Nyiri inzu yabonye ntwite inda y’umwana wa Gatandatu ampa piriyavi ngo umusarani we wazahita wuzura
Muraho neza nshuti z’Imana, kuri Bwiza.com turabakunda cyane pe kuko mutugira inama kandi nziza. Ndi umubyeyi w’abana batanu, ariko ubu ntwite inda ya gatandatu, ari nayo yatumye numva mbabaye kubera gukomeretswa na nyiri inzu dukodesha. Mu by’ukuri njyewe nta kazi ngira, mba mu rugo nkita ku bana banjye, umugabo wanjye afite akazi, ni umushoferi. Rwose […]
Natararya se mwebwe ntago mwarya? — Umubyeyi aranenga abica Ikinyarwanda
Mukagakwaya Ancille atuye mu Murenge wa Nyamirambo, mu Karere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, aranenga cyane abavuga nabi Ikinyarwanda rimwe na rimwe bibwira ko ari bwo busirimu. Uyu mubyeyi ngo n’ubwo yamaze imyaka myinshi mu mahanga ngo ntabwo yigeze yibagirwa Ikinyarwanda. Avuga ko ababazwa cyane no kuba bamwe mu rubyiruko rwakabaye rushishikazwa no kukimenya neza, […]
Amerika irifuza kongera kuburanisha Abanyarwanda babiri bakekwaho kwica ba mukerarugendo muri Uganda
Urukiko rwo muri Amerika rursaba kongera kuburanisha Abanyarwanda babiri, Gregoire Nyaminani na Leonidas Bimenyimana bakekwaho kwica ba mukerarugendo b’abanyamahanga muri Uganda. Bamukerarugendo umunani bishwe ubwo bari mu Ishyamba ry’inzitane rya Bwindi muri Uganda mu 1999. Aba bagabo bahoze muri FDLR baje gutabwa muri yombi boherezwa muri Amerika. Barezwe ibyaha by’iterabwoba gusa urukiko ruza kubibahanaguraho mu […]
Icyorezo cya Ebola cyageze muri Uganda
Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS na minisiteri y’ubuzima muri Uganda, batangaje ko icyorezo cya Ebola cyamaze kugera muri iki gihugu mu karere ka Kasese. Umwana w’umuhungu w’imyaka itanu y’amavuko ukomoka mu karere ka Kasese niwe byemejwe ko yanduye Ebola nyuma yo kumukorera isuzuma. Uyu niwe muntu wa mbere byemejwe ko yanduye Ebola […]
Minisante irasaba Abanyarwanda kwirinda gukorera ingendo mu bice bivugwamo icyorezo cya Ebola
Minisitiri w’ubuzima, Dr Diane Gashumba, aributsa abanyarwanda kwirinda gukorera ingendo ahanugwanugwa icyorezo cya Ebola ndetse akabaha n’izindi mpanuro zirimo kwirinda kurya inyamaza z’inyamaswa zipfushije n’ibindi bitandukanye. Ni ubutumwa yacishije ku rukuta rwe rwa Twitter, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Kamena 2019, mu izina rya Minisiteri abereye umuyobozi, agasaba no gutanga amakuru ku bajyanama […]
Perezida Museveni yagize Maj. Gen. James Birungi umuyobozi mushya w’umutwe ushinzwe kumurinda
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za Uganda, yagize Maj. Gen. James Birungi (ibumoso ku ifoto), umuyobozi mushya w’umutwe wa Special Forces Command (SFC) ushinzwe kurinda umukuru w’igihugu n’abandi bayobozi asimbuye Maj. Gen. Don Nabasa (uri iburyo ku ifoto). Maj. Gen. James Birungi yari asanzwe ari umugaba mukuru w’ingabo zirwanira mu kirere […]
Urugomo mu Madini – Igice cya kabiri
Ushobora gusoma inkuru yambere yabanje Urugomo mu Madini (violence dans les religions)- Igice cya 1 3.Isesengura ryimbitse ry’amagambo (concepts) idini n’ urugomo 3.1.1. Idini 
Turagerageza gusobanura idini mumyumvire ya kisilamu n’iyagikristu 3.1.1. Igisobanuro cy’idini mumyumvire ya kisilamu. Mugitabo :Dictionnaire du Coranéd Robert Lafont, Paris 2007 cyasobanuye ijambo idini muburyo burebure. Nkaba nifuje kubibagezaho ngenekereje kubihindura […]
Ngororero: Abatuye mu Murenge wa Sovu bavunwa no gukora urugendo rw’amasaha atatu bajya kwivuza
Bamwe mu batuye mu Murenge wa Sovu mu Karere ka Ngororero bavuga ko ubu basigaye bavunwa no gukora urugendo rw’amasaha atatu bajya kwivuriza ku Kigo Nderabuzima cya Ramba no mu Kanyana nyuma y’uko hashize amezi asaga abiri bafungiwe Poste de Sant é ebyiri bari bafite muri uyu murenge ndetse ngo ntibanafite amakuru ku ifungwa ryazo […]
Ma mère m’a tué : Uko umubyeyi yagambanye n’abicanyi ngo bamare abana be
Mu kiganiro ku gitabo Ma mère m’a tué cyanditswe na Albert Nsengimana,wari ufite imyaka irindwi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, yavuze ko iki gitabo kivuga uburyo yarokotse hamana umugambi mubisha wari wateguwe na nyina umubyara kugira ngo we na benenyina bose bicwe muri Jenoside. Iki kiganiro, café Littéraire, cyateguwe na Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya […]
Ruhango: Polisi yagaruje amafaranga yari yibwe
Hakizimana Samuel w’imyaka 33 y’amavuko usanzwe ari umwarimu mu ishuri rya GS Munanira riherereye mu karere ka Ruhango mu murenge wa Byimana, kuri uyu wa 10 Kamena yafashwe na Polisi ihakorera ubwo yaramaze kwiba amafaranga ibihumbi ijana (100,000fr) kuri konti ya mugenzi we Mpagazehe Emmanuel basanzwe bakorana akazi ko kwigisha. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara […]
Rusizi: Umupadiri Nzamurambaho n’umuryango we bashimiye umuryango wabarokoye muri Jenoside
Padiri Nzamurambaho Achile wari ufite imyaka 11 gusa muri Jenoside yakorewe abatutsi,ubu akaba ari umubitsi wungirije wa seminari nkuru ya Nyakibanda, we n’umuryango we barashimiye ku mugaragaro umuryango wa Fatakobije Félix bari baturanye mu cyari segiteri Kiranga ya Komini Gishoma, Perefegitura ya Cyangugu, ubu ni mu murenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi wabarokoye bose […]
Ubuhamya: Nashatse umukobwa muvanye mu kabari, ibyambayeho ni agahomamunwa!
Mbanjije kubasuhuza nshaka kubabwira ibyambayeho ndetse nifuza no kubagira inama kugira ngo mutazagwa mu mutego nk’ uwo niguyemo. Nitwa Claude mfite imyaka 27 y’ amavuko ,ntuye mu Karere ka Gasabo, mu mwaka w’ i 2018 nasohakanye n’ inshutu zanjye tujya mu kabari tujya kwizihiza umunsi mukuru wa Noheli maze tukihagera twakirwa bisanzwe n’ umukobwa wakoraga […]
RDC: Babiri bakekwaho uruhare mu iyicwa ry’impuguke za Loni bashinjanye mu rukiko rubura gica
Kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Kamena muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hasubukuwe urubanza rw’abakekwaho uruhare mu iyicwa ry’impuguke ebyiri za Loni, aho uwahoze ari umutangabuhamya muri uru rubanza, Jean Bosco Mukanda yahanganye n’uwitwa Vincent Manga bose bashinjanya kugira uruhare rufatika mu iyicwa rya Zaida Catalan na Micheal Sharp. Gusa, buri umwe yahakanye kubigiramo […]
Uganda iraburira abaturage bayo kudakoresha umupaka wa Gatuna
Igihugu cya Uganda kiraburira abaturage bacyo kudakoresha umupaka wa Gatuna . Ibi bije nyuma y’uko ejo hashize tariki ya 10 Kamena 2019 u Rwanda rwafunguye uyu mupaka by’agateganyo . Muri Gashyantare uyu mwaka, nibwo u Rwanda rwafashe umwanzuro wo gufunga umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda mu rwego rwo kuwuvugurura. Gusa Uganda […]
Lt. Joel Mutabazi yavugiye mu rukiko ubuzima bukakaye abayemo muri gereza
Lt. Joel Mutabazi wahoze mu mutwe w’ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu, yitabye Urukiko rw’Ubujurire kugira ngo haburanishe ikirego cye cy’ubujurire yatanze, akomoza ku buzima avuga ko abayemo muri gereza afungiyemo. Lt Mutabazi avuga ko afunzwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko muri kasho ya gisirikare i Kanombe kandi yarakatiwe, agomba kuba afungiye ku Murindi muri gereza ya […]
Burundi: Ingoro ya CNDD-FDD yagabweho igitero n’abantu bataramenyekana
Mu ijoro ryo ku Cyumweru gishize, itariki 09 Kamena 2019 ingoro y’ishyaka CNDD-FDD muri Komini Mpanda, mu Ntara ya Bubanza yagabweho igitero n’abantu batamenyekanye bitwaje intwaro. Aya makuru yemejwe n’umuvugizi w’Igipolisi cy’u Burundi, Pierre Nkurikiye, aravuga ko hari ahagana saa tanu n’igice z’ijoro ubwo hazaga imodoka yo mu bwoko bwa Dyna ikaza itumbereye iyo ngoro […]
Perezida Kagame ukubutse muri Gabon akomereje uruzinduko muri Nigeria
Perezida Paul Kagame wari mu ruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Gabon, kuva ku wa Mbere tariki ya 10 Kamena 2019, yakubutseyo yerekeza muri Nigeria. Nk’uko byatangajwe na Perezidansi y’u Rwanda, Perezida Kagame yageze i Abuja mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, aho yitabiriye inama mpuzamahanga ku kurwanya ruswa ishamikiye ku Munsi wa Demokarasi (National Democracy Day […]
Umugore afunzwe akekwaho kugaburira umwana amaraso y’imihango ivanze n'intoryi
Polisi mu Karere ka Mukono yataye muri yombi umugore witwa Annet Namata ushinjwa kugaburira ku ngufu umwana w’umukobwa abereye muka se amaraso y’imihango ifanze n’intoryi. Umugabo w’uyu mugore, Unusu Lungu avuga ko yamenye iby’aya makuru abibwiwe n’abaturanyi batabaye uyu mwana warimo kugarura ibyo yari yariye. Uyu mugore wavanze imihango n’ifunguro ry’umwana, abaturanyi bavuga ko bamutabaye […]
DRC: Icyorezo cy’Iseru kimaze guhitana abarenga 1500 muri uyu mwaka
Icyorezo cy’indwara y’Iseru cyimaze guhitana ubuzima bw’abantu barenga 1500 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva uyu mwaka watangira nk’uko bitangazwa na minisiteri y’ubuzima muri iki gihugu. Minisiteri y’ubuzima muri Congo itangaza ko imaze kwakira abarwayi b’iseru bagera kuri 87,000 kuva uyu mwaka watangira. Ibibazo by’indwara y’iseru yibasiye cyane intara 23 mu ntara 26 […]
Uncle Austin yavuze uwa kwambarira AMAG agereranyije n’uwa à–zil
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Luwano Tosh uzwi nka Uncle Austin atangaza ko AMAG The Black yakwambarirwa na Perezida wa ASITAMORWA aramutse yongeye gukora ubukwe amugereranya na à–zil wambariwe na Perezida wa Turukiya. Umukinnyi wa Arsenal, Mezut à–zil aherutse gukoresha ubukwe ariko yari yambariwe na Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan n’Umufasha we. Mu kiganiro kuri Radiyo […]
Abanyarwanda baracyaburirwa kutajya muri Uganda nyuma y’ifungurwa ry’Umupaka wa Gatuna by'agateganyo
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga iravuga ko umuburo ubuza Abanyarwanda kujya muri Uganda ukiriho nta kirahinduka k’uko byemezwa na minisitiri Dr Richard Sezibera. Ibi bije nyuma y’aho ku Cyumweru hatangajwe ifungurwa ry’agateganyo ry’Umupaka wa Gatuna ku makamyo aremereye. Mu kiganiro yahaye The New Times kuwa Mbere, Minisitiri Richard Sezibera yavuze ko umupaka wa Gatuna hagati y’u Rwanda […]
Itangazo ryo guhinduza izina
Uwitwa Seminega Jean Bosco mwene Ruhorahoza Louis na Mukashyaka Mary utuye mu Mudugudu wa Bwiza, Akagari ka Kabeza, Umurenge wa Kacyiru, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, uboneka kuri telefoni 0788667001; Yasabye uburenganzira bwo guhindura izina Jean Bosco mu mazina asanganywe Seminega Jean Bosco akitwa Seminega Ally mu irangamimerere ye; Impamvu atanga ni uko yavuye […]
Umugabo ufite abagore bane yafashe ku ngufu umukobwa w'imyaka 12
Umugabo witwa Francis Joseph yafashe ku ngufu umwana w’umukobwa w’umuturanyi we w’imyaka 12. Uyu mugabo usanzwe afite abagore bane n’abana icyenda ahitwa Lugbogi muri Leta ya Ondo muri Nigeria. Bivugwa ko ubwo uyu mugabo yamaraga gukorera ibya mfura mbi uyu mwana yamubwiye kutazagira uwo abibwira. Yamuteye ubwoba ko abivuga azapfa bitunguranye. Abo mu muryango w’uyu […]
Abaturiye umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda barasaba kwemererwa guhahirana
Ikigo cy’Imisoro n’amahoro (RRA) gitangaza ko cyakomoreye by’agateganyo amakamyo apakira imizigo iremereye guca ku mupaka wa Gatuna urimo gukorerwaho imirimo y’ubwubatsi ihuriweho n’u Rwanda na Uganda, ariko abahaturiye bagasaba ko nabo bakwemererwa guhahirana. Aba baturage basaba ko bakwemererwa kwambuka bakajya muri Uganda bagahaha, ibyo baguzeyo bakemererwa kubyinjirana mu Rwanda mu gihe n’Abagande basaba ko ibyo […]
RDC: Abayoboke ba UDPS bigabije inteko ishinga amategeko bamagana imyitwarire y’abadepite kuri perezida
Abayoboke babarirwa muri Magana b’ishyaka UDPS rya Perezida Felix Tshisekedi kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Kamena mbere ya saa sita bateye ahakorera inteko ishinga amategeko bariye karungu bamagana ikiganirompaka giherutse kuhabera kuwa Gatanu w’icyumweru gishize ku igena rya perezida wa repubulika ry’abahagarariye Ibigo bya GECAMINES (La Générale des Carrières et des Mines ) na SNCC […]
Byagira ingaruka ki ku Bufaransa buramutse bwerekanye inyandiko z'ibanga ku Rwanda hagati ya 1990-1994?
Muri inyurabwenge bita Secret- Defense ,Ubufaransa bwakomeje kwanga gutangiza gahunda yo gutanga amakuru ku ruhare iki gihugu cyagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri 1994. Aya makuru yose ari mu bubiko i Paris akubiyemo amabanga abategetsi b’ Ubufaransa bagiranye na Leta ya Habyarimana ariko byaja no kugira uruhare rukomeye muri jenoside. Inyandiko zifitanye isano […]
Rubavu: Abagore bane bakurikiranweho kuvunja amafaranga mu buryo butemewe
Ibi Polisi y’u Rwanda ibitangaje nyuma y’aho ifatiye abagore bane mu karere ka Rubavu mu murenge wa Gisenyi ahazwi nko kuri Petite Barriere bari kuvunjira abantu amafaranga mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kuri uyu wa 09 Kamena 2019. Abo bagore ni Uwineza Jeannette w’imyaka 39 y’amavuko wari ufite ibihumbi 212,500 by’amanyarwanda ni 5000 by’amanyekongo, undi ni […]
Nyamasheke: Abanyamuryango ba FPR/ Inkotanyi bahaye umukoro abayobozi batoye
Nyuma y’amatora y’abahagarariye abandi mu muryango FPR/ Inkotanyi yatangiriye ku rwego rw’umudugudu ku wa 11 na 12 Gicurasi uyu mwaka, agakorwa ku rwego rw’akagari n’urw’umurenge mu matariki yagiye akurikiraho atandukanye, kuri uyu wa 8 Kamena, abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bahagarariye abandi batoye ababahagarariye ku rwego rw’Akarere babasaba kongera imbaraga mu kuzamura ubukungu bw’Akarere. Ni amatora […]
Gisagara: Min. Shyaka yageneye Umudugudu wa Kaburanjwiri inka y’imihigo
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof.Shyaka Anastase yageneye inka yiswe iy’imihigo, umudugudu wa Kaburanjwiri uherereye mu Murenge wa Kansi, Akarere ka Gisagara, wabashije guhiga iyindi. Mu nama nyunguranabitekerezo y’Intara y’Amajyepfo yabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Kamena 2019, nibwo Minisitiri Shyaka yashyikirije ibihembo Abakuru b’Imidugudu 8 yabaye Ntangarugero mu kwiteza imbere no kwikemurira ibibazo muri […]
Ibintu 6 ku bagabo bikurura abagore
Ubushakashati bwakozwe ndetse n’ inyigo zinyuranye ku mbonezamubano zagiye zigaragaza ko abagore badakunda amafaranga n’ ibintu nk’ uko benshi babitekereza ahubwo bafite ibintu byinshi baheraho mu mahitamo y’ umugabo babana. Nubwo abagore baterura ngo bavuga ibyo bagenderaho mu guhitamo abakunzi babo , harimo abemeza ko amafaranga aza nyuma y byose. 1. Kiwihagararaho: Abagore bakunda umugabo […]
RDC/Masisi: Inyeshyamba za FDLR zakozanyijeho n’igisirikare cya FARDC
Harabarwa imidugudu ine yo muri teritwari ya Masisi, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, ubu isigariye aho nyuma yaho abaturage bavuye mu byabo bagahunga imirwano imaze iminsi hagati y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC n’inyeshyamba za FDLR zikomoka mu Rwanda. Radio Okapi itangaza ko iyi mirwano yatangiye ku wa Gatanu tariki ya 2 Kamena 2019, […]
Hatangijwe ikigega kigiye gufasha guhangana n'abahakana Jenoside yakorewe Abatutsi
Abanyarwanda bahuriye mu muryango Agaciro Generation, batangije ikigega kiswe Umurinzi Support Fund, kigiye kujya gifasha mu gukurikirana no kugeza mu nkiko abakora ibikorwa by’ipfobya n’ihakana rya Jenoside yakorewe Abatutsi. Umusanzu uzajya uva muri iki kigega uzajya utera inkunga abakurikirana mu butabera abakora ibi bikorwa bishaka gusubiza u Rwanda mu icuraburindi. Umuyobozi wa Agaciro Generation, Kagabo […]
Kigali: Umurambo w'umuntu utaramenyekana wakuwe mu mugezi wa Nyabugogo
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Kamena 2019, nibwo umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 25 na 30 wakuwe mu mugezi wa Nyabugogo warerembagamo. Uyu murambo w’umusore wari wambaye agakabutura n’agapira k’umukara warerembaga mu mugezi wa Nyabugogo, Akagari ka Nyamweru, Umurenge wa Kanyinya, Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, ukaba […]
Yarababaye nyuma yo kugenda amasaha 6 agiye gusambana n’umusore wamubwiraga ko afite igitsina kinini
Umugore witwa @karma_Dr1 kuri Twitter atangaza ko yababajwe no gukora urugendo rw’amasha 6 agiye gusambana n’umusore wamubwiraga ko afite igitsina kinini ariko agasanga amara iminota irindwi, ubundi agahita arangiza. Uyu mugore yanyarukiye ku rukuta rwe rwa twitter agira ati “ Namenyanye n’umusore wigambaga kugira igitsina kinini. Nakoze urugendo rw’amasaha atandatu ngira ngo duhure dukore imibonano mpuzabitsina. […]
RIB irahakana irekurwa ry' umuyobozi wa Supermarketings Global Ltd
Nyuma y’ amakuru Bwiza.com ikesha bamwe mu bambuwe na Supermarketings Global Ltd , Urwego rushinzwe ubugenzacyaha(RIB) burabeshyuza amakuru avuga ko umuyobozi wayo watawe muri yombi mu mpera za Gicurasi 2019, yaba yarekuwe. Ibi byashimangiwe mu kiganiro Bwiza.com yagiranye n’ Umuvugizi wa RIB, Modeste Mbabazi ubwo yagiraga ati” Twebwe nk’ ubugenzacyaha twakoze akazi kacu kuko uwo […]
Ubaka neza inzu yo kwizera kwawe
Abahebirayo 11:1 “ Kwizera ni ukumenya rwose ibyiringiro udashidikanya ko bitazaba, kandi ni ko kuduhamiriza ko ibyo tutareba ko ari iby’ ukuri “ Ukwizera kumeze nk’ inzu. Bisaba kuyubaka k’ umusingi ukomeye. Kugira ngo imiyaga cyangwa imitingito niza ibashe kutagira icyo iba. Umusingi w’ ukwizera ni Ijambo ry’ Imana. Ntushobora kubaka ukwizera gukomeye nta jambo […]
Hifuzwa ko umupaka uhuza Congo n’u Rwanda wafungurwa amasaha 24/24
Abakoresha umupaka muto uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uzwi nka Petite Barrière bavuga ko bawufunguriwe ukazajya ukora amasaha 24 kuri 24, byazamura iterambere ryabo ry’ubucuruzi. Kuba uyu mupaka ukora amasaha 12 gusa byagera nimugoroba ugafunga ngo bidindiza urujya n’uruza rw’abantu ndetse ko bituma abakora ubucuruzi badakora akazi kabo batuje . Uyu […]
Umugabo wanjye yabyutse mu ijoro, mukurikiye nsanga arimo gusambanira kuri robine n’umukozi wacu
Umugabo wanjye dufitanye abana batatu, umukuru afite imyaka 8, mu myaka yose igera mu 10 tumaranye nibwo bwa mbere mufashe anca inyuma, gusa ikimbabaje ni uko yansize mu buriri akajya gusambana n’umukozi wacu w’umukobwa, hanze kuri robine. Uko byagenze: Twararyamye rwose nta n’ikibazo dufitanye, noneho kubera ko murikaritsiye yacu amazi asigaye akunda kuza muri iyi […]
Sudani: Abantu bane biciwe mu myigaragambyo ikomeye yubuye mu gihugu hose
Abantu bane kuri iki Cyumweru, itariki 09 Kamena biciwe mu myigaragambyo ikaze yongeye kubura muri Sudani, aho abigaragambya biyemeje gukora imyigaragambyo karundura mu gihugu hose yo gusaba abasirikare bayoboye igihugu guha ubutegetsi abasivili. Igipolisi cyo muri Sudani cyarashe ibyuka biryana mu maso ku bantu bigaragambirizaga i Khartoum mu murwa mukuru basaba ishyirwaho ry’ubutegetsi bwa gisivili […]
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buhangayikishijwe n’Abarundi bakoze jenoside mu Rwanda bakaba batarahanwa
Umushinjacyaha mukuru w’u Rwanda, Mutangana Jean Bosco, atangaza ko u Rwanda ruhangayikishije n’umubare munini w’Abarundi bashinjwa gukora Jenoside mu Rwanda bakaba badafatwa ngo bashyikirizwe ubutabera. Yabitangarije itangazamakuru mu mpera z’icyumweru gishize, i Kigali ubwo yari amaze kugirana ibiganiro na Serge Brammertz, uhagarariye ibiro b’umucamanza mukuru w’Urugereko rwashyiriweho kurangiza imanza zasizwe n’urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda (MICT). […]
Kuva muri E.U kw'u Bwongereza gushobora gusubirwamo nyuma yo kwegura kwa Theresa May
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza, Jeremy Hunt, umwe mu bashobora kuzasimbura Theresa May ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe, yaraye avuze ko umuyobozi w’u Budage, Angela Merkel , yagaragaje ko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi witeguye kongera kuganira kuri gahunda y’u Bwongereza yo kuva muri uwo muryango. Nyuma yo kuvugana na Angela Merkel mu cyumweru gishize, Hunt […]
RDC: Abantu barindwi barimo abasirikare babiri ba FARDC bishwe n’abantu bitwaje ibirwanisho
Abantu barindwi barimo abasirikare babiri ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bishwe n’abantu bitwaje intwaro mu bitero bibiri byagabwe kuwa Gatandatu no ku Cyumweru mu giturage cya Gbi ku nkengero z’Ikiyaga cya Albert no mu gace ka Tsukpa muri Sheferi ya Mambisa, ho muri Teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri. Igitero cya mbere cyagabwe […]
Knowless yavuze impamvu atajya ashyira umwana we ku karubanda
Umuhanzikazi Ingabire Jeanne Butera uzwi nka Knowless yatangaje impamvu atajya ashyira umwana we, Or ku karubanda by’umwihariko ku mbuga nkoranyambaga. Knowless yashakanye na Clement Ishimwe mu 2016. Baje kwibaruka umwana w’umukobwa ariko uyu mugore agashinjwa na rubanda guhisha uyu mwana, ingingo atera utwatsi yivuye inyuma. Mu kiganiro na Magic Fm mu mpera z’icyumweru, Knowless yatangaje […]
Musonye yavuze amagambo akakaye kuri Yanga na Simba banze kwitabira CECAFA Kagame Cup mu Rwanda
Umunyambanga Mukuru wa CECAFA, Nicholas Musonye yanenze amakipe yo mu gihugu cya Tanzania, Yanga Africans na Simba SC yatangaje ko atazitabira irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2019. Biteganyijwe ko iri rushanwa rizabera mu Rwanda kuva kuwa 7-21 Nyakanga 2019. Musonye yavuze ko ibi bitabuza iri rushanwa kuba kuko aya makipe atari yo kamara. “ Ntibitabiriye […]
Umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda wafunguwe
U Rwanda rwafunguye by’agateganyo umupaka wa Gatuna hagati yarwo na Uganda wari umaze amezi atatu ufunze ku modoka nini zitwara imizigo, uyu niwo ukoreshwa cyane hagati y’ibihugu byombi. Leta y’u Rwanda yafunze uyu mupaka ku modoka nini kuva tariki 28 z’ukwezi kwa Kabiri, n’ubwo hacyekwaga ko wafunzwe ku bw’ubushyamirane bwa politiki hagati y’ibihugu byombi bwari […]
Bushekeri: Abanyeshuri bigaga bacucitse bashyikirijwe ibyumba by’amashuri bishya
Abanyeshuri ba GS Gisakura n’ishuri ribanza rya Yove mu murenge wa Bushekeri mu karere ka Nyamasheke bari bamaze igihe bahangayikishijwe no kubona aho bigira heza,barishimira ko bagiye kwiga neza bisanzuye batabyigana nyuma yo gushyikirizwa ibyumba by’amashuri byiza byubatswe ku bufatanye bw’abaturage n’akarere ka Nyamasheke. Ngo n’igikorwa gisanzwe kiri mu mihigo y’umurenge nk’uko Bwiza.com yabitangarijwe n’umunyamabanga […]
Hahishuwe uko Joseph Kabila yifashishije intasi z’Abanya-Israel mu kuneka abataravugaga rumwe nawe
Uvda, ikiganiro gicukumbuye cya televiziyo yo muri Israel yitwa Channel 12, cyasohoye amabanga y’ikigo cy’ubutai kigenga kitwa Black Cube, kimaze iminsi gishyirwa mu majwi ku mikorere yacyo, aho bivugwa ko muri Congo abakozi bacyo barenze imbibe ubwo bakoreraga Joseph kabila wari perezida w’iki gihugu. Biravugwa ko hari mu mpera za 2015 ubwo Black Cube yatangizaga […]
Rusizi: Abakoraga mu ruganda rwa Shagasha baragaya uwari umuyobozi warwo wabashoye mu bwicanyi
Kugeza ubu mu ruganda rw’icyayi rwa Shagasha ruri mu murenge wa Giheke mu karere ka Rusizi habarurwa abari abakozi barwo n’abandi bakoraga mu mirima y’icyayi 37 bamaze kumenyekana bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi,benshi bakaba barishwe n’abo bakoranaga ku itegeko ry’uwari umuyobozi warwo Nsabimana Callixte ubu utazwi aho aherereye,bamwe mu bo yashoye mu kwica bagenzi babo […]
Sudani: Abayoboye imyigaragambyo barahamagarira abaturage kwigumura mu gihugu hose
Umuryango uhuriyemo impirimbanyi za demokarasi muri Sudani wasabye ko habaho ibikorwa byo kugumuka mu gihugu hose, nyuma y’iminsi habaye ibikorwa by’ihohotera by’igisirikare byahitanye abigaragambya babarirwa muri za mirongo. Itangazo ry’ishyirahamwe ry’abakozi (SPA) riyoboye imyigaragambyo muri iki gihugu risaba ko ibi “bikorwa byo kugumuka bitangira kuri iki cyumweru bikazarangira ari uko gusa hagiyeho leta iyobowe n’abasivile”. […]
Umunyemari w’Umugande wari uherutse gufatirwa mu Rwanda yarekuwe
Ubuyobozi bw’u Rwanda bwarekuye Emmanuel Sebuzuru, Umunyemari w’Umugande wari uherutse gufatirwa mu Rwanda kuwa Gatatu ushize. “ Yego, nabwiwe ko yarekuwe ,” uyu ni Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda, Frank Mugambage avugana na Chimpreports kuri uyu wa Gatandatu nyuma ya saa sita. “ Yari afite ibibazo bimwe ,” ibi ni ibyakomeje bitangazwa na Ambasadaderi Mugambage […]
Gasabo: Umushoferi yafatiwe mu modoka atwaye arimo kunywa urumogi
Kuri uyu wa 07 Kamena, nibwo Polisi y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo bakomeje ubukangurambaga bw’ibyumweru 52 bwa “Gerayo Amahoro” bugamije kurwanya no gukumira impanuka zo mu muhanda, bakangurira abamotari n’abashoferi kwirinda gutwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha. Nyamara umushoferi witwa Ngayaberuye Francois w’imyaka 30 yarenze impanuro n’inyigisho yahawe na Polisi n’abafatanyabikorwa bayo afatirwa mu cyaha cyo gutwara yanyoye […]
Peace Cup: APR FC yatsindiwe I Rwamagana ariko ikomeza muri 1/8
Ikipe ya Rwamagana City yatsinze APR FC igitego kimwe ku busa (1-0) mu mukino w’igikombe cy’Amahoro mu ijonjora ribanza. Gusa iyi nsinzi ntacyo yafashije Rwamagana City kuko yahise isezererwa ku giteranyo cy’ibitego bibiri kuri kimwe (2-1) mu mikino yombi. Uyu mukino wabaye kuri uyu wa gatandatu, wabereye ku kibuga cya Rwamagana City , wari […]
Tour du Cameroun: Abanyarwanda bihariye agace k'uyu munsi
Uyu munsi mu irushanwa ry’amagare riri kubera muri Cameroun wari agace ka 7. Abanyarwanda batatu baje myanya ya mbere. Byukusenge Patrick yabaye uwa mbere, akurikirwa na Mugisha Moise wakurikiwe na Manizabayo Eric. Byukusenge Patrick yanganyije ibihe na Mugisha Moà¯se bombi bakoresheje amasaha 3 , iminota 17 n’amasegonda 27. Manizabayo Eric we yarushijwe amasegonda 4. Inyuma […]
Umwami Rudahigwa yasize hehe u Rwanda? Kuki nta perereza rikorwa ku itanga rye?
Amateka ya politiki agaragaza ko nyuma yo kwicwa kwa Rudahigwa Mutara III , U Rwanda rwamaze imyaka 40 mu bibazo bya politiki bikomeye byiganjemo ivanguramoko n’ uturere kugeza ubwo jenoside yakorewe Abatutsi ibereye igahitana ubuzima bw’ abasaga miliyoni harimo n’ umugore we, umwamikazi Rosalie Gicanda. Kuva ubwo, umuhango wo kwibuka Mutara III watangiye kujya wubahirizwa […]
Babyeyi Bacu, turabasabira iteka ryose- Mme Jeannette Kagame abwira Intwaza
Madamu Jeannette Kagame wifatanyije n’ ababyeyi b’Intwaza batuye mu rugo Impinganzima rwa Huye na Nyanza, mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 8 Kamena 2019, yabashimiye kwiremamo icyizere cyo kongera kubaho kandi bakabigeraho. Intwaza, ni ababyeyi bagizwe incike na Jenoside yakorewe Abatutsi mu […]
Perezida wa Turkiya n'umugore we babaye abahamya mu bukwe bwa Ozil
Perezida wa Turikiya, Recep Tayyip Erdogan n’umufasha we, Emine babaye abahambya mu by’amategeko mu bukwe bw’umukinnyi Mesut Ozil bwabereye muri Istanbul. Ozil ukinira Arsenal mu Bwongereza yashyingiwe Amine wari usanzwe ari umunyamideri, umukinnyi wa filime, akaba yaranabayeho nyampinga wa Turkiya. Muri iki gihugu, ubukwe butari ubw’idini bukorwa bifashishije abahamya. Mu Cyongereza, umugabo twamwita ‘Best man’, […]
Nyarugenge: Ikipe y’abagore yakajije imyitozo ihigira gutwara igikombe ‘Kagame Cup’
Ikipe y’Umurenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, mu gihe yitegura umukino wa nyuma w’amarushanwa ‘Umurenge Kagame Cup’, irimo gukora imyitozo amanywa n’ijoro kugira ngo izegukane igikombe. Ni ikipe y’abagore y’umupira w’amaguru, umukino wa nyuma izawukina ku Cyumweru tariki ya 9 Kamena 2019, kuri Sitade ya Huye mu Ntara y’Amajyepfo. Iyi kipe ikaba […]
Amikoro make akomeje gukoma mu nkokora ishyirwamubikorwa ry’intego za SDGs
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gikurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’ Intego z’Iterambere Rirambye zizwi nka SDGs, Dr Belay Beyashaw, avuga ko kugeza ubu ari amikoro make akomeje kurikoma mu nkokora. Mu kiganiri yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Kamena 2019, mu Mujyi wa Kigali aho ikigo Sustainable Development Goals Center for Africa gikurikirana ishyirwa […]
Umunya uganda wari mu maboko y' abashinzwe umutekano mu Rwanda yarekuwe
Umunyayuganda Sebuzuru Emmanuel uyobora sosiyete itwara abantu Horizon wari waratawe muri yombi kuwa 5 Kamena 2019 yarekuwe. Bivugwa ko uyu Sebizuru yari yatawe muri yombi nyuma yo gufatwa n’ abakozi bakorera urwego rw’ igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) , ubwo yambukaga umupaka wa Cyanika ageze mu Mujyi wa Musanze aho yaraje gufata amafaranga ya sosiyete ayoboye […]
Burundi: Abaturage bari mu myigaragambo ikomeye bamagana radiyo RFI
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 8 Kanama 2019, mu Burundi hatangiye imyigaragambyo ikomeye y’abaturage bamagana radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa RFI aho bayishinja kubogama mu kiganiro iherutse kugirana na Marguerite Barankitse utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’Uburundi. Mu cyumweru gishize, nibwo iyi radiyo yagiranye ikiganiro na Madamu Marguerite Barankinze utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Pierre Nkurunziza. Uyu […]