Umugabo wanjye akunda kunyonka- Umugore utuye muri Kigali
Umugore witwa Anita Kagoyire (amazina yahinduwe nk’uko yabidusabye)Â yandikiye Bwiza.com avuga ko afite umugabo ukunda kumwonka amabere kuko akunda amashereka ye. Mu kutwandikira, yasabye ko abasomyi mwamugira inama y’icyo yakora ngo abireke kuko ibi byatumye amabere ye aba mato kandi atabikunda. Yagize ati ” Nari mfite amabere manini gusa bitewe n’umugabo wanjye akunda kuyonka, ubu […]
Umunyarwandakazi arashinja uwahoze ahagarariye u Rwanda muri LONI kumufata ku ngufu
Umunyarwandakazi utatangajwe amazina ye avuga ko mu 2014 yafashwe ku ngufu nâuwahoze ahagarariye igihugu cy’u Rwanda muri muri LONI, Eugene Richard Gasana. Mu nkuru yâikinyamakuru New York Times yasohotse kuwa 14 Kamena uyu mwaka ivuga ko dosiye yâikirego yashyikirijwe urukiko ivuga ko uyu mugore yemeza ko yafashwe ku ngufu na Gasana inshuro ebyiri. Avuga ko […]
USA: Joe Biden yiyemeje ko aramutse atowe azarandura Cancer
Umunyapoliti w’ umunyamerika , Joe Biden wari wungirije Perezida Barack Obama ubwo yari mu mirimo ye, yatangarije abaturage kuzarandura indwara ya cancer muri Amerika nibaramuka bamutoreye kuyobora iki gihugu muri 2020. Iyi ntego yo guhangana n’ indwara ya cancer iri mu za mbere zibasiye Abanyamerika, Joe Biden yashimangiye ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza kuba […]
Rusizi: Abaturiye imipaka barasabwa kwirinda icyabangamira ubuhahirane bwabo nâimibanire myiza
Abaturage bâumurenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi,aba kamanyola muri  Kongo nâaba Rugombo mu Burundi bavuga ko nubwo harikiri ibibazo ku mupaka wâu Rwanda nâu Burundi bikibangamiye  imigenderanire nâimihahiranire yabo ariko muri rusange uko imyaka ishira urwikekwe rwagendaga rurangwa hagati yâabaturiye iyi mipaka rugenda rushira bakabyishimira,bagasabwa kwirinda icyasubiza inyuma ubumwe,imigenderanire nâimihahiranire yabo. Babisabwe nâumuryango Never […]
Gishari: Aba-DASSO 429 basoje amahugurwa yo gutyaza ubumenyi- AMAFOTO
Kuri uyu wa gatanu, i Gishari mu ishuri ryâamahugurwa Polisi yâu Rwanda (Police Training School) hasojwe amahugurwa yo gutyaza ubumenyi (refresher course) yari yaritabiriwe nâaba-DASSO 429 barimo 37 bâigitsina gore baturutse mu mirenge yose yâigihugu. Muri aya mahugurwa yari amaze ibyumweru bitatu (3) bahawe amasomo abongerera ubumenyi mu kazi kabo kaburi munsi bahawe nâinzego zitandukanye […]
Imana irakunda kandi ikanga: Umupasiteri wasabiye abatinganyi kwicwa
Umushumba w’itorero yobokamana akaba n’umupolisi muri Amerika yavuze ko abashakana bahuza ibitsina bakwiriye kwicwa ngo ‘kuko Imana ikunda kandi ikananga’. Aya magambo yayatangaje ku wa 2 Kamena ariko yatangiye gushyirwa ku mbuga nkoranyambaga ejo hashize. Ni amashusho yatangiye yashyizwe bwa mbere kuri rukuta rwa Facebook rw’itorero rye ryitwa ‘All Scripture Baptist’, agaragaza Fritts asomera itorero […]
Ubusuwisi: Umuhanzi Jah Bone D arakataje mu mikoranire n'abahanzi mpuzamahanga
Umuhanzi w’ Umunyarwanda, Rurangirwa Darius uzwi ku izina rya Jah Bone D, uririmba mu njyana ya Reggae, wamamaye cyane mu ndirimbo âSi Abantuâ afatanyije n’ abacuranzi banditse amateka ,arateganya gushyira hanze umuzingo mushyashya w’ indirimbo ziri ku rwego mpuzamahanga. Iyi ntero yashimangiwe na Rurangirwa Darius uzwi ku izina rya Jah Bone D Kageme mu kiganiro […]
Kuva ku ya 01 Nyakanga 2019, ibitaro byâuturere bizatangira gukoresha ikoranabuhanga mu gupiganisha amasoko
Guhera ku itariki ya mbere yâUkwezi kwa Nyakanga 2019, ibitaro byose byâUturere two mu Rwanda bizatangira gukoresha uburyo bwâikoranabuhanga (E-procurement system) mu gupiganisha amasoko. Ibi byatangajwe nâUmuyobozi Mukuru wâIkigo cyâIgihugu Gishinzwe Gutunganya Amasoko ya Leta (RPPA), Bwana Augustus Seminega, mu kiganiro nâabanyamakuru mu mpera z’ukwezi gushize. Nkâuko Umuyobozi Mukuru wa RPPA, Bwana Augustus Seminega yabitangarije […]
Sarah Sanders wari umuvugizi wa Maison Blanche yasezeye ku mirimo ye
Sarah Sanders, umuvugizi wa Maison Blanche kuva muri Nyakanga 2017, wari umenyereweho kuvuganira Perezida Donald Trump cyane no mu bihe bikomeye kuri ubu yamaze gusezera ku mirimo ye. Nkâuko bisanzwe, abinyujije kuri twitter, Perezida Trump ubwe niwe watangaje kuri uyu wa kane ko Sanders yamusezeye azava ku mirimo ye mu mpera z’uku kwezi kwa Kamena. […]
Amakuru mu igura n'igurisha muri ruhago: Pogba arashakwa na Juventus, Lukaku muri Inter, Salah…
Amakuru y’igura n’igurisha ry’abakinnyi n’abakinnyi riracyakajije umurego cyane ku mugabane w’i Burayi. Hari abakinnyi bavuzwe ko bagomba kuva mu makipe bakinira ubu ngubu ariko ntibiraba. Twemera ko bashobora kugenda koko, tukanemera ko bashobora kugumamo ariko kandi ntitwanahakana ko amakipe avugwa cyane ko yabatwara byarangira atabashyikiriye. Byatangiye bivugwa ko Umufaransa Paul Pogba azagurwa na Real Madrid […]
Burundi: HRW iratabariza abanyapolitiki 10 baburiwe irengero
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch wemeza ko ishyaka CNDD-FDD riri kubutegetsi mu Burundi rifatanyije n’ Imbonerakure ryakubise, rifunga mu buryo butubahirije amategeko ndetse ryica abanyapolitiki bo muri opozisiyo. Ibi byatangajwe muri Raporo ya HRW yo kuwa 13 Kamena 2019, ubwo byagaragajwe ko Leta ya Perezida Pierre Nkurunziza yakomeje guhohotera abatavuga rumwe […]
RDC: Umusirikare wa FARDC yishe abantu batatu barimo umugore we mbere yo kwicwa na bagenzi be
Umusirikare wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,kuri uyu wa Kane, itariki 13 Kamena yarashe umugore we aramwica nyuma yo gutongana akanya gato muri Komini Mangobo, muri Kisangani, umurwa mukuru wâIntara ya Tshopo, mbere yo kwica abaturanyi babiri bari batabaye nawe akicwa na bagenzi be. Biravugwa ko nyuma yo kurasa umugore we akamwica, abaturanyi bagerageje kumufata […]
Umumotari yantwaye aho kunjyana iwanjye, anjyana iwe ku Gisozi ngo ansambanye
Muraho bakunzi ba Bwiza.com? Nitwa Jeanne Kamaliza (izina ryahinduwe), ndi umubyeyi w’imyaka 37 y’amavuko. Nifuje kubasangiza ibyambayeho mu ijoro ryo kuri uyu wa 14 Kamena 2019. Ndi umugore wâumwana umwe nkaba ntuye mu Mujyi wa Kigali, ubwo natahaga nimugoroba nka saa tatu yine nateze umumotari ku Kinamba ngira ngo angeze iwanjye. Namuhaye amafaranga 500 nurira […]
Mu gihe umupaka wa Gatuna umaze ufunze abacuruzi bâAbagande bamaze guhomba miliyari zisaga 170Â
Mu gihe cyâamezi atatu umupaka wa Gatuna ufunze, abacuruzi bâAbagande ngo bahombye abarirwa muri miliyari 178.6 zâamashilingi nkâuko byatangajwe nâUrwego rwâAbikorera muri Uganda (PSF-U). Nkâuko byatangajwe nâUmuyobozi nshingwabikorwa wa PSF-U, Gideon Badagawa, ngo Uganda yasaruraga byibuze miliyoni zisaga 200 zâAmadolari buri mwaka avuye mu bucuruzi yakoranaga nâu Rwanda binyuze ku Mupaka wa Gatuna. Iki gihugu […]
Nyamasheke: Barajwe ishinga no kwegukana igikombe cyâimihigo 2018-2019
Nyuma yâuko ikipe yâabagore yâumurenge wa Gihombo mu karere ka Nyamasheke itwariye igikombe cyâumurenge Kagame Cup mu mupira wâamaguru itsinze iyâumurenge wa Nyakabanda mu karere ka Nyarugenge, kuri penaliti 6 kuri 5 mu gihe umukino wari warangiye amakipe yombi anganya 0-0, imikino ya nyuma yâiki gikombe yose ikaba yari yabereye kuri Stade Huye mu ntara […]
Uvugwaho gutuma Diamond aca inyuma Tanasha yanze kuripfana
Umukobwa witwa Vivian ushinjwa kuba inshoreke yâumuhanzi Diamond Platnumz yagize icyo avuga ku byo ashinjwa. Hakomeje gucicikana amakuru ku mbuga nkoranyambaga zo muri Tanzaniya ko uyu mukobwa uba ibwotamasimbi. Ababivuga bashingira ku kuba uyu mukobwa yari mu ifatwa ryâamashusho yâindirimbo Inama kandi atari buyigaragaremo. Uyu mukobwa ufite umwana umwe uzwi nka Vivafabrica kuri instagram atangaza […]
Kenya: Impunzi zirimo n'iz'Abanyarwanda zishinjwa gutingana ziri mu kaga
Intsinda ry’impunzi zivuga ko ziva mu Rwanda, u Burundi, Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Uganda, na Tanzaniya barangwa n’imigirire mpuzabitsina inyuranye (LGBTI) rivuga ko ryirukanywe aho ryari ricumbitse i Nairobi kubera kwangwa n’abaturage. Izi mpunzi zirenga 60 zirimo abana 29 zivuga ko ubu ziri mu nzu y’ibyumba bitatu zakodesherejwe n’umuntu ku giti cye aho zivuga […]
Burundi: Umusirikare ushinjwa kubeshya ubwoko bwe ari mu mazi abira
Umusirikare wâu Burundi, Sergent Godefroid Nzeyimana, ufite nimero SC 5639, ukomoka muri Komini Nyabihanga, Intara ya Mwaro, ari mu mazi abira ku buryo bishobora kumuviramo kwirukanwa nyuma yâaho bitangarijwe ko yabeshye ubwoko bwe, ubwo yinjiraga mu gisirikare cy’u Burundi. Ku wa 29 Mata 2019, nibwo umugaba mukuru wâIngabo, Gen. Major Prime Niyongabo, ngo yagejeje igitekerezo […]
Umusore yategetswe kuzajya aryamana na nyina rimwe mu kwezi kugira ngo ubutunzi bukomeza kwiyongera
Umugabo wo mu Ntara ya Cabo Delgado, mu gihugu cya Mozambique, witwa Manuel Guebuza,  hahishuwe ubuzima amazemo imyaka 10, aryamana na nyina inshuro imwe buri kwezi, nyuma yo kubisabwa nâimbaraga za sekibibi zamuhaga imbaraga zo gukomeza kuba umumiliyoneri. Ni umugabo uzwi cyane mu mujyi wa Balama, uherereye muri iyi Ntara, byâumwihariko ngo akaba asanzwe akora […]
Perezida FĂ©lix Tshisekedi mu ruzinduko rwâakazi i Burundi na Tanzania
Perezida FĂ©lix Tshisekedi kuri uyu wa 13 Kamena 2019, yatangiye uruzinduko rwâakazi rwâiminsi ibiri muri Tanzania aho biteganijwe ko azagirana ibiganiro na Perezida wâicyo gihugu, John Magufuli, ibiganiro byabo bikaba biteganijwe ko byibanda ku gukomeza umubano wâubufatanye hagati yâibihugu byombi. Uru ni uruzinduko rwa mbere Perezida Tshisekedi agiriye muri Tanzania nyuma yâaho agiriye ku butegetsi. […]
Nyirasafari arakwigisha uko bakuna [Guca imyeyo] n'ibyiza byabyo- Reba Video
Nyirasafari Patricie ni umukecuru w’imyaka 77, ni umuvuzi gakondo uvuga ko uyu mwuga awumazemo imyaka myinshi, afasha abamugana kandi ngo bakanyurwa na serivisi abaha. Avuga ko Gukuna cyangwa Guca imyeyo kwa gikobwa ari umuco wa kera kandi n’ubu bamwe bagikomeje. Ku bwe avuga ko umukobwa utarakunnye cyangwa utaraciye mu rubohero bishobora kumugiraho ingaruka bitewe n’uko […]
Nta gihugu cyakwikemurira ibibazo by'iterabwoba cyonyine- IGP Dan Munyuza
Umuyobozi wa Polisi yâu Rwanda, I GP Dan Munyuza avuga ko ubufatanye ari ngombwa mu guhangana nâibyaha bimwe na bimwe bishobora kwambukiranya imipaka. Avuga ko nkâibibazo byâiterabwoba nta gihugu cyabyikemurira cyonyine hatabayeho ubufatanye. Mu nama ngarukamwaka ku mahoro n’umutekano yabereye mu ishuri rukuru rya Polisi mu Karere ka Musanze, Intara yâAmajyaruguru, kuri uyu wa Kane […]
Rutsiro: Umuganga yafashwe yibye ibikoresho byâikigo nderabuzima yakoreraga
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 13 Kamena, Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Rutsiro mu murenge wa Kivumu yafashe umuganga witwa Ngiruwonsanga Jean Damascene wâimyaka 31yâamavuko wakoraga aho bafatira ibizamini byâabarwayi (laboratoire) ku kigo Nderabuzima cya Kayove yibye ibikoresho yakoreshaga mu kazi. Ibyo bikoresho birimo inshinge amapaki abiri (2), udukoresho bifafisha bapima ubwandu […]
Icyabafasha kugera ku ntego nk'abatavuga rumwe n'ubutegetsi:Museveni
Ejo hashize, abaminisitiri b’imari mu bihugu bitanu bigize umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba basomye ingengo y’imari ya 2019/2020. Muri Uganda, Museveni yari yitabiriye iki gikorwa, atanga igitekerezo ariko akomoza no ku batavuga rumwe n’ubutegetsi; bo agira inama yo kugera ku cyo bashaka. Museveni yatangiye abasangiza ku mateka ye yo kutavuga rumwe n’ubutegetsi bwariho, ababwira uko yabigenje kuva […]
BasketBall: Ikipe Perezida Paul Kagame afana muri NBA yatsinzwe na Toronto Raptors
Perezida Paul Kagame akunze kugaragara ashyigikira ikipe ya Golden State Warriors ikinamo ibyamamare nka Stephen Curry,Kevin Durant,Klay Thompson,Draymond Green muri NBA. Gusa ntiyabashije kwikura imbere ya Toronto Raptors kuko mu ijoro ryo kuwa 13 Kamena 2019 Golden State Warriors yatsinzwe na Toronto Raptors amanota 114 kuri 110 wari umukino wa gatandatu wahuza amakipe yombi. Toronto […]
Charles Ntakirutinka avuga ko Padiri Alexis Kagame yamubereye urugero rwiza
Charles Ntakirutinka avuga ko hagati 1967 na 1969, Padiri Kagame Alexis yamubereye umwarimu i Kansi i Butare amwigisha amasomo y’Â Ikinyarwanda n’ Amateka y’ U Rwanda. Mu kiganiro na Bwiza.com, Charles Ntakirutinka yashimangiye ko Padiri Alexis Kagame waje guhabwa ubusenyeri bw’ icyubahiro yari umunyarwanda wuzuye ndetse yamuhaye n’ urugero rwiza mu mpande zose z’ ubuzima. […]
EAC: Ingengo y'imari ya Kenya iruta iy'ibihugu 4 byihurije hamwe
Uyu munsi, abaminisitiri b’imari mu bihugu bitanu bigize umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba basomye ingengo y’imari ya 2019/2020, imbere y’inteko ishinga amategeko. Kenya ifite ingengo y’imari iruta iy’ibindi bihugu bine by’uyu muryango. Ibihugu byamaze kuyigaragaza ni u Rwanda rwagennye miliyari $3.2Â (asaga tiliyari 2.8 z’amafaranga y’u Rwanda), Tanzania ni miliyari 14.2 z’amadolari y’Amerika, u Burundi ni miliyoni […]
Urukiko rwagize ibanga ubuzima Col. Tom Byagabamba na bagenzi be bafunzwemo
Urukiko rw’Ubujurire i Kigali, kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Kamena 2019, ntirwavugiye mu cyumba cy’urukiko ibyo rwabonye mu isuzuma rwakoze ku buryo Col Tom Byabagamba na bagenzi be bafunzwemo. Byari biteganyijwe ko uyu munsi urukiko ruvuga uko rwasanze Col Tom Byabagamba na Rtd Gen. Frank Rusagara n’umushoferi we bafunzwe, kuko barubwiye ko bafunzwe […]
Iyo umugore wanjye ampemukiye, anshukisha imibonano mpuzabitsina-Mungire inama
Tumaze imyaka isaga itanu tubanye n’ umugore wanjye ariko ikimbabaza ni uko buri gihe iyo ankoreye amakosa aho kugira ngo yikosore ansaba imbabazi za nyirarushwa kuko aba azi neza ko nidukora imibonano mpuzabitsina mpita nibagirwa amakosa ye. Mperutse gutaha mu rugo ahagana saa tanu n’ igice za nijoro numva mu nzu hahumura ibintu byashiririye cyane […]
Musanze: Imiryango isaga itanu yazonzwe nâimbaragasa kubera kurara mu byatsi
Abaturage bo mu Kagari ka Mudakama, Umurenge wa Gataraga mu karere ka Musanze, bavuga ko barara mu byatsi kubera amikoro make, bityo ko batoroherwa nâimbaragasa zirara zibarya. Ni imiryango irenga itanu, bose bavuga ko bari mu kiciro cya mbere cyâubudehe, bamwe nâubwo barara ku byatsi cyangwa se amababi yâibiti, bavuga ko biyorosa inzitiramibu. Nyirakadari Floride, […]
Tanzaniya: Yakatiwe imyaka 30 yâigifungo nyuma yo kubyarana nâumukobwa we akiregura ko satani yamushutse
 Umugabo witwa Jocob Shaban ukomoka mu karere ka Misungwi mu mujyi wa Mwanza mu gihugu cya Tanzaniya, yakatiwe nâurukiko rwa Misungwi gufungwa imyaka 30 nyuma yo guhamwa nâicyaha cyo kubyarana nâumukobwa we wâimyaka 14 yâamavuko. Uyu mugabo wâimyaka 30 yâamavuko yatangiye gusambanya umwana we wâumukobwa wâimyaka 14 yâamavuko nyuma yâuko uyu mugabo atandukanye nâumugore […]
Burundi : Amashyaka abiri niyo amaze kwemeza ko azahatana mu matora ya perezida
Kugeza ubu abakandida babiri ku mwanya wâumukuru wâigihugu nibo bamaze kumenyekana mu gihe habura amezi nka 12 ngo mu Burundi habe amatora ya Perezida ateganyijwe mu 2020. Amashyaka abiri, UPRONA benshi bita UPRO-DD ngo kuko ari cyo gice cyemewe na Leta iyobowe na CNDD-FDD, ndetse nâishyaka CNL rya Agathon Rwasa niyo amaze gutangaza ko azahatana […]
Ihame ry'uburinganire n'imyemerere y'idini ntibitandukana ahubwo biruzuzanya- Bishop Rucyahana
Umuyobozi w’ihuriro ry’amadini n’amatorero mu Rwanda, Bishop Rucyahana John, avuga ko uburinganire ari inking ikomeye yâiterambere, bityo ko ihame ryabwo ryuzuzanya nâidini aho gutandukana. Yabitangarije urubyiruko ruteraniye mu Karere ka Karongi, Intara yâIburengerazuba, kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Kamena 2019, mu biganiro byahuje abayobozi barenga 100 b’urubyiruko, baturuka mu madini atandukanye mu Rwanda. Ni ibiganiro […]
Turkiya yanze igura ubwirinzi bwa missile bw'Abarusiya Amerika yayibujije
Perezida Recep Tayyip Erdogan wa Turukiya avuga ko yizeye ko ubwirinzi bwa misile bwo guhanura indege bukorwa n’Uburusiya, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zibona nk’imbogamizi ku ndege zayo z’intambara, buzagera muri Turukiya mu kwezi gutaha kwa karindwi. Amerika yari yavuze ko Turukiya idashobora kugura icyarimwe ubwo bwirinzi bwa misile bwa S-400 n’indege zayo z’intambara zo […]
Chris Froome watwaye Tour de France 4 ntazayitabira uyu mwaka nyuma y'impanuka
Ku wa gatatu tariki ya 12 Kamena, ubwo Chris Froome yari mu irushanwa ry’amagare rya Criterium du Dauphine mu Bufaransa, yakoze impanuka ku buryo byamugizeho ingaruka yo kutazitabira ‘Tour de France 2019’. CNN dukesha iyi nkuru ivuga ko Chris Froome watwaye iri rushanwa ubugira kane, yagonganye na bagenzi be, agira ibikomere byinshi harimo n’imvune yo […]
Ubwenge ni cyo kintu nyakuri ukeneye kuri iyi Si
Imigani 4:7 Ndashaka ko usoma ibaruwa idasanzwe nkoherereje ibitekerezo byanjye yewe nâakababaro kanjye. Nzishyura icyo ari cyo cyose kugira ngo akababaro kawe gashire kugira ngo ugire ahazaza hawe hazabe hanini ndetse nâukwemera kwawe gukure. â Ubwenge ni cyo kintu nyakuri ukeneye kuri iyi Siâ Ku mahitamo yawe bwite, si icyemezo Imana igufatira. Ubwenge ni bwo […]
Igisirikare cya Uganda kivuganye Umunyekongo nyuma yo gukozanyaho
Umunyekongo wâimyaka 28 kuri uyu wa gatatu yiciwe mu kurasana nâingabo za Uganda mu bujura bwaberaga mu Karere ka Kisoro. Uyu munyekongo wishwe biravugwa ko yitwa Louise Louis Nambajimana utuye Busanza, muri Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu yarashwe nâabasirikare ba Uganda baturuka ahitwa Kanombe, mu Mudugudu wa Giharo, muri Muramba ahagana […]
Manchester United izatangira yakira Chelsea mu mikino ya Shampiyona yâUbwongereza 2019/2020
 Kuri uyu wa kane tariki ya 13 Kamena 2019 , nibwo ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru mu Bwongereza FA ryashyize ahagaragara uko amakipe azakina mu mwaka wâimikino ya Shampiyona yâigihugu cyâu Bwongereza 2019/2020. Iyi shampiyona ikunzwe kurusha izindi ku isi, izatangira tariki ya 9 Kanama 2019 isozwe tariki ya 17 Gicurasi 2020. Ku munsi wa mbere […]
Itangazo ryo guhinduza izina
Uwitwa Hakizimana Emmanuel mwene Kayitare Emmanuel na Mugorewayitu Agnes, utuye mu Mudugudu wa Mukoni, Akagari ka Kavumu, Umurenge wa Busasamana, Akarere ka Nyanza, Intara y’Amajyepfo, uboneka kuri Telefone No 0788211669/0783949176. Yasabye uburenganzira bwo guhindura amazina asanganywe, Hakizimana Emmanuel, agasimbuza izina Hakizimana, izina Kayitare, akitwa Kayitare Emmanuel mu irangamimerere. Impamvu atanga ni uko izina Hakizimana ari […]
Diamond aravugwaho guca inyuma Tanasha utwite imvutsi
Amakuru akomeje gucicikana avuga ko Diamond Platnumz yaba aca inyuma umukunzi we, Tanasha utwite akaryamana nâumukobwa witwa wo muri Kenya witwa Vivian. Abakoresha imbuga nkoranyambaga baravuga ibi ahanini bashingiye ku kuba uyu mukobwa wiyita Vivafabrica kuri instagram ari umwe mu bashyize hamwe amashusho atarigeze akoreshwa mu  (behind the scenes) mu ndirimbo Inama, uyu mugabo yafatanyije […]
Kamonyi/Kayenzi: Umuyoboro wâamazi wa Ntwali watumye abatuye ibice byâicyaro babona amazi meza
A baturage bo mu Kagari ka Cubi, Umurenge wa Kayenzi, mu Karere ka Kamonyi, bavuga ko umuyoboro w’amazi wa Ntwali, utumye bava mu bwigunge ku kibazo cyâamazi batagiraga kuko byasabaga ko bakora urugendo rwâisaha bajya kuvoma amazi ari mu Maliba yâutubande dore ko ari nâagace kâimisozi miremire. Havugimana Jean Bosco utuye mu mudugudu wa Nyakigezi […]
Nyamasheke: SACCO ya Nyabitekeri yanyerejwemo asaga Miliyoni 84
Miliyoni zirenga 84 zâamanyarwanda ni yo mafaranga amaze kumenyekana yanyerejwe nâuwari umucungamutungo wa Nyabitekeri SACCO, Gombaniro Justin, uwari umubaruramari Nahayo Kosima nâabandi bakozi Batatu bayikoragamo muri 2016, bose bakaba barirukanywe,uyu wari umubaruramari akaba ari mu maboko yâubutabera na ho uwari umucungamutungo Gombaniro Justin  agishakishwa ngo na we ayaryozwe,a banyamuryango bayo  bagasaba ko umutungo wabo ugaruzwa. […]
Yishwe nâumugabo amuziza ko atamushimishije mu buriri
Umugore ukomoka muri Nigeria uba mu Butaliyani witwa Blessing Benedicta Daniels yishwe nâumugabo ukomoka muri iki gihugu witwa Leopoldo Scalici amuziza ko atamushimishije mu buriri. Ikinyamakuru Modena today kivuga ko Scalici w’imyaka 40 yasabye Benedicta ko baryamana muri weekend ishize ubwo yari mu gace ka Modena yâamajyaruguru. Uyu mukobwa ukora akazi ko gucuruza umubiri yakubiswe […]
Ku myaka itatu, ubwonko bwâumwana buba bumaze gukura ku kigero cya 80%- Ubushakashatsi
Ababyeyi basabwa kwita ku buzima bwâumwana cyane cyane kugeza ku myaka itandatu, gusa ku ruhande rwabo bavuga ko bazi akamaro ko kumwitaho ngo n’ubwo bwose bagihura nâimbogamizi zitandukanye. Bamwe muri aba babyeyi bavuga ko umwana uganirijwe akiri mu nda abyumva kandi bikamugiraho ingaruka nziza, yamara kuvuka agahabwa amafunguro yateguwe neza no gukorerwa ibindi bikangura ubwonko […]
RDC: Abantu bafunzwe bazira uruhare mu iyicwa rya Laurent D. Kabila barasabirwa imbabazi za perezida
Urugendo rwari rugamije gusaba irekurwa rya Eddy Kapend na bagenzi be bafunzwe nyuma yo guhamwa no kugira uruhare mu iyicwa rya Perezida Laurent Desire Kabila, rwahagarikiwe ahitwa Palais du Peuple nâabapolisi, abari barurimo biganjemo inshuti nâimiryango yabo bimukira ku cyicaro cyâUmuryango utegamiye kuri leta, ASADHO aho bigaragambirije amasaha makeya basaba ko aba barekurwa. Urit Ndongo, […]
Urubanza mu mizi rwâUmushinwa ushinjwa gusambanya ku gahato Umunyarwandakazi rwasubitswe
Umucamanza mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ntiyaburanishije mu mizi urubanza Umunyarwandakazi aregamo Umushinwa Wang Yang Jian, wamukoreshaga, kumusambanya ku gahato, aho umucamanza yabanje gusuzuma inzitizi zâababuranira Jian bamusabira gukurikiranwa yidegembya kuko ngo ubuzima bwe butameze neza aho afungiye. Uyu Mushinwa ukurikiranweho gukoresha Umunyarwandakazi yakoreshaga imibonano mpuzabitsina ku gahato araburana mu rurimi rwâIgishinwa afite umusemuzi wâUmunyarwanda […]
Nyagatare: Batatu bafatanywe litiro 125 zâikiyobyabwenge cya Kanyanga
Kuri uyu wa 11Kamena, Polisi ikorerera mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Tabagwe yafashe abagabo batatu aribo Hagenimana Eric wâimyaka 27 yâamavuko, Dusabimana Eric wâimyaka 26 na Hagezwanimana Gasore wâimyaka 17 bafite litiro 125 zâikiyobyabwenge cya Kanyanga. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu Ntara yâIburasirazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Hamdun Twizeyimana yavuze ko […]
Rusizi: Akurikiranweho gusambanya abana batanu abashuka ko âabakorera umutiâ
Umugabo wo murenge wa Nzahaha ,amaze ibyumweru bibiri afungiye kuri Polisi ya Gashonga akurikiranweho gusambanya ku ngufu abana batanu bose bo mu mudugudu wa Ryarusaro, mu kagari ka Butambamo. Mu kubashuka ngo ababwira ko bagiye âgukora umutiâ, akabaha ibiceri, ibisheke cyangwa akabereka televiziyo. Kuri uyu wa mbere tariki 10 Kamena, ku biro byâumurenge wa Gashonga […]
Mont Kigali: Urutare rwa Semafigi rugiye guturitswa
Amasosiyete NPD/COTRACO na China Road amaze igihe ari kubaka umuhanda wa Nyamirambo- Karama uzahuza ibi bice bya Giti cy’ Inyoni, mu rwego rwo kurushaho kwihutisha imirimo yiyemeje kumena urutare rwa Semafigi rwatumye imirimo y’umuhanda isa nk’ikomwa mu nkokora . Nyuma yo kumenyeshwa ko uru rutare ruzaturitswa kuwa 13 Kamena 2019 ,abaturage baruturiye batangiye kugira impungenge […]
Raporo ya Global Peace Index 2019 yashyize ibihugu byo mu karere mu myanya yâinyuma
Ibihugu bya Tanzania nâu Rwanda nibyo biza imbere mu karere mu bijyanye nâamahoro nkâuko byagaragajwe nâIgipimo cyâuko ibihugu bihagaze ku Isi mu Mahoro (Global Peace Index 2019), ariko muri rusange ibi bihugu byo mu karere bikaba biri mu myanya yâinyuma. Iki gipimo gisohorwa buri mwaka n’ikigo Institute for Economics & Peace cyo muri Australia gikora […]
Ku munsi wa kabiri wâuruzinduko rwe, Hon. Mukabalisa yabonanye na Minisitiri wâIntebe wa Tanzania
Ku munsi wa kabiri wâuruzinduko rwe rwâakazi mu gihugu cya Tanzania, Perezida wâInteko Ishinga Amategeko yâu Rwanda, Hon. Mukabalisa Donatille yabonanye na Minisitiri wâIntebe wâiki gihugu, Rt Hon. Kassim Majaliwa bagirana ibiganiro ku gukomeza imibanire nâubufatanye mu nzego zitandukanye hagati yâibihugu byombi. Aganira na Hon. Mukabalisa, Minisitiri wâIntebe wa Tanzania, Kassim Majaliwa yavuze ko Tanzania […]
Sam Gody mu banyamakuru 3 basigaye muri 70 barwanyaga Jenoside yakorewe Abatutsi
Nshimirimana Sam Gody , uyubora MIC, avuga ko mu banyamakuru basaga 70 bandikaga ibirwanya Jenoside bishwe n’ Interahamwe , ubu hasigaye abatarenze batatu we ubwe, Mugabo Justin na Adrien Rangira. Abo banyamakuru basaga 70Â bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri 1994 bagiye bazira uko baremwe ndetse n’ ibitekerezo byabo byiza kuko bandikaga ibinyamakuru […]
Rwamagana: Abahinzi barishimira ko Kawa yabahinduriye ubuzima
Abahinzi ba Kawa mu Murenge wa Karenge mu Karere ka Rwamagana bishimira uburyo igihingwa cya Kawa cyahinduye imibereho yabo kikabafasha kwikura mu bukene. Abahinzi ba kawa bo mu Kagari ka Byimana, muri uyu Murenge wa Karenge babwiye Bwiza.com ko bishimira uburyo amakoperative yâabahinzi bayo  yabafashije kwikemurira ibibazo byabangamiraga imibereho yabo. Ntawumenyumunsi Cyprien, umwe  muri aba […]
Ijambo Rose Kabuye yavuze akiyobora Kigali ritangiye kuba impamo
Lt. Col. Rose Kabuye yayoboye Umujyi wa Kigali (1994-1998) , ubwo wari ugizwe na Komine eshatu arizo Kacyiru, Kicukiro na Nyarugenge yakunze kumvikana abwira abaturage bifuza kuba mu Murwa wa Kigali batabifitiye ubushobozi ko bazawivanamo ntawubirukanye. Muri icyo gihe cya nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi , urugamba rwo kubohoza igihugu hagati ya MRND na FPR […]
Gisagara: Abasenyewe nâikorwa ryâumuhanda bashinja gitifu kubaka âakantuâ ngo abakorere ubuvugizi
Abaturage barenga 60 bo mu Murenge wa Gikonko mu Karere ka Gisagara bavuga ko inzu zabo zasenywe nâikorwa ryâumuhanda, ariko bakaba barishyuye bamwe abandi barasigara, bityo bagashinja umuyobozi wâAkagari ko ariwe wanga ko babishyura kuko abasaba amafaranga. Ni umuhanda munini uva mu Karere ka Huye werekeza muri Gisagara, abatuye hafi yâuyu Muhanda, mu kagari ka […]
Yafashwe asambana nâihene avuga ko yabitewe nâumugore we
Umugabo witwa Efwena wo mu gihugu cya Ghana yaguwe gitumo nâabaturanyi asambanya ihene, avuga ko impamvu ari umugore we. Uyu mugabo yabwiye abari aho ko umugore we atajya amuha akanya ngo batere akabariro kuko ngo akenshi amubwira ko aba afite umunaniro aterwa nâakazi. Ikinyamakuru Ghana web kivuga ko Efwena yabwiye umuyobozi wâicyaro ko yari amaze […]
Kuba abafite ubushobozi bajyana abana babo kwiga hanze, nta kibazo mbibonamo- Ingabire Immaculée
Ni kenshi abantu benshi bakunze kwibaza ku bayobozi bakomeye mu gihugu cyangwa se abandi bifite, bajyana abana babo kwiga mu mahanga rimwe na rimwe bakiri bato, mu gihe bivugwa ko mu Rwanda ireme ryâuburezi rwazamutse. Ku bwa Ingabire, avuga ko nta kibazo abibonamo. Ingabire Marie ImmaculĂ©e ni impirimbanyi mu kurwanya ruswa nâakarengane akaba nâUmuyobozi wa Transparence International […]
Afurika yâEpfo: Amakuru mashya ku iyicwa ry'Umunyarwanda Camir Nkurunziza yateje urujijo
Iraswa ryâUmunyarwanda Camir Nkurunziza muri Afurika yâEpfo ryajemo urujijo nyuma yâubuhamya bwâushinzwe iperereza kuri iri raswa wemeza ko babiri bafashwe bakekwagaho kumurasa batigeze barasa. â Nta rasa ryâimbunda ryavuye ku bashinjwa numero ya mbere nâiya kabiri ,â uyu ni Sergeant Karen Richards ukuriye iperereza mu Rukiko rwa Goodwood. Aya akaba ari yo makuru aheruka arebana […]
Hatanzwe impapuro zo guta muri yombi Wema Sepetu
Urukiko rwâibanze rwa Kisutu rwatanze impapuro zo guta muri yombi umukinnyi wa Filimi, Wema Sepetu. Uyu mukobwa wabaye nyampinga wa Tanzania, ashinjwa gusakaza amashusho yâurukozasoni. Ni nyuma yo kutitabira iburanisha ryurukiko nkâuko yari yabitegeteswe nâumucamanza. Umuhagarariye mu mategeko, Reuben Simwanza avuga ko ari gukora uko ashoboye ngo afashe umukiliya we. Uyu munyamategeko yabwiye urukiko nkâuko […]
Justin Bieber yasabye Tom Cruise ko yaza bagahangana mu iteramakofi
 Umuhanzi wâicyamamare mu njyana ya âPopâ ukomoka mu gihugu cya Canada Justin Bieber yasabye umukinnyi wa filime Tom Cruise wamamaye cyane muri filime yaââ Mission Impossibleââ ko yaza bagahangana mu mukino wâiteramakofe. Ibi Justin Bieber yabisabye icyi cyamamare muri filime abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter. Mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 9 […]