Perezida Kagame yagize Mark Cyubahiro Bagabe Umuyobozi Mukuru mushya w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’Ubuziranenge, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera Umuguzi (RICA) nk’uko bigaragagara mu itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri w’Intebe.
Dr. Mark Bagabe yanabaye Umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ubuhinzi mu Rwanda (RAB), mbere yo guhagarikwa ku mirimo ye nyuma y’icyemezo cy’abaminisitiri ku wa “19 Mutarama 2018.

Dr. Mark Cyubahiro Bagabe asimbuye kuri uyu mwanya Uwumukiza Beatrice.


