Ibintu 10 abagore bakunda mu buriri kurusha ibindi mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Sangiza iyi nkuru

1.Kubanza gukina
Mu gihe umugabo n’umugore bitegura gutera akabariro bagomba kubanza kwiyibagiza ibihe bibi baba banyuzemo hanyuma bakita mu gihe binjiyemo gisaba ko batekerezanyaho bikabanzirizwa no guterana ubuse bagakina bakubitana udushyi ,basetsanya n’ibindi bitandukanye biganisha kuri icyo gikorwa.
2.Kumusoma
Ni byiza ko umugabo agomba gusoma umugore byimbitse buri umwe ahumirije, bikabafasha kwitegura igikorwa nyirizina bagiye kwingiramo. Ibyo kandi bigomba gukorwa mu gihe buri umwe yizera ko yujuje ibyangombwa bijyanye n’isuku.
S1
3. Kumukoza ururimi mu gutwi
Nyuma y’uko mwiyumvanamo tangira umukoze ururimi mu gutwi gahoro gahoro ari nako urushaho ku mwegera unamukorakora ku gitsina, gusa aho bisaba kwitonda cyane hirindwa ko umwe yagera ku ndunduro y’ibyishimo mbere y’uko igikorwa cyo gutera akabariro kigera.
4.Kumukuramo imyenda
Mu gihe umugore yamaze kugera mu byiyumviro byo gutera akabariro, yishimira ko umugabo afata iyambere akamukuramo imyenda gahoro gahoro bityo arushaho kumva ko umwitayeho.
S2
5. kurebana mu gihe mwamaze kwiyambura ubusa
Ubusanzwe abagore bakunda kugira isoni zo kwitegereza igitsina cy’umugabo, ariko burya byamaze ku menyekana ko babikunda n’ubwo baba badashaka kubyerekana, akenshi usanga iyo bitegereje igitsina barushaho kwiyumvamo imibonanano mpuzabitsina bityo igikorwa kikagenda neza.
6.kwinjiza igitsina
Mu gihe habayeho kwinjiza igina mu cy’umugore biramushimisha ku rwego rwo hejuru kuko abifata nk’aho umushimiye aho atishyikira, icyo gihe n’icyo afite cyose yakikwihera.
7.kumwongorera utugambo twiza
Ni byiza ko mu gihe igikorwa cy’akabariro kirimbanyije umugabo arushaho kumubwira uko amerewe ako kanya ariko akamubwira amwongorera .gusa si byiza kuba wavuga amagabo menshi kuko bishobora gutuma uvuga ibitajyanye n’icyo gikorwa bityo bikamukura mu byiyumviro yari yamaze kugeramo.
8.kujya hejuru
Guha uburenganzira busesuye umugore mu gihe cy’akabariro ,ni byiza ko akujya hejuru kuko yumva ko ashoboye buri kimwe cyose kandi akumva ko akuyoboye muri icyo gikorwa atarindiriye ko ubyikorera byose.
9. kumushimagiza
S3
Igihe cyose muri mugikorwa cy’urukundo kigeze hagati nibyiza ko umubwira ko azi icyo gukora mu buriri ,ibyo bituma arushaho kumva ko agufitiye akamaro kandi bikamutera umwete wo kongera ubumenyi mu bijyanye n’icyo gikorwa, bityo bikarushaho kubanogera.
10.kubira icyunzwe
Abagore bizwi ko bakunda umugabo ukunze gukora akagaragaza umusaruro rimwe narimwe bikagaragarira inyuma ko yatakaje ingufu nyinshi, ibyo ninako bimeze mu gihe cyo gutera akabariro aho iyo umugore abonye wabize icyunzwe yumva ko wamutayeho imbaraga.
GGG
Mu bushakashatsi bwakozwe bwerekana ko ibyo bintu uko ari 10 byemeza ko abagore babikunze kurusha imibonano mpuzabitsina nyirizina,akenshi ngo iyo bidakozwe neza usanga havamo intandaro yo gucana inyuma ku bashakanye cyangwa bikaba byateza umwuka mubi mu rukundo.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *