Amafoto: Dore ibigango by’umusore Diamond yavuze ko yaryamanaga na Zari

Sangiza iyi nkuru

Mu cyumweru gishize Diamond yatunguranye avuga ko Zari wahoze ari umugore we yamucaga inyuma akaryamana na Peter wo muri P-Square ndetse n’umusore atigeze avuga amazina ariko ngo akaba yari ashinzwe kumufasha imyitozo ngororamubiri mu 2017.

Kuri ubu rero byamenyekaanye, amafoto yashyizwe hanze agaragaza uyu musore wo muri Afurika y’Epfo witwa Tumise ufite ibigango, bimwe mu bikurura bagore bamwe na bamwe yashyizwe hanze. Uyu musore asanzwe ari umutoza w’imyitozo ngororamubiri ndetse akaba n’umunyamideli.

Mu guhamya ibi ubwo yaganiraga na Wasafi Radio, Diamond yagize ati “  Ubwo twari mu rukundo, yari mu rukundo n’uwamufashaga imyitozo. Baryamaniraga no mu nzu yanjye, mfite n’amafoto.”

zari2

zari3

za1

57506253 2084812125144737 9135975337372568118 n

zari2

zaa

3

5

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Ku rundi ruhande, Zari yahakanye guca inyuma Diamond ndetse Peter na we yikoma uyu mugabo avuga ko ibyo avuga atabizi ko nta mwanya yabitakazaho.

Ghafla

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *