Guverinoma y’u Rwanda igiye gushyira mu bikorwa gahunda yo kugenera ishimwe abasaba inyemezabuguzi ya EBM no korohereza abakererewe gusora batanga amakuru ku bushake nkuko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’imari kuri uyu wa Gatatu.
Soma itangazo hano



