Inama yagombaga kubera muri Uganda yasubitswe bitewe n' u Rwanda na Sudani yâEpfo
Inama yâUmuryango wâAfurika yâIburasirazuba (EAC) yigaga ku bijyanye nâingufu yagombaga kubera muri Uganda yasubitswe bitewe nâuko u Rwanda na Sudani yâEpfo bitabonetse. Iyi nama yateranaga ku nshuro ya 14 kuri uyu wa 7 Kamena 2019 yasubitswe bitewe nâuko buri gihugu kigomba kuba gihagarariwe kugira ngo ibe nkâuko amategeko abiteganya. Chimpreports ivuga ko yabonye ibaruwa ya […]
Rwamagana: Abafatanyabikorwa bizeje Akarere kuzahigura imihigo ku kigero cya 100%
Mu gikorwa cyo gutangiza imurikabikorwa ryâabafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere ka Rwamagana, hamuritswe ibikorwa byakozwe nâabafatanyabikorwa mu Iterambere ryâakarere  mu mwaka wâingengo yâimari 2018/2019. Bakijeje ko bazahigura 100%. Umuyobozi wâihuriro ryâabafatanyabikorwa mu iterambere ryâakarere JADF, Uwayezu Valens yavuze ko bagize uruhare mu bikorwa byinshi ahanini bigamije gukemumura ibibazo bibangamiye umudendezo wâabaturage byatwaye amafaranga arenga miriyari  ebyiri nâigice. Yagize […]
Impunzi z'Abarundi ziri muri Tanzania zirarira ayo kwarika
Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Nduta muri Tanzania, zivuga ko zikomerewe mu gihe zigabwaho ibitero bya hato na hato, bamwe bakicwa abandi bagashimutwa mu buryo butandukanye n’ibindi bikorwa bitandukanye bibangamiye uburenganzira bwabo. Inkambi ya Nduta irimo impunzi zisaga ibihumbi 100 byahunze mu Burundi mu mwaka wa 2015, ubwo havukaga imvururu zakuruwe na manda ya […]
Gasabo: Batatu bafunzwe bakekwaho gushyira amazirantoki ku muryango wâumuturanyi
Abasore batatu bo mu Murenge wa Jabana batawe muri yombi bakekwaho gushyira amazirantoki ku muryango wâinzu yâumuturanyi wabo, Gilbert Cyubahiro. Ibi byabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ubwo Cyubahiro utuye mu Mudugudu wâAmasangano mu Kagari ka Kigashya mu Murenge wa Jabana yabyutse agasanga ku muryango wâinzu ye hanyanayagijwe umwanda wo mu bwiherero ku […]
Ibiyaga Bigali: Kuki u Burundi butifuje kugaragara mu nama y' umutekano?
Mu gihe umwuka utameze neza mu Biyaga Bigali bitewe n’ imitwe yitwara gisirikare , kuva 6 Gicurasi 2019, Perezida wa Congo-Kinshasa, FĂ©lix Tshisekedi yayobowe inama yahuje inzego z’ iperereza yitabiriwe n’ imiryango CIRGL, SADC ndetse n’ intumwa idasanzwe ya Loni mu Karere, gusa u Burundi bukaba buhakana ko butayitabiriye. Iyo nama yabereye i Kinshasa, yashimangiye […]
Ibyemezo by'Inama y'Abaminisitiri idasanzwe yo ku wa 7 Kamena 2019
Ejo, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama yâAbaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1. Inama yâAbaminisitiri yemeje imyanzuro yâInama yâAbaminisitiri yo ku itariki ya 03 Mata 2019 nâiyo ku itariki ya 26 Mata 2019. 2. Inama yâAbaminisitiri yamenyeshejwe: – Inyungu zâu Rwanda mu kuba umunyamuryango w’ibihugu bikoresha […]
USA n'Uburusiya baritana ba mwana nyuma y'ubwato bw'intambara bwari bugiye kugongana
Uyu munsi mu nyanja ya Philipine, ubwato bw’ingabo zirwanira mu mazi bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bwendaga kugongana n’ubw’Abarusiya. Ibi bihugu byombi birashinjanya kuba impamvu y’iki kibazo. Udaloy I (Vinogradov) ni bwo bwato bw’Uburusiya igisirikare cy’Amerika cyavuze ko bwakomezaga kwegera ubwabo bwitwa USS Chancellorsville kugeza muri metero 50. Kiviga ko Abarusiya batigeze bubahiriza amategeko agenga […]
Peace Cup: Rayon Sports yasezereye AS Kigali mu gikombe cyâAmahoro biyifasha kugera muri 1/8
 Ikipe ya Rayon Sports isezereye ikipe ya AS Kigali mu mikino yâigikombe cyâAmahoro mu ijonjora ribanza, nyuma yâuko Rayon Sports itsinze AS Kigali kuri penaliti 4- 2. Ibi bije nyuma yâuko amakipe yombi anganyije igitego 1-1 mu mikino yombi. Uyu mukino wabaye uyu munsi , warangiye ikipe ya AS Kigali itsinze Rayon Sports igitego […]
Abasirikare n'abapolisi bakuru baturutse mu bihugu 10 bahawe impamyabumenyi-amafoto
Mu ishuri rikuru rya gisirikare i Musanze, abasirikare bakuru b’u Rwanda 47(RDF), abapolisi b’u Rwanda (RNP) n’abandi baturutse mu bindi bihugu 9 by’Afurika bahawe impamyabumenyi. Ni umuhango wari uyobowe n’Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Gen. Patrick Nyamvuba mu izina ry’Umugaba w’Ikirenga, Paul Kagame. Muri aya masomo amaze umwaka, aba basirikare n’abapolisi bigaga ubumenyi mu bijyanye […]
S.A: Abaturage barasabwa kuba maso nyuma y'uko intare 14 zitorotse pariki
Abaturage ba Afurika y’Epfo mu mugi wa Phalaborwa n’abacukura amabuye y’agaciro muri Foskor barasabwa kuryamira amajanja nyuma y’uko intare 14 zatorotse pariki ya Kruger ejo hashize. Ubuyobozi bw’intara ya Limpopo uyu mugi uherereyemo bwemeje ku rubuga rwa Twitter ko koko izi ntare zatorotse ishyamba zagaragaye zitembera muri Foskor hacukurirwa amabuye y’agaciro. Iyi mpuruza irareba cyane […]
Nyagatare: Umugabo akurikiranweho kwica abana bane bâabaturanyi mu bihe bitandukanye
Umugabo witwa Twagiramungu John akurikiranyweho nâUbushinjacyaha icyaha cyâubwicanyi yakoreye abana bane bâabaturanyi imirambo akayitaba mu nzu ye. Kuri uyu wa Kane tariki 06/06/2019 yaburanishijwe mu mizi, Ubushinjacyaha bumusabira igihano cyâigifungo cya burundu. Iki cyaha aregwa, kikaba cyarabereye mu kagari ka Nyakigando, umurenge wa Katabagemu, akarere ka Nyagatare, ku matariki 10/02/2019, 05/03/2019, 17/03/2019 na 18/03/2019 nkâuko iyi nkuru dukesha […]
Nishimiye kujya mu ikipe ikunzwe mu Rwanda[Rayon Sports]- Iragire Saidi
Iragire Saidi wakiniraga ikipe ya Mukuru VS atangaza ko nyuma yo gusinya amasezerano, yishimiye kwinjira mu ikipe ya Rayon Sports avuga ko ikunzwe na benshi mu Rwanda. Kuri uyu wa Kane tariki ya 6 Kamena 2019, nibwo Ikipe ya Rayon Sports yasinyishije amasezerano Iragire Saidi, uvuye muri Mukura VS, aya masezerano akazamara imyaka ibiri, nk’uko […]
Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia muri Sudani mu rwego rwo kumvikanisha abasirikare nâabasivili
Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed yasesekaye I Khartoum muri Sudani ayobora inama zitandukanye nâabasirikare bakuru bayoboye igihugu muri iki gihe nkâuko byemejwe nâumunyamakuru wa AFP wari ku kibuga cyâindege. Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed yageze I Khartoum kuri uyu wa Gatanu agiye kugerageza guhuza abugaragambya nâabasirikare bakuru bayoboye igihugu kuva bahirika Omar Bashir. […]
Umurenge Kagame Cup 2019: Ikipe ya Masaka ibabajwe n'akarengane yakorewe
Mu gihe byari biteganyijwe ko ikipe ya ruhago y’ Umurenge wa Masaka izakina umukino wa nyuma na Gihango yo muri Rutsiro, iravuga ko ibabajwe nâuburyo yaje kumva yatewe mpaga mu buryo itazi. Ibi byashimangiwe n’ Umutoza wa Masaka , Yvan Sebashi ubwo yemezaga ko ikipe yaciwe inyuma n’ ubuyobozi bushinzwe imikino mu Mujyi wa Kigali. […]
Madonna arashinja umushoramari ukomeye muri Hollywood kumusambanya atabishaka
Umuririmbyi Madonna yiyongereye ku bindi byamamare bishinja abantu batandukanye kubisambanya bitwaje ububasha bafite, aho kuri ubu ashinja Harvey Weinstein, umushoramari ukomeye muri cinemakuba yaramusambanyije we atabishaka. Ni nyuma yâinkubiri yadutse mu mwaka ushize muri Hollywood kubera ibirego byo gusambanya abagore n’abakobwa batabishaka kwa Weinstein uzwi cyane muri uru ruganda, ibirego we yahakanye yivuye inyuma. Madonna […]
Imbonerakure zikomeje gushinjwa kwibasira abayoboke ba Rwasa
Urubyiruko rwâishyaka CNDD riri ku butegetsi mu gihugu cyâu Burundi ahitwa Mubimbi mu Ntara ya Bujumbura, rurashinjwa kugaba ibitero ku bayoboke bâishyaka CNL bakabakubita, bakabakomeretsa bakabasiga ari intere Biravugwa ko Imbonerakure zari zitwaje intwaro gakondo zirimo imitarimba, ibyuma nâimihoro, mu ijoro ryo ku cyumweru bagabye ibitero mu ngo zitandukanye zo mmu gace kitwa Muhororo bikaba […]
Opozisiyo yatunguwe nâuko Museveni ntacyo yavuze ku bibazo biri hagati yâu Rwanda na Uganda
Bamwe mu batavuga rumwe nâubutegetsi bwa Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda bavuga ko baguye mu kantu kumva ntacyo avuze ku bibazo biri hagati yâigihugu cye nâu Rwanda. Museveni kuwa 6 Kamena uyu mwaka yagejeje ku badepite uko igihugu gihagaze. Bamwe mu bamurwanya bavuga ko bitumvikana ukuntu yavuga uko igihugu gihagaze ntavuge ku kibazo cyâumubano nâu […]
Nyamasheke: Abagore baracyagundagurana n'inzitizi nyinshi mu iterambere
Bamwe mu bagore bâimirenge itandukanye yâAkarere ka Nyamasheke bavuga ko n’ubwo ubuyobozi bwâakarere kabo bufatanije nâizindi nzego za Leta bukora ibishoboka byose ngo batere imbere, bakigundagurana nâinzitizi nyinshi zikibabangamiye zituma benshi bahora mu bukene uko umwaka utashye ugasanga badatera intambwe ishyitse mu iterambere. Mu kiganiro na Bwiza.com, bamwe muri bo bavuze ko bimwe mu bituma […]
Smart Phones za mbere zikorewe mu Rwanda zirajya ku isoko mu mezi abiri
Telephone za mbere zo mu bwoko bwa Smart Phones zakorewe mu Rwanda nâuruganda Mara Corporation zizaba zageze ku isoko mpuzamahanga mu gihe cyâamezi abiri nkâuko byemejwe kuri uyu wa Kane na Ashish Thakkar, umuyobozi wâiki kigo. Ibi Ashish yabitangarije ubwo hatangizwaga inama ku bikorerwa muri Afurika yiswe mu Cyongereza âMade-in-Africa Leadership Conferenceâ yahuje abayobozi bakuru […]
Zari avuga ko kuryamana na Diamond biri mu byamugiragaho ingaruka ku buzima
Umuherwekazi, Zari Hassan Tlale avuga ko akabariro katanoze yaterwaga na Diamond Platnumz kari mu mpamvu yatumaga atabyibuha ubwo yabanaga nâuyu mugabo. Zari yatandukanye na Diamond muri Gashyantare 2018. Buri ruhande rushinja urundi kuruca inyuma ariko uyu mugore ntahwema kugaruka kuri Diamond akenshi ku mbuga nkoranyambaga. Yifashishije Instagram, Zari yasobanuriye abafana be igituma yabyibushye. Mu gusobanura […]
Perezida Kagame yamaze impungenge abatekereza ko isoko rusange rizateza Afurika ibibazo
Nyuma y’aho Ikigega Mpuzamahanga cy’ Imari (FMI) kigaragaje ko gifitiye Afurika impungenge mu gihe isoko rusange mu bucuruzi rizatangira gukora si uko Perezida Paul Kagame abibona, ahubwo aramara impungenge abazifite. Muri Gicurasi 2019, nibwo FMI yaburiye ibihugu bya Afurika ko bishobora guhura n’ ibibazo bishingiye ku bihombo bikomeye mu gihe cyose bishyize mu bikorwa amasezerano […]
Aimable arakwigisha uko banyaza neza umugore akazana amavangingo- Reba Video
Umuvuzi gakondo akaba anabahagarariye mu Rwanda, Tuyisenge Aimable Sandro, avuga ko nta mugore utagira amavangingo, bamwe baba bayafite ariko abagabo babo batazi kuyashaka, abandi baba bayafite ari make cyane ku buryo aza ntuyabone, ngo kimwe n’uko hari ababa bayafite n’umugabo azi kuyashaka ariko wenda umugore afite uburwayi buyabuza gusohoka. Avuga ko umugore wanyajwe neza bimutera […]
The Ben afite agaseke arapfundurira abakunzi be mu masaha 24
Umuhanzi w’Umunyarwanda, Mugisha Benjamin cyangwa se The Ben afite agaseke arapfundurira abakunzi b’ibihangano bye, uyu munsi bitarenze amasaha 24. The Ben tumuzi mu ndirimbo zakunzwe na benshi nka Fine Girl, Thank You yafatanyije na Tom Close, Lose Control yafatanyije na Meddy ariko yakoze ‘Naremeye’ yari ikiri majwi. ‘Naremeye yayishyize ku rubuga rwa YouTube mu mezi […]
Byinshi ku gitero karundura cyagejeje Intambara ya 2 yâIsi ku musozo
Imihango yo kwibuka ku nshuro ya 75 igitero cy’ingabo z’ibihugu byishyize hamwe cyaganishije intambara ya kabiri y’isi ku musozo iraba muri iki cyumweru. Umwamikazi w’Ubwongereza, Perezida Donald Trump wa Amerika n’abandi bayobozi b’ibihugu bitabiriye mihango uyu munsi yabereye ahitwa Portsmouth mu Bwongereza. Iki gitero cyo mu kwezi kwa gatandatu mu 1944 cyagenze gite? Ingabo z’Ubwongereza, […]
Umuganga wishe abarwayi 85 yakatiwe ubuzima bwose mu buroko
Mu rukiko rwa Eldonburg kuri uyu wa kane, Niels Hà ¶gel wari umuganga mu Budage, yakatiwe igifungo cy’ubuzima bwose nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica abarwayi 85. Ari mu bicanyi ruharwa bavugwa muri iki gihugu. Uyu muganga washinjwaga kwicira aba bantu mu mavuriro abiri, yari asanzwe afunzwe azira guha abarwayi b’umutima imiti irengeje ubukana, bikarangira itwaye […]
Gatsibo: Gukunda imanza bimutwaye inzu, ubutaka nâamafaranga
Mukarugwiza Vestine wo mu murenge wa Kiramuruzi, amaze guhabwa amezi atatu gusa akaba yavuye mu nzu atuyemo kuko yatejwe cyamunara. Ni nyuma yâaho atsindiwe mu bunzi, ajuririra inkiko aratsindwa, yigira inama yo kwegera Urwego rwâUmuvunyi, maze rutegeka ava muri iyo mitungo bitarenze impera za Nzeri uyu mwaka. Ubwo Urwego rwâUmuvunyi rwasuraga abaturage bâakarere ka Gatsibo, […]
Igihugu cya Sudani cyahagaritswe mu muryango wa Afurika Yunze Ubumwe
Igihugu cya Sudani cyamaze guhagarikwa ku mugaragaro mu muryango wa Afurika Yunze Ubumwe uhuje ibihugu bigera kuri 55 byo ku mugabane. Akanama kâAmahoro nâUmutekano ka Afurika Yunze Ubumwe kateranye kuri uyu wa Kane, I Addis Abeba niko kafashe iki cyemezo. Katangaje muri aya masaha ya nyuma ya saa sita ko gahagaritse Sudani mu bikorwa byose […]
FARDC yiyemeje guhashya imitwe yose y'Abarundi n'Abanyarwanda iri ku butaka bwa Congo
Umuvugizi w’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Kongo mu ntara ya Kivu y’epfo avuga ko bari kwitegura ibitero byo guhashya imitwe irimo n’iy’Abanyarwanda n’Abarundi, mu gihe havugwa kwiyongera kw’ibikorwa by’imitwe yitwaje intwaro mu burasirazuba bw’iki gihugu. Kapiteni DieudonnĂ© Kasereka, umuvugizi w’ingabo mu ntara ya Kivu y’epfo, yabwiye BBC ko muri aka gace koko hari ibikorwa […]
Perezida wa CAF, Ahmad Ahmad, yatawe muri yombi mu Bufaransa
Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Bufaransa aravuga ko Perezida wâImpuzamashyirahamwe yâUmupira wâamaguru muri Afurika (CAF) Ahmad Ahmad mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane yafatiwe muri hotel yâI Paris yari acumbitsemo aho yitabiriye kongere ya FIFA. Biravugwa ko Ahmad Ahmad yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ku isaha ya saa 8h30 […]
Rusizi: Abanyeshuri basabwe kudahishira uwo bumviseho ingengabitekerezo ya Jenoside
Abanyeshuri ba G.S Buagarama CitĂ© mu karere ka Rusizi basabwe kurwanya bivuye inyuma Jenoside nâingengabitekerezo yayo no kudahishira uwo bayumvaho wese kabone nâiyo yaba umubyeyi wabo. Umuyobozi wâiki kigo, Mbarushimana Hamimu, avuga ko inyigisho za Ndi Umunyarwanda ari urubuga rwiza abana basobanurirwamo byimbitse amateka nyakuri yaranze u Rwanda, haba ku mibanire yabo mbere yâubukoloni, mu […]
Amazi mu Rwanda yabaye igicuruzwa kibyara inyungu aho kuba icyo abantu bafiteho uburenganzira â Hon. Frank Habineza
â Amazi mu Rwanda yabaye igicuruzwa kibyara inyungu aho kuba ikintu abantu bafiteho uburenganzira, â Uyu ni Depite Frank Habineza uvuga ko amazi ari ikintu cyâingenzi cyane waba uri umukire cyangwa umukene, kuko buri wese akenera amazi, yaba ayo kunywa, ayo gutekesha, ayo gukaraba, ayo gukoresha indi mirimo itandukanye. Mu kiganiro cyihariye aherutse kugirana na […]
Kwimura umwana adashoboye ni amakosa- Dr Isaac Munyakazi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUburezi, Â Dr Isaac Munyakazi yavuze ko nta munyeshuri uzongera kwimuka ava mu mwaka ajya mu wundi adashoboye. Ibi ngo bitewe na gahunda nshya izajya ituma nâutimutse agira ubundi buryo afashwamo. Abajijwe ku bijyanye nâabanyeshuri byagiye bivugwa ko bimurwa bagashyirwa mu mwaka ukurikiyeho badashoboye, yasobanuye ko ibi bitazongera kubaho. Ati “Iyo […]
Me Evode Uwizeyimana avuga ko gukuraho amategeko yo ku ngoma ya gikoloni nta ngaruka bizagira ku Rwanda
Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Itegeko Nshinga nâandi mategeko muri Minisiteri yâUbutabera, Uwizeyimana Evode, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Kamena 2019, nibwo yagejeje ku Nteko Nshingamategeko umutwe wâAbadepite umushinga ukuraho amategeko yashyizweho mu gihe cyâabakoloni mu Rwanda. Hari hashize amezi abiri Inama yâAbaminisitiri yemeje umushinga wâitegeko rikuraho amategeko yose yashyizweho mu gihe cyâabakoloni, ubwo […]
Iyo ubonye 500 Frs uyizigama mu gifu cyawe, aho bukera Kigali turayivamo- Abaturage
Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Kigali bavuga ko akamaro ko kwizigama bakazi ariko bagahura nâimbogamizi zâuko ayo bakorera uretse no kuyazigama atanabasha kubakemurira ibibazo byâimibereho yabo ya buri munsi. Bavuga ko ibintu bihenze cyane mu mujyi wa Kigali, bityo ko make bakoreye bayashakamo amafunguro yo kubatunga, bagasanga gusagura ayo kwizigama bitabashobokera. Uyu ni umusore […]
Abarenga 90% bahumeka umwuka uhumanye- Dr. Biruta Vincent
Minisitiri  w’Ibidukikije mu Rwanda, Dr . Vincent Biruta, avuga ko Abanyarwanda bazifatanyiriza hamwe mu kurwanya ihumana ryâumwuka uhumekwa kimwe mu bibazo byugarije ubuzima bwâabatuye isi, bityo ko abagera kuri 90% mu buzima bwabo bwa buri munsi bahumeka umwuka uhumanye. Kuri uyu wa 5 Kamena 2019, nibwo u Rwanda rwifatanyije nâIsi yose kwizihiza umunsi mpuzamahanga wâibidukikije. […]
Afurika y' Epfo: Umurundi wagiye gufata mu mugongo umuryango wa Camir Nkurunziza yararashwe
Umugabo w’ umurundi wari wagiye gufata mu mugongo umuryango wa nyakwigendera Camir Nkurunziza yarashwe mu bitugu kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Kamena 2019. Uyu mugabo yarashwe urusasu rwo mu bitugu ubwo yari mu modoka agiye kwihanganisha umupfakazi wa Camir Nkurunziza ageze imbere yâurugo. Uyu murundi avugwaho kuba yari inshuti magara ndetse ko yanakoranaga […]
Impunzi zâAbarundi ziri mu Rwanda zashyikirijwe imfashanyo nâu Buyapani
Ambasaderi wâu Buyapani mu Rwanda, Takayuki Miyashita yashyikirije impunzi zâAbarundi ziri mu Rwanda mu nkambi ya Mahama, imfashanyo igihugu ahagarariye cyazigeneye. Iyi mfashanyo ikubiyemo ibigori, ibishyimbo ndetse nâifu yâigikoma. Amb. Takayuki  wabashyikirije iyi nkunga, yagize ati âTurabizi ko ari byinshi bikenewe muri iyi nkambi kuko nâabantu bakomeza kwiyongera. Icyo dukoze ni ugufasha abatishoboye, ibyo dutanze […]
RDC: Umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya colonel yakatiwe igifungo cya burundu azira umugore we
Col. Bihendo Mikonde Ibrahim, komanda wa regiment ya 3309 ya FARDC ifite ibirindiro ahitwa Shabunda, muri Kivu yâAmajyepfo, kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 04 Kamena 2019 yakatiwe igihano cyâigifungo cya burundu nâurukiko rwa gisirikare nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica umugore we. Uyu musirikare mukuru mu ngabo za Congo yakatiwe igihano cyo gufungwa burundu […]
Abadepite barahiye ko bari burogoye ijambo rya Perezida Museveni
Abadepite mu gihugu cya Uganda batangaza ko bari burogoye ijambo rya Perezida Museveni naramuka avuze ibidahwitse. Biteganyijwe ko Perezida Museveni ari bugeze ijambo ku badepite ku bijyanye nâuko igihugu gihagaze kuri uyu wa 6 Kamena 2019. Abadepite bavuga ko bari bumurogoye naramuka avuze imibare itariyo cyangwa se amakuru atari yo. Umudepite wa Kikak yâAmajyepfo, Gilbert […]
Iperereza ryatangiye gukorwa muri gereza ifungiyemo Col.Tom Byabagamba na bagenzi be
Iperereza muri gereza ifungiyemo Col. Tom Byabagamba na muramu we, Rtd Frank Rusagara ndetse nâumushoferi we, Kabayiza, ritangiye nyuma yâicyemezo cyâumucamaza cyo ku wa 31 Gicurasi 2019, nyuma yo gutangaza ko nta cyemezo yafata ku iyicarubozo bavuga ko bakorerwa aho bafungiye atarakora iperereza. Abaregwa bavugwa ko bakorerwa iyicarubozo muri gereza bafungiyemo ya Kanombe nyamara Urukiko […]
Amafoto ya Nsengiyumva (Igisupusupu) aryamye mu mafaranga menshi yavugishije abantu
Nsengiyumva Francois (Igisupusupu) ni umuhanzi w’Umunyarwanda umaze igihe gito yamamaye. Dutangiye kumumenya mu mpera z’umwaka ushize. Bwa mbere yamenyekaniye mu ndirimbo yise ‘Mariya Jeanne’ ariko abenshi bayita igisupusupu ku mpamvu yo gukunda iri jambo rivugwa muri iyi ndirimbo yakunzwe cyane. Yamaze gukora indi ndirimbo yise Icange, igaragaramo ababyinnyi gakondo. Benshi bakundiye indirimbo amashusho meza kandi […]
Icyo Diamond avuga ku kuba Harmonize yaba asigaye amurusha abafana
Umuhanzi Diamond Platnumz avuga ko abakomeje kuvuga ko umuhanzi mugenzi we, Harmonize yaba asigaye amurusha abakunzi bagamije kubateranya. Abakurikiranira hafi ibya muzika byâumwihariko muri Tanzania, bari bamaze iminsi batanga ibitekerezo byabo bavuga ko babona Harmonize ukorera umuziki we mu nzu ya Wasafi ya Diamond asigaye arusha Diamond kwigarurira imitima ya rubanda. Aganira na Radiyo ye […]
Loni igiye gutangira gukura muri Sudani abakozi bayo
Umuryango wâAbibumbye uravuga ko ugiye gukura byâagateganyo bamwe mu bakozi bawo bâabasivili muri Sudani bitewe nâikibazo cyâumutekano muke ukomeje kuharangwa. Ku wa mbere wâiki cyumweru abashinzwe umutekano bagabye igitero gikomeye ku nkambi yâabigaragambya. Abaganga baravuga ko umubare wâabaguye muri icyo gitero nâimvururu zagikurikiye umaze kugera ku bantu 108 kandi bashobora kwiyongera. Nta mibare nyayo yabahaguye […]
Rubavu: Yafashwe yiyitirira urwego adakorera akambura abaturage
Kuri uyu wa 4 Kamena, Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu mu murenge wa Gisenyi yafashe umugabo witwa Niyongombwa Steven ufite imyaka 29 yâamavuko wiyitiriraga kuba umukozi wâikigo cyâimisoro nâamahoro akambura abaturage amafaranga ababeshya ko azabagaruriza ibicuruzwa byabo byabaga byafatiwe muri magendu. Akaba yarafashwe amaze guhabwa amafaranga 50,000 frw ngo agaruze imyenda yacaguwa […]
Amakimbirane hagati ya Sheebah na Cindy yageze mu bihangano
Sheebah Karungi na Cinderella Sanyu (Cindy) ni abahanzikazi bo muri Uganda ariko ntibamaze igihe kingana mu muziki. Cindy aracyafata Sheebah nk’umwana mu muziki. Bagiye barangwa n’amakimbirane, bigera n’aho babishyira mu ndirimbo zabo. Izi ndirimbo zabo zuje ubutumwa busubizanya, aka Bebe Cool na Bobi Wine, Mr. Nice na Dudu Baya mu bihe byashize. Mu ndirimbo yise […]
Paul Muvunyi ushinjwa kunyereza za Miliyari yagejejwe mu bujurire mu Rukiko rwâIkirenga
Urukiko rwâIkirenga rwatangiye kuburanisha mu mizi ubujurire bwa Kompanyi Horizon-Sopyrwa iregamo Paul Muvunyi kurigisa umutungo ubarirwa muri za miliyari zâamafranga yâu Rwanda, akayakoresha mu mahoteri ye bwite. Muvunyi arashinjwa kugurisha umutungo, amafaranga akayashyira ku makonti ye bwite. Uregwa aravuga ko ibi bivugwa bitabayeho kuko hari ibimenyetso ko izi sosiyete uko ebyiri zitaranakora ihererekanyabubasha mu mutungo. Abarega […]
Charles Ntakirutinka wafunzwe imyaka 10 n' imboni ye muri demokarasi mu Rwanda
Ikiganiro Bwiza.com yagiranye na Charles Ntakirutinka wabaye muri Guverinoma y’ U Rwanda agafunganwa n’ uwari Perezida w’ u Rwanda Pasteur Bizimungu imyaka 10 yatangaje byinshi bimwerekeyeho. Ntakirutinka avuga ko mu gihe cyâamasezerano ya Arusha yahagarariraga PSD mu biganiro , ari naho yaje guhurira na bamwe mu bantu bari bahagarariye  FPR ndetse anamenya ibitekerezo bari bafite […]
Uwatsinzwe urubanza ntitugomba kumuha icyuho cyo kwigomeka ku byemezo b'Inkiko- Urujeni Martine
Ushinzwe kwegereza ubutabera abaturage muri Minisiteri yâUbutabera, Urujeni Martine, avuga ko mu gihe umuntu yatsinzwe mu rubanza agomba kwishyura, ndetse ko atagomba guhabwa icyuho cyo kwigomeka ku byemejwe nâurukiko. Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Kamena 2019, mu muhango wo gusoza gahunda y’inama nyunguranabitekerezo ku irangiza ry’imanza n’izindi nyandikompesha, zimaze iminsi zibera mu […]
Havumbuwe uko Nelson Mandela yatojwe gukoresha intwaro na Israel itazi ko ari we
Nelson Mandela yatojwe kwirwanaho ndetse nâibya gisirikare n’ inzego z’ ubutasi za Isirayeli muri Ethiopia ariko akoresheje andi mazina nâubwenegihugu, nk’ uko amakuru yâibanga yavuye mu bubiko mu 2013 nyuma yâimyaka myinshi yagiye abigaragaza. Israel ikaba yaramenye ko yatozaga Mandela nyuma yo gutabwa muri yombi. Aya makuru yashyizwe ku mugaragaro bwa mbere nâIkinyamakuru Haaretz cyo […]
Genda buhoro muri politiki, ni nko kwiyahura- inama kuri Chameleone
Umunyapolitiki Capt. Mike Mukula  yagiriye inama umuhanzi Jose Chameleone ushaka kuba Meya wâUmujyi wa Kampala ko yagenda buhoro muri politiki, umukino abona usa no kwiyahura. Ubu ni ubutumwa Mukula yageneye Chameleone ku munsi wa Eid Fitlr. Ati â Ushobora gutakaza ubutunzi bwawe bwose. Politiki yagusenya.â Mukula avuga ko we ibya politiki yabishingutsemo ahubwo agashyira imbaraga […]
Uganda: Igipolisi kiravuga ko cyataye muri yombi igisambo ruharwa cyâUmunyarwanda
Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Kisoro kiravuga ko cyataye muri yombi igisambo kabuhariwe gikomoka mu Rwanda cyari cyarazengereje abatuye Kisoro no mu nkengero zaho. Uyu mugabo watawe muri yombi ngo yitwa Kanyangoga Jean Baptiste, Umunyarwanda uvuga ko ari umutekinisiye ndetse ukora nâamatelephone ku Muhanda wa Mutanda. Iyi nkuru dukesha kimwe mu binyamakuru byo muri […]
Impuhwe zâImana kuri wowe zirahagije kugirango utabarwe
Soma ibyakozwe nâ Intumwa 14: igice cyose Mu gihe Uri kubona wagerageje kugira icyo ukora ku uruhare rwawe ku ibijyanye nâ ibibazo ufite kano kanya. Ukabona imbaraga zose warufite zirangiriye aho. Ndagira ngo nkubwire ko utagomba gucika intege cyangwa wihebe. Ndagirango nkubwire ko aho imbaraga zâumwana wâ umuntu zirangirira niho amasezerano yâ Imana yadusezeranije aza […]
Guverineri Gatabazi arasaba urubyiruko kugaragaza isura nziza y'u Rwanda rwifashishije imbuga nkoranyambaga
Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vianney arasaba urubyiruko rw’abakorerabushake “Youth Volunteers” rwo muri iyi Ntara, kurushaho kugaragaza isura nziza yâu Rwanda bifashishije imbuga nkoranyambaga bakoresha no kugira uruhare mu kurwanya ibikorwa bishobora kudindiza iterambere. Guverineri Gatabazi wari uyoboye inama yahuje ubuyobozi bwâintara yâAmajyaruguru nâuru rubyiruko rwâabakorerabushake yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 […]
Impinduka muri FIFA zihesheje Infantino kongera kuyobora
Uyu munsi ku wa gatatu, Umusuwisi Jianni Infantino yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru ku Isi nyuma yo gushimirwa impinduka n’ibibazo yakuye muri uyu mukino. Infantino afite imyaka 49. Yagiye ku buyobozi mu 2016 asimbuye Sepp Blatter washinjwaga kurya ruswa no gutanga ishimwe ku bakozi mu buryo budasobanutse. Iyi manda azayigeza mu 2023. Infantino yazanye […]
Umuryango twifuza ni ufite uburyo bwuzuye mu mfuruka zose zâubuzima- Umutoni Nadine
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (Migeprof), isobanura ko umuryango wifuzwa mu gihugu ari ufite ubuzima bwiza, umugabo nâumugore bazira amakimbirane, abana biga, abakobwa badaterwa inda zitateguwe, urimo urubyiruko ruzira ibiyobyabwenge nâibindi bishobora kuwuhungabanya. Mu kiganiro âIntambwe Iganjeâ kuri RBA, Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (Migeprof), Umutoni Gatsinzi Nadine, yasobanuye ko umuryango utekanye ariwo igihugu cyifuza. Yagize […]
Mbarara: Umunyarwanda yapfuye akigera mu rugo nyuma yâiyicarubozo yari yakorewe
Umwe mu banyamategeko baburanira Abanyarwanda muri Uganda, Gawaya Tegulle atangaza ko hari Umunyarwanda, Robert Tumwine waguye mu maboko yâabo mu muryango we nyuma yo gufungurwa nâinzego zâumutekano za Uganda yaragizwe intere kubera iyicarubozo. Mu kiganiro nâitangazamakuru mu minsi mike ishize, abanyamategeko Gawaya Tegulle na Aboneka Michael batangaje ko Abanyarwanda 100 bavuga ko bari basanzwe bakora […]
Igipolisi kishe Abarundi batatu bakekwagaho kugaba igitero mu Nkambi yâImpunzi ya Nduta
Igipolisi cya Tanzania kiciye hafi yâumupaka wâu Burundi Abarundi batatu bitwaje intwaro bakekwagaho kuba abagizi ba nabi bagabye igitero mu Nkambi yâimpunzi zâAbarundi ya Nduta. Umuyobozi wâAkarere ka Kibondo yemeje aya makuru yâiyicwa ryâaba batatu ku mugoroba wo kuwa Mbere, yemeza ko bose ari Abarundi. Mu kiganiro nâitangazamakuru kuri uyu wa Kabiri, uyu muyobozi wa […]
Perezida Magufuli yagaragaye mu isoko arimo kugura amafi yitwaje agatebo – Amafoto
Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania yagaragaye bitunguranye mu isoko ryâamafi afite agatebo yari agiye guhahiramo mu rwego rwo gushyigikira gahunda ya leta yo guca ikoreshwa ryâamasashi. Mu gihugu cya Tanzania ngo si ibisanzwe kubona umugabo atwaye ikintu cyo guhahiramo, byâumwihariko noneho uri ku rwego nkâurwa perezida. Ibi rero Perezida magufuli akaba yabikoze mu rwego […]
Batunguwe no kumva Mufti w'u Rwanda ababwira ubutumwa bohererejwe nâumushumba wa Kiliziya Gatolika
Mu ntangiriro z’igisibo gitagatifu cy’abayisilamu, umuyobozi w’inama ya Papa ishinzwe ibiganiro n’andi madini yashyizweho n’umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi yandikiye ibaruwa imiryango ya kisilamu ku isi ibabwira ko yifatanyije na bo muri iki gisibo. Ibaruwa y’iyi nama y’i Vaticani  ikubiyemo ubutumwa busaba ubufatanye, koroherana, guha abantu ubwisanzure mu guhitamo, ubwisanzure mu bitekerezo no kubitanga. […]
RDC: Inyeshyamba zateye ibirindiro bya FARDC zinashimuta impinja ebyiri
Inyeshyamba zitamenyekanye kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 03 Kamena zagabye igitero ku birindiro bya FARDC ahitwa Blukwa-Mbi mu Murenge wa Walendu Pitsi, Teritwari ya Djugu, zirangije zinashimuta abana babiri bâimpinja. Biravugwa ko FARDC yasubije amasasu yarashweho bigatuma impande zombie zihangana mu gihe kibarirwa mu masaha. Bamwe mu bayobozi gakondo baravuga ko abateye binjiye mu […]