Abafana ba Arsenal n'aba Tottenham barwanye bamwe bamenwa impanga- REBA AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Ni umukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Werurwe 2016, aho abafana b’amakipe Arsenal Vs Tottenham bakozanyijeho bapfa gufana bitandukanye, bamwe muri bo bakaba bakomerekejwe.
A
Nk’uko bitangazwa na Mirror dukesha iyi nkuru, ni uko aba bafana barwaniye mu muhanda uri hafi ya stade “White Hart Lane” y’ikipe ya Tottenham umukono wabereyeho.
B
Polisi yahosheje iyi mirwano ngo yatabaye abantu bamwe barimo guhanurwa mu igorofa hakaba hagaragaye n’abakomerekejwe mu mutwe.
C
Aba bafana ngo nta kindi bapfuye uretse kudahuza amakipe bafana, polisi ikaba yataye muri yombi bamwe mu barwanaga abandi bangirwa kujya mu mukino dore ko barwanye mbere y’uko utangira.
D
Umukino wahuzaga aya makipe warangiye ari ibitego 2-2 (Arsenal Vs Tottenham).
E
F
g
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Theoneste@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *