Basketball: Ni amahirwe kuba u Rwanda rufite Perezida Kagame – Yves Nkurunziza
Umunyarwanda utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika w’ umutoza muri basketball, Yves Nkurunziza asanga kuba u Rwanda rufite umukuru w’ igihugu ukunda siporo muri rusange akanakunda basketball by’ umwihariko ari amahirwe atagira uko angana. Mu kiganiro na Bwiza.com, Yves Nkurunziza yavuze ko kuri we yatangiye kubibonamo amahirwe (opportunities )menshi kuko aho aba i Las […]
U Rwanda mu bihugu bya mbere bizakoreshwamo urukingo rwa Malaria
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba avuga ko mu rwego rwo guhangana n’indwara ya Malaria, urukingo rwayo rurimo kugeragerezwa muri bimwe mu bihugu bya Afurika, by’umwihariko ko nirumara kwemezwa, u Rwanda ruzaba ruri ku isonga mu bihugu bya mbere ruzakoreshwamo. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Kamena 2019, ubwo Minisitiri Gashumba yatangaga ibisobanuro mu magambo […]
Ubukoloni n' iyobokamana intwaro zari zigamije kuzimya u Rwanda
Nyuma y’ inama yo kwigabanya umugabane wa Afurika yabereye i Berlin mu Budage muri 1884, Umwami w’ Ababiligi , LĂ©opold II yahise yiha Congo Ubudage nabwo bwigarurira Ruanda-Urundi. Kuva Gustav Adolf von Gà ¶tzen agera mu Rwanda ku ngoma ya Kigeri IV Rwabugiri akakirwa i Kageyo muri Kingogo yatangajwe no kubona uburyo igihugu cyari kiyobowe (structure […]
Col. Mambweni wa FARDC nawe yinjijwe mu bakurikiranweho uruhare mu iyicwa ry’impuguke za Loni
Colonel Jean de Dieu Mambweni wa FARDC kuri ubu akurikiranweho uruhare mu iyicwa ry’impuguke za Loni ziciwe muri Kasai mu 2017. Dosiye ye yoherejwe mu rukiko rwa gisirikare rw’iyahoze ari Kasai y’Iburengerazuba. Col Mambweni ufungiye Kananga kuva kuwa 07 Ukuboza umwaka ushize ku mpamvu z’iperereza, kuwa gatandatu ushize nibwo yamenyeshejwe ko agiye gutangira gukurikiranwa. Amakuru […]
Pasiteri yafashwe asambanya umukobwa na nyina akubitwa nk’iz'akabwana
Pasiteri Osei Kwaku wo mu gihugu cya Ghana yafashwe arimo gusambanyiriza rimwe umukobwa na nyina yabeshyaga ko arimo kubakiza urupfu, yababwiraga ko rubarekereje mu minsi mike. Ubwo yafatwaga yakubiswe azengurutswa imihanda mu ijoro yambaye agakabutura k’imbere. Ikinyamakuru Africannews.com gitangaza ko Pasiteri Osei asanzwe azwiho gukora ibitangaza abantu bagahurura, bityo kuri iyi nshuro ngo umukobwa w’imyaka […]
Somalia: Ofisiye mu ngabo za Uganda yarashe mugenzi we aramwica
Umusirikare wa Uganda uri mu butumwa bwa AMISOM ufite ipeti rya Captain kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Kamena, yarashe mugenzi we aramwica mbere yo kwitunga imbunda nawe agakurura imbarutso. Ibi byatangajwe na minisiteri y’ingabo ya Uganda, aho umuvugizi wayo, Brig. Richard Karemire avuga ko iperereza ririmo gukorwa. Yagize ati: “ Ni ukuri. Iperereza kuri […]
Benshi baguye mu mpanuka y'ikamyo yagonze gari ya moshi
Tanzania mu mugi wa Dodoma, ikamyo yagonze gari ya moshi, abantu 29 bahasiga ubuzima. Ni amakuru yemezwa na Meya w’aka karere. Meya Protais Katambi yatangaje ko iyi mpanuka yabaye mu gicuku saa kumi n’igice kuri uyu wa 18 Kamena 2019. Inkuru ya Global Publishers ivuga ko umushoferi watwaraga iyi kamyo ukekwaho guteza iyi mpanuka yahise […]
U Bubiligi: Abanyarwanda bagaragarije Perezida Kagame urukumbuzi bari bamufitiye
Perezida wa Repubulika Paul Kagame uri mu ruzinduko mu gihugu cy’u Bubiligi, yakiriwe n’imbaga y’Abanyarwanda babayo n’abandi banyamahanga bamugaragariza urukumbuzi n’urukundo bamufitiye. Perezida Kagame yakoreye uruzinduko muri iki gihugu, aho yitabiriye inama y’iminsi ibiri, yateguwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yiga ku iterambere “JournĂ©e EuropĂ©enne du DĂ©veloppement’. Iyi nama y’iminsi ibiri, ku wa 18-19 Kamena 2019, […]
Sobanukirwa uburyo wamanika ibibazo byawe ku ijambo ry’ Imana
Yesaya 55:11 “Niko ijambo ryanjye riva mu kanwa kanjye rizamera. Ntirizagaruka ubusa, rizashobora gukora icyo naritumye.” Waba uziko iby’ urugamba uhanganye narwo biba mu ibitekerezo byawe ndetse no k’ ururimi rwawe? Ni ukubitisha ibyo bibazo byawe ijambo ry’ Imana kandi ukabiha Imana yonyine. Niho uza gutsinda urwo rugamba.Yego, biragoye iyo umuntu ari mu bibazo kandi […]
Abanyarwanda batatu bajyanye Uganda mu rukiko rwa EAC
Abanyarwanda batatu bavuga ko bafunzwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko muri Uganda mu gihe cyenda kungana n’umwaka bagejeje ikirego mu Rukiko rw’Ubutabera rwa Afurika y’Iburasirazuba basaba impozamarira Guverinoma ya Uganda ku ifungwa rinyuranyije n’amategeko, iyicarubozo no gufatwa kinyamanswa. Ni ikirego cyujujwe n’umunyamategeko Richard Mugisha wo muri Trust Law Chambers, abisabwe na Venant Hakolimana Musoni w’imyaka 35, […]
Iyo ubutegetsi budasaranganijwe bamwe baba abarakare- Dr. Murenzi
Impuguke mu mitegekere n’imiyoborere, Dr Murenzi Phanuel avuga ko uburyo bwo gusaranganya ubutegetsi butuma buri wese yumva adahejwe, ibi ngo bikaba bigira uruhare rukomeye mu gukumira uburakare. Kimwe n’abandi, bavuga ko mu Rwanda hari intambwe nini yatewe mu gusaranganya ubutegetsi, ariko ko hakiri bike bikeneye kunozwa. Dr Murenzi ati “Iyo ubutegetsi budasaranganijwe bukiharirwa na bamwe, […]
Kenya iremeza ko nta Ebola iri ku butaka bwayo nyuma y’umugore wagaragaje ibimenyetso byayo
Nyuma y’aho kuri uyu wa Mbere mu majyepfo ya Kenya hagaragaye umurwayi ugaragaza ibimenyetso bya Ebola, Minisiteri y’ubuzima muri iki gihugu yo iremeza ko nta Ebola iri mu gihugu. Abashinzwe ubuzima mu gace ka Kericho mu majyepfo ya Kenya ejo kuwa mbere batangaje ko bashyize mu kato umugore wari ufite bimenyetso bisa n’iby’abafite uburwayi bwa […]
Nyamasheke/Gihombo: Bavuga ko iterambere ryabo rikomwa mu nkokora no kutagira isoko rya Kijyambere
Abaturage bo mu Murenge wa Gihombo mu karere ka Nyamasheke bavuga ko nyuma ya gahunda nyinshi za Leta zibashishikariza ubuhinzi n’ubworozi bwa kijyambere no kongera umusaruro bakuye amaboko mu mifuka bagakora bagamije isoko aho gukomeza guhingira inda gusa batanahazaga uko babyifuza,ariko ngo kuba umurenge wabo nta soko ugira n’ayo barema mu yindi mirenge bamwe hakababera […]
Muhanga: Byari amarira n’agahinda mu ishyingurwa rya Dusabumukiza wiciwe kwa Pasiteri
Agahinda kenshi n’amarira ku maso nibyo byagaragaraga mu maso y’inshuti n’umuryango mugari wa Dusabumukiza Delphine bicyekwa ko yishwe n’umusore bateganyaga kurushinga. Bamwe mu baturage bavuga ko urupfu rwe rurimo amayobera, abandi bakemeza ko rwakabaye n’isomo ku bakundana. Amakuru atangwa ku rupfu rwa Delphine kuva ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ajya gusa, bivugwa ko yiciwe mu […]
Iyo mvuze ko nkiri isugi bagenzi banjye bambaza niba iwacu turoga- Umukobwa w’i Huye
Umukobwa w’imyaka 24 y’amavuko uvuga ko atuye mu Karere ka Huye, Umurenge wa Ngoma yatwandikiye avuga ko bagenzi be bamukwena iyi avuze ko ari isugi bakamubaza niba iwabo ari abarozi. Uyu utashatse ko amzina ye atangazwa, yanditse agira ati “ Muri iyi minsi hari ikintu kingoye cyane. Ni ukuba numva ntameze nk’abakobwa bagenzi banjye iyo […]
Amaranye umukasi mu nda imyaka 23
Umurusiyakazi witwa Ezeta Gobeeva, yatunguwe no kubwirwa ko afite umukasi ureshya na santimetero zisaga 15. Agaya abaganga bamubaze mu myaka 23 ishize n’abamuvuraga bamubwira indwara atarwaye. Gobeeva yari asanzwe ababara mu nda cyane, yagiye kwa muganga, bamunyuza mu cyuma, batungurwa no gusangamo uyu mukasi wifashishwa mu kubaga (surgery). Amafoto yo mu cyuma agaragaza uyu mukasi […]
Umukunzi wa Diamond yatwariye imbwa y’ibara riboneka hake
Umukunzi w’umuhanzi, Diamond Platnumz, Tanasha Donna yatangaje ko atwariye/ ararikiye imbwa y’umweru. Mu minsi ishize nibwo ibinyamakuru byo muri Tanzania byatangaje ko Tanasha yaba atwite, kuri ubu uyu mukobwa na we nta kibigira ibanga. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Tanasha yavuze ko yifuza kubona iruhande rwe imbwa y’umweru ndetse anasaba abazicuruza gushaka uko bajya […]
RDC: Visi Perezida wa komisiyo y’amatora yeguye ku mirimo ye
Visi Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’amatora muri Republika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Mbere yeguye ku mirimo ye mu gihe asanzwe ari no ku rutonde rw’abafatiwe ibihano na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo gushinjwa gutinda gutangaza ibyavuye mu matora yo mu mwaka ushize. Bwana Norbert Basengezi wari wungirije umukuru wa CENI […]
Mohamed Morsi wabaye Perezida wa Misiri yapfiriye mu rukiko
Mohamed Morsi wari ufite imyaka 67 y’amavuko, wigeze kuba Perezida wa Misiri, yapfuye ari mu rukiko. Televiziyo y’iki gihugu yavuze ko Morsi yaguye mu rukiko aho yaburanaga ibirego by’ubutasi, ahita yitaba Imana. Yatowe kuba Perezida mu mwaka wa 2012, ubwo yari umuyobozi w’ishyaka rya Muslim Brotherhood. Yahiritswe n’igisirikare umwaka wakurikiyeho. Mohamed Morsi yaregwagwa ibyaha binyuranye na […]
Nyabihu: Umugabo yafatanywe ibiro 13 by'urumogi
Kuri uyu wa 16 Kamena, Polisi ikorera mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Mukamira yafatiye mu modoka itwara abagenzi Mujyarugamba Norbert w’imyaka 29 y’amavuko apakiye urumogi ibiro 13 mu mufuka w’ibirayi. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburengerazuba Chief Inspector of Police (CIP) Innocent Gasasira avuga ko uyu mugabo yafashwe avuye mu murenge wa Jenda […]
Wema Sepetu arafunzwe azira kutitaba urukiko
Umukinnyi wa filimi wabaye Nyampinga wa Tanzania mu 2006, Wema Sepetu afunzwe by’agateganyo ku bwo kutitaba urukiko rumushinja amashusho y’urukozasoni yigeze gushyira ku rukuta rwe rwa Instagram. Uru rukiko rw’i Dar es Salaam kandi ruvuga ko Wema atigeze yitaba ubugira kabiri ariko avuga ko ubwa mbere yari yabwiye Ruben Simwanza umuhagarariye mu mategeko ko yagiye […]
2017/2018: Amafaranga ya Leta yanyerejwe asaga Miliyoni 136
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Kamena 2019, ubwo Perezida wa Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari, Hon. Muhongayire Jacqueline yagezaga ku Nteko Rusange raporo ya Komisiyo ku isesengura rya raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2017-2018, yavuze ko miliyoni zisaga 136 zanyerejwe mu buryo butandukanye. Hon. Muhongayire Jacqueline yagaragaje ko ikigereranyo cya raporo […]
CAN/ 2019: Muri 23 bazahagararira u Burundi nta n' umwe ukina imbere mu gihugu
Ku rutonde rwa nyuma rw’ abakinnyi 23 bazahagararira Ikipe y’ igihugu y’ u Burund i(Intamba mu rugamba) mu mikino y’ igikombe cya Afurika kizabera muri Misiri, nta mukinnyi n’ umwe ukina imbere mu gihugu wagaragaye. Ikipe y’ igihugu y’ u Burundi itanga icyizere nk’ uko yagiye ibigaragaza kugira ngo yivane mu matsinda izitabira imikino ya […]
Yanteye inda arahiyakana none aho mbyariye umuhungu arimo kumpa Miliyoni 3 ngo amujyane – Nkore iki?
Nitwa Benitha iwacu ni mu Karere ka Nyarugenge, nkaba ndi umukobwa w’imyaka 26 y’amavuko, nize amashuri 6 yisumbuye nkaba ndi umucuruzi ukora ubucuruzi bucuriritse. Mu mwaka wa 2017, nibwo umusore wambeshyaga urukundo yanteye inda, rwose pe njyewe numvaga mukunze cyane ku buryo budasanzwe, ku buryo numvaga ntacyo mfite cyo kumwima, nguko uko namwambariye ubusa gusa […]
Rusizi: Amadini n'amatorero arasabwa uruhare rwisumbuyeho mu guhangana n'ibibazo byugarije urubyiruko
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi ruvuga ko hari ibibazo byinshi byugarije urubyiruko muri aka karere birimo ibiyobyabwenge,nk’urumogi rutuka mu bihugu by’abaturanyi benshi muri rwo bishoramo, ibiyoga by’ibikorano,inda zitateganijwe mu bangavu aho buri mwaka habarurwa abagera kuri 450 bazitwara, ubuzererezi n’ibindi bukavuga ko butakwishoboza guhangana na byo hatabayeho abafatanyabikorwa cyane cyane amadini n’amatorero rusaba kubirufashamo bihagije. Ni […]
Tanzania: Umuturage yubatse inzu mu mapine y'imodoka
Rashid Mkwela, umuturage muri Tanzania yubatse inzu mu mapine y’imodoka atagikoreshwa. Abona ko ubu buryo bwafasha leta kubungabunga ibidukikije, bakanabyaza umusaruro amapine ashaje yafatwaga nk’atagifite agaciro. Iyi nzu igaragara mu ishusho y’amapine; hejuru, mu mpande, mu muryango no mu irembo igaragara nk’idashamaje ariko mo imbere ifite iteye kijyambere, kuko harimo ibyumba bikeye kandi byujuje ibyagombwa. […]
Meddie Kagere yerekanye ahazaza he mu mupira w'amaguru
Umukinnyi w’Umunyarwanda, Meddie Kagere yongereye amasezerano y’imyaka ibiri mu Ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania. Kagere Meddie yari asigaje amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe. Nk’uko bigaragara ku rukuta rwa Instagram rw’Umuvugizi w’iyi Kipe, Haji Manara, Kagere azakinira iyi pe kugeza mu 2022. Mu kumushimagiza Manara ari nako asubiza abavugaga ko Simba igiye kugura […]
Ababyeyi bavuga ko amategeko yabambuye uburenganzira bwo guhana abana
Ubwo hizihizwaga Umunsi w’Umwana w’Umunyafurika, kuri iki Cyumweru tariki ya 16 Kamena, bamwe mu babyeyi batangaje ko amategeko yababereye inzitizi yo kudahana abana babo, bityo ko bamwe bitwara uko bishakiye rimwe na rimwe bikabagiraho ingaruka. Kuri uyu munsi ufite insanganyamatsiko igira iti ‘Turi abana bafite icyerekezo cyiza twanze gutwita kw’abangavu”, Ababyeyi, abarezi n’abayobozi bavuga ko […]
Nigeria: Abantu 30 baguye mu gitero cy'ubwiyahuzi
Muri iki gitondo, mu mugi wa Konduga uri mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Nigeria hatewe ibisasu bitatu, ubu umubare w’abaguye muri iki gitero ugeze kuri 30, abandi basaga 40 bakomeretse. Iki gitero cyagabwe n’abiyahuzi batatu ku nzu abaturage bareberagamo umupira w’amaguru kuri televiziyo. Birakekwa ko Boko Haram yibasiye iki gihugu ari yo yaba yagabye iki gitero. […]
Nshwana n’umugore wanjye dupfa ko nta musoma mu gitsina —umugabo utuye i Nyamirambo
Nitwa Jacques Nikwigize (amazina yahinduwe) mfite imyaka 43 ndi umugabo w’abana babiri ariko sinorohewe n’umugore wanjye unshinja kutamushimisha mu buriri kuko mba nta musomye mu gitsina. Mu by’ukuri mu myumvire y’umugore wanjye aba yumva ko kumusoma mu gitsina ari ingenzi ariko njye nkumva nta bishaka. Si mbiterwa n’uko wenda ari agira umwanda ariko mba numva […]
Umunyarwenya Bishop Gafaranga yiyemeje gukosora Bishop, Pastor biba Abakirisito bakoresheje ubutekamutwe-Video
Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, umunyarwenya ukunzwe muri iyi minsi uzwi ku izina rya Bishop Gafaranga, yavuze ko adateze kureka gukosora abesikoro n’abanyamitwe biyemeje kwambura Abanyarwanda bitwaje Bibiliya, ubuhanuzi n’ibindi biri kugaragara mu nsengero zimwe na zimwe zo mu Rwanda. Bishop Gafaranga yahamije ko ibyo akina abizi hirya no hino mu gihugu ndetse yabibonye inshuro […]
Gukorana na Perezida Kagame ni ishuri — Ikiganiro na Prof. Dr. Habumuremyi wabaye Minisitiri w’intebe
Igice cya mbere Ni ikiganiro kihariye , Bwiza TV na Bwiza.com byagiranye na Prof.Dr Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’ Intebe wa Cyenda kuva u Rwanda rwabona ubwigenge. Iki kiganiro kibanze ku bimwerekeyeho nk’inararibonye muri politike, ku buzima bw’igihugu, maze ashimangira ko nta mpungenge afite ku cyerekezo cy’ igihugu mu miyoborere, ubuzima rusange n’ ibindi bitandukanye […]
Kora imyitozo ngorora mubiri buri munsi
1 abakorinto 6:19-20 “Mbese ntimuzi ko imibiri yanyu ari insengero z’ umwuka wera uri mwe, uwo mufite wavuye ku Mana? Kandi ntimuri abanyu ngo mwigenge Kuko mwaguzwe igiciro. Nuko rero mutume imibiri yanyu ihimbaza Imana.” Ushobora kuvuga uti “ Pastor aha ntatandukiriye. Oya. umubiri wacu ni ingirakamaro ku Mana kuko iyo utameze neza bizatuma tutabasha […]
Nyaruguru: Abahinzi barishimira umusaruro bakesha ifumbire Traveritin ikomoka ku Ishwagara
Bamwe mu baturage bo mu Akarere ka Nyaruguru, baravuga ko kubera gukoresha ifumbire ya Traveritin ikorwa mu Ishwagara byatumye ubihinzi bwabo buzana umusaruro ushimishije. Bizimungu Alfred bakunda kwita (mufaransa) we n’abahinzi bagenzi be bo mu murenge wa Ruheru batangarije bwiza.com bati ” turishimira umusaruro dukesha ifumbire traveritin. dusigaye kuko kubwayo tweza amatoni y’ingano, ibirayi, amashu, […]
Ebola yageze mu gihugu cya Kenya
Umuntu umwe mu gihugu cya Kenya yamaze kwandura indwara ya Ebola mu gace kitwa Kericho. BBC itangaza ko uyu murwayi yamaze kugezwa mu bitaro bya Kericho muri iki ghugu. Amakuru ava mu baturanyi b’uyu murwayi avuga ko yanduye nyuma y’urugendo yagize mu minsi mike ishize ku mupaka wa Kenya na Uganda witwa Malaba. Abagaganga bamaze […]
Ukutavuga rumwe mu nama y'umutekano ya Loni ku bibazo byugarije u Burundi
Inama y’Umuryango w’Abibumbye (ONU), y’agashami gashinzwe umutekano ku isi, yabaye ku wa Gatanu tariki ya 14 Kamana 2019, i New York, yibanze ku Burundi. Hari abavuze ko mu Burundi byifashe neza, abandi bavuga ko hari ibibazo biteye impungenge. Iyi nama yatambukaga iri kuba ku rubuga rwa ONU ntabwo yari yitabiriwe na Michel Kafando, intumwa y’umunyamabanga […]
Urugomo mu Madini — Igice cya gatatu
Ushobora gusoma inkuru zabanje Urugomo mu Madini — Igice cya kabiri Urugomo mu Madini (violence dans les religions)- Igice cya 1 Igisobanuro mu myumvire y’Ubumenyi muntu (sciences humaines) Abahanga mu mibereho y’abantu (anthropologues-sociologues) bavuga kw’idini rigaragara iyo itsinda ry’abantu (groupe) ritandukanije icyitwa ; gitagatifu n’ibintu bisanzwe (sacrĂ© et profane). Maze icyo bise gitagatifu kigakorerwa imihango (culte). […]
Igitekerezo: Iyi si yo miyoborere twifuza
Imiyoborere myiza inyura abaturage, abaturage beza na bo bagafasha abayobozi kuyobora neza. Buri wese yagira uruhare mu migendekere myiza y’imiyoborere. Si umuyobozi, si n’umuturage gusa ahubwo bombi barakenewe. Tuvuge ko tumaze kugera ku rwego rushimishije rw’imiyoborere, yewe twamaze kuba na nka ya matara yo ku muhanda;twereka abandi uko bigomba kugenda. Ntaho dutandukaniye na cya kirunga […]
Mu busitani bwawe basaruramo iki?
Kwera imbuto ni igikorwa buri mukristo asabwa. Yesu avuga ku mumaro wo kwera imbuto yakoresheje amagambo akomeye agira ati: “Ishami ryose ryo muri jye ritera imbuto (Data) arikuraho, iryera imbuto ryose aryanganyaho amahage yaryo ngo rirusheho kwera imbuto (Yoh. 15:2). Ibi biravuga ko hatabaye kwera imbuto ubukristo buba bushize. Abakristo bose rero barasabwa kwera imbuto. […]
APR FC yasezerewe mu gikombe cy’Amahoro
Ikipe ya APR FC yamaze gusezererwa mu mikino y’igikombe cy’Amahoro nyuma yo kunganya na AS Kigali ubusa ku busa mu mukino wo kwishyura wa 1/8. APR FC ifite igikombe cy’Amahoro inshuro icyenda, isezerewe itarenze 1/8 na AS Kigali nyuma y’uko inaniwe gutsinda AS Kigali mu mukino wo kwishyura wabereye kuri stade ya Kigali I Nyamirambo. […]
Kutagira indirimbo z'amashusho ni imbogamizi ikomeye ku bahanzi bakizamuka-Stanza
https://www.youtube.com/watch?v=vXojBLKEB2QZimwe mu mbogamizi abahanzi bakizamuka bakunda guhura nazo, zigatuma batagera ku rwego bifuza harimo kutagira indirimbo z’amashusho biterwa ahanini n’amikoro make. Stanza Muvandimwe ni umuhanzi ukizamuka, uririmba mu njyana ya Afrojazz. Yaganiriye na Bwiza, atubwira ku bijyanye n’umuziki we, agashya yazanye mu muziki, ingufu yazanye mu muziki n’imbogamizi ahura na zo cyane nko kutagira amashusho. […]
Abakunzi bongeye guhura nyuma yo gutandukana mu ntambara y'Isi ya 2
Hari hashize imyaka 75 KT Robbins wahoze ari umusirikare w’Amerika atandukanye n’umukunzi we Jeannine Ganaye mu ntambara y’Isi ya kabiri. Ibyishimo byarabasaze nyuma yo kongera guhuzwa babifashijwemo n’itangazamakuru. Mu 1944, ni bwo Robbins ubu ufite imyaka 97 yatandukanye na Jeannine ufite 92 y’amavuko. Uyu musaza muri icyo gihe wari ukiri umusore yahawe gahunda yo kujya […]
Kenya: Abapolisi umunani bahitanywe n’igisasu cya bombe
Abapolisi umunani ba Kenya bapfuye nyuma y’aho imodoka bari barimo ikandagiye igisasu cya bombe cyari giteze mu muhanda hafi y’umupaka w’iki gihugu na Somalia. Biravugwa ko imodoka aba bapolisi bapfuye bari barimo yari irimo abapolisi 11 bari mu karere ka Wajir, mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Kenya. Umukuru w’Igipolisi cya Kenya, Hillary Mutyambai, mu itangazo ryashyizwe […]
Abari muri Operation Turquoise batunguwe no kumva umunyapolitiki uri mu kazi ashyigikira akazi bakoze
Mu gihe Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yashyizeho Umunsi wo Kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 akanemera gufungurira abahanga mu mateka inyandiko z’ibanga ku byakozwe n’u Bufaransa mu Rwanda, Igisirikare cy’iki gihugu cyo kishimiye ibyo cyakoze muri Operation Turquoise kuri uyu wa gatanu ushize ndetse gitungurwa no kumva hari umunyapolitiki uri mu kazi […]
Muhima: Hari abagabo batinya kugaragariza umugoroba w’ababyeyi ihohoterwa bakorerwa
Ihohoterwa rikorwa bamwe mu bagabo rihangayikishije ubuyobozi bw’imidugudu kuko abagabo baceceka ntibarivugire mu mugoroba w’ababyeyi, ndetse bamwe ntibanawitabira. Umubare w’abagabo bitabira umugoroba w’ababyeyi uracyari hasi muri imwe mu midugudu igize umurenge wa Muhima mu karere ka Nyarugenge, nyamara nabo urabareba kuko bari mu bagihohoterwa n’ubwo babiceceka. Ku gicamunsi cyo ku cyumweru, nibwo mu midugudu myinshi […]
Maradona yifuza Ronaldo muri Argentine
Nyuma y’umukino wa Copa America wahuje Argentine na Colombia, Diego Maradona yasubiyemo ko Messi adakwiriye kuyobora iyi kipe. Avuga ko ahubwo yifuza ko Cristiano Ronaldo yaba umunya-Argentine, akajya ayikinira. Ni amagambo Maradona wahoze akinira Argentine yatangaje nyuma y’uko ikipe y’iwabo yatsinzwe na Colombia ibitego 2-0. Maradona avuga ko nta ho Ronaldo ahuriye na Messi ngo […]
USABE KURINDIRIRWA AHO URI !
“Ntugasabe Imana kukuvana mu kigeragezo( ikibazo) Uzayisabe kubana (kujyana) nawe muri icyo kibazo” Muri kamere muntu nta muntu uba yifuza guhura n’amajune cg ibimuvunira umutima nyamara niyo wabyanga cg utabishaka uhura nabyo Kandi bika kubabaza ndetse bigakomeretsa umutima wawe. “Daniyeli 3:25 Arababwira ati “Dore ndareba abantu bane babohowe bagenda mu muriro hagati, kandi nta cyo […]
Nyamasheke: Abarokotse Jenoside barashengurwa no kuba umwere ku uwari perefe Bagambiki wabamariye ababo
Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi bo mu murenge wa Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke bavuga ko bagishengurwa bikomeye no kumva ko uwari perefe w’iyari perefegitura ya Cyangugu Emmanuel Bagambiki wabamariye ababo yagizwe umwere n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Arusha, bagasaba ko yakongera agafatwa akazanwa muri aka karere bivugwa ko ari ho we ubwe yatangirije Jenoside ahitwa kuri […]
Amb. Nduhungirehe yemera ko abantu bafite uburenganzira bwo gushyigikira cyangwa kunenga ibyo yavuze
Mu gice cya kabiri cy’ikiganiro The Interview gica kuri TV10 buri wa Kane no kuri Radio10 buri wa Gatandatu, Amb. Nduhungirehe Olivier, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Ibikorwa by’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba yagarutse ku bagira icyo bavuga kubyo aba yanditse ku mbuga nkoranyambaga ze. Amb. Nduhungirehe ni umwe mu banyapolitiki hano mu Rwanda […]
Somalia: Abantu 11 bahitanywe n'igitero cya bombe
Abantu icumi n’umwe bishwe abandi barenga 23 barakomereka ubwo bombe yatezwe mu modoka yaturikiraga kuri uyu wa gatandatu mu muhanda ubamo imodoka nyinshi i Mogadishu. Bivugwa n’ababyiboneye n’amaso hamwe serivisi z’ubuvuzi. Iyo bombe yatezwe mu modoka yaturikiye ku muhanda w’i Maka al-Mukarama hafi y’inteko ishingamategeko, ubwo abasilikare bashinzwe umutekano bageragezaga kuyihagarika ngo bayisake. Abarwanyi b’umutwe […]
Nigeriya: Ingagi iracyekwaho kumira akayabo k’amafaranga
Umuyobozi mukuru w’inzu yororerwamo inyamaswa (Zoo) mu majyaruguru ya Nigeriya Umar Kashekobo yatangaje ko bari gukora iperereza ku makuru yamanyekanye avuga ko ingagi yamize amafaranga agera kuri miliyono zirindwi z’amanayira akoreshwa muri Nigeriya. Kashekobo yagize ati’’Polisi iri gukora iperereza ku byabaye, icyo navuga gusa n’uko amafaranga yaburiwe irengero’’ . Amafaranga yabuze akaba agera ku bihumbi […]
Igikombe cy'Amahoro: Uko imikino yagenze n'uko amakipe yakomeje
Uyu munsi, imikono yo kwishyura muri 1/8 cy’irushanwa ry’igikombe cy’amahoro isize Mukura VS isezerewe na Kiyovu Sports, Intare FC zisezerera Bugesera FC. Uku ni ko imikino yagenze: Kiyovu Sports 0-1 Mukura VS (agg. 3-2): Ku mukino ubanza Mukura yatsinzwe na Kiyovu 3-1. Intare FC 2-1 Bugesera FC (4-2) Espoir FC 1-1 Gicumbi FC (1-1): Gicumbi […]
Imfubyi za politiki za Mitterand ntizikozwa uruhare rwe muri jenoside yakorewe Abatutsi
Nyuma y’aho umunyapolitiki Raphaà «l Glucksmann ubarizwa mu ishyaka rya Mitterand asabiye ko Abaminisitiri 23 bakoranye na we bisobanura ku ruhare rw’ Ubufaransa muri jenoside yakorewe Abatutsi, bo si uko babibona. Ishyaka ry’ Abasosiyaliste mu Bufaransa ryahise ritangira kwikoma Raphaà «l Glucksmann rivuga ko ahubwo ingabo zabo zari mu Rwanda zari iza mbere zagerageje kurwanya jenoside yakorewe […]
Icyo Perezida Nkurunziza na Tshisekedi baganiriye cyamenyekanye
Nyuma y’uruzindiko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Antoine Tshisekedi yagiriye mu Burundi, abakuru b’ibihugu byombi biyemeje gukorera hamwe mu kurwanya imitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano muri Congo. Perezida Tshisekedi na Nkurunziza baganiriye ku wa Gatanu tariki ya 14 Kamena 2019, i Bujumbura. Itangazo ryasohowe n’Abaminisitiri b’Ububanyi n’amahanga ’Ubutwererane b’ibi bihugu byombi, rivuga […]
Ibintu 6 bizakubwira ko umukobwa afite ubushake bwinshi bwo gukora imibonano mpuzabitsina
N’ubwo bwose abakobwa iyo bashaka imibonano mpuzabitsina babihisha ariko nitwakwiyibagiza ko bafite umubiri wa kimuntu utuma nabo bagira ubushake bukabarenga ukaba wabibona. Ibi ni ibimenyetso bizakwereka umukobwa wagize ubushake bwinshi bwo gukora imibonano bikamurenga: Kumira amacandwe Umukobwa wagize ubushake cyane uzasanga akenshe arimo kumira amacandwe buri kanya kandi akayamira ubona atamanuka kuko aba yacitse intege […]
Kwita Ebola ikibazo cyugarije isi byakwica kuruta gukiza-Dr Aavitsland
Ushinzwe ibibazo bidasanzwe by’agateganyo mu ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS yatangaje ko indwara ya Ebola iramutse yiswe ikibazo cyugarije isi, byakwica byinshi kuruta ibyo byakiza. Ibi Dr Preben Aavitsland yabivugiye mu nama yaranzwe n’impaka yabereye i Geneve mu Busuwisi ejo hashize, ubwo uyu muryango washakaga kureba niba iyi ndwara yashyirwa mu cyiciro cy’ibibazo […]
Nyaruguru: Abajyaga kuvoma i Burundi bikanga Imbonerakure n’abasirikare biruhukije
Abaturage bo mu Murenge wa Ruheru, Akarere ka Nyaruguru bishimiye amazi meza bahawe, by’umwihariko bakavuga ko bajyaga kuvoma mu Burundi, rimwe na rimwe mu masaha akuze Imbonerakure n’abasirikare b’u Burundi bakababuza kuyavoma. Nyuma y’aho baherewe amazi meza, n’ubuyobozi bw’aka Karere ka Nyaruguru, buvuga ko abaturage baturiye umupaka w’u Burundi batazongera kujya gushakirayo amazi, ahubwo ko […]
Si ngombwa gukoresha agakingirizo kuko namaze kwandura kandi nifuza kuryamana n'abarenze 1000
Benshi turabizi ko SIDA ari indwara idakira iterwa n’agakoko ka VIH. Yandurira mu mibonano mpuzabitsina idakingiye, mu gukoreshereza hamwe ibikoresho bikomeretsa iyo umwe ayirwaye, ishobora gufata umwana igihe umubyeyi amubyara ndetse birashoboka cyane ko yafatira umuntu mu mpanuka nk’igihe yakomeretse, amaraso ye agahura n’ay’uwanduye. Gukoresha agakingirizo ni bumwe mu buryo bwo kwirinda iyi ndwara mu […]
RDC: Inyeshyamba 61 zirimo iza FDLR na RNC ya Kayumba Nyamwasa zishwe
RDC: Inyeshyamba 61 zirimo iza FDLR na RNC ya Kayumba Nyamwasa zishwe Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Kamena 2019, cyatangaje ko inyeshyamba 61 zishwe mu mezi abiri ashize mu bitero bitandukanye byagiye bigabwa muri Teritwari ya Masisi na Rutshuru, muri Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi wa Operasiyo yiswe […]
Min. Busingye yibukije abacungagereza ko bafite umukoro ukomeye wo gutegura neza abo bashinzwe
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Busingye Johnston avuga ko kugira ngo umugororwa cyangwa imfungwa azagire icyo bimarira mu buzima busanzwe nyuma yo gufungurwa, bisaba kugira abacungagereza b’umwuga. Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Kamena 2019, mu muhango w’isoza ry’icyiciro cya Gatatu cy’amasomo y’Ibanze y’abacungangereza, yaberaga mu kigo cy’amahugurwa i Rwamagana, aho […]