DUHE IMANA IGIHE – Rev. Nibintije
Amaganya 3:25-26 â Imana ibera mwiza umwiringira, abera mwiza ubugingo bukomeza kumushaka. Ni byiza ko umuntu ategereza, ndetse agategereza agakiza kâ Imana ye acecetse.â Byamfashe imyaka 21 kugira ngo ntangize ministere yanjye yâ Ivugabutumwa yitwa MENI ndetse nâ ishuri rya Bibliya ryitwa NEMI INSTITUTE Byasabye Mose imyaka 80 kugira ngo abe umuyobozi mwiza. Yesu Kristo […]
Kamonyi: Imvubu yakukiye imusozi irishanya nâinka nkâibisanzwe -Amafoto
Kuri uyu wa Gatanu Tariki 27 Nzeri 2019 imvubu yakutse imusozi ivuye mu ruzi rwa Nyabarongo iri kumwe nâicyana cyayo byamaranye agahe gato birishanya nâinka mu rwuri ruri mu gice giherereye mu Murenge wa Runda, Akagari ka Ruyenzi. Inkuru n’amafoto dukesha ikinyamakuru intyoza.com nuko iyi mvubu yasanze imaze gusubiza umwana wayo mu mazi yo igaruka […]
Nyabihu: Umupolisi yarashe umuturage ku manywa y'ihangu ahita apfa
Ahagana i saa sita zâamanywa kuri uyu wa Gatanu tariki 27 Nzeri 2019, mu kagari ka Kijote umurenge wa Bigogwe mu karere ka Nyabihu harasiwe umugabo witwa Habarurema Jean Claude bakundaga kwita Gasore bikekwa ko yari atwaye magendu yâinkweto, ahita apfa. Ababonye ibi biba bavuga ko uwo mugabo wari usanzwe acuruza inkweto yari ari mu […]
Dore ibintu 10 umukobwa ufite ikibuno kinini abagabo/abasore bamutekerezaho
Buri muntu agira amarangamutima ye, nkâuko nta muntu uteye nkundi, ariko hari ibyo usanga abantu benshi bahurizaho nubwo aba atari 100%, ni muri urwo rwego uzasanga abagabo benshi bahorana irari ryo kuryamana nâabakobwa/gore bafite ikibuno kinini. Dore impamvu zitandukanye: 1.Kwibwira ko aribo baryoshya imibonano:Â Abagabo benshi iyo babona abakobwa cyangwa abagore banini, uko bakaraga ikubuno […]
Abashaka kwiga no gutura muri Canada bashyizwe igorora
Abifuza kwiga no gutura muri Canada bashyizwe igorora na Munyeshyuri Study and Live in Canada, ifasha ubyifuza wese kugera ku nzozi ze. Uku iminsi ishira indi igataha , bitewe kandi no kuba isi yarabaye umudugudu benshi mâurubyiruko ndetse nâabakuze bifuza kwiga hanze no kujya gutura yo . Ni muri urwo rwego Ikigo cya Munyeshyuri Study […]
Umugore ni we wegukanye igihembo cyo kuyobora filimi zâurukozasoni
Umunyamerikakazi, Bella Thorne ni we byatangajwe ko yegukanye igihembo cya Pornhub Award  ku bwo kuyobora neza filimi zâurukozasoni. Bella yagukanye iki gihembo kigiye gutangwa ku nshuro ya kabiri  bitewe nâubuhanga yagaragaje mu kuyobora (directing) filimi yâurukozasoni yiswe â Him and Herâ. Ni filimi ikinwa nâibihangange mu gukina filimi zâurukozasoni; Small Hands na Abella Danger. [penci_related_posts […]
Burundi: Perezida wa Sena yafashwe amajwi  atanga amafaranga yo kumuzanira umurambo w'uwahoze mu gisirikare
Perezida wa Sena yâUburundi, Reverien Ndikuriyo yafashwe amajwi mu ibanga,aho yumvikana atanga amafaranga miliyoni eshanu zâAmarundi yo kwica umwe mu bo yashinjaga gutoza inyeshyamba mu gihe cyâibibazo bya politiki mu 2015. Ndikuriyo nkâuko AFP dukesha iyi nkuru ibitangaza, yemeye ko iri jwi ari rye ndetse avuga nâimpamvu yamuteye gukora icyo gikorwa. Ndikuriyo nkâuko ijwi ryagenzuwe […]
Abayobozi b'Uturere batorewe gusimbura abaherutse kwegura no kweguzwa
Nyuma y’inkuru yabayeho mu minsi ishize y’iyegura n’iyeguzwa ry’abayobozi b’uturere, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Nzeri 2019, hatowe ababagiye kubasimbura kuri myanya. Musanze : Nuwumuremyi Jeannine, wari umuyobozi mu kigo cyâigihugu gishinzwe iterambere ryâubihinzi nâubworozi RAB, ishami ryâAmajyaruguru rikorera mu karere ka Musanze, niwe watorewe kuyobora aka Karere. Kamanzi Axelle, yatorewe kuba umuyobozi […]
Musanze: Umugabo akekwaho kwica umugore we akoresheje umuhini
Nizeyimana Jean Damascene utuye mu Karere ka Musanze, umurenge wa Kinigi mu kagari ka Nyonirima akekwaho kwica umugore we Nyiramahirwe Solange amukubise umuhini mu masaa sita y’ijoro ryo kuri uyu wa 27 Nzeri 2019. Nk’uko bitangazwa n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Kinigi, Rudasingwa Agire Fred avuga ko aba bombi bavuye ku kabari basinze, umugabo ashwana n’umugore […]
Kagame yakuriye inzira ku murima abiha guha Afurika ibyo ikwiriye gukora
Perezida wâu Rwanda Paul Kagame yibukije abo mu burengerazuba ko bakwiye gucika ku muco wo kumva ko bari aho ngo babwire Abanyafrika icyo bakwiriye gukora. Kagame uri mu nama ya 74 muri Amerika, ibi yabivugiye mu kiganiro yahaye abanyeshuri, abarimu nâabandi banyacyubahiro bo muri Kaminuza ya Columbia kuwa Kane tariki ya 26 Nzeri uyu mwaka […]
Uwagaburiye umwana amaraso yâimihango avanze nâintoryi yakatiwe
Urukiko mu Karere ka Mukono muri Uganda rwakatiye Annet Namata, umugore ushinjwa kugaburira umwana abereye mukase amaraso yâimihango avanze nâintoryi ku ngufu. Umucamanza muri urur rukiko, Patience Koburunga kuwa 26 Nzeri uyu mwaka yatanze igihano cyo gufunga imyaka ibiri Namata. Avuga ko cyagabanijwe kuva ku myaka irindwi bitewe ko uregwa yemeye icyaha atagoranye. Yavuze ko […]
Birangiye Robert Mugabe ajyanwe gushyingurwa mu cyaro
Robert Mugabe wahoze ari perezida wa Zimbabwe agiye gushyingurwa ku rugo rwe ruri mu cyaro muri iyi weekend ahitwa Kutama mu karere ka Zvimba. Ni nyuma yo guhangana hagati y’umuryango we na Leta buri ruhande rufite aho rwifuza ko uyu mugabo ashyingurwa. Mu minsi ishize leta ya Zimbabwe yari yemeje ko Robert Mugabe azashyingurwa mu […]
Claire ni umukobwa w'i Kigali, yahishuye ko boss we yamukoresheje imibonano mpuzabitsina ku gahato
Claire* umukobwa w’imyaka 27 uba i Kigali mu Rwanda avuga ko mu myaka itatu ishize yakoreshejwe imibonano mpuzabitsina ku gahato ariko ntiyareze kandi ntaravuga ku mugaragaro uwabimukoreye, gusa kuri we ni igikomere kidasaza. Mu bihe bya vuba bishize, ku mbuga nkoranyambaga hari abakobwa b’Abanyarwandakazi banditse bavuga amazina y’abo bavuga ko bakoresheje imibonano mpuzabitsina ku gahato. […]
Biravugwa ko abasirikare bâu Burundi bambutse umupaka bajya muri Congo
Abaturage baturiye umupaka ugabanya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hamwe nâu Burundi, bavuga ko babonye ingabo zâu Burundi zambuka umupaka zijya muri Congo. Bavuga ko babonye izi nyeshyamba zambuka ikiyaga cya Tanganyika no mu kibaya cyâuruzi rwa Rusizi, bityo ko nta banga abasirikare bâu Burundi binjiye muri Congo aho bagiye guhangana nâinyeshyamba za Red-Tabbara. Nkâuko […]
Ibyâitegeko ribuza gutanga inzoga ku buntu cyangwa ku ideni byasubiwemo
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda Paul Kagame yemeje ko amategeko yâubutetsi bwâabakoloni yose ku Rwanda ateshwa agaciro. Amategeko agera 1,000 agaragara mu igazeti ya Leta yasohotse kuwa 23 Nzeri 2019. Ni amategeko yashyizweho nâabakoloni hagati ya 1885 na 1962. Rimwe muri aya mategeko ni iryavugaga ko umuntu wese utanga inzoga ku ideni cyangwa ku buntu […]
Abantu 10Â banze nkana kumenyekanisha imitungo yabo (yavuguruwe)
Umuvunyi mukuru, Anastase Murekezi atangaza ko hari abantu 10 mu basaga ibihumbi 12 banze kumenyekanisha imitungo yabo ku rwego rwâUmuvunyi. Murekezi yasabye ko aba bantu bakurikiranwa nâubushinjacyaha kuko banze kubahiriza ibyo amategeko abasaba. Mu mwaka wâingengo yâimari 2018/2019 byari byitezwe ko abantu 12, 237 bazamenyekanisha imitungo yabo ariko 10 kugeza ubu ntibarakora iki gikorwa. Murekezi […]
Intambara yongeye kuvuza ubuhuha mu Minembwe
Mu karere ka Minembwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hongeye kuvugwa imirwano irimo kuba hagati y’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge n’Abafulero, bityo abaturage bakaba barimo kuva mu byabo bagahunga. Gad Mukiza uyoboye aka Karere ka Minembwe yavuze ko izi ntambara ziri hagati y’Abanyamulenge ku ruhande rumwe hamwe n’Abafulero, Ababembe n’Abanyindu ku rundi ruhande. Bwana […]