FDLR yiciye abantu mu gitero yagabye i Walikale

2014368533533549 8

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza, inyeshyamba zo mu mutwe wa FDLR zagabye igitero mu mudugudu wa Tuonane wo muri Teritwari ya Walikale muri Kivu y’Amajyaruguru, zica abantu bane. Amakuru avuga ko abarwanyi bagabye icyo gitero bari bayobowe n’uwiyita Jenerali uzwi ku izina rya Mudayongwa. Abo barwanyi ubwo bageraga muri […]

Abanyarwanda baguye mu mpanuka ya Bisi ya Trinity yavaga i Kampala ijya i Kigali

20251215 103205

Abantu batatu byemejwe ko bapfuye abandi benshi barakomereka, nyuma y’uko Bisi ya Sosiyete itwara abagenzi ya Trinity yarimo iva i Kampala iza mu Rwanda ikoze impanuka. Iyi Bisi ifite Plaque RAT 597K, yakoreye impanuka ku muhanda munini uhuza imijyi ya Mbarara na Kabare, mu karere ka Rukiga. Umuvugizi wa Polisi ya Uganda mu gice cya […]

Ni iki cyagenzaga Tshisekedi kwa João Lourenço?

bitmap 1200 nocrop 1 1 20240812182331642448 GUyth9rWMAM24Yz

Perezida Félix Tshisekedi Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku Cyumweru tariki ya 14 Ukuboza yagiriye uruzinduko rw’akazi i Luanda muri Angola. Amakuru avuga ko Tshisekedi i Luanda yahagenzwaga no kuzahura ibiganiro bya Luanda, gahunda ya dipolomasi igamije kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Congo. Ikinyamakuru Le Potentiel kivuga ko uruzinduko rwa Tshisekedi rwari rugamije […]

Nasanze FARDC ari igisirikare cya ntaho nikora: Tshisekedi 

20251215 071749

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akomeje kunengwa na benshi mu baturage be, nyuma yo gutangaza ko ubwo yafataga ubutegetsi yasanze igihugu cye gifite ‘igisirikare cya ntaho nikora’. Yabitangaje ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, ubwo yari kumwe n’urubyiruko rurenga 3,000 bari bahuriye muri ‘Gmnase’ ya Stade Tata Raphaël i Kinshasa. Umukuru […]

Huye: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe gukoresha imbuga nkoranyambaga mu kumenyekanisha igihugu

20251214 161824

Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, DGPR, kuri Iki cyumweru tariki ya 14 Ukuboza ryakomereje ibikorwa byaryo birimo inama n’amahugurwa mu karere ka Huye. Ni igikorwa cyabanjirije ibi bikorwa bigomba gusorezwa mu karere ka Nyamagabe, nyuma y’amezi agera ku icumi ririya shyaka rizenguruka uturere 30 tugize igihugu, aho ryahuye rikanahugura abarwanashyaka baryo ku […]

Umudepite wa RDC yateguje ko mu minsi 18 iri imbere Wazalendo zizaba zinjiye mu Rwanda

bitmap 1200 nocrop 1 1 20240611154828638262 WhatsApp Image 2024 06 11 at 14.28.01 1

Depite Willy Mishiki uri mu bahawe kuyobora abarwanyi b’inyeshyamba za Wazalendo, yatangaje ko mu minsi 18 iri imbere izo nyeshyamba zigomba kuba zisubije Umujyi wa Uvira, hanyuma intambara ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikerekezwa mu Rwanda. Uyu mudepite uhagarariye Teritwari ya Walikale akabarizwa mu ihuriro Union Sacreé Pour la Nation riyoboye RDC, yatangaje […]

Green Party yijeje kuvuganira abaturage bataragerwaho n’amashanyarazi

IMG 20251213 WA0010

Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR), ryijeje gukomeza gukora ubuvugizi kugira ngo abaturage bataragerwaho n’umuriro w’amashanyarazi bawuhabwe, kandi ubagereho ufite imbaraga. Iri shyaka ryijeje ubwo bivugizi kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13 Ukuboza, ubwo ryakoreraga inama ikomatanyije n’amahugurwa mu karere ka Kicukiro. Umwe mu barwanashyaka bitabiriye icyo gikorwa yasabye ubuyobozi bwa […]

AFC/M23 yamaganye ibihugu bikomeje kuyikoreza u Rwanda

images 2 2

Umutwe wa AFC/M23 wateye utwatsi ibirego by’ibihugu bikomeje kugaragaza ko ukoreshwa n’u Rwanda, ugaragaza ko imvugo nk’iyo igamije guhindura ukuri mu buryo buteye inkeke, bigaha ishingiro  ya Leta ya Kinshasa igamije kurimbura no guheza igice cy’abaturage bayo. AFC/Yatangaje ibi nyuma y’uko ku wa Gatanu tariki ya 12 Ukuboza ibihugu binyamuryango by’akanama ka Loni gashinzwe amahoro […]

Amerika yashinje u Rwanda ‘kuganisha akarere mu ntambara’

20251213 094822

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Gatanu tariki ya 12 Ukuboza, zashinje u Rwanda kuba ruri kuganisha akarere k’Ibiyaga Bigari mu ntambara. Ni ibirego byazamuwe na Ambasaderi wa Amerika mu muryango w’Abibumbye, mu ijambo yagejeje ku kanama kawo gashinzwe amahoro n’umutekano ku Isi. Ambasaderi Mike Waltz yabwiye ako kanama ati: “U Rwanda ruri kuganisha […]

U Rwanda rwasubije u Burundi bwarukangishije intambara

ngoga 3 68fb2

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye ibirego by’u Burundi bushinja u Rwanda kurasa ku butaka bwabwo. Amb. Ngoga yasubizaga mugenzi we, Zéphyrin Maniratanga uheruka kubwira akanama ka Loni gashinzwe amahoro n’umutekano ko u Rwanda rwarashe ku butaka bw’u Burundi, ndetse agatanga umuburo w’uko mu gihe ibyo byakomeza ibihugu byombi […]

U Burundi bwabwiye Loni ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda 

UN71031700

Igihugu cy’u Burundi biciye mu ntumwa yacyo i New York mu muryango w’Abibumbye, cyateguje ko gishobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda mu gihe rwaba rukomeje ibitero kivuga ko kigabwaho na rwo. Imbere y’akanama ka Loni gashinzwe amahoro n’umutekano ku Isi, Ambasaderi Zéphyrin Maniratanga yashinje u Rwanda kutubahiriza umwanzuro 2773 wa kariya kanama usaba u Rwanda […]

Hari icyizere cy’uko mu matora ataha tuzabona amajwi ahagije: Hon. Mugisha wa Green Party

Ubuyobozi bw’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda), rivuga ko inama zikomatanyije n’amahugurwa bumaze igihe bukorera hirya no hino mu gihugu zabuhaye icyizere cy’uko ririya shyaka rizabona amajwi ahagije ndetse rigatsindira imyanya myinshi mu matora yo muri 2029. Byatangajwe na Komiseri Mukuru muri iri shyaka, Hon. Mugisha Alexis, ubwo […]

FARDC na Wazalendo barwaniye mu wundi mujyi wo muri Kivu y’Amajyepfo

wazalendo bifatanya na rdc kugaba ibitero ku basivili harimo ibyibasira abanyamulenge 89db8

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo bafatanya urugamba, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 bongeye gusubiranamo. Impande zombi zarwaniye mu mujyi wa Baraka wo muri Teritwari ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Uyu mujyi ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya RDC zawuhungiyemo, nyuma yo gutsindirwa mu mirwano […]

Agahinda ku muryango wabyaye umwana upfuye umurambo we ukaburirwa irengero

IMG 20251211 WA0001

Ku wa Gatatu tariki ya 10 Ukuboza 2025 ku bitaro bya Roi Khaled biherereye muri Komine ya Bujumbura, umuryango wari umaze kubura umwana wavutse yapfuye wagiye kuwutora ngo uwushyingure, batungurwa no gusanga waburiwe irengero. Umwe mu bagize uwo muryango avuga ko ibi byatangiye ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, ubwo nyina w’uwo mwana yafatwaga n’ibise ari […]

Trump yatamaje Tshisekedi 

20251212 110130

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yamutakambiye imusaba kujya gutwara amabuye y’agaciro yayo, kugira ngo arangize intambara avuga ko yarwanagamo n’u Rwanda. Trump yabitangaje ku wa 9 Ukuboza, mu ijambo rigaragaza uko ubukungu bwa Amerika buhagaze muri iki gihe yavugiye i Pennsylvania. Muri iryo jambo, […]

Gen. (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Kayitesi

20251212 093717

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe ubutwererane bw’akarere, yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi wamusimbuye kuri izo nshingano. Ni umuhango wabaye ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 11 Ukuboza, witabirwa n’abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe. Gen (Rtd) James Kabarebe wasimbuwe ku mwanya […]

Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare ba RDF barenga 21,000

f3wjjhmx0aamhsj 5ef68 b3d3d

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abasirikare 676 bo ku rwego rwa ba Ofisiye mu ngabo z’u Rwanda, anemeza izamurwa mu ntera ry’abandi bato 20,389. Abazamuwe mu ntera barimo Colonel Innocent Munyengango uyobora Brigade ishinzwe ibikoresho mu ngabo z’u Rwanda na Colonel François Régis Gatarayiha usanzwe ayobora ishami rishinzwe […]

Abasirikare b’u Burundi bacyihishe mu misozi miremire basubukuye ibitero ku Banyamulenge

1765479528765 1

Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko hari abasirikare b’Abarundi bacyihishe mu misozi miremire yo muri Kivu y’Amajyepfo, ndetse bakaba bubuye ibitero ku banye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi batuye mu gace ka Minembwe. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Kane yavuze ko “mu gihe abasirikare benshi b’Abarundi bamaze gusubira mu gihugu cyabo, […]

U Burundi bwatakambiye M23 ngo ibuhe abasirikare babwo yafashe mpiri, ibuha amabwiriza 

20251209 093920

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko iki gihugu giherutse kohereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo intumwa zo kuganira n’umutwe wa AFC/M23, kugira urekure abasirikare ba kiriya gihugu wafatiye ku rugamba ndetse unemerere gutaha mu mahoro abaheze mu misozi miremire ya Uvira. Abayobozi bakuru bane bo mu gisirikare cy’u Burundi ni bo baherutse […]

Ingabo z’u Burundi ziri muri Congo zirenga 20,000: Perezida Kagame

AP536066584587

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ingabo z’u Burundi ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zamaze kurenga 20,000. Umukuru w’igihugu yabitangaje ku wa Kane tariki 11 Ukuboza, ubwo yari amaze kwakira indahiro y’abayobozi baheruka kwinjira muri Guverinoma, iya Dr. Charles Murigande uheruka kugirwa umusenateri ndetse n’iy’abacamanza bo mu rukiko rw’ubujurire. Perezida Kagame yakomeje ku masezerano […]

Musanze: Wa musaza umaze imyaka 2 asembera kubera igiti yaguze ahanze amaso umucamanza

IMG 20251102

Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze ku wa Gatatu tariki ya 10 Ukuboza, rwaburanishije urubanza ruregwamo abantu umunani bashinjwa kugira uruhare mu gutuma umusaza witwa Ngirumpatse Ildephonse wo mu murenge wa Muko atakaza ahari iwe, kuri ubu akaba amaze imyaka ibarirwa muri itatu asembera. Abaregwa uko ari umunani barimo abakurikiranweho ibyaha birimo icyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe […]

Gen. Byamungu wa M23 yahumurije abasirikare b’u Burundi bihishe muri Uvira

20251211 110034

Umugaba Mukuru wungirije ushinzwe ibikorwa n’ubutasi mu mutwe wa AFC/M23, Général de Brigade Bernard Maheshe Byamungu, yasabye abasirikare b’u Burundi bihishe mu mujyi wa Uvira kuhava bagasanga imiryango yabo. Ni ubutumwa uyu musirikare yatanze, nyuma y’uko ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 9 Ukuboza AFC/M23 yigaruriye uriya mujyi wa kabiri muri Kivu y’Amajyepfo, […]

AFC/M23 yemeje ko yabohoye Uvira bidasubirwaho

images 2 1

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Ukuboza, wemeje ko wamaze kubohora Umujyi wa Uvira wa kabiri munini mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. AFC/M23 yemeje ko yamaze kubohora uyu mujyi biciye mu muvugizi wayo, Lawrence Kanyuka. Uyu muvugizi abinyujije ku rubuga rwe rwa X, yahuje ifatwa rya Uvira n’icengezamatwara ry’imvugo z’urwango, ibitero […]

Me Nyarugabo yahumurije abatuye Uvira yafashwe na AFC/M23

Me Moïse Nyarugabo wigeze kuba Minisitiri w’Ubukungu wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahumurije abatuye mu mujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, abasaba kudahunga ingabo z’umutwe wa AFC/M23. Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 9 Ukuboza ni bwo Ingabo za mbere za AFC/M23 zinjiye muri Uvira, nyuma y’imirwano yari imaze […]

Amerika n’ibihugu by’i Burayi bokeje RDF na AFC/M23 igitutu 

5HUWM5WPD5EBNN77RR3QQ3ZRGI

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na bimwe mu bihugu byo ku mugabane w’u Burayi, byashyize igitutu ku mutwe wa AFC/M23 n’Ingabo z’u Rwanda bishinja kuwushyigikira, bisaba impande zombi “guhagarika by’ako kanya” ibitero muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Usibye Washington, abandi bifatanyije na yo mu gushyira igitutu ku Rwanda na AFC/M23 barimo Umuryango w’Ubumwe bw’u […]

AFC/M23 yigaruriye Umujyi wa Uvira 

20251209 222217

Ingabo z’umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Ukuboza zinjiye mu mujyi wa Uvira. AFC/M23 yinjiye muri uriya mujyi wa kabiri munini mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kwirukana ihuriro ry’Ingabo za Leta ya RDC mu duce twose tuwukikije. Ubuyobozi […]

Perezida Kagame yageneye Ouattara ubutumwa bwihariye

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yashyikirije Perezida Alassane Ouattara wa Côte d’Ivoire ubutumwa bwihariye yagenewe na Perezida Paul Kagame. Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahuye na Perezida Ouattara, nyuma yo kwitabira umuhango w’irahira rye wabaye ku wa Mbere tariki ya 8 Ukuboza 2025. U Rwanda na Côte d’Ivoire ni ibihugu bisanzwe bifitanye imibanire myiza mu nzego […]

M23 yigaruriye akandi gace kegereye Uvira

20251208 122133

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Mutarama wigaruriye Kiliba, agace gaherereye mu bilometero bibarirwa muri 15 uvuye mu mujyi wa Uvira. Kiliba yafashwe nyuma y’uko Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo zari zikarimo zihisemo kukavamo zigahunga. Nyuma y’ifatwa rya Kiliba kandi amakuru aturuka mu mujyi wa Uvira avuga ko […]

U Burundi bwateguye abantu bo kuza guhungabanya umutekano mu Rwanda

20250313040858000000

Ubutegetsi bw’u Burundi ku wa Mbere tariki ya 8 Ukuboza, bwasabye Imbonerakure (umutwe witwara gisirikare w’urubyiruko rwo mu ishyaka CNDD-FDD) kwegera umupaka w’u Rwanda, bunategura abantu bo kuza guhungabanya umutekano w’igihugu. Ni icyemezo ubutegetsi bwa Gitega bwafashe nyuma y’uko kuva mu cyumweru gishize bwikunditse u Rwanda bushinja kurasa ibisasu ahitwa mu Rugombo mu yahoze ari […]

U Burundi bwijumditse u Rwanda kubera Ingabo zabwo zikomeje kwicirwa muri Congo

20251209 084352

Guverinoma y’u Burundi yashinje u Rwanda gukomeza “ibikorwa bihungabanya umutekano” ku mupaka ubuhuza na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, inerura ko ingabo zabwo ziri ku butaka bwa Congo zitazavayo kugeza igihe akazi kazijyanye kazaba karangiye byuzuye. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Bizimana Edouard, mu kiganiro ku Cyumweru gishize yahaye abahagarariye ibihugu byabo n’imiryango […]

M23 yageze mu bilometero 30 uvuye mu mujyi wa Uvira 

20251208 152721

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Ukuboza, wigaruriye agace ka Sange gaherereye muri Teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Sange yafashwe nyuma y’uko ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya RDC ziyivuyemo. Agace ka Sange gaherereye mu bilometero bibarirwa muri 30 uvuye mu mujyi wa Uvira wa kabiri […]

Tshisekedi yashyize ibirego ku Rwanda mu ijambo yavugiye mu Nteko Ishinga Amategeko 

20251208 151517

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagejeje ijambo ku mitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko y’igihugu cye ryaranzwe no gushyira ibirego ku Rwanda. Tshisekedi yavuze iryo jambo nyuma y’iminsi mike we na Perezida Paul Kagame bashyize umukono ku masezerano y’amahoro, mu muhango wabereye imbere ya Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe […]

M23 yafashe Nyakabere, ikomeza gusatira Uvira

20251208 122133

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Ukuboza, wigaruriye Centre ya Nyakabere yo muri Teritwari ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma yo kuhirukana ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nyakabere ni Centre ibarizwa mu bilometero 40 mu majyaruguru ya Uvira, ibisobanura ko AFC/M23 ikomeje […]

FARDC yasubiranye na Wazalendo muri Kivu y’Amajyepfo, hapfa benshi

20251208 091411

Abantu 36 ni bo byamekanye ko baguye mu mirwano yasakiranyije abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo, mu gace ka Sange gaherereye muri Teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Ni imirwano yabaye ku Cyumweru tariki ya 7 Ukuboza 2025. Amakuru aturuka muri aka gace, avuga […]

P. Kagame yatanze umucyo ku watumye ibiganiro ku bibazo bya Congo byaberaga muri Afurika bijyanwa mu mahanga

afp 20251204 876b4dv v1 midres usrwandadrcdiplomacytrump

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibiganiro ku bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byari bimaze igihe bibera i Luanda na Nairobi byajyanwe hanze y’umugabane wa Afurika, ku busabe bwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Umukuru w’Igihugu yemeje ayo makuru mu kiganiro aheruka kugirana na Televiziyo ya Al Jazeera. Ni ikiganiro Perezida Kagame yahaye kiriya gitangazamakuru, […]

Lt. Col Manirakiza wa FDNB yakomerekeye bikomeye mu mirwano na AFC/M23

20240614053843000000 scaled

Umuyobozi wa batayo ya 18 y’Ingabo z’u Burundi ziri kurwana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lt. Col Manirakiza Patrice, yakomerekeye mu mirwano yasakiranyije ingabo yari ayoboye n’inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23. Lt. Col Manirakiza yakomerekeye mu mirwano yabereye mu gace ka Luvungi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ejo ku wa Gatandatu tariki ya […]

AFC/M23 yongeye gusaba u Burundi kuvana bwangu ingabo zabwo muri RDC

images 2

Umutwe wa AFC/M23 wongeye gusaba igihugu cy’u Burundi gucyura “by’aka kanya kandi nta mananiza” ingabo zabwo ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuko kuhaba kwazo biteje ikibazo gikomeye ku mutekano wa kiriya gihugu n’uw’akarere. U Burundi kuva muri 2023 bufite mu burasirazuba bwa RDC ingabo zirenga 10,000 ziyongeraho abarwanyi bo mu mutwe […]

AFC/M23 yafashe Luvungi, FARDC na FDNB bakwira imishwaro

20251204 163510

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 6 Ukuboza wigaruriye agace ka Luvungi gaherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kukirukanamo ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. M23 yafashe Luvungi nyuma y’iminsi itanu yari imaze iyirwaniramo mu buryo bukomeye n’ingabo zirimo iza Leta ya RDC (FARDC), iz’u Burundi […]

Imirwano ya M23 n’abarimo FDNB igeze ku munsi wa 5: Amakuru avugwa ku rugamba

20251206 122411

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 6 Ukuboza 2025, imirwano yakomeje gusakiranya ingabo zo mu mutwe wa AFC/M23 n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni imirwano igeze ku munsi wayo wa gatanu yikurikiranya, nyuma y’iminsi ine y’indi ikomeye yasakiranyije AFC/M23 n’ihuriro ririmo FARDC, Ingabo z’u Burundi, Wazalendo na FDLR. Kuri ubu […]

U Burundi bwagaragaje umujinya w’umuranduranzuzi nyuma yo gusubizwa na AFC/M23

Screenshot 20251206

Guverinoma y’u Burundi yagaragarije umujinya w’umuranduranzuzi umutwe wa AFC/M23, nyuma y’uko ingabo zawo zirashe ku butaka bwa kiriya gihugu. Ku wa Gatanu tariki ya 5 Ukuboza ni bwo AFC/M23 yarashe ibisasu bibiri muri Zone Rugombo iherereye mu yahoze ari intara ya Cibitoke. Amakuru avuga ko kimwe muri ibyo bisasu cyashenye imwe mu mbunda nini Ingabo […]

U Rwanda na Amerika byasinyanye amasezerano mashya afite agaciro ka Frw miliyari 330

20251206 082919

U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byaraye bisinyanye amasezerano ya kabiri y’imikoranire mu bijyanye n’ubuzima. Ku ruhande rw’u Rwanda ayo masezerano yashyizweho umukono na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, mu gihe ku rwa Amerika yasinywe na Jeremy Lewin, Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe Inkunga mpuzamahanga, Ibibazo by’Ubutabazi ndetse no kwishyira ukizana kw’amadini. Amasezerano […]

Ba Jenerali ba FARDC na ba Ofisiye ba Polisi ya RDC bahamijwe guta Goma bakayisigira M23

20251206 075023

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatanu rwakatiye ibifungo bitandukanye ba Ofisiye bahoze bayoboye Ingabo na Polisi mu mujyi wa Goma, nyuma yo kubahamya icyaha cyo guta uyu mujyi bikarangira ufashwe n’inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23. Aba barimo ba Jenerali Dany Yangba Tene na Papy Lupembe Mobenzo, cyo […]

Perezida Kagame yitabiriye tombola y’Igikombe cy’Isi

20251206 073040

Perezida Paul Kagame ari mu banyacyubahiro baraye bitabiriye tombola y’Igikombe cy’Isi cya 2026 yabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni umuhango witabiriwe n’abantu batandukanye, barimo Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’uw’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino. Ku wa 11 Kamena 2026 ni bwo ririya rushanwa rizakinirwa muri Leta […]

Lt. Col Minani wa FDNB yivuganwe na M23

GridArt 20251205 230837508

Lieutenant-Colonel Athanase Minani wari umuyobozi wa batayo ya munani y’Ingabo z’u Burundi ziri kurwanira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yishwe n’umutwe wa AFC/M23. Lt. Col Minani wahoze mu ngabo za kera z’u Burundi (Ex FAB), amakuru avuga ko yiciwe muri Operasiyo abasirikare bo mu mutwe w’abakomando na AFC/M23 baheruka gukorera mu gace ka Luvungi, […]

AFC/M23 yavuze umubare w’abamaze kugwa mu bitero bya FARDC na FDNB muri Kivu y’Amajyepfo 

20251205 172821

Abantu 23 ni bo bamaze kwicirwa mu bitero birimo iby’indege z’intambara, za drone n’imbunda ziremereye ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje kugaba mu bice bitandukanye by’intara ya Kivu y’Amajyepfo, nk’uko umutwe wa AFC/M23 wabitangaje. Umuvugizi w’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka, mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Ukuboza, […]

Intambara ya Congo u Burundi bwishoyemo yatangiye kugera ku butaka bwabwo

20251205 164537

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Ukuboza warashe ku butaka bw’u Burundi, nyuma y’igihe ingabo z’iki gihugu zisuka amabombe mu bice bituwe n’abaturage benshi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru aturuka mu Burundi aravuga ko mu ma saa 10:00 z’igitondo AFC/M23 yarashe igisasu ahitwa Nyakagunda, muri Zone Rugombo iherereye mu yahoze […]

U Burundi bwacuze ibihumbi by’imyambaro isa n’impuzankano ya RDF

20251205 133833

U Burundi buravugwa mu mugambi wo gukora ibihumbi by’imyambaro isa n’impuzankano y’Ingabo z’u Rwanda (RDF) ndetse n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). Amakuru y’uwo mugambi yatanzwe na bamwe mu bakozi b’uruganda rukorera imyambaro mu Burundi rwitwa ‘East African Textile Manufacturers’. Ku wa 28 Ugushyingo ni bwo uru ruganda rukorera mu mujyi wa Gitega rwatashywe […]

M23 yahanuye drone ya Bayraktar TB2 

20251205 121035

Ingabo z’umutwe wa AFC/M23 mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Ukuboza, zahanuye indi drone y’intambara y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Amakuru aturuka imbere muri AFC/M23 avuga ko iyi drone yo mu bwoko bwa Bayraktar TB2 RDC yaguze mu Bushinwa yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura mu Burundi ikajya kurasa […]

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo guhuza ubukungu 

20251205 070547

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byaraye bisinyanye amasezerano yo kwihuza k’ubukungu bw’akarere, nyuma y’ay’amahoro yashyizweho umukono na ba Perezida b’ibihugu byombi. Ayo masezerano azwi mu rurimi rw’Icyongereza nka Regional Economic Integration Framework (REIF), ku ruhande rw’u Rwanda yashyizweho umukono na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, mu gihe ku ruhande […]

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Trump (Amafoto)

2025 12 04 23 36 08 2

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 4 Ukuboza, yagiranye ibiganiro byibanze ku mubano w’u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika na mugenzi we Donald Trump. Ibiganiro by’abakuru b’ibihugu bombi byanitabiriwe n’abandi bayobozi ba Amerika, barimo Visi-Perezida JD Vance, Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, Umujyanama wa […]

Ibya drone ya CH-4 yahanuwe na M23 na Operasiyo y’Abakomando yahekuye FDNB

GridArt 20251204 223900785

Ingabo z’umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Kane tariki ya 4 Ukuboza, zahanuye drone y’intambara yo mu bwoko bwa CH-4 y’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). Amakuru BWIZA yamenye ni uko iyi drone yahanuriwe ku musozi wa Ngomo, aho yari yajyanwe no kurasa imbunda nini ya M23 iri hejuru yawo. Ni drone amakuru […]

Perezida Kagame na Tshisekedi basinyanye amasezerano y’amahoro 

20251204 212009

Perezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kane tariki ya 4 Ukuboza bashyize umukono ku masezerano y’amahoro y’ibihugu byombi. Ni umuhango wabereye i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, uyoborwa na Perezida Donald Trump. Uyu muhango kandi witabiriwe n’abakuru b’ibihugu barimo William […]

Washington: Tshisekedi na Ndayishimiye baganiriye mu muhezo 

20251204 101345

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bagiranye ibiganiro byabereye mu muhezo. Ni ibiganiro aba bagabo bombi bagiraniye i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bitabiriye umuhango wo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC. Perezidansi y’u Burundi (Ntare Rushatsi House) […]

Perezida Kagame yakiriye ku meza 6 bagize Kongere ya Amerika

20251204 075516

Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye ku meza abashingamategeko batandatu bo mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, anagirana na bo ibiganiro. Abo Umukuru w’Igihugu yaganiriye na bo barimo Senateri Mike Rounds, Rep. Brian Mast, Senateri Kevin Cramer, Senateri Pete Ricketts, Depite Ronny Jackson na Major-General Trent Kelly. Perezidansi y’u Rwanda ibinyujije ku […]

Perezida Kagame yageze i Washington (Amafoto)

20251203 161154

Perezida Paul Kagame yageze i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yitabiriye umuhango wo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku rubuga rwabyo rwa X, byavuze ko Umukuru w’Igihugu i Washington “azahura na Perezida Donald Trump anitabire isinywa ry’amasezerano ya Washington.” Ku wa […]

Uko byifashe ku rugamba muri Kivu y’Amajyepfo aho M23 ikomeje guhanganira na FARDC n’abayifasha

20251203 152960

Imirwano ikomeye ikomeje gusakiranya umutwe wa AFC/M23 n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu bice bitandukanye by’intara ya Kivu y’Amajyepfo. Impande zombi zaramutse zihanganiye mu bice bitandukanye by’iriya ntara, nyuma y’indi mirwano ikomeye yazisakiranyije ku wa Mbere tariki ya 1 Ukuboza 2025. Nko mu ma saa moya z’igitondo, impande zombi zarimo […]

Maj. Gen Ruki Karusisi yahawe inshingano nshya

if hub 35 b2d68 1

Maj. Gen Ruki Karusisi wahoze ari umuyobozi w’Umutwe w’Ingabo zidasanzwe (Special Operations Force), amaze igihe yarahawe inshingano nshya. Kuri ubu Maj. Gen Ruki ni we muyobozi wa Diviziyo ya gatanu y’Ingabo z’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba. Ni inshingano yasimbuyeho Brig. Gen (Rtd) Pascal Muhizi umaze amezi ane ashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru. Muri Werurwe uyu […]

Ndayishimiye yageze kwa Trump

20251203 081545

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yaraye ageze i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yitabiriye umuhango wo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu masaha y’ijoro ni bwo Perezidansi y’u Burundi yatangaje ko Perezida Evariste Ndayishimiye yageze muri Amerika, ndetse ko akihagera yakiranwe ubwuzu n’Abarundi bahaba. Amafoto […]