Nyuma y’aho umuhanzi Diamond Platnumz mu gitaramo yakoreye ahitwa Mtwara yatangaje ko yifatanyije n’umukunzi we atigeze atangaza amazina.
Ku rundi ruhande ikinyamakuru Bongo 5 kivuga ko uyu mukobwa ari Umunyakenya ufite umubyeyi umwe ari we se ukomoka mu Butaliyani akaba yitwa Tanasha Donna.
Ubusanzwe uyu mukobwa ni umunyamideli akaba n’umunyamakuru kuri radiyo yitwa NRG.









Biravugwa ko uyu mukobwa yigeze gukoranaho na Ali Kiba ndetse akaba yaragaragaye muri videwo y’indirimbo yitwa ‘Nagharamia’
[penci_related_posts taxonomies=”undefined” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” displayby=”recent_posts” orderby=”random”]
Muri Kenya azwi ku mazina ya Zahara Zaire.
Amafoto yakuwe: https://www.instagram.com/tanashadonna/


