Amafoto 10 y’umutwe w’ibyigomeke witwa “Yakuza”

Sangiza iyi nkuru

Yakuza cyangwa se Gokudo ni umutwe w’ibyigomeke bikora ibihabanye n’amategeko, uyu mutwe ukaba ubarizwa mu gihugu cy’Ubuyapani.
s2
Umutwe wa Yakuza wavutse ahagana mu kinyejana cya 17, ukaba ufite amahame n’amategeko awugenga by’umwihariko polisi ikaba itangaza ko bazwiho ibikorwa birimo n’urugomo.
s5
Umuryango wa Yakuza ugizwe n’abantu 102,560, abawubarizwamo usanga barishyizeho ibishushanyo (tattoos) bitandukanye kuva ku mutwe yewe no ku gitsina cyabo.
s3
Hari ubwo bitabira ibikorwa rusange bifitiye igihugu akamaro, mu ntambara ya kabiri y’isi aba Yakuza nabo barayirwanye.
S8
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Muri 2006 nibwo Mitsuhiro Suganuma, wari umuyobozi w’urwego rushinzwe iperereza mu Buyapani yatangaje ko 60% ari aba yapani bakomoka mu bwoko bwa Burakumin, 30% ni abayapani bafite n’amaraso yo muri Korea naho 10% bafite inkomoko yo mu Bushinwa.
s10
Uyu mutwe ushyirwa ku rutonde rw’ibyikomeke (Gangs) bizwi ku isi, ukaba uza ku mwanya wa 12, ibyaha bavugwaho si ibyo bakorera mu Buyapani gusa kuko banakora ibyaha mpuzamahanga nko gucuruza intwaro, ibiyobyabwenge,…
s6
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
s9
s4s7
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Itangishatse Theoneste/Bwiza.com
 
 
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *