Amafoto: Impunzi z'abarundi zisaga 1600 mu zigomba gucyurwa zanyujijwe ku mupaka wa Nemba

Sangiza iyi nkuru

Abarundi basaga 1600 muri 2523 basabaga ubuhunzi mu Rwanda mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 01 Mata 2018 basubijwe iwabo mu Burundi banyujijwe ku mupaka wa Nemba mu Karere ka Bugesera nyuma yo gusaba gusubizwa iwabo nyuma y’aho na none bangiye kubahiriza ibisabwa mu gihe usaba ubuhungiro ku butaka bw’u Rwanda.

Izi impunzi 2523 zari zavuye mu nkambi ya Kamanyola muri Congo kuwa 07 Werurwe zinjira mu Rwanda zitinya gucyurwa ku ngufu n’abayobozi ba Congo zakirwa mu Rwanda zijyanwa mu nkambi 3 z’agateganyo I Nyarushishi, Bugesera na Nyanza.

Amafoto:

DZrZkFKX0AAK07h

DZrb5wKWkAEQyZN

DZrcq LX0AASZhI

 

DZrcXoqXUAARNuB

 

Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n’indirimbo bishya

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *