igihano abasifuzi 2 cyo kuzamara imikino 4 badakora akazi nyuma yo kwitwara nabi mu mukino w’irushanwa ry’igikombe cy’amahoro 2017, wari wahuje ikipe ya Espoir Fc na Etincelles ku cyumweru cyashize i Rusizi. Aba basifuzi barimo Nsabimana Celestin, usifura hagati ndetse na Rulisa Patience, bahawe iki gihano bashinjwa kwica ingingo ya […]
Gen Kabarebe aragaya abakoloni bubakiye u Rwanda gereza aho kubakirwa amashuli
Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda, Gen James Kabarebe agaya abakoloni uburyo bashenye ubumwe bw’u Rwanda ndetse n’Afurika, bifashishije indimi zabo n’ubundi butiriganya bakayisahura imitungo kamere bakajya kubaka iwabo, yo igasigara mu bukene itarabasha kwigobotora. Abakoloni basanze ibihugu by’Afurika biyoborwa mu buryo bwari bubereye abaturage babyo, nyamara baje basenya iyo miyoborere maze basahura ibyo bihugu imitungo byijyanira […]
Urujijo: Ese Capt Evariste Nkuyehasi urinda Gen Niyombare yarishwe cyangwa ni muzima?
Mu mpera z’ukwezi gushize nibwo inkuru zatangajwe mu binyamakuru bitandukanye ko Capt Evariste Nkuyehasi, warindaga Gen Niyombare Godefroid yishwe arashwe, ubu amakuru akomeje gucicikana ni uko yaba akiri ku isi y’abazima. Amakuru atangazwa bwa mbere i Burundi yanyujijwe ku kinyamakuru Ikiriho, bivugwa ko cyaba gikorana na Leta y’i Burundi, ko yarashwe ari ku wa Gatatu […]
Umugore yafatanye n’umugabo utari uwe bari gusambana (reba Video)
Mu minsi ishize, umugore utatangajwe amazina n’undi mugabo utari uwe bose bo mu gihugu cya Malawi bahuye n’uruva gusenya ubwo bafatanaga bari gusambana. Ikinyamakuru faceofmalawi.com kivuga ko uyu mugore n’uwo basambanaga bari mu macumbi ya Hotel ya Explor-Inn Hotel, ubwo bari muri iki gikorwa cyo kwishimisha bose bataye ingo zabo hanyuma bakananirwa gutandukana ubwo batangiraga […]
France: Perezida Macron yashyizeho guverinoma nshya yiganjemo n'abagore
Mu gihugu cy’u Bufaransa hamaze gushyirwaho guverinoma nshya nyuma y’aho iki gihugu gitoreye perezida mushya, aho iyi guverinoma yatangajwe kuri uyu wa Gatatu igizwe n’abaminisitiri 22 baturuka mu mashyaka atandukanye, 11 muri bo bakaba ari abagore. Ku mwanya wa minisitiri w’imari hakaba hashyizweho uwitwa Bruno le Maire ukomoka mu ruhande rutifuza impinduka mu Bufaransa. [xyz-ihs […]
Barasanga Afurika ikwiye gufatanya mu kurandura imitwe yitwaje intwaro
Mu nama nyunguranabitekerezo ku mutekano w’Afurika, imaze iminsi 3 ibera mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’Ingabo z’u Rwanda mu karere ka Musanze, abari bayirimo biganjemo inzobere mu by’umutekano , inararibonye mu bya politike hamwe n’abashakashatsi, bagaragaje ko iki ari gihe cyo kugira ngo ibihugu by’Afurika bifate iya mbere mu kwikemurira ibibazo by’umutekano n’iterambere badateze amaboko […]