Ahoyikuye Jean Paul uzwi nka Mukonya yapfuye

Sangiza iyi nkuru

Ahoyikuye Jean Paul wari myugariro w’ibumoso muri AS Kigali, yapfuye azize impanuka yo mu kibuga.

Uyu musore yapfuye kuri uyu wa Gatandatu ubwo yari ari gukinira Mageragere nyuma y’uko agonganye n’umunyezamu amira ururimi, bagerageza kurugarura biranga, bazana n’abaganga biranga.

Jean Paul bitaga Mukonya yari mu myitozo isanzwe n’abandi bakinnyi batabigize umwuga.

Kuri ubu imurambo we uri mu Bitaro bya Nyarugenge.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *