Abashaka kwiga no gutura muri Canada bashyizwe igorora

Sangiza iyi nkuru

Abifuza kwiga no gutura muri Canada bashyizwe igorora na Munyeshyuri Study and Live in Canada, ifasha ubyifuza wese kugera ku nzozi ze.

Uku iminsi ishira indi igataha , bitewe kandi no kuba isi yarabaye umudugudu benshi m’urubyiruko ndetse n’abakuze bifuza kwiga hanze no kujya gutura yo . Ni muri urwo rwego Ikigo cya Munyeshyuri Study and Live in Canada, yashyize igorora buri wese ufite ubushobozi kandi akaba abyifuza kuba bamufasha gukabya inzozi ze.

Ikigo Munyeshyuri Study and Live in Canada gifite uburambe mu gufasha abanyeshuri kwiga hanze cyane muri Canada, cyongereye imbaraga mu gufasha abantu bose bashaka kwiga hanze y’u Rwanda kandi mu byiciro bitandukanye.

Munyeshyuri Study and Live in Canada ifasha abantu batandukanye bashaka kwiga hanze, aho imaze gufasha abantu benshi kujya kwiga muri Canada yatanze amahirwe kuri buri wese ubishaka kandi ufite ubushobozi kuba bamufasha kubona ibikenerwa byose kugirango yemererwe kwiga ndetse no gutura mu gihugu cya Canada.

Uwifuza kwiga no gutura muri Canada ukaba ufite ubushobozi bwo kwirihirira. Twandikire kuri whatsapp kuri +16135522865 no kuri E-mail : gabrielkub@gmail.com, turagufasha kubona ishuri no kuba wabasha gutura muri Canada igihe ubyifuza.

 

 

Soma Izindi Nkuru

4 Responses

  1. Abashaka kwiga no gutura muri Canada bashyizwe igorora
    MURAHO NEZA! NDIFUZA CYANE SCHOLARSHIP YO MURI CANADA NONE NAGIRANGO MBASABE UBUFASHA > MURAKOZE CYANE!

  2. Abashaka kwiga no gutura muri Canada bashyizwe igorora
    MURAHO NEZA! NDIFUZA CYANE SCHOLARSHIP YO MURI CANADA NONE NAGIRANGO MBASABE UBUFASHA > MURAKOZE CYANE!

  3. Abashaka kwiga no gutura muri Canada bashyizwe igorora
    Muraho? Ndasaba ubufasha bwo kuza kwiga muri Canada,murakoze kubwigisubizo cyanyu kiza dutegereje.

  4. Abashaka kwiga no gutura muri Canada bashyizwe igorora
    Muraho? Ndasaba ubufasha bwo kuza kwiga muri Canada,murakoze kubwigisubizo cyanyu kiza dutegereje.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *