Umugabo wâimyaka 40 yivuganye bagenzi be 12 abandi arabakomeretsa muri Leta ya Virginia
Polisi muri leta ya Virginia muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yemeza ko umukozi w’Umujyi wa Virginia Beach kuri uyu wa Gatandatu yishe bagenzi be bakorana 12 abarashe. Umuyobozi wa polisi muri uwo mujyi James Cervera avuga ko uwo mwicanyi yabitewe nuko atari yishimiye akazi ke. Uyu mugabo wâimyaka 40 ngo akaba yarabaye umusirikare, abaturanyi be […]
Neymar ntiyemera ikirego kimushinja gufata ku ngufu
Ku munsi w’ejo, inkuru yasakaye mu bitangazamakuru ivuga ku mugore ushinja Neymar Jr kumufata ku ngufu mu murwa mukuru wa Paris. Mu rwandiko uyu mugore yashyikirije polisi yo muri Brazil ruvuga ko Gallo uhagarariye Neymar ari we wamuguriye itike iva muri Brazil ijya mu Bufaransa kugira ngo ahure na Neymar. Ngo yanakodesherejwe icyumba muri Hotel […]
Umurambo wa Savimbi washyinguwe nyuma y'imyaka 17 yishwe
Jonas Savimbi wahoze ayoboye umutwe witwa Unita warwanyaga ubutegetsi bwa Angola, yashyinguwe ku wa Gatandatu tariki ya 1 Kamena 2019, nyuma y’imyaka 17 yari ishize yishwe. Abahoze ari abarwanyi ba Unita ibihumbi n’ibihumbi bari bitabiriye ibirori by’ishyingurwa rye, ryabereye mu gace ka Lopitanga yavukiyemo, bambaye imyenda iriho amafoto ya Savimbi. Isanduku yarimo umurambo we yari […]
Fayulu, Kabila, Katumbi,… ntibigeze bitabira umuhango wo gushyingura Etienne Tshisekedi
Ku munsi w’ejo, umurambo wa Etienne Thisekedi warashyinguwe. Ku wa gatanu habaye umuhango wo kumusezeraho kuri sitade ya Martyrs muri Kinshasa, gushyingura bibera muri N’sele ku butaka bwe bwite. Uyu muhango witabiriwe n’abanyacyubahiro benshi; bamwe baturutse hanze ariko abandi nka Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi, Joseph Kabila, MoĂ ÂŻse Katumbi na bamwe mu bayobozi b’amadini ntibahageze. […]
Liverpool itwaye igikombe cya UCL nyuma y'imyaka 14-amafoto
Uyu wa gatandatu, tariki ya 1, Liverpool itwaye igikombe cya UEFA Champions League nyuma y’imyaka 14 itagikozaho intoki. Igitwaye itsinze Tottenham Hotspur ibitego 2-0. Ku kibuga cya Atletico Madrid, Wanda Metropolitano, umukino watangiye saa tatu z’ijoro ku masaha yo mu Rwanda. Umukino ugitangira, Liverpool yahise ibona penaliti yaturutse ku mupira Sadio Mane yateye ku kuboko […]
Abanyamuryango ba FPR/Inkotanyi batoye ababahagarariye mu Murenge wa Kigali- AMAFOTO
Abanyamuryango ba FPR/ Inkotanyi bo mu Tugari nâImidugudu bigize Umurenge wa Kigali, Akarere ka Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali, batoye ababahagarariye muri uyu Murenge. Bemeza ko Komite bashyizeho bayizeye kandi bayibonaho ubushobozi bwo gukomeza kubaka umuryango muri uyu Murenge. Ni amatora yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 1 Kamena 2019, uwitwa Nizeyimana Emmanuel akaba […]
Abasirikare 120 ba RDF basoje amahugurwa y'abayobozi ba segisiyo-amafoto
Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 31 Gicurasi, abasirikare ba RDF 120 basoje amasomo y’abayobozi ba segisiyo harimo aba ‘sergeants’, caporales na ba ‘private’. Muri aba ngaba, harimo ab’igitsina gore 14. Aba basirikare bose babarizwa muri divisiyo (Infantry Division) ya 1, bari bamaze amezi atatu mu kigo cya gisirikare cya Kami. Muri uyu muhango wo […]
Museveni dukorana kubera amafaranga- Bebe Cool
Umubano wa Perezida Museveni na Bebe Cool uzwi na benshi mu gihugu cya Uganda, ariko uyu muhanzi yahishuye ko ushingiye ku mafaranga akenshi aba amukeneyeho. Bebe Cool ni umwe mu bahanzi bahoraga bagaragaza ko bakunze cyane Perezida Museveni ndetse banagaragara cyane mu bikorwa byâishyaka NRM riri ku butegetsi, no mu bukorwa byaryo byo kwamamaza abakandida, […]
Muhanga: Abaturage basabwe kugira uruhare mu mihigo yâakarere kabo
Mu gikorwa cyâimurikabikorwa ryabereye ku biro byâakarere ka Muhanga abaturage beretswe imihigo yâakarere kabo , iyamaze kweswa ndetse nâitareswa  basabwa kugira uruhare mu ishyirwamubikorwa ryayo kuko ubuyobozi bwâakarere butayesa bwonyine budafatanyije nabo. Mukanziga Epiphanie umwe mu bitabiriye iki gikorwa  avuga ko yabonye imihigo ahanini iba ireba abaturage ariko ko batari bazi uburyo imihigo ikorwa ahubwo […]
Tanzania: Umugore yikatishije urwembe yibyaza umwana wabaye muzima
Mu gace kitwa Rukwa hafi y’ikiyaga cya Tanganyika mu Majyepfo ya Tanzaniya, umugore yafashe urwembe aribaga abasha kwibyaza umwana yari atwite. Igikorwa cya Joyce Kalinda w’imyaka 30 y’amavuko cyatangaje benshi, bavuga ko ari ubutwari. Uyu yari umwana wa munani abyaye. Umuyobozi w’agace byabereyemo yabwiye ikinyamakuru Daily News kibogamiye kuri leta ko batangaye cyane ndetse bakibaza […]
Major Aaron Ndayishimiye arashinjwa guhanisha umusirikare ayobora gukubitwa inkoni 200
Major Aaron Ndayishimiye, ni umuyobozi wa Batayo ya 212 mu gisirikare cyâu Burundi, ashinjwa gukorera iyicarubozo umwe mu basirikare ayobora ufite ipeti rya Kapolari ndetse nâabaturage babiri, mu gace kegereye ishyamba kimeza rya Rukoko. Majoro Ndayishimiye uyobora ingabo muri aka gace, yategetse abasirikare bamurinda gukubita inkoni 200 Caporal-chef RĂ©novat Nduwimana, ubu umerewe nabi, akaba ashinjwa […]
 Abadepite bahamagaje Gen. Odong ngo asobanure ibibazo biri hagati yâu Rwanda na Uganda
Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda bahamagaje Minisitiri wâIbibazo byâImbere mu Gihugu nâUmuryango wa Afurika yâIburasirazuba, Gen. Jeje Odong ngo asobanure ibibazo biri hagati yâu Rwanda na Uganda. Uku guhamagazwa kuje nyuma yâaho Umunyayuganda, Alex Nyesiga arasiwe nâu mwe mu bashinzwe umutekano mu Rwanda mu bice byo ku mupaka. Uganda yavuze ko iraswa rya […]
Perezida Tshisekedi, Kagame na Laurenco baganiriye ku mutekano muke uri mu karere
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, Paul Kagame wâu Rwanda na mugenzi wabo wa Angola, Joao Laurenco baganiriye ku mutekano muke ukomeje kugaragara mu Karere kâIbiyaga Bigari. Kuri uyu wa Gatanu, aba bakuru bâibihugu bakiriwe na Tshisekedi mu rwego rwo kungurana ibitekerezo ku bibazo byâumutekano no ku kunoza ubucuruzi bwambukiranya imipaka. Ibiro […]
RDC: FARDC yeretse abaturage imirambo 23 yâinyeshyamba zikomoka muri Uganda yishe
Igisirikare cya Leta ya Congo (FARDC) cyeretse abaturage imirambo yâinyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda. Izi nyeshyamba 23 zishwe ubwo zakozanyagaho nâizi ngabo za Leta muri Teritwari ya Beni zagize nkâakarima kazo. Ku wa Kane tariki ya 30 Gicurasi 2019, nibwo FARDC yagaragaje iyi mirambo 23 mu gace ka Ngite, kari mu bilometero 15 uvuye […]
Iyicarubozo Col. Tom Byabagamba avuga ko akorerwa rigiye gusuzumwa
Urukiko rw’ubujurire i Kigali kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Gicurasi 2019, rwavuze ko rugiye gusuzuma uko Col Tom Byabagamba na bagenzi be bafunzwe, nyuma y’uko barubwiye ko bafunze nabi kandi binyuranye n’amategeko. Mu cyumweru gishize, uru rukiko rwatangiye kuburanisha ubujurire bwa Col Tom Byabagamba wahoze akuriye abarinda Perezida Paul Kagame na ‘Jenerali’ uri […]
Amafoto na video by'imyiteguro ya Liverpool na Tottenham ku mukino wa nyuma wa UCL
Uyu munsi, tariki ya 1 Kamena, ruraba rwambikanye mu mupira w’amaguru, Ku mugabane w’Uburayi. Liverpool na Tottenham FC ziraba zihatanira gutwara igikombe cya UEFA Champions League. Liverpool irashaka gutwara iki gikombe ku nshuro ya 6, igakurikira za Real Madrid na za AC Milan yo mu Butaliyani ifite 7. Tottenham na yo irashaka kumva uburyohe bwacyo […]
Umuvugizi wa ADEPR yavuze ku bazana umwuka mubi mu itorero
Mu kiganiro nâabanyamakuru cyabaye kuwa kane tariki ya 30 Gicurasi 2019, umuvugizi wâitorero rya ADEPR yavuze ku nkuru zimaze iminsi zivuga ko ubuyozi bwâADEPR bukwiye kwegura. Rev. Karuranga yavuze ko abavuga ibi ari abazana umwuka mubi mu itorero. Ibi bije nyuma yaho hamaze iminsi hacicikanye inyandiko yâabiyita ko bahagarariye Abakirisito basaba ubuyobozi bwâADEPR buyobowe na […]
Nyamasheke: Abana bâabakobwa 161 batewe inda mu mezi abiri
Ikibazo cyâinda zitateganijwe mu bana bari hagati yâimyaka 12 na 17 ngo ni kimwe mu bihangayikishije ubuyobozi bwâakarere ka Nyamasheke nâabafatanyabikorwa bako mu byâubuzima nâubutabera kuko ngo bagenda biyongera,ahabarurwa abagera ku 161 banyuze ku bigo nderabuzima babyaye hagati yâukwezi kwa mbere nâukwa 3 uyu mwaka,bigakekwa ko hari nâabandi batamenyekanye. Nkâuko Bwiza.com yabitangarijwe nâumuhuzabikorwa wâinama yâigihugu […]
Abahakana jenoside yakorewe Abatutsi ni injiji- Ntakirutinka Charles
Umunyapolitiki Ntakirutinka Charles wâimyaka 69 yâamavuko, avuga ko abahakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka wa 1994, ari injiji itazagira n’icyo igeraho. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com ku wa Kabiri tariki ya 28 Gicurasi 2019, Ntakirutinka nkâinararibonye muri Politiki yâu Rwanda ndetse uzi ibyarubayemo na mbere ya 1994, avuga ko aho Umututsi yari hose […]
Umugore wanjye yambaye ikariso itari ubururu n'umweru namwirukana- Rwarutabura
Umufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports uzwi ku izina rya Rwarutabura, yagaragaje ibyishimo afite kubera iyi kipe igiye kwegukana igikombe cya shampiyona, avuga ko amaze imyaka isaga 20 ayifana, ashima umugore we, by’umwihariko ko n’ikariso yambara igomba kuba isa n’imyenda iyi kipe yambara (Ubururu n’umweru). Rwarutabura ashima Perezida Kagame, ariko akanifuza ko n’abafana b’ikipe y’igihugu […]
Ubukangurambaga bugamije guteza imbere ireme ryâuburezi bukomereje i Rukara/ Kayonza
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Gicurasi 2019, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUburezi, Dr Isaac Munyakazi, yasuye akarere ka Kayonza muri gahunda y’ubukangurambaga bwo guteza imbere ireme ryâuburezi, aganira n’ubuyobozi bw’akarere ku ishusho y’ Uburezi muri rusange, kugira ngo ahakiri ibibazo bishakirwe ibisubizo. Muri urwo ruzinduko rwe mu Karere ka Kayonza, Dr Munyakazi […]
Perezida Kagame yakiriwe na Tshisekedi ndetse bakorana inama na mugenzi wabo wa Angola – Amafoto
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, uri I Kinshasa, aho yitabiriye imihango yâishyingurwa rya Etienne Tshisekedi, yakiriwe na Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo na madamu we, ndetse agirana ibiganiro na bagenzi be ba Congo na Angola. Iyi nama yâabakuru bâibihugu bitatu; Paul Kagame wâu Rwanda, Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, na […]
U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku iyicwa rya Nkurunziza muri Afurika yâEpfo
U Rwanda ruremeza ko Umunyarwanda Camir Nkurunziza yiciwe mu bujura muri Afurika yâEpfo nkâuko byemejwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, uvuga ko iyo umuntu yabaye umunyabyaha ahora ari umunyabyaha. Ni nyuma yâamakuru yamenyekanye kuri uyu wa Gatanu avuga ko hari Abanyarwanda barashwe nâIgipolisi cya Afurika yâEpfo nyuma yo kwiba imodoka […]
Bujumbura: Leta igiye guhambiriza intumwa ya Loni
Mu gihe amatora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe muri 2020, Leta y’ u Burundi yatangaje ko igiye guhagarika imikoranire yari isanzwe ifitanye n’ intumwa ya Loni muri iki gihugu . Leta ya Perezida Pierre Nkurunziza ivuga ko intumwa ya Loni mu Burundi, Michel Kafando yivanga mu bibazo by’ imbere mu gihugu ndetse ko anarengera. Ibyo […]
Miliyoni 16 zâAmadolari ya Amerika agiye gushorwa mu mushinga wo kwagura IPRC Musanze
Kuri uyu wa kane tariki ya 30 Gicurasi 2019 ku Ishuri Rikuru ryâImyuga nâUbumenyingiro rya Musanze- IPRC Musanze- riherereye mu Murenge wa Nkotsi, Akarere ka Musanze habereye umuhango wo gushyira ibuye ryâifatizo ahagiye kubakwa inyubako zifite agaciro ka miliyoni cumi nâesheshatu zâAmadolari ya Amerika yatanzwe na Leta yâUbushinwa mu rwego rwo kwagura iri Shuri. Umushyitsi […]
1994: Kuki Inkotanyi zikimara gufata Kigali Ubufaransa bwifuje kugana Paul Kagame?
Muri Nyakanga 1994, ubwo ingabo za FPR/Inkotanyi zari zimaze gufata umujyi wa Kigali ariko zigikomeje urugamba rwo kubohora ibindi bice by’ igihugu, Leta y’ Ubufaransa yahise yohereza intumwa ebyiri kugira ngo zivugane na Paul Kagame wari umugaba mukuru wa RPA. Aha umuntu yakwibaza impamvu Ubufaransa bwa Perezida Mitterand wari ucuditse na Perezida Habyarimana ndetse anafasha […]
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko muri Congo
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yageze mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho agomba kugirana ibiganiro na mugenzi we wâiki gihugu, Felix Tshisekedi. Perezidansi yâu Rwanda ibicishije ku rukuta rwayo twa Twitter, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Gicurasi 2019, yagaragaje amafoto Perezida Kagame ageze i Kinshasa, Umurwa Mukuru wa Repubulika Iharanira […]
Umuraperi Flesh Kid wâimyaka irindwi yashimuswe
Umubyeyi wâumuraperi Patrick Ssenyonjo uzwi nka Flesh Kid, Mutabazi yamaze gushimuta umuhungu we amuvana Kampala ku ngufu amusubiza iwabo mu Karere ka Luwero. Ikinyamakuru Bigeye dukesha iyi nkuru kivuga ko ibi ngo yabitewe no kubona ko ushinzwe inyungu zâumuhungu we adashobora kumwubakira inzu cyangwa ngo amugurire imodoka kandi ari se wâicyamamare. Flesh Kid ni umuraperi […]
Nyagatare: Abakijya muri Uganda Meya Mushabe yabagereranyije nâumwana wananiye umubyeyi
Nyuma yâaho Guverinoma yâu Rwanda iburiye Abanyarwanda ibabuza gukomeza kugirira ingendo mu gihugu cya Uganda, ubuyobozi bwâAkarere ka Nyagatare, kamwe mu dufite imirenge ikora ku mupaka wâu Rwanda na Uganda, buvuga ko hari serivisi zimwe na zimwe zavuguruwe kugira ngo abaturage barusheho kuzibonera mu gihugu cyabo ariko ko abatana batabura. Umuyobozi wâAkarere ka Nyagatare, Mushabe […]
Uburusiya: Byinshi ku rupfu rwâUmwana wâumudipolomate wâu Rwanda wahanutse mu igorofa ya 21
Umuhungu wâUmunyamabanga wa mbere wa Ambasade yâu Rwanda mu Burusiya, Francis Karagire witwa Nicolas Karagire wâimyaka 18 yahanutse mu idirishya ahita apfa. Ibinyamakuru bitandukanye byo mu gihugu cyâUburusiya ndetse no mu bindi bihugu nka BBC ya Bongereza bitangaza ko uyu mwana yahanutse mu idirishya ryâinzu yabanagamo nâababyeyi be ahitwa Nakhimovskiy i Moscow. Ambasaderi wâu Rwanda […]
Nyamasheke: Umubikira warokoye abasaga 100 muri Jenoside yagororewe
Soeur Kamuzima Maciana uzwi ku izina rya Mama Madelena wâimyaka 83 wari umuyobozi wâishuri ryisumbuye rya Mutagatifu Faransisiko wa Asize rya Shangi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, ashimirwa nâabaturage bâumurenge wa Shangi mu karere ka Nyamasheke nâabarenga 100 yarokoye bari bamuhungiyeho muri iri shuri yayoboraga. Yashyikirijwe ishimwe yagenewe na Unit club intwararumuri iyoborwa na […]
Ikibuga cy'indege cya Bugesera, umwe mu mishinga izibandwaho 2019/2020
Umushinga w’ikibuga cy’indege cya Bugesera ni umwe mu mishinga minini nâibikorwa bizitabwaho mu ngengo yâimari yâumwaka wa 2019/2020 n’indi mishinga irimo kongerera ubushobozi Banki yâAmajyambere yâu Rwanda. Amafaranga azakoreshwa mu ngengo y’imari isanzwe azagera kuri miliyari 1.424,5 bingana na 49.5% y’ingengo y’imari yose ya Leta, naho azakoreshwa mu ngengo y’imari y’iterambere azagera kuri miliyari 1,152.1. […]
Tanzania: Igitero mu Nkambi yâImpunzi ya Nduta cyakomerekeje babiri
Abantu babiri bakomerekeye mu gitero cyâabitwaje intwaro cyagabwe mu ijoro ryo kuwa gatatu rishyira kuwa Kane mu Nkambi yâImpunzi ya Nduta mu gihugu cya Tanzania, aho bivugwa ko hanibwe amafaranga ataramenyekana umubare. Abantu babiri bakomerekeye muri iki gitero babaga mu mudugudu wa 8 muri Zone 11 no mu Mudugudu wa 30 muri Zone ya 13. […]
Gasabo: Abahungutse muri Tanzania bavuga ko barambiwe gutungwa na Leta
Imiryango yahungutse muri Tanzania igatuzwa mu Murenge wa Jabana mu karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, ivuga ko barambiwe gukomeza gutungwa na Leta, bagasaba ko bafashwa ku buryo bajya bishakira imibereho. Mu mwaka wa 2014, nibwo aba Banyarwanda batujwe mu Mudugudu wa Gitega, Akagari ka Bweramvura, muri uyu murenge wa Jabana, muri iyi myaka itanu […]
Abanyarwanda babiri biciwe muri Afurika yâEpfo barashwe nâigipolisi
Abanyarwanda babiri, Camir Nkurunziza wahoze mu gisirikare cyâu Rwanda ndetse na mugenzi we utatangajwe amazina baraye biciwe mu gihugu cya Afurika yâEpfo kuri uyu wa Kane nimugoroba barasiwe ahitwa Goodwood, mu Mujyi wa Cape Town. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nâubuyobozi rivuga ko abo Banyarwanda bombi bapfuye ubwo abapolisi bo mu mutwe wa Flying Squad barekuraga amasasu. […]
Abantu 40% banywa itabi ku isi bahitanwa nâindwara zifata mu bihaha mu gihe rihitana miliyoni 8 buri mwaka – OMS
Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Buzima riraburira abatuye isi ko abantu 40% banywa itabi ku isi bahitanwa nâindwara zifata mu bihaha nka kanseri, indwara zifata mu myanya yâubuhumekero nâigituntu. Uyu muburo uje mu gihe kuri uyu wa Gatanu, itariki 31 Gicurasi, hateganyijwe kwizihizwa Umunsi Mpuzamahanga wo Kurwanya Itabi. Insanganyamatsiko muri uyu mwaka igira it: âWikwemerera […]
Sudani yâEpfo: Abapolisi bâu Rwanda biganjemo abâigitsina gore bambitswe imidari
Kuri uyu wa 30 Gicurasi, abapolisi 188 bâu Rwanda biganjemo abâigitsina gore bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro nâumutekano muri Sudani yâAmajyepfo bambitswe imidari yâishimwe kubera ubunyamwuga bagaragaza no gukora akazi kabo bashinzwe neza. Ibi birori byo kwambikwa imidari byabereye ku cyicaro cyâaho baba i Juba, biyoborwa nâ intumwa yihariye ihagarariye Umunyamabanga mukuru wâUmuryango wâAbibumbye […]
Amakuru y'igura n'igurisha yiriwe mu mupira w'amaguru: Neymar muri Barcelona?
Ubwo shampiyona zirangiye, amakipe menshi arifuza kugura abakinnyi bitwaye neza kugira ngo azashobore kugira umusaruro mwiza mu mwaka w’imikino wa 2019/2020 n’ibihe bizakurikiraho. Hari n’amakipe yabonye ibibazo afite bidashingiye ku bakinnyi gusa, atemera imikorere y’abatoza. Aya yahisemo kwirukana cyangwa kumvikana n’abatoza, babaha imperekeza abatararangiza amasezerano yabo, ubu barifuza abandi. Uyu munsi, tariki ya 30 Gicurasi, […]
Kwibuka bidufasha kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside – Min. Nyirasafari
Mu  gikorwa cyo  kwibuka mu Murenge wa Nyarusange, Akarere ka Muhanga cyabaye kuwa 26 Gicurasi 2019, Minisitiri wâUmuco na Siporo, Nyirasafari Esperance wari umushyitsi mukuru, yavuze ko kwibuka amateka ya Jenoside yakorewe abatutsi bifasha mu kurwanya ingengabitekerzo yayo ndetse nâabayihakana cyangwa abayipfobya. Yagize ati « Amateka batubwiye atugaragariza uburyo abayobozi babi babayeho, ntibakora inshingano bagombaga gukora […]
Iburasirazuba: Abagenzi banyotowe gukoresha ikoranabuhanga mu gihe abakonvayeri bikanga kubura akazi
Abakora umwuga wo kwinjiza no kwishyuza abagenzi mu modoka bitwa abakonvayeri bafite ubwoba bwo kubura akazi mu gihe hakoreshwa ikoranabuhanga mu kwishyuza abagenzi, ariko abagenzi bo barasaba ko bashyirirwaho imashini zikoreshwa nâabagenzi mu kwishyura nkâizikoreshwa mu ngendo mu Mujyi wa Kigali .Abakora akazi ko kwishyuza abagenzi baganiriye na Bwiza.com muri Gare ya Kayonza na Gare […]
Intara ya Kivu yâAmajyaruguru yabonye guverineri mushya usimbura Julien Paluku
Carly Nzanzu Kasivita kuri uyu wa Kane, itariki 30 Gicurasi niwe watorewe kuba Guverineri mushya wâIntara ya Kivu yâAmajayaruguru mu matora yatsinze ku majwi 28. Uyu yakurikiwe mu majwi nâabakandida babiri bâihuriro Lamuka; Muhindo Nzangi Butondo wagize amajwi 11 na Eric Kamavu wagize amajwi 9. ThĂ©obald Binamungu wiyamamaje ku giti cye we nta jwi na […]
Chameleone yinjiye mu ishyaka rya Bobi Wine azifashisha yiyamamariza kuba Meya wa Kampala
Icyamamare mu muziki mu Bugande, Jose Chameleone yatangaje ko yamaze kujya mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi riyobowe na mugenzi we, Bobi Wine. Yagiye muri iri shyaka kugira ngo rizamufashe kwiyamamariza umwanya wa Meya w’umugi wa Kampala uyobowe na Erias Lukwago. Mu nama yagiriye muri sitade ya Kakindu, mu karere ka Jinja kuri uyu wa 29, […]
Afurika yâEpfo: Minisitiri wagiranye ibibazo nâu Rwanda yahawe undi mwanya muri guverinoma nshya
Lindiwe Sisulu Nonceba washinje u Rwanda kumwita indaya yasimbujwe ku mwanya wa Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa Afurika yâEpfo. Ibi Sisulu yabivugaga ashingiye ku byo ikinyamakuru cyo mu Rwanda cyitwa Rushyashya cyanditse ngo kikamwita indaya ya Kayumba Nyamwasa ariko nyuma bikaza gusibwa. Ni ikibazo cyateje impagarara mu mubano wâibihugu byombi, wari usanzwe nâubundi ucumbagira. U Rwanda […]
Uganda yazamuye imisoro y'ibikomoka hanze kuva kuri 25% kugeza kuri 60%
Ikigo cya Uganda k’imisoro n’amahoro cyazamuye imisoro y’ibicuruzwa bituruka mu mahanga, murwego rwo guteza imbere ibikorerwa imbere mu gihugu. URA (Uganda Revenue Authority) itangaza ko uyu mwanzuro ushingiye ku itegeko rigenga ubucuruzi ryahinduwe muri uyu mwaka w’ 2019/2020. Ubu ngubu, ibicuruzwa bituruka mu mahanga byari bisanzwe byishurirwa umusoro ku kigero cya 25 % ubu byageze […]
Museveni yababariye uwari CEO wa MTN, Wim Vanhelleputte, amwemerera gusubira I Kampala mu kazi
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yababariye uwari umuyobozi mukuru (CEO) wa MTN, Wim Vanhelleputte, ahita anategeka ikigo gishinzwe abinjira nâabasohoka kumukura ku rutonde rwâabatemerewe kwinjira muri Uganda. Uyu akaba yari aherutse kwirukanwa mu nkubiri yanyuze muri MTN yasize yirukanishije abakozi bakuru bâAbanyamahanga barimo nâUmunyarwandakazi, Annie Tabura Bilenge. Bwana Wim Vanhelleputte wirukanwe muri Gashyantare ashinjwa kubangamira […]
Amb. Olivier Nduhungirehe ashyigikiye kuba Uburundi bwarangiwe kujya muri SADC
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga Ushinzwe Umuryango wa Afurika yâIburasirazuba, Amb.Olivier Nduhungirehe atangaza ko icyemezo cyo kutemerera igihugu cyâUburundi kuba umunyamuryango wâIbihugu byo muri Afurika yâAmajyepfo (SADC) ari cyiza kuri Leta yâUburundi. Mu minsi mike ishize Umuyobozi wâUmuryango wâIbihugu byo mu Majyepfo ya Afurika (SADC) akaba na Perezida wa Namibia, Hage Geingob, yahishuye […]
Rwamagana: Abajyanama bâubuzima barataka gusiragizwa bishyuza amafaranga yabo
Abajyanama bâubuzima mu Karere ka Rwamagana barinubira gusiragizwa bishyuza amafaranga bakoreye mu gikorwa cyo gutera imiti yica imibu. Abajyanama bâubuzima bavuga ko bahuguwe iminsi 5 mbere yo gutera umuti wica imibu mu mirenge yose ariko ntibahabwe amafaranga yâagahimbazamusyi bemerewe muri iyo minsi . Nyuma yâamahugurwa bavuga ko bari babwiwe ko bazajya bahabwa amafaranga uko hashize […]
FARDC irigamba kwica inyeshyamba 20 za ADF baramutse bahanganye
Byibuze ngo abarwanyi bagera kuri 20 nibo bamaze kwicwa kuri uyu wa Kane, itariki 30 Gicurasi, mu mirwano ikomeye yaramutse ihuza igisirikare cya Congo, FARDC ndetse nâintagondwa za ADF ahitwa Ngite mu birometero nka 15 uvuye mu Mujyi wa Beni. Biravugwa ko igisirikare cya Congo cyabashije gufata intwaro nyinshi nkâuko amakuru aturuka mu gisirikare agera […]
Uganda: Itsinda ryâabanyamategeko rirasaba guverinoma kubaha urukiko ikarekura Abanyarwanda bafunzwe
Itsinda ryâabanyamategeko bo muri Uganda ryasabye guverinoma kubahiriza amabwiriza yâurukiko yo kurekura Abanyarwanda bafungiye muri Uganda. â Niba guverinoma inaniwe cyangwa ikanga kubaha imyanzuro yâurukiko, icyo ni ikigaragaza nta kiwhishira ihonyorwa ryâamategeko ,â ibi ni ibyatangajwe nâaba banyamategeko mu itangazo basohoye kuri uyu wa Gatatu. Aba bavuga ko gufunga abantu amasaha arenze 48 kandi nâubageze […]
Akayabo kazakoreshwa mu ishyingurwa rya Etienne Tshisekedi ntikavugwaho kimwe
Mu gihe hasigaye amasaha macye kugira ngo umurambo wa Etienne Tshisekedi ugere i Kinshasa haravugwa umwuka mubi biturutse ku kayabo k’ amadorari agiye gukoreshwa mu ishyingurwa rye. Imvano ya byose ni urwandiko rwashyizweho umukono n’ umuyobozi mukuru w’ ibiro bya Perezida wa Repubulika rwemeza ko imyubakire y’ imva ye yo nyine izatwara miliyoni ebyiri n’ […]
âSmart meterâ, ikoranabuhanga rigiye gusimbura igenzura ryâikoreshwa ryâamazi muri buri rugo
Ikigo gishinzwe amazi, isuku nâisukura, Wasac kigiye kujya gikoresha ikoranabuhanga ryitwa “Smart meter” rizajya rigaragaza uburyo amazi yakoreshejwe nâabafatabuguzi bayo. Iri koranabuhanga rizaba risimbuye igenzura ryakorwaga nâababishinzwe binjiraga mu rugo ku rundi, rimwe na rimwe ngo ntibagere hose. Ibi ni ibyasobanuwe na Bwana Mwijukye James ushinzwe ubucuruzi mu kigo gishinzwe amazi, isuku nâisukura avuga ko […]
Minisiteri yâUbuzima itangaza ko ntawe ukwiye gusiba ishuri cyangwa akazi kubera ko yagiye i mugongo
 Kuri uyu wa gatatu tariki ya 29 Gicurasi 2019 hizihijwe umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku isuku mu gihe umugore yagiye I mugongo (mu mihango). Uyu munsi ukaba wizihijwe ku rwego rwâigihugu mu karere ka Ngoma mu burasirazuba bwâu Rwanda. Muri 2015 nibwo imiryango mpuzamahanga igera kuri 150 yishyize hamwe itangiza ubukangurambaga bugamije kwimakaza isuku […]
Uburundi bwongeye kwangirwa kuba umunyamuryango wa SADC
Ubusabwe bw’u Burundi bwo kwinjira mu muryango w’ibihugu 16 byo mu majyepfo ya Afurika (SADC) bwongeye guterwa utwatsi bitewe n’umutekano muke na demukarasi ikiri hasi. Inkuru ya BBC ikesha New Era yo muri Namibia ivuga ko umuyobozi w’uyu muryango akaba n’umukuru w’iki gihugu, Hage Geingob yatangaje ko uyu mutekano muke wo mu Burundi watewe n’imvururu […]
DR Congo: Leta ya kiyisilamu yarekuye 22 yari yarafashe bugwate
Umutwe wa Kiyisilamu (ISIS) warekuye abantu 22 wari warafashe bugwate kuwa Gatanu wâicyumweru gishize mu Mujyi witwa wa Samboko-Tchani Tchani. Umwe mu bayobozi bo mu gace ka Beni, mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, Donat Kibwana yatangarije RFI Ishami ryâIgiswahili ko ISIS yarekuye aba baturage barimo 16 bâabagabo, bagabo batanu nâumwana muto wâumukobwa. Hari andi makuru […]
Ingabo zâu Bufaransa ntizizahora hano zirinze Afurika â Jean Yves Le Drian
Minisitiri wâingabo wâu Bufaransa, Jean Yves Le Drian kuri uyu wa kabiri yaburiye ibihugu byo mu burengerazuba bwa Afurika abibuza kwiringira ko ingabo zâu Bufaransa zizahora muri aka karere zihanganye nâintagondwa zâAbayisilamu. Akarere ka Sahel kamaze igihe kugarijwe nâibikorwa byâiterabwoba byâimitwe ifitanye isano nâumutwe wa Al Qaida nâumutwe wa Islamic State, ibintu ngo bigoye abafatanyabikorwa […]
Kigali/ Ruhango I: Kuva aho Perezida asuriye Mont Kigali umutekano warushijeho kunoga
Abaturage batuye kuri Mont Kigali biganjemo abo mu Mudugudu wa Ruhango I batangaje ko kuva Perezida Paul Kagame yasura aka gace mu buryo butunguranye muri Mutarama 2019, katangiye kurangwamo umutekano cyane. Bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Ruhango aho bakunze kwita ku Cyitabi bavuze ko hari ikibazo gikomeye cy’ umutekano gishingiye ahanini ku bujura, […]
U Buhinde: Umuganga yiyahuye kubera bagenzi be
Abaganga batatu bo mu mujyi wa Mumbai bafunzwe bashinjwa gutoteza umuganga mugenzi wabo bikamugeza ku kwiyahura. Payal, umuganga w’imyaka 26 y’amavuko wavuraga ariko anigira kuba inzobere mu kuvura indwara z’abagore, yiyahuye ku itariki ya 22 y’uku kwezi kwa gatanu nyuma y’amezi atotezwa na bagenzi be kubera ubwoko bwe. Payal akomoka mu bwoko bwasigajwe inyuma mu […]
Abaturage bajujubijwe na FDLR barasaba u Rwanda na Congo kubatabara
Abaturage bo mu gace ka Kalehe muri Congo, nyuma yo kugaragaza ko babangamiwe no guturana nâinyeshyamba za FDLR zikomoka mu Rwanda, bigaragambije basaba ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byaganira biciye muri dipolomasi ariko izi nyeshyamba zigataha. Ikinyamakuru mediacongo gitangaza ko izi nyeshyamba zavuye i Masisi na Mwenga, muri Kivu yâAmajyaruguru, zigera […]
Abakuru bâibihugu batanu bamaze kwemeza ko bazajya gushyingura Etienne Tshisekedi
Imihango yo gushyingura Etienne Tshisekedi wa Mulumba izitabirwa nâabakuru bâibihugu bagera kuri batanu bo muri Afurika bamaze kubyemeza nkâuko itangazo rigenewe abanyamakuru ryavuye muri perezidansi kuri uyu wa gatatu rivuga. Abakuru bâibihugu bazajya gushyingura umubyeyi wa Perezida Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, ni; Denis Sassou Nguesso, wa Congo-Brazaville uzaherekezwa nâumugore we nâabandi bayobozi, […]
Rubavu: Uwitwa Innocent yahishuye ko hari abayobozi basangira inyama zâImbwa
Umuturage wo mu Kagari ka Gikombe, Umurenge wa Rubavu, Akarere ka Rubavu witwa Turinimana Innocent  uzwi ku izina rya Kimada, avuga ko amaze imyaka 10 arya inyama zâImbwa kandi ntizigire icyo zimutwara. Abaturanyi ba Innocent bazi neza ko inyama zâimbwa azirya, kubona itangazamakuru kuri bo nta kindi bahita batekereza, bahita biyumvisha ko rimushakaho amakuru, bityo […]