34795.jpg

Amafoto: Abasirikare basaga 500 ba CAR bari bamaze igihe batozwa na RDF basoje amasomo

Sangiza iyi nkuru

Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 24 Ugushyingo, abasirikare barenga 500 ba Centrafrica (FACA) bari bamaze igihe batozwa n’Ingabo z’u Rwanda (RDF) barasoza amasomo ku mugaragaro.

34795.jpg
34796.jpg

Iki ni icyiciro cya mbere cy’abasirikare ba Centrafrica batojwe na RDF mu rwego rw’amasezerano hagati y’ibihugu byombi nk’uko tubikesha The New Times.

34797.jpg
34799.jpg

Perezida Faustin-Archange Touadéra wa Repubulika ya Centrafrica niwe mushyitsi mukuru muri ibi birori byabereye mu Kigo cya Gisirikare cya Kassai mu nkengero z’umurwa mukuru, Bangui.

34800.jpg
34805.jpg
34793.jpg
34803.jpg

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *