Maj Gen Muhoozi Kainerugaba yababajwe n’urupfu rw’umugabo wa zari, Ivan Semwanga.

Sangiza iyi nkuru

Nyuma y’uko uwahoze ari umukunzi wa Zari Ivan Semwanga yitabye imana ku munsi w’ejo mu gihugu cy’Afurika y’Epfo, abantu batari bacye bakomeje kwifatanya n’umuryango wasigaye mu gahinda, cyane cyane abantu bakomeye ndetse n’abahanzi.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ni muri urwo rwego, umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweli Museveni, Maj Gen Muhoozi Kainerugaba na we yagaragaje agahinda kadasanzwe ku rupfu rw’umukire Ivan ndetse avuga ko bari baramanye kuva kera.
Abinyujijeku rubuga twa Twitter, uyu mugaba w’ingabo z’ikirenga mu ngabo za Uganda, Maj. Gen. Muhoozi Kainerugaba yagize ati”birababaje kumva ko wadukuwemo.”

D3s9mQz
Aba bagabo ngo bari bafitanye ubucuti

Amakuru avuga ko aba bagabo babiri, Ivan Semwanga ndetse na Maj Gen. Muhoozi bakoranye imishinga y’ubucuruzi ndetse ko hari n’ibindi byinshi bahuriyeho guhera mu myaka yashize.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Umugabo wa mbere wa Zari yapfuye ku mugoroba wo kuwa Gatatu ushyira kuwa Kane tariki ya 25 Gicurasi muri Afurika y’Epfo, aho bivugwa ko yazize umutima.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Nsengimana@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *