Polisi y’ u Rwanda (RNP) yashyikirije umuturage witwa Claudine Uwizeyimana amafaranga ye yari yarataye kuwa 12 Ugushyingo 2020 ubwo yavaga kuwa kuri Kigali Convention Center agana i Remera hagati ya saa tatu n’igice na saa yine z’ijoro.
Polisi yavugaga ko aya mafaranga ataramenyekana umubare, nyirayo yazajya kuyafata ku cyicaro cya Polisi ku Kacyiru. RNP ivuga ko aya mafaranga yatowe n’umupolisi witwa Sgt Muremyangabo God ubwo yari mu kazi ko gucunga umutekano. Amafoto: RNP
Muremyangabo watoye amafaranga y’umuturage

Uwizeyimana wari warataye amafaranga



2 Responses
Amafoto: Polisi yashyikirije umuturage amafaranga yari yarataye
Police irahirys cyane
Amafoto: Polisi yashyikirije umuturage amafaranga yari yarataye
Police irahirys cyane