img-20240704-wa0210.jpg

Amavubi yisanze mu itsinda ry’abagabo

Sangiza iyi nkuru

Tombora yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy’Afurika ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi yisanze mu itsinda D.

Kuri uyu Wa Kane taliki ya 4 Nyakanga 2024 nibwo iyi tombora yabaye i Johannesburg muri Afurika y’Epfo.

Ubwo batomboraga ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yisanze mu itsinda D aho arikumwe n’ikipe y’igihugu ya Benin, Libya ndetse na Nigeria.

Amavubi yisanze ari kumwe na Nigeria ndetse na Benin nyuma yuko n’ubundi bari mu itsinda rimwe mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026.

Biteganyijwe ko imikino yo mu matsinda izatangira gukinwa mu kwezi kwa 9 uyu mwaka aho amakipe 2 ya mbere mu matsinda 12 ariyo azabona itike.
img-20240704-wa0210.jpg

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *