Bijyanye n’imyemerere, abasore bahitamo kubabazwa nk’uko YEZU yababajwe maze bagakubitwa, bakambikwa ikamba ry’amahwa nk’uko Yesu yabikorewe, bikaba byakorewe muri Mexico na Philippine.

Mu muhango wa kirizia ni igikorwa ngaruka mwaka aho bibuka urupfu rwa Yesu





-

Papa Francis ubwo yozaga ibirenge ntiyavanguye: yogeje ibirenge by’abakristu, abaislam ndetse n’abahindu abagaragariza guca bugufi ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Leki@bwiza.com


