Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 29 Mata 2018, nibwo itsinda rigizwe n’abapolisi 160 b’u Rwanda, ryahagurutse ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali ryerekeza i Juba muri Sudani y’Epfo, mu butumwa bwo kugarura amahoro.
Iri tsinda ryasezeweho ku kibuga cy’indege n’ubuyobozi bukuru bwa Polisi buhagarariwe na komiseri wa Polisi, CP John Bosco Kabera.


Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n’indirimbo bishya





