Iki ni kimwe mu bibazo byabajijwe n’umwe mu basomyi ba Bwiza.com, akaba abaza niba koko umugabo ashobora gutera akabariro yambaye agakingirizo akabasha kunyaza umugore ndetse akaba yanamugeza ku byishimo bya nyuma (kurangiza k’umugore).
Nk’uko bisobanurwa na Dr Nsekuye Bizimana mu gitabo cye yise “ Le Secret de l’Amour a l’Africaine” asobanura ko umugore atanyara ari uko umugabo amurongoje igitsina cye gusa, ko ashobora no kuba yakoresha urutoki,…

Aha rero kuba uyu mukunzi w’urubuga yarabajije iki kibazo, ashobora gusubizwa muri aya magambo :“Abagore benshi bashobora kunyara, kutanyara akenshi biterwa n’umugabo uba utazi kunyaza.
Nyamara kunyaza ntibigoye impamvu abenshi batabikora ni uko batazi akamaro ka rugongo y’umugore bakumva ko kujombagura imboro mu gitsina cy’umugore ariko batera akabariro.
Rugongo ni ingenzi mu kunyaza kandi gushimisha umugore utageze kuri rugongo biragora kuko ariho hirunze imyakura ijyanye n’igitsina.
Kunyaza rero ntibigoye, ubona umugore amaze gushyukwa neza ukazunguza igitsina cyawe kuri rugongo wihuta. Gusa ibyo ntibihagije ugomba kureba etat umugore arimo kandi akaba yashyutswe cyane ikindi cya ngombwa ni urukundo no kuba umugore cyangwa umukobwa akwishimiye cyane. Iyo bimeze gutyo ukubita imboro kuri rugongo zigatungereza(inkari), amavangingo nk’uko bivugwa”.
Kuba umugabo yambaye agakingirizo ashobora kunyaza umugore we cyane, icyambere ni uko yubahiriza ibivuzwe haruguru, tegura umugore wawe neza, akabariro mugaterere ahatuje nta kidobya ihari,… ubu niba ushaka kumunyaza gabanya impamyi ubundi ukoreshe ubuhanga nibyanga ubaze abakuru baguhe inyigisho ubundi wiyubakire urugo ruzira umwiryane.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com


