RDC: Indege irimo minisitiri yakoze impanuka ku kibuga cy’indege

YKzNdEN

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 17 Ugushyingo, indege yari itwaye intumwa zirimo Minisitiri w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Louis Watum Kabamba, yakoze impanuka, ku kibuga cy’indege cya Kolwezi mu Ntara ya Lualaba. Indege yari ivuye i Kinshasa, yarenze umuhanda indege zururukiraho mbere yo gufatwa n’inkongi y’umuriro maze irashya, bitera ubwoba ababibonye. Minisitiri n’ intumwa zose bari […]

U Bufaransa burateganya guha Ukraine indege 100 za Rafale

image

Kuri uyu wa Mbere, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yahuye na Emmanuel Macron w’u Bufaransa ku birindiro by’igisirikare cyo mu kirere mu nkengero za Paris kugira ngo bashyire umukono ku masezerano akomeye yo kugura ibikoresho by’ingabo zirwanira mu kirere by’u Bufaransa birimo indege z’indwanyi za Rafale, indege zigezweho u Bufaransa bwirata.   Perezidansi y’u Bufaransa […]

Shabunda: Abarwanyi ba AFC/M23 bafashe Umudugudu wa Mayimingi

EN NW HDL M23 UN REPORT NEDELEC Camille

Nyuma y’imirwano ikaze ku Cyumweru, itariki ya 16 Ugushyingo, inyeshyamba za M23 n’abafatanyabikorwa bazo bigaruriye Umudugudu wa Mayimingi muri Teritwari ya Shabunda mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Iyi mirwano hagati y’abashyigikiye leta n’inyeshyamba, iravugwa nyuma yo gushyira umukono ku masezerano y’ibanze, ni ikindi kimenyetso cyerekana ko ibiganiro bya Doha kugeza ubu byabaye nko kurangaza impande […]

Masisi: Inyeshyamba za Wazalendo zirigamba gufata imidugudu 2 yagenzurwaga na AFC/M23

wazalendo soldiers 768x512 1

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 16 Ugushyingo, biravugwa ko imidugudu ya Kashanje na Nyampanika, iherereye hafi ya Mweso muri Sheferi ya Bashali (Teritwari ya Masisi) muri Kivu y’Amajyaruguru, yafashwe n’inyeshyamba za Wazalendo, nyuma y’imirwano ikaze n’inyeshyamba za AFC / M23. Amakuru aturuka muri kariya gace nk’uko bitangazwa na ACTUALITE.CD, yerekana ko Wazalendo yagabye ibitero ku […]

Bangladesh: Sheikh Hassina wahoze ari minisitiri w’intebe yakatiwe urwo gupfa

2024 07 19t184746z 947953712 rc2md5ay981v rtrmadp 3 bangladesh protests

Minisitiri w’Intebe wavanwe ku butegetsi muri Bangladesh, Sheikh Hasina, yakatiwe urwo gupfa adahari n’urukiko rw’i Dhaka kubera ibyaha byibasiye inyokomuntu mu gikorwa cyo guhagarika imyigaragambyo yari iyobowe n’abanyeshuri umwaka ushize. Inteko y’abacamanza batatu b’urukiko rw’ibyaha mpuzamahanga muri iki gihugu yahamije Hasina ibyaha birimo gushishikaza abantu, gutegeka kwica, no kutagira icyo akora mu gukumira amarorerwa, byakozwe […]

Cardinal Kambanda yifatanyije n’abagororerwa muri Gereza ya Nyarugenge mu gitambo cya misa

G53YElyWEAAQEvC

Kuri iki Cyumweru, itariki 16 Ugushyingo 2025, Cardinal Antoine Kambanda, Archidiosezi ya Kigali, yaturiye igitambo cya misa mu Igororero rya Nyarugenge aho yatangiye isakaramentu ryo Gukomezwa kuri bamwe mu bagororwa b’abakirisitu gaturika. Cardinal Kambanda yageze ku Igororero rya Nyarugenge ahagana saa tanu n’igice yakirirwa n’abakirisitu gaturika n’abakozi bayobowe na DCG Rose Muhisoni, Komiseri Mukuru wungirije […]

Ndayishimiye aremeza ko miliyoni 6,8 $ yamaze kugera mu isanduku avuye mu mabuye

G5vfg oWUAA4nbF

Amadolari ya Amerika 6.844.000 (miliyoni 6.834 USD) yamaze kugera mu isanduku ya leta mu Burundi aturutse mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro nk’uko byemejwe na Perezida Ndayishimiye. Radio na Televiziyo by’u Burundi byavuze ko nyuma y’iminsi ijana Perezida wa Repubulika, General Evaritse Ndayishimiye, yiyemeje gukurikiranira hafi ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, yatangaje mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa Gatanu, […]

Burundi: Abarenga 18000 bashaka kujya mu gisirikare bakoze igeragezwa

Kuwa Gatandatu, itariki ya 15 Ugushyingo 2025, Igisirikare cy’u Burundi (FDNB) cyateguye ikizamini cyo kureba ko bafite ubuzima bwiza cyo kwiruka ibirometero 8 ku bakandida bifuza kujya mu gisirikare. Iri suzuma ryakorewe icya rimwe mu gihugu hose. Bujumbura: Ikizamini cyabereye muri ESCEM Mu Ntara ya Bujumbura, ikizamini cyakorewe mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare (ESCEM) kandi […]

Lubero: Inyeshyamba za ADF zishe hafi 20 biganjemo abarwayi

118679090 f9dc5a28 f4db 4a05 a9d3 471b1054e38c.jpg

Nibura abantu hafi makumyabiri barishwe mu ijoro ryo ku wa Gatanu rishyira ku wa Gatandatu, itariki 15 Ugushyingo 2025, bishwe n’inyeshyamba za ADF muri Gurupoma ya Manzia iherereye muri Teritwari ya Lubero, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Abenshi mu bahohotewe ni abarwayi bo ku kigo nderabuzima cyaho, cyatwitswe n’abateye nyuma yo gusahura kwamenetsemo amaraso. Nk’uko amakuru […]

Sudani: Igisirikare cyisubije ibice 2 byari byafashwe na RSF

thumbs b c 5be6ce7256b17c9953a7476ed78428ef

Amakuru aturuka mu gisirikare cya leta agera kuri Anadolu Agency aravuga ko Ingabo za Sudani zongeye kwigarurira uduce tubiri two muri Leta ya Kordofan y’Amajyaruguru nyuma y’imirwano ikaze n’Ingabo za Rapid Support Forces (RSF). Amakuru avuga ko ingabo zafashe Umm Dham Haj Ahmad na Kazgil, bituma abarwanyi ba RSF batakaza ibikoresho byinshi ndetse n’abantu. Abakozi […]

Felicien Kabuga ntacyoherejwe mu Rwanda

117823449 kabuga

FĂ©licien Kabuga ntazasubizwa mu Rwanda nk’uko abacamanza b’urwego rushinzwe kurangiza imanza zasigajwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda bemeje kuwa Gatanu, itariki 14 Ugushyingo. Uwahoze ari umucuruzi ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, afite uburwayi bwo kwibagirwa, kandi urubanza rwe rwahagaritswe muri Nzeri 2023 kuko adashoboye kuburana. Kuva icyo gihe, Loni irashakisha […]

Kabare: Imirwano hagati ya AFC/M23 n’inyeshyamba zikorana na FARDC yabaye mu bice bitandukanye

bitmap 1200 nocrop 1 1 20200126150205985431 Kabare BON

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 13 Ugushyingo, imirwano yabaye, hagati y’inyeshyamba za M23 n’abarwanyi ba Wazalendo bo mu Mutwe w’Abakorerabushake wo Gushyigikira FARDC (AVAFAC) muri Teritwari ya Kabare muri Kivu y’Amajyepfo. Iyi mirwano yabereye mu duce twa Mutshshemi na Kabukungu, hafi y’umurima wa “Chez Mbayo”, itera ubwoba no kuvana abaturage mu bybo. Nk’uko amakuru […]

Afurika y’Epfo yahejeje mu ndege impunzi z’Abanyepalestine mu gihe cy’amasaha 12 yose

56416221 1004

Kuri uyu wa Gatanu, abategetsi bo muri Afurika y’Epfo banenzwe cyane nyuma yo kwanga ko abagenzi 153 b’Abanyapalestine bava mu ndege mu gihe cy’amasaha 12. Abanyapalestine bageze ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cyitiwe Oliver Tambo i Johannesburg, mu ndege yakodeshejwe yari iturutse muri Kenya nk’uko byatangajwe n’Ikigo gishinzwe imicungire y’imipaka muri Afurika y’Epfo kuwa Kane. Ikinyamakuru […]

Tanzania yamaze kunoza umugambi wo gucyura ku ngufu impunzi z’Abarundi

refugies burundais fuir la repression i

Minisiteri y’umutekano mu gihugu cya Tanzania na UNHCR kuva kuwa Kabiri, itariki ya 11 Ugushyingo 2025, bashyize ahagaragara urutonde rurerure rw’impunzi z’Abarundi, zisabwa kwiyandikisha kugira ngo basubire iwabo mbere y’itariki ya 30 Ugushyingo. Ku kibaho gishyirwaho amatangazo, ii byakiranwe uruvange rwo kwiheba no guhagarika umutima mu mpunzi z’Abarundi zahungiye muri Tanzania. Impunzi zimwe zagaragaje ko […]

Uvira: Icyoba ni cyose mu Ngabo z’u Burundi

11382638746 9d9829977a b

Amakuru aturuka muri Kivu y’Amajyepfo aravuga ko Ingabo z’u Burundi zitewe ubwoba no kuba impungenge z’uko inyeshyamba za AFC / M23 zishobora gutera Umujyi wa Uvira zigenda ziyongera. Uvira ni umujyi w’ingenzi cyane mu karere kanini ka Congo gahana imbibi n’u Burundi. Mu Kwakira, AFC / M23 yohereje intumwa zo guhura na Perezida w’u Burundi, […]

L’Ă©mir du Qatar est attendu au Rwanda

0c9fcce9c587b3755ab77cef1f0e887247cdbf20b209755150b86e8eb9eada50

L’Ă©mir du Qatar devrait effectuer une visite de deux jours au Rwanda la semaine prochaine avant de se rendre en RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo. Selon une source proche de BWIZA, Cheikh Tamim ben Hamad Al Thani se rendra au Rwanda le mardi 18 avril 2025, puis en RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo. L’Ă©mir a rencontrĂ© pour […]

RDC: Boji Sangara yatorewe gusimbura Vital Kamerhe

E0WSJ nXIAEAPB8

Depite AimĂ© Boji Sangara yatorewe kuba Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma y’amatora yabaye kuri uyu wa Kane, itariki ya 13 Ugushyingo, mu nama rusange yabereye mu nteko rusange i Kinshasa. Mu badepite 423 batoye, AimĂ© Boji yabonye amajwi 413 nk’uko inkuru dukesha Radio Okapi ivuga. Perezida w’agateganyo w’Inteko Ishinga […]

BBC yasabye imbabazi Trump

BBC and Donald Trump

Ku wa Kane, itariki 13 Ugushyingo, BBC yasabye imbabazi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kubera kw’editinga mu buryo bugamije kuyobobya filimi mbarankuru ya “Panorama”, nk’uko byatangajwe na radiyo ya leta mu Bwongereza, ariko ihakana ko iki kibazo ari impamvu yatuma haba urubanza rwo gusebanya. Ku itaruki ya 6 Mutarama 2021, Trump […]

U Bubiligi buri gukoresha ibigo bya NATO mu kurushaho kuzambya ibintu mu karere

ct 03 belgian air force airbus a400m 180 PlanespottersNet 1565225 8f59740aef o

U Bubiligi burimo gukoresha ibikoresho bya NATO mu kuzambya ibintu mu ntambara yo mu burasirazuba bwa DRC mu gihe imirwano ikomeje kwiyongera hagati y’Ingabo za Congo (FARDC) n’inyeshyamba za AFC / M23, aho buvugwaho ko bwongereye inkunga ya gisirikare buha Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu rwego rwo kubuza inyeshyamba gutera imbere. Kuri iyi […]

Abasaga miliyoni basabye akazi 2024/2025 kabona abategeze ku 4000

G5kF34dWAAATyM4

Inama ihuriweho n’Imitwe Yombi y’Inteko Ishinga Amategeko, Sena n’Umutwe w’Abadepite, yagejejweho raporo y’ibikorwa bya Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Abakozi ba Leta bya 2024/25 na gahunda y’ibikorwa byayo bya 2025/26, ahagaragajwe ko abantu bashaka akazi ari benshi ariko kakabona mbarwa. Perezida w’Agateganyo w’Inama y’Abakomiseri wa Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Abakozi ba Leta, Sebagabo BaranabĂ©, niwe wagiranye inama ihuriweho […]

Gen Mubarakh yasabye amashuri ya gisirikare muri Afurika kwinjiza ikoranabuhanga mu myigire n’imyitozo

G5kP

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen MK Mubarakh, yasabye amashuri makuru ya gisirikare yo muri Afurika gukomeza guteza imbere ubufatanye, guhanga udushya no kwinjiza ikoranabuhanga mu myigire n’imyitozo, kugira ngo abayobozi b’ingabo bashobore guhangana neza n’ibibazo by’umutekano biri ku mugabane wa Afurika. Ibi yabivugiye mu muhango wo gusoza ku mugaragaro Inama ya 19 y’Abayobozi […]

RIB yataye muri yombi batatu bacyekwaho kwiba za sitasiyo za esanse zitandukanye

csm kwiba za esense 1 5aa58d4803

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe abagabo batatu bakekwaho kwiba za sitasiyo za esense zitandukanye mu gihugu amafaranga arenga miliyoni 17. Aba bafashwe nyuma yuko RIB yakiriye ibirego bitandukanye kuva muri izi sitasiyo aho zibwaga mu buryo bumwe. Abafashwe ni Nsabimana Straton ari nawe muyobozi w’agatsiko kagizwe na Ntagwabira Vincent na Mwesigye Paul, aho bashukaga umukozi utanga […]

Imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na wazalendo yabereye mu midugudu myinshi ya Bukombo

IMG 20240814 WA0249

Imirwano ikomeye cyane guhera mu gitondo cyo kuwa gatatu, itariki 12 Ugushyingo 2025 yabereye muri Bukombo, mu midugudu ya Maruho, Machazo, Manyoni na Mudugudu, muri Teritwari ya Rutshuru. Amakuru agera kuri Kivu Morning Post, avuga ko iyo mirwano ikomeje kuva mu ntangiriro z’icyumweru mu midugudu itandukanye yo muri iyo gurupoma. Urusaku rw’imbunda ziremereye n’izoroheje rwumvikanye […]

Juba: Salva Kiir yirukanye visi perezida we afata general amugira private

Dr. Benjamin Bol Mel standing left Photo Credit YouTube Office of the President

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir yirukanye Visi Perezida wari ukomeye cyane, Benjamin Bor Mel nyuma y’amezi umunani gusa amushyizeho. Mu ijoro ryakeye, Kiir yakuyeho kandi Dr. Mel nk’umwungirije mu ishyaka riri ku butegetsi Sudan People’s Liberation Movement (SPLM), nk’uko itangazo rya perezida ryavuye muri perezidansi i Juba rivuga. Perezida yategetse kandi ko Mel yakurwa […]

Umunyeshuri wa ISTM/Butembo yishwe n’Abawazalendo

balle

Umunyeshuri mu Ishuri Rikuru ry’Ubuvuzi rya Butembo (ISTM / Butembo), uzwi ku izina rya Kahindo Syavugha Rosette, yiciwe mu gace ka Musimba, ku birometero bike uvuye mu mujyi wa Butembo. Nk’uko byatangajwe na Kambale Maboko Fanuel, perezida w’umuryango utegamiye kuri leta wa Musienene, wavuganye na ACTUALITÉ.CD, uwahohotewe yafashwe n’isasu ryarashwe n’umuzalendo wo mu mutwe wa […]

Masisi: Imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo/FARDC yafatiwemo uduce dutandukanye

IMG 20250108 WA0090

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse muri Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru, hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo, cyane cyane mu Murenge wa Nyamaboko wo muri Gurupoma ya Osso-Banyungu. Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza, imidugudu ya Ngululu na Kataandwa niyo yibasiwe […]

Uturere 6 turashinjwa gukoresha nabi amafaranga yagenewe kubakira abacitse ku icumu

91845

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Imari n’umutungo wa Leta mu Nteko Ishinga Amategeko (PAC) yatanze umuburo ku turere dutandatu dushinjwa gucunga nabi amafaranga yagenewe kubaka amazu y’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu nama yabaye kuwa Kabiri, itariki ya 11 Ugushyingo, PAC yavuze ko uturere twa Ruhango, Nyamagabe, Nyaruguru, Nyamasheke, Rusizi, na Rubavu […]

Gabon: Umugore wa Bongo n’umuhungu we bakatiwe imyaka 20 y’igifungo

dzwatch 1762870407679

Kuri uyu wa Gatatu, urukiko rwo muri Gabon rwakatiye uwahoze ari umudamu wa mbere, Sylvia Bongo n’umuhungu we, Noureddin Bongo Valentin, igifungo cy’imyaka 20 nyuma yo guhamwa n’ibyaha byinshi bijyanye n’uburiganya. Sylvia yahamijwe n’icyaha cyo “kunyereza umutungo wa Leta n’iyezandonke,” nk’uko byemejwe n’icyemezo cyasomwe na perezida w’urukiko mpanabyaha rwihariye, Jean Mexant Essa Assoumou, mu murwa […]

Gicumbi: Umugabo akurikiranweho icyaha cy’ubwinjiracyaha bw’ubwicanyi

IMG 20231124 WA0041 1

Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi, ruri aho icyaha cyabereye, mu Kagari ka Murehe, mu Murenge wa Giti, mu Karere ka Gicumbi, kuwa Mbere rwaburanishije mu ruhame urubanza Ubushinjacyaha buregamo umugabo w’imyaka 43 ukekwaho icyaha cy’ubwinjiracyaha bw’ubwicanyi aho yategeye umugore we mu nzira akamutemagura akamusiga azi ko yapfuye. Icyaha akurikiranweho yagikoze ku itariki ya 18/08/2025 ubwo yategeraga […]

Loni irizera ko abantu magana bishwe mu myigaragambyo yo muri Tanzania

images 13

Kuri uyu wa Kabiri ushize, Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe Uburenganzira bwa Muntu byatangaje ko byizera ko abantu babarirwa mu magana biciwe muri Tanzania mu myigaragambyo yadutse mu matora y’ukwezi gushize, byongeraho ko byakiriye amakuru avuga ko inzego z’umutekano zahishe imirambo. Umuvugizi wa Guverinoma ya Tanzaniya, Gerson Msigwa, ntabwo yahise asubiza icyifuzo cya Reuters cyo gutanga […]

Masisi: Hubuye imirwano ikaze nyuma y’uko AFC/M23 ishinje leta ibitero bya drones

hq720 1

Imirwano ikaze yahuje kuri uyu wa Kabiri, itariki 11 Ugushyingo, abarwanyi ba AFC / M23 n’imitwe yitwaje intwaro mu mudugudu wa Ndete, Teritwari ya Masisi (Kivu y’Amajyaruguru). Imirwano yatangiye kare mu gitondo kugeza ubwo Radio Okapi yandikaga aya makuru ku mugoroba wo kuwa Kabiri, bituma abaturage b’abasivili, bakunze kwisanga hagati y’abarwana, bahungabana. Urusaku rw’amasasu rwumvikanye […]

Impanuka y’indege y’Igisirikare cya Turkiya yahitanye 20 muri Georgia

1536x864 cmsv2 5eeb51f5 97bc 5542 9b68 d0d05c7bb3bb 9544664

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 11 Ugushyingo, abategetsi ba Turkiya bemeje ko indege y’imizigo ya gisirikare yaguye hafi y’umupaka wa Georgia na Azerbaijan. Minisiteri y’Ingabo mu itangazo ryayo yagize iti: “Indege yacu ya gisirikare ya C-130, yahagurutse muri Azerbaijan isubira mu rugo, yaguye ku mupaka wa Georgia na Azerbaijan”, yongeraho ko mu ndege harimo “abantu […]

Gicumbi: Urukiko rwaburanishije ushinjwa kwica nyina

IMG 20231124 WA0041

Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi, ruri aho icyaha cyabereye mu Kagari ka Karenge, Umurenge wa Bukure, Akarere ka Gicumbi, kuwa Mbere rwaburanishije mu ruhame urubanza ruregwamo umusore w’imyaka 28 y’amavuko ukekwaho kwica nyina umubyara. Icyaha akurikiranweho bivugwa ko yagikoze ku itariki ya 15 Nzeri 2025 ubwo mama we yasohokaga mu nzu agiye guha ubwatsi amatungo uyu […]

Perezida Isaac Herzog wa Israel ari mu ruzinduko i Kinshasa

G5eSZUiXUAEYYKc

Kuri uyu wa Kabiri, Perezida wa Israel, Isaac Herzog, yageze i Kinshasa, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), mu ruzinduko rw’akazi. Akimara kuva mu ndege, umuyobozi wa Israel yakiriwe na mugenzi we wa Congo, Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo. Nyuma yo guhabwa icyubahiro cya gisirikare cya bamwe mu mutwe w’abasirikare barwanira ku mafarasi barinda […]

Vatican: Umwe mu barinzi ba Papa arashinjwa ingengabitekerezo

Pontifical Swiss Guards election Vatican City April 19 2005

Umutwe w’ingabo zishinjwe kurinda Papa, uzwi nka Swiss Guard cyangwa Papal Swiss Guard, washinzwe mu 1506, ni wo mutwe w’ingabo umaze igihe kirekire ku Isi ukiriho. Kuri uyu wa Mbere, Vatican yavuze ko iri gukora iperereza ku kibazo gishobora kuba ari ingengabitekerezo yo kwibasira Abayahudi, aho bivugwa ko umurinzi w’Umusuwisi yaciye amarenga atavugwaho rumwe yerekeza […]

Masisi: Drones za FARDC zongeye kwibasira ibice bituwe ahitwa Luki

DRONE FARDC 1024x565 1

Indege zitagira abadereva z’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo zagabye ibitero bivugwa ko byongeye kwibasira abasivili mu ijoro ryakeye muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, Ihuriro rya AFC / M23 ryamaganye mu buryo bukomeye ibitero bya drone bidasiba bikomeje kugabwa n’ingabo z’ihuriro ry’ubutegetsi bwa Kinshasa. AFC/M23 yagize […]

Tanzania: Igipolisi cyarekuye by’agateganyo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bane

209064fbb0de1a9fbd1c0711cb49d99ccdd84a5208b11105b44ab7af8d891771

Igipolisi cyo muri Tanzania cyarekuye by’agateganyo abayobozi bane batavuga rumwe n’ubutegetsi batawe muri yombi bazira uruhare bagize mu myigaragambyo yiciwemo abantu yakurikiye amatora rusange yabaye mu kwezi gushize, nk’uko ishyaka ryabo ryabitangaje kuri uyu wa Mbere ushize mu masaha akuze. Imyigaragambyo yashyize Tanzania mu kibazo gikomeye cya politiki itabayemo mu myaka mirongo ishize. Ishyaka ritavuga […]

Tuzarwana kugeza igihe Kigali izemerera ibiganiro – FDLR

2014368533533549 8

Mu gihe DRC ivuga ko yatangije ubukangurambaga busaba ko inyeshyamba z’Abanyarwanda zo mu mutwe wa FDLR kwitanga no gushyira intwaro hasi, hagamijwe ko basubizwa mu Rwanda bakanga bakazahatirwa gutaha ku gahato, ubu uyu mutwe wo uravuga ko uzirwanaho kugeza igihe Leta y’u Rwanda izemerera kugirana ibiganiro na bo. Iki cyiciro cyo kugerageza gusaba izi nyeshyamba […]

Abanyarwanda 49 barimo 7 bari muri FDLR batashye bava Congo

932 2303bitmap 1200 nocrop 1 1 20191221163031377171 FDLR1 BON 1200x900 1

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 10 Ugushyingo, abenegihugu 49 bo mu Rwanda, barimo barindwi bahoze ari abarwanyi b’inyeshyamba za FDLR hamwe n’abo mi miryango yabo 42, basubijwe ku bushake mu gihugu bakomokamo, ku bufatanye bwa MONUSCO. Aba bahoze ari abarwanyi bivugwa ko bishyikirije MONUSCO mu rwego rwo gusubiza icyifuzo cy’ubu butumwa bwa Loni gisaba […]

Trump yakangishije BBC ikirego cya miliyari 1$

Itsinda rya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump ryoherereje BBC ibaruwa rivuga ko rizarega iki gitangazamakuru cya leta cyo mu Bwongereza risaba miliyari imwe y’amadolari (miliyoni 865 €). Abamwunganira bavuze ko bitarenze kuri uyu wa Gatanu uza, iyi televiziyo igomba gukuraho filimi mbarankuru yakoze itavugwaho rumwe cyangwa guhura n’ikirego cyayitwara agera kuri […]

Uvira: Umusirikare wa FARDC yishwe na bagenzi be bo muri ‘military police’

maxresdefault 2

Abaturage bo mu duce twa Kavimvira na Rugenge mu Mujyi wa Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo batewe ubwoba n’amasasu yarashwe ahagana mu ma saa sita z’amanywa kuri iki Cyumweru gishize, itariki 9 Ugushyingo. Nk’uko amakuru atandukanye avuga, ng oni abasirikare bo mu mutwe ushinzwe kugenzura imyitwarire (PM) wa FARDC bashakaga gufata mugenzi wabo wari […]

Somalia: Ingabo za leta zishe abayobozi 3 bakuru muri Al Shabab

Al Shabab Africa GettyImages 1242628980

Minisiteri y’Ingabo muri Somalia yatangaje ku Cyumweru, ko ingabo z’igihugu zakoze ibikorwa bitandukanye bya gisirikare mu bice bya Bakool na Bay, zihitana abantu benshi bakuru bo mu mutwe w’iterabwoba wa al-Shabaab. Minisiteri yavuze ko Ingabo za Somalia zishe Mohamed Abdi Mohamed Nur, uzwi kandi ku izina rya Goofoow, umwe mu bagize umutwe w’iterabwoba wagize uruhare […]

Ndashaka gushimangira imbere y’Imana n’imbere yanyu RDC yahisemo ibyiringiro – Tshisekedi 

G5XnjXjWUAAp7I0

Kuri iki Cyumweru, mu Kigo Ndangamuco n’Ubuhanzi cya Afurika yo Hagati (CCAPAC) i Kinshasa, Perezida FĂ©lix Tshisekedi yifatanyije n’Umujyanama mukuru wa Perezida Trump mu by’imyemerere mu muhango wo gusoza inama y’amasengesho yo gusabira igihugu yateguwe n’Itorero ry’Ububyutse muri Congo (ERC), aho Tshisekedi yijeje ko RDC yahisemo ibyirirngiro. Nyuma y’umusangiro n’amasengesho byabaye ku wa Gatandatu, itariki […]

Gabon: Hagiye gutangira urubanza rw’umugore w’uwari perezida n’umuhungu we

Mu gihe Ali Bongo wahoze ari Perezida wa Gaboni atari mu baregwa, umugore we, Sylvia, umuhungu we w’imfura Noureddin, n’abandi 11 babegereye bahoze mu myanya ikomeye mu buyobozi bazaburanishwa ku byaha 12 guhera kuri uyu wa Mbere, itariki ya 10 Ugushyingo. Icyakora, umugore n’umuhungu w’uwahoze ari umukuru w’igihugu, wahiritswe ku butegetsi ku itarikiya 30 Kanama […]

Uwari Perezida wa Korea yarezwe ibyaha bishya birimo gufasha umwanzi

53f16371 bc54 4502 9700 16bb0e85e0ba

Ibiro Ntaramakuru Yonhap byatangaje ko uwahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, yarezwe ibirego by’inyongera byo gukoresha nabi ububasha bwa perezida ndetse no gufasha igihugu cy’umwanzi. Itsinda ry’abanyamategeko ridasanzwe ryakoze iperereza ku iteka rya Yoon rishyiraho ibihe bidasanzwe mu gihugu ryamaze igihe gito muri Koreya y’Epfo mu Kuboza 2024. Iri tsinda ryashinje Yoon […]

MONUSCO yafunze ibirindiro byayo bibiri biri muri Ituri

20230926124925800994 Mala

Abakozi ba sosiyete sivili n’abayobozi gakondo muri Ituri barahamagarira Guverinoma ya Congo kwihutisha gahunda yo kwambura intwaro imitwe yitwaje intwaro mbere yo gufunga ibirindiro by’Ingabo za MONUSCO biteganijwe mu mpera z’Ugushyingo 2025, mu duce twa Pamitu Ame na Mbr’bu, muri teritwari za Djugu na Mahagi, biteganijwe mu mpera z’Ugushyingo 2025. Iki cyifuzo cyatanzwe nyuma y’ubutumwa […]

Twirwaneho yashyize ahagaragara ingabo nshya z’abarundi zoherejwe muri Fizi n’abaziyoboye

FDNB Goma

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho uravuga mu mugambi ukomeje wo gukorera jenoside Abanyamulenge, Kinshasa na Gitega (RDC n’u Burundi) bakomeje kohereza ingabo mu misozi ya Fizi, Mwenga, na Uvira, aho uvuga ko ubwo wandikaga itangazo washyize ahagaragara bataillon ebyiri z’Abarundi hamwe na bataillon imwe y’Abanyekongo (Batayo ya 3303 ya FARDC), bose bayobowe na General Chivire, Komanda w’ibikorwa […]

Tanzania: Umunyamabanga mukuru wungirije wa Chadema yafashwe mu gihe hashakishwa abandi 9

hq720

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 8 Ugushyingo, Igipolisi cya Tanzaniya cyataye muri yombi undi muyobozi mukuru mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, CHADEMA, maze abayobozi bavuga amazina y’abandi icyenda bashakishwa kubera imyigaragambyo yakurikiye amatora yo mu cyumweru gishize. Ishyaka CHADEMA na bamwe mu baharanira uburenganzira bwa muntu bavuga ko abashinzwe umutekano bishe abantu barenga 1.000. Guverinoma […]

RDC n’u Rwanda vuba bigiye gusinya amasezerano y’amahoro – Tshisekedi

G5LvjMZXcAAO9zp

Gushyira umukono ku masezerano y’amahoro hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, mu biganiro by’i Washington, byegereje, nk’uko Perezida FĂ©lix Tshisekedi yijeje diaspora y’Abanyekongo muri Brazil ku wa Gatanu, itariki ya 7 Ugushyingo, aho yitabiriye inama ya COP30. Nk’uko Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo abitangaza ngo aya masezerano azaba agamije guhagarika […]

RDC: Mutamba ufunzwe yashyize ahagaragara ibaruwa ifunguye igenewe Abanyekongo

000 36CQ7VU

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, uwahoze ari Minisitiri w’ubutabera, Constant Mutamba, uherutse gukatirwa kumara imyaka itatu akoreshwa akazi k’agahato, yashyize ahagaragara ibaruwa ifunguye igenewe “Abanyekongo” n “” abaturage ba Afurika aho ari muri gereza. Muri iyi nyandiko, yo ku itariki ya 7 Ugushyingo, uwahoze ari minisitiri yamaganye “urubanza rwa politiki” avuga ko ari akarengane […]

Icya ngombwa si ingano y’imbwa ku rugamba, n’ingano y’urugamba ruri mu mbwa – Kagame

54910474778 2b7370cb2d k

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yongeye kwibutsa abayobozi ko batagomba kwiringira ko hari umuntu wese uzava hanze ngo aze kubakiza, kandi yongera kugaragaza ko nubwo u Rwanda ari igihugu gito Abanyarwanda atari bato ku buryo batahangana n’imbogamizi zose zabitambika. Ibi umukuru w’igihugu yabigarutseho mu Nkera y’Abahizi yanitabiriwe na Madamu Jeannette Kagame akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango […]

Amafoto: Umujyanama wa Trump mu bitabiriye Leaders Prayer Breakfast i Kigali

G5IgCH8XEAAbbJQ

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 7 Ugushyingo 2025 Mu Mujyi wa Kigali ahazwi nka Camp Kigali, hateraniye amasengesho y’abayobozi yo gusengera igihugu (Leaders Prayer Breakfast) aje akurikira amasengesho y’abayobozi bato yo gusengera igihugu (Young Leaders Prayer Braekfash) yabaye ku itariki 31 Kanama 2025. Ni amasengesho yitabiriwe n’abantu baturutse imihanda yose no mu nzego zose barimo […]

Minisitiri Kayikwamba yajyanye mu nkiko abarimo Pero Luwara na Emmanuel Banzunzi

Screenshot 20220426 2042432

Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa repubulika ya Demokarasi ya Congo, ThĂ©rèse Kayikwamba Wagner, yatangaje ko yatanze ikirego arega abantu bamusebya nyuma y’ibyatangajwe yita ibinyoma zakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko zisiga icyasha izina rye ndetse n’umuryango we. Mu itangazo rye bwite yatangarije i Kinshasa, umuyobozi wa dipolomasi ya Congo yamaganye “amagambo y’ibinyoma […]

Fizi: Twirwaneho yivuganye ba General Gakobanya na Jimmy ndetse na Major Kongole

1c652ccb 727a 471a 88bf ae41aa8ac27c

Imirwano imaze iminsi ihuje umutwe wa Twirwaneho ndetse n’Ingabo za Congo (FARDC), Wazalendo, FDLR n’Ingabo z’Abarundi muri Kivu y’Amajyepfo, mu misozi ya Fizi, yiciwemo abantu bakomeye mu ihuriro rya Kinshasa barimo abajenerali ndetse na Major bivugwa ko bari barazengereje Abanyamulenge. Muri iyi mirwano ikaze yatangiye mu ntangiriro z’iki cyumweru hagati y’umutwe wa MRDP-Twirwaneho n’ihuriro rya […]

Komite y’ubugenzuzi ihuriweho n’u Rwanda na RDC irasubira mu biganiro i Washington

Secretary Rubio Hosts Democratic Republic of the Congo Rwanda Peace Agreement 54618044678 scaled 1

Biteganijwe ko intumwa za Congo n’u Rwanda zihurira i Washington kuri uyu wa Gatanu mu nama yateguwe mu rwego rwa Komite ihuriweho ishinzwe kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yashyizweho umukono ku itariki ya 27 Kamena bigizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iyi komite biteganyijwe ko izajya yakira ibirego by’impande zombi, gusuzuma ibirego byo […]

Vienne: Hafashwe ububiko bw’intwaro bikekwa ko ari iza Hamas zendaga gukoreshwa mu iterabwoba

1024x576 cmsv2 d2157ce1 e6b5 5429 b0d4 3f620d4e0d9c 9539025

Ububiko bw’intwaro, bikekwa ko zari zigenewe ibikorwa byo mu mahanga bitazwi neza bifitanye isano na Hamas, bwavumbuwe mu ivarisi mu bubiko bwakodeshejwe i Vienne kandi harimo imbunda eshanu na magazine 10. Kuri uyu wa Kane, guverinoma yatangaje ko ibiro by’ubutasi bw’imbere mu gihugu bya Autrichia byavumbuye ububiko bw’intwaro i Vienne bikekwa ko bufitanye isano n’umutwe […]

Masisi: Col Dunia Ntamugabumwe wa wazalendo yishyikirije AFC/M23

Capture 2

Umwe mu nyeshyamba za wazalendo uzwi cyane, Colonel Dunia Ntamugabumwe, wakoreraga i Nyamaboko ya 1 muri Teritwari ya Masisi, kuri uyu wa Kane yishyize mu maboko ya AFC / M23 azanye n’ibikoresho byinshi by’intambara. Muri iyi teritwari kandi abantu batanu barapfuye abandi batanu barakomereka bikabije mu gitero cy’abantu bitwaje intwaro mu ijoro ryo ku wa […]

Rubavu: Umusore w’imyaka 27 akurikiranweho kwica se

ingoro y urukiko rwisumbuye rwa rubavu abaregwa baburaniramo

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bukurikiriranye umusore w’imyaka 27 y’amavuko wishe se umubyara akoresheje ibuye amuhoye guhinga umurima yari yaramuhaye.  Icyaha akurikiranweho yagikoze ku itariki ya 17 Nzeri 2025 mu Mudugudu wa Gikombe, Akagari ka Kareba, Umurenge wa Jenda, mu Karere ka Nyabihu ubwo yatahaga yagera mu rugo agasanga se umubyara yahinze umurima yari […]

Ba Ofisiye 9 ba FARDC bakurikiranweho kugurisha ibiryo by’abasirikare

images 10

Abasirikare bakuru icyenda bo mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), barimo ba komanda ba ‘regiments’ za 3414, 2102, na 1303 zifite icyicaro i Beni-Butembo na Lubero (Kivu y’Amajyaruguru), batawe muri yombi n’inzego z’umutekano. Abo basirikare bakuru bimuriwe, kuri uyu wa Kane, itariki 6 Ugushyingo, ku cyicaro gikuru cy’ingabo muri icyo gice, ni […]