Amafoto: Mbere ho umunsi umwe Impamyabigwi ikiciro cya 2 biteguye gutumwa

Sangiza iyi nkuru

Itorero ry’Abanyamakuru (Impamyabigwi) ikiciro cya kabiri rigeze aho risozwa kuko ubu rigeze ku umunsi ubanziriza uheruka ngo ritumiwe.
Abanyamakuru basaga 160 nibo bagiye mu itorero Impamyabigwi ikiciro cya 2 baturutse mu ibinyamakuru bitandukanye bikorera mu Rwanda, aho biteganyijwe ko iri torero rizasoza kuwa 26 Mata 2017.
Kuri ubu bwiza ikaba ishaka kubasangiza kumafoto n’ibikorwa baba barimo ku umunsi ubanziriza uwanyuma ngo basoze.

IMG 4198
Umushyitsi mukuru yari umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru wari waje gutanga amanota ku Impamyabigwi ikiciro cya 2

Nkumba/bwiza.com
Ugeze mu kigo cya Nkumba usanga ubuzima bwarahindutse aho bamwe bamaze guhabwa imirimo itandukanye isanzwe igaragara mu gihugu

 
Nkumba/bwiza.com
Aba ni abatoza , Shami Rukizangabo n’umuyobozi wa ARJ, Umuganwa Gonzague, ibumoso

[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
20170425_100128
Aba ni abakoraga akazi k’itangazamakuru mu kigo cya Nkumba

20170425_100545
Uyu nawe ni umunyamakuru w’Agaciro TV ikorera mu kiga cya Nkumba

20170425_100846
Aba ni abasirikare bari ku burinzi

20170425 100827
Jerome Rwasa umuyobozi wa Radiyo Isangano ya Karongi nawe yari ku uburinzi

20170425_101539
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
20170425_102321
20170425_102608
20170425_102432
20170425_101456
20170425_103042
Aba bari muri Stidio za Terevision Agaciro

20170425_103132
Aba nibo bari barimo Gucuruza ibinyamakuru

20170425_103208
Gatera Stanery umuyobozi w’ikinyamakuru Umusingi nawe yitabiriye itorero Impamyabigwi icyiciro cya 2

img_4293
img_4261
img_4271
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
img_4368
img_4354img_4282
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *