Nyamasheke: Bababazwa n’uko ababiciye ababo bakabata muri Nyungwe no mu mirima y’ibyayi bakomeje guceceka

Mu gihe hibukwa ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe abatutsi, abafite abo mu miryango yabo bari abakozi b’uruganda rw’icyayi rwa Gisakura ruri mu murenge wa Bushekeri mu karere ka Nyamasheke, abari abasoromyi b’icyayi n’abandi bose barebanaga n’ubuhinzi bw’icyayi bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi bakomeje kwibaza impamvu ababiciye ababo bakabajugunya mu mirima y’ibyayi no muri pariki […]

Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yakozwe ku mutima n’umuntu wamushushanyije

Umusirikare wa Uganda, Lt Gen  Muhoozi Kainerugaba yatunguwe ndetse anagaragaza amarangamutima ye nyuma yo kubona igishushanyo cy’isura ye, avuga ko cyakoranwe ubuhanga bitewe n’uko kimugaragaza uko ari. Yabicishije ku rukuta rwe rwa Twitter akurikirwaho n’abasaga ibihumbi 114, ashima umunyabugeni atazi wamwitondeye akamwitegereza nyuma akamushushanya neza. Yagize ati “Nongeye gushima na none umunyempano w’Umugande ku bw’iyi […]

Ambasaderi w’ u Butaliyani mu Rwanda yagiranye ibiganiro n’Umukuru wa Polisi y’u Rwanda

Mu Gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 4 Kamena  uhagarariye igihugu cy’ubutaliyani mu Rwanda  Domenico Fornara yagiranye ibiganiro n’umuyobozi wa Polisi  y’u Rwanda byibanze ku kungurana ibitekerezo ku mikoranire ya polisi z’ibihugu byombi. Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yavuze ko ibi biganiro byibanze ku kongera ubufatanye busanzwe burangwa hagati ya […]

Sudani: Imyigaragambyo imaze kugwamo abantu bagera kuri 60

Umubare w’abigaragambya biciwe muri Sudani umaze kugera kuri 60 nk’uko bivugwa n’Umuryango w’abaganga batavuga rumwe n’ubutegetsi, mu gihe inzego z’umutekano zikomeje kurushaho kugenzura umurwa mukuru Khartoum. Uyu mubare usubiwemo utangajwe nyuma y’imidugararo imaze iminsi ibiri, yatangiye ubwo inzego z’umutekano z’inama ya gisirikare iyoboye Sudani by’inzibacyuho muri iki gihe zarasaga mu bigaragambya badafite intwaro. Amakuru avuga […]

RDC: Abajura bibye ibikoresho by'ahapimirwa Ebola

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatangaje ko mu ijoro ryo ku wa 3 rishyira uwa 4 Kamena, abajura bateye ahapimirwa indwara ya Ebola muri Kamanda, biba bimwe mu bikoresho byifashishwa. Muri ibi bikoresho byibwe harimo mudasobwa ebyiri n’ikindi abaganga bifashisha mu gupima (GeneXpert). Iyi nzu ipimirwamo Ebola iri mu ntara ya Ituri […]

Kubaho mu ubushake bw’ Imana bifungura inzira

Soma Abaroma 12: igice cyose . Niba utarigeze ufungwa mu ubuzima bwawe uri umuntu “Ubayeho mu uburyo bwiza” Umuntu mwiza ubayeho mu uburyo bushakwa n’ ubuyobozi bw’ igihugu kandi nabyo bishimwa n’ Imana. Imana iguhe umugisha Kuko abantu nkabo nibo igihugu kiba gikeneye ndetse na society. Bitewe niyo mibereho yawe imeze gutyo twe nk’ abantu […]

Tunyotewe no kugira Minisitiri muri Guverinoma- Depite Frank Habineza

Umuyobozi mukuru  w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda ( The Democratic Green Party of Rwanda) , ryemewe mu gihugu ariko rikaba ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda kuri gahunda zimwe na zimwe, Dr Habineza Frank avuga ko hamwe n’abarwanashyaka be bafite inyota yo kwinjira muri Guverinoma bakagiramo ababahagarariye . Dr Habineza Frank yinjiye […]

1994: Joseph Kavaruganda yari azi ko ingabo za Loni zitazatabara abanyarwanda

Umunyamategeko, Joseph Kavaruganda wari Perezida w’Urukiko rurinda ubusugire bw’itegeko nshinga, na Agathe Uwilingiyimana wari Minisitiri w’Intebe, bombi bishwe ku itariki ya 7 Mata 1994. Hari hashize iminsi 100 babwiye umuryango w’abibumbye ko nibadatabara ngo bambure abicanyi intwaro, mu Rwanda hazacura imiborogo. By’umwihariko Kavaruganda yabonanye n’uwari ukuriye MINUAR, Jacques Roger Booh-Booh, mu nzu yari atuyemo hafi […]

Amakuru y'igura n'igurisha yiriwe muri ruhago: Pogba, Salah na Hazard ?

Abakunzi b’umupira w’amaguru turacyari mu rujijo, ntituramenya neza niba abakinnyi batangiye kuvugwa kera ko bazava mu makipe barimo cyangwa bazagumamo. Ibi ni na ko bimeze ku batoza. Amakuru y’igura n’igurisha aba ukuri kuzuye iyo ku mugaragaro umukinnyi cyangwa umutoza asinyiye ikipe. Umuntu ntiyajyaho ngo avuge ko 100% abakinnyi cyangwa abatoza bavugwa kwerekeza mu makipe runaka  […]

DRC: Umudepite washishikarije abaturage kwica Moise Katumbi ari mu mazi abira

Ishyirahamwe riharanira ubutabera, ACAJ ryasabye ko umuvugizi w’ Inteko Nshingamategeko  mu Ntara ya  Lualaba (Kolwezi),  Donat Tshimboj akurikiranwa nyuma yaho atangarije ko umunyapolitiki Moise Katumbi agomba kwicwa aramutse ageze muri iyi Ntara. Abagize iri shyirahamwe riharanira ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokrasi ya Congo basabye Umucamanza Mukuru w’ Urukiko rusesa imanza gukirikiranira hafi uyu mudepite mu […]

Inzu 2000 zakwigonderwa na buri wese zigiye kubakwa i Nyamirambo

Kompanyi yitwa Remote Group ifatanyije na Rugarama Parka Estate bagiye kubaka inzu 2,000 zishobora kwigonderwa n’ab’amikoro make i Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge. Ibi ngo bizakorwa hisunzwe igishushanyo mbonera cy’Umujyi wa Kigali ndetse n’amabwiriza y’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imiturire. Izi nzu nk’uko itangazo ryashyizwe ahagaragara n’iyi Kompanyi ribitangaza, zizacumbikira abantu ibihumbi 14 kandi bamwe bakazahabonera akazi […]

RDC: Imirwano ikaze hagati ya FDLR/CNRD na FARDC yatumye ibiturage bine bishiramo abaturage

Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko byibuze ibiturage bigera kuri bine byo muri Teritwari ya Masisi bimaze gushiramo abaturage kuva ku Cyumweru kubera imirwano imaze iminsi igera kuri itatu ihuje inyeshyamba za FDLR/CNRD n’ingabo za FARDC. Imirwano hagati ya FARDC n’izo nyeshyamba za FDLR bikekwa ko ari izo mu gice cya […]

Rusizi: Umukecuru wari umaze imyaka itatu asaba Leta kumusanira inzu ari mu byishimo

Mwamvuwa Séraphine w’imyaka 68, utuye mu Mudugudu wa Muramba,akagari ka Kamanyenga,umurenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi,ari mu byishimo bikomeye cyane nyuma y’ubuvugizi yakorewe na Bwiza.com agasanirwa inzu yari amaze imyaka irenga 3 yarabuze gisanwa, aho abo yiyambazaga bose barimo n’abayobozi ntacyo bamumariraga,agashima ubufatanye bw’ubuyobozi n’itangazamakuru mu gukemura ibibazo by’abaturage. Nk’uko yari yabitangarije Bwiza.com ubwo […]

Rubavu: Bahangayikishijwe n’abihagarika bakanituma mu busitani bukikije ikiyaga cya Kivu

Ku nkombe y’ikiyaga cya Kivu iherereye munsi y’ahubatse ibiro by’Akarere ka Rubavu, Intara y’Iburengerazuba, niho havugwa ko abaturage biherera mu busitani bukikije iki kiyaga. Abasare bacuruza iminyenga mu bwato, bavuga ko abanyamahanga aribo bakunze kugaragaraho iyo ngeso bityo ko ubuyobozi butagize icyo bukora byagira ingaruka. Bavuga ko bamwe biherera mu busitani bukikije ikiyaga cya Kivu […]

Ikibumbano cya Trump yandikira ubutumwa mu bwiherero cyagejejwe i Londre

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump kuva ejo yagiriye uruzinduko mu Bwongereza ruramara iminsi 4. Ejo ku wa 3 Kamena, yahuye n’Umwamikazi w’iki gihugu, Elizabeth. Uyu munsi wa kabiri w’uruzinduko rwe yahuye na Minisitiri w’Intebe, Theresa May. Abaturage benshi b’Ubwongereza kimwe na Meya w’umugi wa Londre ntibashyigikiye uru ruzinduko. Mu migi ikomeye muri […]

Museveni ntiyari i Namugongo bitewe n'umupfakazi  wa Nyerere

Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda ntiyabashije kwitabira ibirori byo kwizihiza Umunsi Mukuru w’Abahowe Imana wabereye i Namugongo bitewe n’uburwayi butunguranye bw’umupfakazi wa Nyerere, ari we Maria Nyerere wari i Kampala. Umuntu utashatse ko amazina ye atangazwa yabwiye Daily Monitor ko Maria  Nyerere w’imyaka 88 yagize ikibazo cy’ubuzima bituma ajya kuvurirwa mu bitaro biri mu […]

Afurika y’Epfo: Babiri bacyekwaho kwica umunyarwanda Camir Nkurunziza bafashwe

Ku wa Kane tariki ya 30 Gicurasi 2019, nibwo hamenyekanye urupfu rw’Umunyarwanda, Nkurunziza Camir wabaga muri Afurika y’Epfo. Umugore we akaba atangaza ko abantu babiri muri batatu bacyekwaho kuba inyuma y’urupfu rwe batawe muri yombi. Bitangazwa ko Nkurunziza yarasanwe n’undi muntu umwe bari kumwe, abandi babiri ngo baracika. barashwe n’Igipolisi cya Afurika y’Epfo, ibinyamakuru bitandukanye […]

Perezida Kagame yansabye kubwira Perezida Museveni ko u Rwanda rutazigera rurasa isasu rya mbere — Andrew Mwenda

Umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Uganda uragenda ufata intera kandi hatagize igikorwa wageza no ku ntambara nk’uko byemezwa n’Umunyamakuru, Andrew Mwenda, akaba n’intararibonye mu mubano w’ibi bihugu byombi by’ibituranyi, wagarutse ku butumwa Perezida Kagame yamuhaye ngo ashyikirize Museveni nawe agasubiza. Mu nkuru yanditse igaragara ku rubuga rw’ikinyamakuru cye The Independent, Andrew Mwenda atangira yibutsa […]

Ibyumweru bisaga 2 birashize abateramakofe b’Abarundi baraheze muri Gabon kubera kutishyura hotel

Abakinnyi b’Abarundi batanu b’umukino w’iteramakofe bavuye mu Burundi bagiye guhagararira igihugu mu marushanwa nyafurika muri gabon, bamaze ibyumweru bibiri bisaga baraheze i Brazaville bameze nk’imfungwa nyuma yo kubura amafaranga yo kwishyura hotel bararagamo. Bivugwa ko ubusanzwe aba bateramakofe bagombaga kugenda ari 11 ariko batanu akaba ari bo bishyuriwe itike y’indege n’ishyirahamwe ry’Umukino w’Iteramakofe mu Burundi. […]

RDC: ADF yagabye ikindi gitero cyatwaye ubuzima bw'abasaga 13

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 3 Kamena, inyeshyamba za ADF zagabye igitero mu mugi wa Beni mu ntara ya  Kivu y’Amajyaruguru, abasaga 13 barimo n’umusirikare wayo bahasiga ubuzima. Amakuru aturuka muri iki gihugu avuga ko mu karere ka Butanuka, humvikanye amasasu ijoro ryose. Ingabo z’igihugu, FARDC, zamenye ko abaturage batewe zirahagoboka. Meya w’aka karere, […]

Min. Sezibera yabonanye n’abayobozi batandukanye ba Misiri barimo na Minisitiri w’Ingabo- AMAFOTO

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Sezibere Richard yagiriye uruzinduko mu Misiri, ahura n’abayobozi batandukanye b’iki gihugu, barimo Minisitiri w’Ingabo, Uw’Ububanyi n’amahanga ndetse n’umuvugizi w’Inteko Nshingamategeko. Nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda, ibicishije ku rukuta rwayo rwa Twitter, Sezibera yabonanye n’aba bayobozi ku wa Mbere tariki ya 3 Kamena 2019, ku butumire yahawe […]

CNLG yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo ndangamateka ya Jenoside y’Abayahudi

Kuwa mbere tariki ya 03 Kamena 2019,Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG), yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo ndangamateka ya Jenoside y’Abayahudi (Mémorial de la Shoah) gikorera mu Bufaransa. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa CNLG, Dr Bizimana Jean-Damascène yavuze ko ubwo bufatanye bwitezweho umusaruro mu kubungabunga ibimenyetso biri ku nzibutso, kubika ubuhamya bujyanye n’amateka ya Jenoside, kwigisha urubyiruko amateka […]

Sudani: Abasirikare bizeje gutegura amatora mu mezi icyenda

Nyuma yuko imyigaragambyo ifashe intera ndende muri Sudani, inama ya gisirikare iyoboye iki gihugu mu nzibacyuho yatangaje ko ihagaritse ibindi byose ikaba ubu igiye gutegura amatora mu mezi icyenda. Mu itangazo basohoye, umuyobozi wa Sudani ubu, Jenerali Abdel Fattah al-Burhan, yavuze ko “bahagaritse ibiganiro ndetse n’ibyo bemeranyijweho mbere byose n’abahagarariye abigaragambya”. Yavuze ko mu gihe […]

Gakenke: Abafite ubumuga barasaba ko iteka rya Minisitiri rigena uko bafashwa mu kwivuza rishyirwa mu bikorwa

Bamwe mu bafite ubumuga butandukanye batishishoboye bo mu murenge wa Janja mu karere ka Gakenke bategereje ko iteka rya minisiteri w’ubuzima ryo muri 2009 rigena uko leta ibafasha mu kwivuza ryashyirwa mu bikorwa baraheba. Bakaba bakomeje gutakamba basaba koroherezwa kugera kuri serivisi z’ubuzima. Mu kiganiro cyahuje abaturage n’abayobozi cyateguwe n’umuryango w’abanyamakuru baharanira amahoro PAXPRESS ku […]

Jay-Z abaye umuraperi wa mbere utunze miliyari y'amadolari

Umuhanzi w’umunyamerika, Shawn Corey Carter uzwi nka Jay-Z ni we wa mbere uririmba mu njyana ya ‘rap’ ugerageje gushyiraho agahigo ko kugira umutungo ufite agaciro ka miliyari y’amadolari y’Amerika. Ikinyamakuru Forbes gisanzwe gikora inkuru z’ibyamamare hano ku isi cyatangaje ko Jay-Z aya mafaranga yose ayakomora ku bucuruzi, ibyo atunze n’ibikorwa akora buri munsi bimwinjiriza, harimo […]

Agakiriro ka Gisozi kafashwe n'inkongi

Uyu munsi mu masaa moya y’umugoroba, agace kabamo ibikoresho byo gukora intebe nka matela n’imbaho mu Gakiriro ka Gisozi mu karere ka Gasabo kafashwe n’inkongi y’umuriro. Abaturage bavuga ko uyu muriro ushobora kuba waturutse kuri butike yegereye ipoto y’amashanyarazi, bakaba banakeka ko yatewe n’ insinga z’amashanyarazi. Ishami rya polisi rishinzwe kuzimya inkongi ryahise rihagoboka. Kugeza […]

Sudani: Amerika n'Uburayi byamaganye ubwicanyi bwakorewe abigaragambya, Misiri isaba ituze

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’Ubumwe bw’Ibihugu by’Uburayi byamaganye ubwicanyi buri gukorerwa abaturage bigaragambya basaba ko ubuyobozi bwashyirwa mu maboko yabo, Misiri iyo isaba ko habaho ituze. Ubutumwa bwa ambasade y’Amerika bwanyuze kuri twitter  bwasabaga iki gisirikare cyabyutse kirasa abigaragambya guhagarika ubu bwicanyi. Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wo nk’uko BBC yabikomojeho, urasaba iki gisirikare kiyoboye […]

Rubavu: Abagabo 13 bakurikiranweho kwiba za mudasobwa mu mashuri atandukanye

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bwaregeye urukiko  rwisumbuye rwa Rubavu  dosiye iregwamo abagabo 13 bakekwaho ibyaha by’ubujura bwa za mudasobwa mu mashuri. Agatsiko k’aba bajura kakaba karatawe muri yombi nyuma y’uko mu ntangiriro z’uyu mwaka bamaze kwiba ku bigo by’amashuri binyuranye, mudasobwa zigendanwa zitagira ingano, bakaziba baciye icyuho. Hamwe muho bibye ni aha hakurikira: […]

Umwana yabeshye ko indege itwara abagenzi itezemo igisasu, iz'intambara ziratabara

Muri Singapore kuri iki cyumweru tariki ya 2 Kamena, umwana w’imyaka 13 yabeshye inzego z’umutekano ko indege barimo itezemo igisasu, leta ihita yohereza indege ebyiri za gisirikare zirayiherekeza. Iyi ndege yari itwaye abagenzi 144, yari ivuye mu mugi wa Cebu muri Philippines yerekeza muri Singapore yageze ku kibuga cya Changi yagwiriyeho nta kibazo igize. Polisi […]

Mbarara: Umukecuru w’imyaka 65 arakekwaho kwivugana abantu barindwi abatemye

Umugore ugeze mu zabukuru w’imyaka 65 y’amavuko wo mu gihugu cya Uganda yaburiwe irengero nyuma yo kwica abantu barindwi ahitwa Nombe, Kashari, mu Karere ka Mbarara. Uyu mukecuru ukekwaho ubu bwicanyi ngo yabukoresheje umupanga ku cyumweru. Biravugwa ko yishe umukobwa we witwa Annet Kyomukama w’imyaka 25 ndetse n’umuhungu we w’imyaka 8, Osbert Nuwamanya. Abandi bishwe […]

Babyeyi niturinde abana urwango kuko nibo rwokama rukabamerera nabi- Dr Bizimana

Mu gikorwa cyo kwibuka abazize Jenoside  yakorewe Abatutsi  mu 1994 baguye i Kabgayi, umunyamabanga Nshingwabikorwa  wa komisiyo yo kurwanya Jenoside (CNLG),  Dr Bizimana Jean Damascène  yavuze ko ibikorwa nk’ibi byo kwibuka bikwiye kujya bisigira ababyeyi kurinda abana babo urwango kuko ari bo rugeraho rukabamerera nabi. Mu kiganiro yatanze, Dr Bizimana  yagaragaje uburyo abana bagiye bavukira […]

Basketball: Umunyarwanda Yves Nkurunziza mu nzozi zo gutoza Abanyarwanda bakiri bato

Umutoza w’ Umunyarwanda mu mukino wa Basketball, utuye muri Leta Zunze  za Amerika,  Yves Nkurunziza yemeza ko akomeje gukabya inzozi ze ndende zo  kuzatoza abakinnyi bato mu Rwanda bakazagera ku rwego rwa NCAA na NBA muri Amerika bityo nawe akazaba umutoza ukomeye ku rwego rw’isi. Ibi Yves Nkurunziza yabishimangiye mu kiganiro kirambuye yagiranye na Bwiza.com […]

Abapolisi bato 1342 basoje amahugurwa i Gishari- AMAFOTO

Abapolisi bato 1342 bari bamaze amezi agera ku icumi bahugurwa mu kigo cy’amahugurwa cya Polisi i Gishari, bayasoje kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Kamena 2019. Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Busingye Johnston wari umushyitsi mukuru muri uyu muhango, yabahaye impanuro zo kuba intangarugero mu kazi kabo bagiye gutangira no gutanga umusanzu […]

Itangazo ryo guhindura izina

Uwitwa, Nyandwi Mathieu mwene Nyandwi Cylile na Gahongayire Alphonsine utuye mu Mudugudu wa Kariyeri, Akagari ka Nyakabanda, umurenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali; Yasabye uburenganzira bwo gusimbuza izina Nyandwi, izina Kayiranga mu mazina asanganwe Nyandwi Mathieu akitwa Kayiranga Mathieu; Impamvu atanga ni uko izina Nyandwi rimubangamira kuko ari izina ry’umwana wa […]

Ubuzima muri Kigali burahenze cyane- Ingabire Immaculée

Impirimbanyi mu kurwanya ruswa n’akarengane akaba n’Umuyobozi wa Transparence International Rwanda, Ingabire Marie Immaculée, avuga ko ubuzima buhenze muri Kigali, akabibona kimwe n’abandi bakomeje kutishimira uburyo ibiciro bikomeza kugenda byiyongera umunsi ku wundi. Nyuma y’izamuka ry’ibiciro by’amazi, igiciro cy’uruhushya rwo kujya mu mahanga n’ibindi bitandukanye birimo ibiribwa, imyambaro ndetse n’ibindi nkenerwa mu mujyi wa Kigali. Abantu benshi bakomeje […]

Rubavu: Abarobyi n’abacuruza Isambaza batewe impungenge n’umusaruro muke babona

Abacuruza isambaza kimwe n’abaziroba mu kiyaga cya Kivu bo mu turere twa Rubavu na Rutsiro, bavuga ko umusaruro wazo wagabanutse cyane. Icyifuzo cyabo ni uko ba rushimusi bahanwa ndetse n’umurama wazo ukongerwa mu kiyaga.   Impungenge zabo zishingiye ku kuba umusaruro waravuye kuri toni 20, ubu ukaba ugeze kuri eshanu, imwe mu mpamvu bavuga ibatera […]

Ange Kagame akomeje gutungurwa na musaza we, Ian Kagame, utuma yumva we ntacyo arageraho

“ Ku muvandimwe utuma twe abasigaye twumva tumeze nk’aho ntacyo turageraho. Warakoze ku yindi ntambwe, Impamyabumenyi mu bukungu. Nterwa ishema nawe, Ian Kagame !” Ibi ni ibyatangajwe n’umukobwa wa Perezida wa Repubulika, Ange Kagame atakagiza musaza we, Ian Kagame usa nk’ukomeje kumutungura mu bintu bitandukanye nk’uko yabigaragaje mu butumwa yamuhaye kuri twitter amushimira nyuma yo […]

Nyagatare: Inkuba yakubise inka 7 zirapfa

Mu karere ka Nyagatare, ejo ku cyumweru tariki ya 2 Kamena, inka 7 za Sabiti James zakubiswe n’inkuba zirapfa. Iyi mpanuka yabereye mu murenge wa Nyagatare, akagari ka Rutaraka, umudugudu wa Mugari, mu mvura yari ivanze n’inkuba yagwaga kuva mu ma saa munani. Kigali Today

Umunyamakuru Mulindwa Augustin yahishuye urwo yaboneye kuri Sitasiyo ya Kimironko

Umunyamakuru kuri Radiyo Magic FM, Augustin Mulindwa yasobanuye uko umusore uhanagura inkweto kuri Sitasiyo Engen, Kimironko yamwambuye amafaranga ku ngufu. Mu gace kahariwe ‘gusomera’ kuri iyi radiyo, Mulindwa uzwi nka Big brother, yavuze ko asomeye uyu musore avuga ko yamwishyuje igiciro kiri hejuru y’igisanzwe kizwi kandi akabigirana agasuzuguro. Ati “ Nari nagiye gukoresha ipine kuri […]

Umunyarwandakazi  aratabaza avuga ko umugabo we yaburiwe irengero muri Uganda

Umunyarwandakazi Veronica Ingabire, aratabariza umugabo we avuga ko aheruka kumuca iryera muri Gicurasi 2018. Ingabire avuga ko yavuye mu Rwanda kuwa 15 Gicurasi 2018 ari kumwe n’umugabo we aho ngo bari bagiye gusura benewebo baba muri Uganda ariko bagatabwa muri yombi bakigera ku mupaka wa Cyanika, mu Karere ka Burera. Yabwiye TNT dukesha iyi nkuru […]

RDC: Abuzukuru ba Tshisekedi bahaye imbabazi abamuhemukiye bose

Abuzukuru ba nyakwigendera Etienne Tshisekedi bahaye imbabazi abahemukiye sekuru bose kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 01 Kamena ubwo yashyingurwaga nyuma y’imyaka 2 yitabye Imana aguye mu Bubiligi. Umwe muri aba buzukuru  mukuru, yavuze ko Etienne Tshisekedi yari umupapa mukuru udasanzwe wabasigiye umurage wo guhangana nk’uko iyi nkuru dukesha Radio Okapi ivuga. Yagize ati: “ […]

Imicungire mibi ya za SACCO iratanga isomo kuri RCA na BNR

Ku rutonde rw’abahamwe n’icyaha cya ruswa, rugaragazwa n’urwego rw’Umuvunyi, higanjemo abashinzwe gucunga imitungo ya rubanda. Abo ni abakozi ba za SACCO n’ibindi bigo by’imari, bimwe Banki nkuru y’igihugu idahwema kushishikariza abanyarwanda kugana. Tariki 31 Gicurasi 2019, urwego rw’umuvunyi rwashyize hanze urutonde rw’abahamwe burundu n’icyaha cya ruswa n’ibihano bahawe, rushingiye ku ngingo ya 4 y’itegeko no […]

Musanze: Umushoferi arakekwaho gukoresha icyangombwa cya 'Control Technique' cy'igihimbano

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru yafatiye Bimenyimana Fidele  w’imyaka 36 usanzwe ari umushoferi muri gare ya  Musanze acyekwaho gutanga icyangombwa cy’igihimbano kigaragaza ko ikinyabiziga cyasuzumishijwe ubuziranenge bizwi nka Control Technique. Bimenyimana Fidele yafashwe tariki ya mbere Kamena akaba acyekwaho  ko tariki ya  12-05-2019 yahaye ibyangombwa  by’ibihimbano  imodoka Hiace RAA634 I itwarwa na Nsanzimana […]

Ruhango: Abantu 6 baguye mu mpanuka y'imodoka

Kuri uyu wa 2 Kamena mu gitondo, mu  karere ka Ruhango, umurenge wa Mwendo, akagari ka Kagarama, umudugudu wa Gafunzo habaye impanuka y’imodoka yari itwaye abantu 6 bose bayiguyemo. Muri aba baguye muri iyi mpanuka harimo Habumugisha Joseph wari ‘Etat Civile’ w’umurenge wa Shingiro mu karere ka Musanze, Niyomwungeri Theogene, Kanyandekwe Michael, Mukarubuga Erida, Dushimimana […]

Koresha uko ushoboye igihe cyose ube uri online na “ honey” wawe

Mbere yuko usoma iyi article yanjye ya 2: Banza wumve icyo Umwuka w’Imana amaze kuvugana nanjye. Hari “UMUMAMA “ Imana imaze kubohorera urugo rwe. Imana imaze gukorera igitangaza kijyana n’ urugo rwe. Ngiye ku guha lbimenyetso n’ usanga ari wowe uhite untelefona: Ikigisho nasohoye nubwo hari nijoro aho mu Rwanda yaragisomye. Uwo mu Mama atuye […]

UCL: Umufana winjiye mu kibuga ashimishijwe n'uko yahise agira abamukurikira bashya basaga miliyoni 2 kuri Instagram

Ubwo Tottenham na Liverpool zakinaga umukino wa nyuma wa UEFA Champions League, umufana w’umukobwa yinjiye mu kibuga yambaye akambaro ko kogana mu mazi gusa. Kinsey Wolanski ufite imyaka 22 yahise agira abamukurikira 2,300,000 kuri Instagram ari na ko bamwandikiye uruhuri rw’ubutumwa. Ubusanzwe yari afite abantu 300,000 gusa bamukurikira. N’ibyishimo byinshi, Wolanski ufite ubwenegihugu bw’Uburusiya n’Amerika […]

Namuha igitsina ntazuyaje: Umunyarwandakazi wakunze Sarpong ukinira Rayon Sports

Rose ni umufana w’ikipe ya Rayon Sports, avuga ko yakunze mu buryo budasanzwe rutahizamu w’iyi kipe, Michael Sarpong, ukomoka mu gihugu cya Ghana, ko yamuha icyo yaba afite cyose. Uyu mukobwa wari uri aho iyi kipe yakoreraga imyitozo mu Nzove ku kibuga iyi kipe ikoreraho imyitozo, nibwo yatangarije Bwiza Tv ko akunda uyu musore by’umwihariko […]

Rusizi: Batandatu barimo abakozi 2 b’Umurenge bafunzwe bakurikiranyweho imikoreshereze mibi y’umutungo

Amakuru aturuka mu Murenge wa Nkungu mu karere ka Rusizi aravuga itabwa muri yombi ry’umucungamutungo wa Tubeho SACCO y’uwo murenge, Habimana Ernesto Amos n’umukozi w’uwo murenge ushinzwe amakoperative n’iterambere ry’ishoramari, Niyoyonyine Simplicier na Bane mu rubyiruko rw’uyu murenge bari baravuye Iwawa, bose bazira ubufatanyacyaha mu mikoreshereze mibi y’amafaranga yari agenewe guteza imbere urwo rubyiruko. Nk’uko […]

Sudani: Inzego z’umutekano zishe umwe mu bigaragambya abandi barakomereka

Umuntu umwe yishwe abandi 10 barakomereka kuri uyu wa Gatandatu, nyuma yo kuraswa n’abashinzwe umutekano I Khartoum muri Sudani bari mu myigaragambyo. Abigaragambya bakaba bamaze ibyumweru bigaragambiriza imbere y’icyicaro cy’ingabo z’igihugu. Abaturage ba Sudani bari mu myigaragambyo basaba igisirikare gusubiza abasivili ubutegetsi mu rwego rwo kugirango hazabeho guhererekanya ubutegetsi muri demokarasi nyuma y’uko abasirikare bahiritse […]

Si ngombwa igitsina kinini, bisaba kumenya gukoresha agato ufite-Vera Sidika

Ikimenyabose ku mbuga nkoranyambaga,Vera Sidika atangaza ko igitsina kinini ku mugabo atari ingenzi ku mugabo kugira ngo ashimishe uwo bakorana imibonano mpuzabitsina, ko ahubwo icyiza ari ubuhanga mu gukoresha igihari. Uyu mukobwa yatangaje ibi nyuma y’aho umwe mu bamukurikirana kuri instagram amubajije niba ari ihame ko umugabo ushoboye ari ufite igitsina kinini. Umufana ati “ […]

Umugabo avuga ko gukora mu mirambo bimunezeza bitewe n’uko itajya imuzanaho impaka

Gukora mu buruhukiro cyangwa se kwita ku mirambo, ni akazi abantu benshi batapfa kwemera, ariko umugande witwa Basil Enatu usanzwe akora aka kazi, avuga ko kamunezeza, by’umwihariko ko nta murambo wari wamurushya. Enatu, ni umugabo w’imyaka 57 y’amavuko, akaba umubyeyi w’abana 12, abauhungu 10 n’abakobwa babiri. Akora mu buruhukiro bw’ibitaro (Soroti Regional Referral Hospital) muri […]

Ruswa iracyari ikibazo kandi ikanagera no ku baturage batoya- Murekezi Anastase

Umuvunyi Mukuru, Murekezi Anastase avuga ko mu gihugu hakiri ikibazo gikomeye cya ruswa by’umwihariko ko no ku baturage baciriritse ibageraho. Umuvunyi Mukuru atangaje ibi nyuma y’urutonde rw’abahamwe n’icyaha cya ruswa rwashyizwe hanze n’urwego rw’umuvunyi kuva muri Kanama 2018, kugera muri Mutarama 2019,aho bigaragara ko mu nzego zitandukanye ruswa ikomeza kuharangwa. Yagize ati “Amasoko amasosiyeti yigenga […]

Australia: Abanyarwanda baribaza ku ituzwa ry’abari abarwanyi babiri ba FDLR

Abanyarwanda baba muri diyasipora yo mu gihugu cya Australia baribaza impamvu iki gihugu cyemeye gutuza Abanyarwanda babiri, Leonidas Bimenyimana na Innocent Nyaminani bashinjwa kwica ba mukerarugendorarugendo muri Uganda. Aba bagabo bahoze mu mutwe wa FDLR, urwanya Leta y’u Rwanda bashinjwa kwica bamukerarugendo umunani bari mu Ishyamba rya Bwindi mu 1999. Ni ibyaha bahanauguweho n’urukiko mu […]

RDC: Abanyarwanda baravugwaho kuba mu nyeshyamba za RED-Tabbara

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, isanzwe itangaza ko inyeshyamba za RED-Tabbara zirwanira muri Kivu y’Amajyepfo, zikomoka mu Burundi, amakuru akaba avuga ko ubu zirimo n’Abanyarwanda. Abaturage bo mu gace ka Kigoma, muri Kivu y’Amajyepfo bavuga ko babonye muri aka gace inyeshyamba nyinshi za RED-Tabbara, bakaba bavuga ko bafite ubwoba bwinshi, bakeka ko zishobora […]

Ruhango: Abiga muri APECAS/Muyunzwe basabwe kwirinda amacakubiri n’ingengabitekerezo ya Jenoside

Mu gikorwa cyo kwibuka  Abarezi n’abanyeshuri  bazize Jenoside yakorewe Abatutsi  mu 1994  bigaga mu ishuri  ryisumbuye  rya  Apecas/Muyunzwe riherereye mu murenge wa Kinihira mu karere ka Ruhango  cyateguwe n’abanyeshuri  bahize  mbere ya Jenoside , abanyeshuri  biga muri iki kigo  basabwe kwirinda ingengabitekerezo ya Jenoside ,  bakirinda amacakubiri  n’ivangura iryo ari ryo ryose ahubwo bagaharanira icyateza […]

Rwamagana: Yafatiwe muri banki abitsa Amayero 2,500 y'amiganano

Polisi y’u Rwanda ikorere mu Karere ka Rwamagana mu  Murenge wa Kigabiro kuwa Kane ushize, tariki 30 Gicurasi, yafashe Habumugisha Peter ageregeza kubitsa amayero 2500 y’amiganano muri Banki ya Kigali(BK) ishami rya Rwamagana. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba Chief Inspector of Police (CIP) Hamudun Twizeyimana yatangaje ko Habumugisha yafashwe nyuma yo gutahurwa […]

Loni yafashe icyemezo cyo kugabanya abasirikare 1,000 muri AMISOM

Akanama k’Umutekano ka Loni kuri uyu wa Gatanu ushize kafashe umwanzuro wo kugabanya abasirikare 1,000 mu bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Somalia, mu gihe havugwa ubwiyongere bw’ibitero bya Al Shabab muri murwa mukuru. Nubwo akanama katoye ko hagabanywa umubare w’ingabo za Afurika Yunze Ubumwe ziri muri Somalia muri AMISOM, ngo imiryango ariko iracyafunguye […]