Amafoto y’icyamamare Tinashe agaragaza ubwambure niyo yifashishijwe mu kwamamaza ikinyamakuru

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzikazi Tinashe ubarizwa muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yemeye kugirana amasezerano n’ikinyamakuru ubwo yashyirwaga ku gitangazamakuru “PlayBoy’” yambaye utwenda tw’imbere mu rwego rwo kureshya abasomyi.
T1
Tinashe usanzwe uzwi nk’muhanzikazi,Umunyamideli, umubyinnyi,umwanditsi w’indirimbo,… yatangaje ko kugaragara ku binyamakuru yambaye ubusa nta soni bimutera ahubwo ko bimufasha kumenyekanisha umuzingo w’indirimbo ze (Album) “Joyride” yashyize hanze.
T6
Tinashe yagize ati ’’ ubwiza n’ikimero byanjye ni byo byangize uwo ndi we nk’umuhanzi , ndi umushyushyabirori, kandi ndi umunyadukoryo ibyo byose nkabigeraho nkoresheje ingufu zanjye, ngomba kuza ku rutonde rw’abashoboye “.
Mbere y’uku kwezi, Tinashe yashyize hanze indirimbo iri kuri Album “Joyride” afatanyije n’icyamamare Chris Brown.
T2
Gushyira hanze iyo Album yabifashijwemo na Max Martin, Dr Luke, Hit-boy,Travi$ Scott n’abandi harimo n’indirimbo “ Party Favors” ari kumwe na Young Thug.
Tinashe Jorgenson Kachingwe w’imyaka 22 y’amavuko yatangiye muzika afite imyaka 3, muri 2012 nibwo yatangiye kumurika imideli no gukina Cinema.
ANDI MAFOTO:
T3 T4 T5 T7 T8 T9 T10
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *