Umugore ukomoka muri Nigeria uba mu Butaliyani witwa Blessing Benedicta Daniels yishwe n’umugabo ukomoka muri iki gihugu witwa Leopoldo Scalici amuziza ko atamushimishije mu buriri.
Ikinyamakuru Modena today kivuga ko Scalici w’imyaka 40 yasabye Benedicta ko baryamana muri weekend ishize ubwo yari mu gace ka Modena y’amajyaruguru.
Uyu mukobwa ukora akazi ko gucuruza umubiri yakubiswe ikintu gikomeye mu maso no mu mutwe abitewe n’uko ngo atari yamushimishije.
[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]
Scalisi yemera icyaha kuri ubu akaba afunzwe na polisi y’iki gihugu.


