Iyi ntambara turi hafi kuyitsinda: Gen. Makenga

Screenshot 20251230

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’ihuriro AFC/M23, Gen. Sultani Makenga, yasabye abayoboke baryo gukomeza kuba mu mwuka w’intambara, abasezeranya ko intambara barwanamo na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari hafi kuyitsinda. Makenga yatanze iryo sezerano ku wa Mbere tariki ya 29 Ukuboza, ubwo ubuyobozi bwa AFC/M23 bwahuriraga n’abayoboke bayo mu ngoro ndangamurage ya Himbi iherereye […]

Muri ingabo n’inzego z’umutekano nahoze nifuza kugira: Perezida Kagame

20251230 070258

Perezida Paul Kagame yashimye Ingabo z’u Rwanda n’izindi nzego z’umutekano ku bw’ubunyamwuga, ikinyabupfura ndetse n’umusanzu wazo mu kurinda umutekano w’igihugu, azigaragaza nk’ingabo yahoze yifuza kugira. Ni mu butumwa busoza umwaka wa 2025 Umukuru w’Igihugu yageneye Ingabo n’izindi nzego z’umutekano, ku wa Mbere tariki ya 29 Ukuboza. Perezida Kagame yashimiye ba Ofisiye, abagabo n’abagore ba RDF […]

Umunsi Ndayishimiye yerura ko nta mubano yifuza kugirana n’u Rwanda 

65a59a260cbfa1c774ec6f91 Kagame Ndayishimiye

Mu myaka ibiri ishize Perezida Evariste Ndayishimiye ubwo yagezaga ijambo risoza umwaka wa 2023 ku Burundi, yashinje u Rwanda kugira uruhare mu gitero u Burundi buvuga ko umutwe wa RED-Tabara wagabye mu Gatumba, biba n’intandaro yatumye bufunga imipaka yose yo ku butaka ihuza ibihugu byombi. Gufunga iyi mipaka byakurikiwe n’amagambo asa n’agamije gushotora u Rwanda […]

Abantu ba hafi ya Tshisekedi ni bo bari inyuma y’umutwe wa Mobondo: FARDC

anthony mwalu 19 aout adf tues

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyashinje abantu ba hafi ya Perezida Félix Antoine Tshisekedi kuba ari bo bari inyuma y’umutwe witwaje intwaro wa Mobondo. Mobondo ni umutwe byatangiye uteza amakimbirane ashingiye ku butaka muri Teritwari ya Kwamouth mu ntara ya Mai-Ndombe, gusa kuri ubu wamaze guhinduka umutwe w’inyeshyamba ndetse wagura ibikorwa byawo, […]

U Rwanda rwafashe uruhande mu bibazo bya Somalia na Israel 

GgYFMpNXQAA6NQa 1

Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko idashyigikiye umugambi umaze iminsi wo kwitandukanya kwa Somalia n’Intara ya Somaliland, ishimangira ko icy’ingenzi ari ugushyira imbaraga mu nzira y’amahoro n’iterambere hubahirijwe amategeko mpuzamahanga. Guverinoma mu itangazo yaraye isohoye, yavuze ko iri ku ruhande rw’ibyatangajwe n’imiryango irimo uwa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika Yunze Ubumwe ku birebana n’ikibazo cya Somalia. […]

Tshisekedi yahagaritse Gen. Ekenge nyuma yo kuvuga amagambo yuzuye urwango ku Batutsi 

ekengee1 98245 1ccc7

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahagaritse Général-Major Sylvain Ekenge wari umuvugizi w’Ingabo z’icyo gihugu, nyuma yo kuvuga amagambo yibasira Abatutsi. Amakuru y’ihagarikwa rya Ekenge yemejwe n’Ibiro ntaramakuru bya Congo (ACP). ACP isubiramo umusirikare mukuru ayimenyesha ko Ekenge yahagaritswe amenyeshejwe n’Ibiro bikuru bya gisirikare. Uyu mugabo yahagaritswe nyuma y’uko ku wa […]

U Bubiligi buravuga ko bwashenguwe n’imvugo yibasira Abatutsi ya Gen. Ekenge

20250428 222540

Guverinoma y’u Bubiligi yatangaje ko yababajwe cyane n’imvugo yibasira Abatutsi y’umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), Gen. Sylvain Ekenge. Uyu Ekenge akomeje kwamaganwa no kunengwa n’abantu batandukanye, nyuma y’amagambo arimo ivangura n’urwango aheruka gutangaza ku bantu bo mu bwoko bw’Abatutsi. Uyu mugabo ubwo yari kuri Televiziyo y’Igihugu ya RDC, RTNC, yabwiye abantu […]

Green Party yasoje ibikorwa bigenewe abarwanashyaka byari bimaze amezi 10

IMG 20251228

Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Democratic Green Party of Rwanda, kuri iki cyumweru tariki ya 28 Ukuboza ryasoje ibikorwa birimo inama n’amahugurwa ryari rimaze igihe rikorera hirya no hino mu gihugu. Ni ibikorwa byasorejwe mu karere ka Nyamagabe mu ntara y’Amajyepfo. Muri Gashyantare uyu mwaka ni bwo ubuyobozi bwa ririya shyaka bwatangiriye […]

Umunyamakuru Keddy yarongoye (Amafoto)

IMG 20251227 WA0006

Manirakiza Mapendo wamenyekanye mu itangazamakuru nka ‘Keddy’, yakoze ubukwe n’umukunzi we Uwamahoro Sarah uzwi nka Salama. Ku wa Gatanu tariki ya 26 Ukuboza ni bwo aba bombi bakoze ubukwe, mu birori byabereye mu karere ka Rubavu. Ni ibirori byatangiye saa yine z’igitondo aho Keddy yasabye akanakwera Sarah mu busitani bwa Candida buherereye mu murenge wa […]

Imirwano ya AFC/M23 na FARDC mu misozi ya Uvira yafashe indi ntera

20251222 144606 1

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza, urusaku rw’amasasu menshi n’iturika ry’ibisasu byumvikanye mu misozi ihanamiye uduce twa Katongo na Kigongo two muri teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Epfo. Amakuru aturuka hafi y’aho imirwano ibera agaragaza ko abarwanyi b’umutwe wa AFC/M23 bari mu mirwano yeruye n’inyeshyamba za Wazalendo bafatanyije ku rugamba n’Ingabo […]

Kigali: Polisi yafashe umugabo wagaragaye amenagura ibirahure by’imodoka z’abantu

Screen Shot 2025 12 27 at 05.04.14

Polisi y’Igihugu yemeje ko umugabo wagaragaye mu Mujyi wa Kigali afite umuhoro ashaka gutema abantu anamenagura imodoka yasangaga ziparitse yafashwe. Polisi ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yavuze ko iperereza rigaragaza ko uwo mugabo afite uburwayi bwo mu mutwe, akaba yahise anoherezwa mu bitaro by’abafite ubu burwayi. Amashusho aheruka gushyirwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uwo […]

Umumotari yagonze umupolisi wari mu kazi aramwica

WhatsApp Image 2025 12 26 at

Umupolisi wari mu kazi mu karere ka Kayonza, mu ijoro ryo kuri Noheli yagonzwe n’umumotari birangira atakaje ubuzima. Byabereye mu muhanda w’igitaka wa Buhabwa, uherereye mu Murenge wa Murundi, Akarere ka Kayonza ahagana saa saba z’ijoro. Umuryango wa nyakwigendera PC Habugusenga John, uvuga ko we na mugenzi we bari mu kazi ko kubungabunga umutekano, umumotari […]

M23 yahanuye Sukhoi-25 ya FARDC

Screenshot 20251226 173043 1

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Ukuboza, yahanuye indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). Iyi ndege yahanuriwe mu gace ka Kigongo muri Teritwari ya Fizi, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru avuga ko iriya ndege yarashwe mu gihe yari yiriwe igaba ibitero […]

Umunyarwanda ayoboye indorerezi za AU mu matora yo muri Centrafrique

20251226 145300

Right. Hon. Bernard Makuza wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, ayoboye indorerezi umuryango wa Afurika yunze Ubumwe wohereje gukurikirana amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Repubulika ya Centrafrique. Ku wa Gatatu tariki ya 24 Ukuboza ni bwo Amb. Valentine Rugwabiza uyoboye ubutumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Centrafrique (MINUSCA) yahuye na Makuza. Ku Cyumweru tariki […]

FARDC yarashe ubwato 2 bwa M23

Screenshot 20251226 112237 1

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Ukuboza, zarashe amato abiri y’inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23. Ubwo bwato bwarasiwe ku cyambu cya Kulundu giherereye ku kiyaga cya Tanganyika, mu gace ka Makobola ko muri Teritwari ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Drone ya FARDC ni yo […]

Amerika yagabye ibitero muri Nigeria

382eb510 e20e 11f0 86ca d5a596a95198.png

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zagabye ibitero byinshi byica ku nyeshyamba zo mu mutwe wa Islamic State, mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nigeria. Trump mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Truth Social, yijeje ko Amerika izagaba ibitero bishya kuri izo nyeshyamba mu gihe zaba zikomeje […]

Rutshuru: Wazalendo iravugwaho guteka igico M23 igatwika imodoka yayo

20251226 081430

Ingabo z’umutwe wa AFC/M23 bari ku burinzi ku muhanda Goma-Rutshuru muri Parike y’Igihugu ya Virunga, biravugwa ko zaguye mu gico zari zatezwe n’abarwanyi ba Wazalendo ku wa Gatatu tariki ya 24 Ukuboza 2025. Ni igico bivugwa ko izo ngabo zategewe hafi y’agace ka Rumangabo muri Teritwari ya Rutshuru. Amakuru avuga ko ubwo byabaga impande zombi […]

Menya amateka ya Gen. Makenga wujuje imyaka 52 kuri iyi Noheli

20251225 93745

Kuri iyi tariki ya 25 Ukuboza 2025, Umugaba Mukuru w’Ingabo za AFC/M23, Gen. Sultani Emmanuel Makenga, yujuje imyaka 52 amaze avutse. Ubuzima bw’uyu musirikare bwatangiye kuri Noheli ya 1973, ubwo yavukiraga i Nyanzale muri Teritwari ya Masisi nk’uko yagiye abivuga. Makenga yataye ishuri ku myaka 17 ajya mu mutwe w’inyeshyamba wa Rwandan Patriotic Front (RPF […]

Tshisekedi yunamiye FARDC na Wazalendo zaguye ku rugamba

20251225 014806

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yunamiye abasirikare bo mu ngabo z’igihugu cye n’abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo biciwe mu ntambara ikomeje gusakiranya ubutegetsi bwe n’inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23. Tshisekedi yunamiye abo basirikare n’abarwanyi babafasha ku rugamba, mu ijambo rijyanye n’umunsi mukuru wa Noheli yagejeje ku banye-Congo. Ni ijambo yavuze […]

U Rwanda rwavuze kuri Meya wa Kindu waciye imyambaro yanditseho ‘Visit Rwanda’

AFP 20220730 32FP8ZW v1 HighRes FblArsenalSevillaFriendly

Umuyobozi w’Umujyi wa Kindu wo mu ntara ya Maniema muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Augustin Atibu Mulamba, yatangaje ko yamaze kubuza burundu kwambara, kugurisha, gutunga no gukwirakwiza imyambaro cyangwa ibirango byose byanditseho ijambo “Visit Rwanda”. Ni icyemezo yatangaje ku mugaragaro mu mpera z’icyumweru gishize, mu kiganiro yahaye itangazamakuru ryo muri ako gace. Uyu mugabo […]

Lt. Col Manirakiza wari wararashwe na M23 yapfuye

GridArt 20251224 140414386

Lieutenant-Colonel Patrice Manirakiza wayoboraga batayo ya 18 y’ingabo u Burundi bwari bwarohereje kurwana na AFC/M23 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yapfuye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Ukuboza 2025. Uyu ofisiye yaguye mu bitaro bya Tanganyika Care Hospital by’i Bujumbura azize ibikomere, aho yari amaze ibyumweru birenga bibiri arwariye. Ku wa 6 Ukuboza […]

Minisitiri Bizimana yutse inabi umudipolomate waburiye Ndayishimiye ku bubi bw’intambara y’u Burundi n’u Rwanda akomeje kwifuza

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Edouard Bizimana, yutse inabi umuturage w’u Burundi akanaba umudipolomate uheruka kwandikira Perezida Evariste Ndayishimiye amumenyesha ububi bw’intambara akomeje kwifuza hagati y’igihugu cye n’u Rwanda. Perezida Evariste Ndayishimiye n’abantu ba hafi ye bamaze igihe batangaza amagambo gashozantambara ku Rwanda, nyuma y’uko u Burundi bumaze igihe butakaje abasirikare benshi mu ntambara yo […]

The Ben ni umuhanzi w’ikirangirire udakwiye kugereranywa n’undi wese: Nduhungirehe 

52268659985 8d4dbaf16f b

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje Mugisha Benjami uzwi mu muziki nyarwanda nka The Ben nk’umuhanzi w’ikirangirire udakwiye kugereranywa n’undi wese. Minisitiri Nduhungirehe yabigarutseho mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X, asubiza abakomeje guhanganisha The Ben na Itahiwacu Bruce uzwi mu muziki nka Bruce Melodie. Uyu muyobozi uheruka gushyira indirimbo ‘Police’ ya Bruce […]

Abasirikare ba FDNB baramagana umugambi wo kongera kubambika impuzankano ya FARDC

GA5PtOTWkAAmnCV

Abasirikare b’u Burundi bakiri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, baramagana umugambi uhari wo kongera kubohereza ku rugamba bambaye impuzankano y’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). Umwe mu basirikare b’u Burundi yabwiye impirimbanyi Pacifique Nininahazwe ko mu gihe Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Burundi, Gen. Prime Niyongabo aheruka kuvuga ko iki gihugu cyamaze gucyura […]

Ibitaravuzwe ku biganiro byahuje intasi z’u Rwanda n’u Burundi nyuma y’ifatwa rya Uvira

20251218 095513 1

Nyuma gato y’uko inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23 zari zimaze kwigarurira umujyi wa Uvira ku wa 9 Ukuboza 2025, abahagarariye ubutasi bw’u Rwanda n’u Burundi bahuriye mu nama yari igamije gucubya umwuka mubi warimo ututumba hagati y’ibihugu byombi. Amakuru y’iyo nama yemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, mu kiganiro aheruka guha Televiziyo […]

Senateri Dr. Habineza yatorewe kuyobora amashyaka arengera ibidukikije ku Isi

HF Better

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Senateri Dr. Frank Habineza, yatorewe kuba umuyobozi w’amashyaka arengera ibidukikije ku Isi (Global Greens). Itorwa rya Senateri Dr. Habineza ryemejwe n’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’amashyaka ya Global Greens, izo nshingano akaba agomba kuzifatanya n’umunya-Suéde, Bodil Valero wongeye gutorwa. Global Greens isobanura Senateri Dr. Frank Habineza nk’umuntu ufite “ubumenyi […]

Trump yavanye ku mirimo ba Ambasaderi barimo uwa Amerika mu Rwanda n’i Burundi

n3 1

Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump bwatangiye guhamagaza abadipolomate basanzwe ari ba Ambasaderi n’abandi bafite imyanya ikomeye muri za Ambasade, mu gihe bwatangiye guhindura imiterere ya dipolomasi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mahanga. Ni muri gahunda ubu butegetsi bwise “America First” yasize hahamagajwe abadipolomate bagera kuri 30. Ibiro Ntaramakuru The Associated Press by’Abanyamerika, byatangaje […]

Brigade y’abasirikare ba RDF yasoje imyitozo ityaye (Amafoto)

2025 12 22 20 23

Brigade y’Abasirikare bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), igizwe na ofisiye ndetse n’ abasirikare ku zindi nzego, kuri uyu wa Mbere basoje neza amahugurwa y’amezi ane yo ku rwego rwo hejuru arushaho kubatyaza mu bumenyi mu bya gisirikare. Ni amahugurwa yabereye mu Kigo cya Gisirikare cya Nasho giherereye mu Karere ka Kirehe. Ibirori byo gusoza […]

Fizi: FARDC na Wazalendo bagabye ibitero kuri M23, ibakubita iz’akabwana

20251222 144606

Amakuru ava muri Teritwari ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye ibitero kuri AFC/M23, birangira rikubiswe n’inyeshyamba rirahunga. Amakuru avuga ko FARDC na Wazalendo baramutse bagaba ibitero ku birindiro bya AFC/M23 biherereye mu midugudu ya […]

U Rwanda rwungutse abapolisi bashya barenga 1900

Abapolisi 1903 bagize icyiciro cya 21 cya Polisi y’u Rwanda, kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Ukuboza basoje amahugurwa bari bamaze igihe bakorera mu Ishuri ry’Amahugurwa rya Polisi riherereye i Gishari mu karere ka Rwamagana. Uyu muhango witabiriwe na Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG […]

Abandi barimu b’abanya-Zimbabwe baje kuzahura iremere ry’uburezi mu Rwanda

20251222 114836

U Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Ukuboza, rwakiriye icyiciro cya kabiri cy’abarimu bo muri Zimbabwe 143, baje muri gahunda yo kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda. Aba barimu baje basanga abandi 157 bagize icyiciro cya mbere. Mu Kuboza 2022 ni bwo u Rwanda na Zimbabwe byasinyanye amasezerano yerekeye guhana abakozi b’inzobere mu nzego […]

Ab’i Goma baramukiye mu myigaragambyo 

20251222 112202

Abaturage bo mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Ukuboza baramukiye mu myigaragambyo. Ni imyigaragambyo yateguwe na Sosiyete Sivile n’urubyiruko rwo mu bice bigenzurwa n’umutwe wa AFC/M23, ikaba igamije kwamagana kuba ingabo z’uriya mutwe ziheruka kuva mu mujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. […]

Tshisekedi aravuga ko FARDC na FDNB bemereye M23 gufata Uvira nk’amayeri

thumbs b c fbd5cbb888090032e3b6e7316b312c4b

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC ryemereye inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23 kwigarurira umujyi wa Uvira, nyuma yo gufata icyemezo cyo gusubira inyuma mu buryo bw’amayeri y’intambara. Tshisekedi yabitangaje ku Cyumweru tariki ya 21 Ukuboza, mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye inama […]

Maj. Gen Gatama yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo za FADM i Mocimboa da Praia

2025 12 20 16 57 39 0

Umuyobozi mukuru w’Inzego z’ Umutekano z’ u Rwanda (RSF) mu Ntara ya Cabo Delgado, Maj. Gen. Vincent Gatama, kuri uyu wa Gatandatu yakiriye Brig Gen Tomás Francisco João Mponha, Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo za Mozambique (FADM), i Mocimboa da Praia. Uru ruzinduko rwari rugamije gusuzumira hamwe uko umutekano uhagaze mu Ntara ya Cabo Delgado, no […]

AFC/M23 yamaganye u Burundi bwafashe bugwate impunzi z’Abanye-Congo

20251220 115752

Umutwe wa AFC/M23 washinje Leta y’u Burundi gufata bugwate impunzi z’Abanye-Congo zahungiye muri icyo gihugu, ku mpamvu uvuga ko zishingiye kuri Politiki. Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa abinyujije ku rubuga rwe rwa X, yashimangiye ko amasezerano mpuzamahanga yemerera impunzi gutahuka mu gihugu cyazo nta komyi, ndetse u Burundi bukomeje kwizirikaho iz’abanye-Congo bukaba buri mu bihugu […]

U Rwanda n’u Burusiya byaganiriye ku kwagura ubufatanye

20251220 102416

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, ku wa Gatanu tariki ya 19 Ukuboza yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Burusiya, Sergey Lavrov. Abakuru ba dipolomasi y’ibihugu byombi bahuriye i Cairo mu Misiri, aho bari bitabiriye inama ya kabiri ya ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga yigaga ku bufatanye hagati ya Afurika n’u Burusiya. Minisitiri Olivier […]

Bamporiki yijeje Perezida Kagame ko atazongera kwakira indonke

kagame bamporiki

Bamporiki Edouard wakoze imirimo itandukanye muri Guverinoma y’u Rwanda, yabwiye Perezida Paul Kagame ko yamubabaje ubwo yakiraga indonke, ariko amwizeza ko ibyo yakoze bitazongera. Ni mu butumwa uyu mugabo wigeze kuba Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco yageneye Umukuru w’Igihugu akanaba Chairman wa FPR Inkotanyi, ubwo ku wa Gatanu tariki ya 19 uyu muryango […]

Ndayishimiye yongeye kuvuga amagambo gashozantambara ku Rwanda

20251220 082732

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yongeye kuvuga amagambo y’ubushotoranyi ku Rwanda yashinje kuba rutabaniye neza igihugu cye. Uyu mugabo yavuze ayo magambo ku wa Gatanu tariki ya 19 Ukuboza, nyuma y’ibirori yari amaze kwakirwamo n’abagize inzego z’umutekano z’u Burundi byari bigamije kumwifuriza we n’umuryango we umwaka mushya wa 2026. Ni ibirori byabereye mu kigo gikoreramo […]

Amerika yavuze ibilometero yifuza ko M23 yerekezamo uvuye i Uvira

20251220 75531

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zifuza ko inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23 zerekeza byibura mu bilometero 75 uvuye mu mujyi wa Uvira. Amerika yabisabye biciye muri Ambasaderi wayo wungirije muri Loni ushinzwe ibibazo bya Politiki byihariye, Jennifer Locetta. Uyu mu ijambo yagejeje ku kanama ka Loni gashinzwe amahoro n’umutekano ku Isi, yavuze […]

Hon. Bazivamo Christophe mu bayobozi bashya ba FPR-Inkotanyi

20251219 141433

Ishyaka FPR-Inkotanyi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Ukuboza ryemeje abayobozi baryo bashya, barimo Hon. Bazivamo Christophe wakoze imirimo itandukanye muri Guverinoma nka Minisitiri ndetse na Ambasaderi. Bazivamo na bagenzi be bemerejwe mu nama nkuru ya 17 ya FPR yabereye ku cyicaro gikuru cy’iri shyaka i Rusororo. Ni inama yayobowe na Perezida Paul Kagame, […]

Ingabo za Kinshasa zubuye ibitero kuri AFC/M23 yemeye gutanga agahenge

general atomics reaper

Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko mu gihe wemeye gutanga agahenge mu rwego rwo guha amahirwe igarurwa ry’amahoro, ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya RDC zahisemo kubura ibitero ku birindiro byawo ndetse no mu duce dutuwe n’abaturage benshi. AFC/M23 yemeje ko yagabweho ibyo bitero, biciye mu itangazo ryasohowe na Lawrence Kanyuka uyivugira mu bya […]

U Burundi bwateguye imyigaragambyo yo kwibasira u Rwanda 

20250519044441000000

Amakuru ava mu Burundi aravuga ko Leta y’iki gihugu yamaze gutegura imyigaragambyo igamije kwibasira u Rwanda izabera kuri za ambasade z’ibihugu bitandukanye. Amakuru avuga ko iyo myigaragambyo imaze itegurwa n’abayoboke b’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi, iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 20 Ukuboza. Ni imyigaragambyo biteganyijwe ko izabera imbere ya Ambasade z’ibihugu birimo Leta […]

Amb. Mbabazi yasuye umuryango wa Maj. Gen (Rtd) Joseph Adinkrah

20251218 184211

Ambasaderi w’u Rwanda muri Ghana, Rosemary Mbabazi, kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Ukuboza yasuye umuryango wa Maj. Gen. [Rtd] Joseph Narh Adinkrah, wabaye umwe mu basirikare bo muri Ghana bari muri MINUAR mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu butumwa yanditse mu gitabo cy’abashyitsi kuri uyu wa Kane, Amb. Mbabazi yavuze […]

Uganda igiye kwakira inama y’abakuru b’ibihugu yiga kuri AFC/M23

01JE38HQFMMT0SCB5HS3MNFYC8

Uganda irateganya kwakira inama y’abakuru b’ibihugu by’akarere, ikazaba yiga ku mutekano wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuzamba kubera imirwano ikomeje gusakiranya ingabo z’iki gihugu n’inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23. Umwe mu bayobozi bakuru muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’iki gihugu, yabwiye ikinyamakuru ChimpReports ko imyiteguro y’iyo nama yamaze gutangira. Ati: “Ni byo, […]

Kenya yacyuye abaturage bayo bari bamaze igihe barwana intambara y’u Burusiya na Ukraine 

3a778300 d1fc 11f0 a892 01d657345866

Guverinoma ya Kenya yatangaje ko yacyuye abaturage bayo babarirwa muri 18 bari bamaze igihe bifashishwa n’u Burusiya mu ntambara burwanamo na Ukraine. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ibibazo by’Abanyakenya baba mu mahanga mu itangazo yasohoye, yavuze ko mu bakiriwe bamwe bari bafite ibikomere, nyuma yo kwisanga mu kigo cya gisirikare mu Burusiya. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, […]

Inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zaganiriye ku gucubya ubushyamirane

20251218 095513

Inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi, mu mpera z’icyumweru gishize zarahuye ziganira uko zacubya umwuka mubi n’ubushyamirane bwarimo bututumba hagati y’ibihugu byombi. Amakuru y’iyo nama yarimo n’abakuriye inzego z’ubutasi mu bihugu byombi, yemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, mu kiganiro yagiranye na Televiziyo ya France 24. Yagize ati: “Ku bijyanye n’u Burundi, muri […]

Ingabo za AFC/M23 zatangiye kuva muri Uvira

20251217 193515

Umutwe wa AFC/M23 wemeje ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Ukuboza watangiye kuvana ingabo zawo mu mujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Byemejwe n’umuvugizi w’Igisirikare cy’uyu mutwe, Lt. Willy Ngoma, mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X. Yagize ati: “Ku bw’impambu z’amahoro, kuva kuri iki gicamunsi ingabo zacu, zatangiye […]

Lourenço yimye Tshisekedi ingabo 

20251217 143539

Perezida João Lourenço wa Angola, yanze guha ingabo mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zo kurinda igice cya Grand-Katanga. Ku Cyumweru gishize ni bwo Tshisekedi yagiriye uruzinduko i Luanda muri Angola, mu ruzinduko rw’amasaha make rwasize abonanye na Perezida Lourenço. Amakuru avuga ko Tshisekedi waherukaga koherereza Lourenço ubutumwa bwihariye yari […]

Ndayishimiye yaba yarashwanye na Gen. Prime Niyongabo bapfa kutumvikana ku kwisubiza Uvira

20251217 112328

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi biravugwa ko yashwanye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’iki gihugu, Gen. Prime Niyongabo, nyuma y’uko inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23 zari zimaze kwigarurira umujyi wa Uvira. Ku itariki ya 9 Ukuboza ni bwo AFC/M23 yigaruriye uriya mujyi wa kabiri munini mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kuwirukanamo ihuriro ry’ingabo za […]

Yafunzwe azira kwiyahura ntibimuhire

1765961492434

Polisi yo muri Lagos yataye muri yombi umusore uzwi cyane kuri TikTok, witwa Peller (amazina ye nyakuri akaba Habeeb Hamzat), akekwaho kugerageza kwiyahura no gutwara imodoka mu buryo bushyira ubuzima bw’abandi mu kaga, bikaviramo impanuka ikomeye yo mu muhanda. Iri tabwa muri yombi ryakurikiye videwo yakwirakwiye cyane ku mbuga nkoranyambaga ku Cyumweru, tariki ya 14 […]

Trump yashyize abaturage ba Tanzania mu gatebo kamwe n’ak’u Burundi

gettyimages 2250005513 612x612 1

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasinye itegeko rikumira abaturage bo mu bihugu bya Burkina Faso, Mali, Niger na Sudani y’Epfo kwinjira mu gihugu cye. Trump yagaragaje ko abo baturage bateje “akaga gakomeye”. Perezida Trump kandi yashyize abaturage bo mu bihugu bya Tanzania, Nigeria, Senegal, Angola, Côte d’Ivoire, Gabon, Gambia, Malawi, Mauritania, […]

Abamotari bose bagiye guhugurwa ku mikorere ya moto za Spiro

IMG 20251216 WA0006

Ikigo gikora kikanacuruza moto zikoresha umuriro w’amashanyarazi zizwi nka Spiro, cyatangaje ko giteganya guha abamotari bose amahugurwa yerekeye imikoreshereze ya ziriya moto, nk’uburyo bwo gukemura ibibazo bya hato na hato bikunze kuzivugwaho. Ubuyobozi bwa Spiro Rwanda bwabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Ukuboza, mu kiganiro bwagiranye n’abanyamakuru. Ni ikiganiro cyabereye ku gicaro gikuru […]

Capt. Traoré arateganya gusaba ibisobanuro Ndayishimiye utegerejwe i Ouagadougou 

GridArt 20251216 144002849

Perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso, Capitaine Ibrahim Traoré, yatangaje ko ateganya gusobanuza Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi ku mpamvu Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe wafashe icyemezo cyo guhagarika igihugu cye. Traoré yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugirana na Televiziyo y’igihugu cye (RTB). Muri Mutarama 2022 ni bwo Burkina Faso yahagaritswe mu muryango wa Afurika yunze Ubumwe, […]

FDNB yatangiye gucyura ingabo zayo zatsinzwe na AFC/M23 rwihishwa

FDNB vs RED Tabara

Amakuru ava mu Burundi aravuga ko ingabo zacyo zatsindiwe mu mirwano zari zihanganiyemo na AFC/M23 muri Kivu y’Amajyepfo mu byumweru bishize, zatangiye gucyurwa zinyujijwe mu kiyaga cya Tanganyika. SOS Médias Burundi ivuga ko hari abatangabuhamya benshi bayihamirije ko abo basirikare bahoze mu Mujyi wa Uvira mbere yuko wigarurirwa n’abarwanyi ba AFC/M23 mu ijoro ryo ku […]

Uvira: Abaturage baramukiye mu myigaragambyo basaba ko Ingabo za AFC/M23 zitagenda

Screenshot 20251216

Abaturage bo mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Ukuboza baramukiye mu myigaragambyo basaba ko ingabo z’umutwe wa AFC/M23 zitava muri uwo mujyi. Mu mashusho Lawrence Kanyuka uvugira AFC/M23 yashyize ku rubuga rwe rwa X, abaturage benshi bitabiriye imyigaragambyo. Aba bari bitwaje ibyapa banaririmba indirimbo zikubiyemo […]

Isezerano rya AFC/M23 ku Burundi ku bijyanye n’imitwe irwanya ubutegetsi bwabwo

images 2 2

Umutwe wa AFC/M23 wahaye isezerano u Burundi ko utazigera na rimwe wemera ko imitwe irwanya ubutegetsi bwabwo ikorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yifashisha uduce wabohoye nk’ibirindiro byo guhungabanya umutekano w’icyo gihugu. Uyu mutwe watanze iryo sezerano biciye mu itangazo ryasohowe n’umuvugizi wawo mu bya Politiki, Lawrence Kanyuka. Byari nyuma y’uko kuri […]