Amafoto: Ababiligi bifatanyije n'Abanyarwanda baba mu Bubiligi kwibuka ku nshuro ya 22

Sangiza iyi nkuru

Mu gihe mu Rwanda kuri uyu wa 07 Mata 2016batangiye iminsi 100 yo kwibuka inzirakarenganze zishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, Abanyarwanda batuye mu Bubiligi barangajwe imbere na ambasaderi Olivier Nduhungirehe nabo bafatanyije n’inshuti z’Ababiligi bakoze igikorwa cyo kwibuka cyanitabiriwe n’uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Louis Michel ari nawe se wa Charles Michel, Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi kuri ubu.

Reba Amafoto:

18213_10209114566678202_301110492675286853_n

10399753_10209114505636676_2124863175651089416_n
Bafashe umunota wo kwibuka

11202654_10209114570678302_6318545543869361822_n

12417896_10209114512396845_8749817071838183771_n

12439346_10209114559678027_5119419295669463783_n

12923215_10209114563718128_7931260946157598574_n

12472426_10209114566878207_122928568320813294_n

12931254_10209114517516973_7914656456736121664_n

12985496_10209114518356994_4305013401908228950_n

12933124_10209114556637951_4558798454984488352_n

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *