Amber Rose yasobonuye uburyo yitwara mu gihe cy’akabariro

Sangiza iyi nkuru

Umunyamideri muri Amerika Amber Rosa, yahishuye ikimuraza ishinga mu rukundo by’umwihariko mu guturwa akabariro maze asobanura ko we akoresha uburyo bwa gakondo atabikora nk’iby’abikigihe.
Amber
Ni mukiganiro gikunze kugaragara kuri televiziyo imwe aho uyu munyamideli w’imyaka 32 yabajijwe ibibazo 29 ku bijyanye n’urukundo rwe maze abisubiza uko byakabaye adahishe na kimwe.
Amber yavuze ko atajarajara mu rukundo, ahubwo ko afata umusore umwe bagakundana batandukana agashaka undi bihabanye n’ibisanzwe bizwi kuri bimwe mu bindi byamamarekazi byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Yagize ati” sinkunda kujarajara mu rukundo sinabyemerera ko bimbaho , sinkunda kuba nakora imibonano mpuzabitsina mu kajagari ntibyigeze binambaho.
Ubajijwe uburyo akoramo imibonano akumva bimunyuze yanze kugira byinshi atangaza gusa avuga ko akunda kwitwara nk’umugore gakondo kurusha iby’iki gihe nkuko byagarutsweho na Dailymail.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *