giuxo82woamywmj.jpg

Perezida Kagame yagize Cyubahiro Bagabe Umuyobozi Mukuru mushya wa RICA

Sangiza iyi nkuru

Perezida Kagame yagize Mark Cyubahiro Bagabe Umuyobozi Mukuru mushya w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’Ubuziranenge, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera Umuguzi (RICA) nk’uko bigaragagara mu itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri w’Intebe.

Dr. Mark Bagabe yanabaye Umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ubuhinzi mu Rwanda (RAB), mbere yo guhagarikwa ku mirimo ye nyuma y’icyemezo cy’abaminisitiri ku wa “19 Mutarama 2018.

giuxo82woamywmj.jpg

Dr. Mark Cyubahiro Bagabe asimbuye kuri uyu mwanya Uwumukiza Beatrice.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *