Amafoto: I Nyamirambo hashinzwe ibuye ry’ifatizo ahagiye kubakwa ibitaro by’Akarere ka Nyarugenge

Sangiza iyi nkuru

Kuri uyu wa gatanu, itariki 09 Gashyantare I Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge hashinzwe ibuye ry’ifatizo ahagiye kubakwa ibitaro by’akarere by’icyitegererezo.
Ku ikubitiro hagiye kubakwa igice cya mbere kizatwara miliyari 5,957,253,920 z’amanyarwanda kigizwe n’ibyumba 120 bizaba byubatse Kuri hegitari 2,2.
DViB7M6WAAAE0f8 DVlM7riXkAA0JVj
Uyu muhango ukaba witabiriwe na minisitiri w’ubuzima, Dr Diane Gashumba wari kumwe na ambasaderi w’u Bubiligi mu Rwanda, ari nabo bashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa ibi bitaro.
DVlO8GDWkAA62i1
DVlLCBQUQAAO6bV
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pascal Nyamurinda akaba yashimiye ubufatanye bwa Leta y’u Rwanda n’Ubwami bw’u Bubiligi mu kugira ngo Akarere ka Nyarugenge kabone ibitaro by’icyitegererezo.
DVlO4yOXkAEYt B 1
 
Kanda hano wiyandikishe ( Subscribe) ubona ibiganiro, indirimbo kandi bishya mu mashusho

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *