Amakipe 18 niyo azitabira CECAFA Kagame Cup i Kigali

Ikipe y’umupira w’amaguru ya Zambia (Zesco United) na AS Vita Motema Pembe yo muri Congo, ni amwe mu makipe amaze kwemeza ko zizitabira irushanwa ry’umupira w’amaguru CECAFA Kagame Cup 2019. Ni irushanwa rizaba ku itariki ya 7-21 Nyakanga 2019, i Kigali. Mu kiganiro na Xinhua, umunyamabanga wa CECAFA, Nicholas Musonye yavuze ko gahunda zijyanye n’itegurwa […]

Nk’uko muyobowe neza, namwe nimuyobore neza ingo zanyu- Guv. Mufulukye

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Mufulukye Fred yasabye abaturage bo mu karere ka Rwamagana kurushaho kubana neza mu ngo zabo, birinda gukimbirana, kugira ngo bagere ku iterambere bifuza. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Gicurasi 2019, ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu Kagari ka Bicumbi,  umudugudu wa Bicumbi, Umurenge wa Mwurile, mu Karere ka Rwamagana, mu nteko […]

U Rwanda rwasabye Uganda kurubwira aho Abanyarwanda 2 baherutse gufatwa bafungiye

Guverinoma y’u Rwanda yandikiye Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Uganda isaba kumenya amakuru y’Abanyarwanda babiri baherutse gufatirwa mu Karere ka Rukiga, mu mpera z’icyumweru gishize, ngo guverinoma y’igihugu cyabo ibahe ubufasha buvuye muri ambasade. Abanyarwanda babiri batawe muri yombi ni; Habiyaremye Eric na Pierre Samvura, bafashwe n’abashinzwe umutekano ba Uganda bakuwe ku rusengero ruri Kamwezi bashinjwa […]

Real Madrid yahigitse Man. U ku rutonde rw'amakipe ahenze i Burayi

Real Madrid ubu ni yo kipe ihenze ya mbere ku mugabane w’i Burayi ikuyeho Manchester United yari ihamaze igihe. Manchester United yo yaje ku mwanya wa kabiri, Barà§a yajyaga ikubana na Real iza ku mwanya wa kane. Ubushize, aya makipe yombi yo muri Esipanye yanganyaga agaciro, yari ku mwanya wa kabiri. Real Madrid ifite agaciro […]

Nyamasheke: Imibiri isaga ibihumbi 15 y'Abatutsi bazize Jenoside yashyinguwe mu cyubahiro

Mu rwibutso rwa Jenoside rwa Gashirabwoba, mu Murenge wa Bushenge, Akarere ka Nyamasheke, kuri uyu wa 26 Gicurasi 2019, nibwo rwashyinguwemo  imibiri 15.629 y’Abatutsi bazize Jenoside. Muri iyi mibiri yashinguwe mu cyubahiro harimo 13577 yari isanzwe ishyinguye mu rwibutso rushaje rwa Gashirabwoba rutari rwujuje ibisabwa, imibiri 675 yakuwe mu rwibutso rwa Jenoside rwa Muyange mu […]

IBUKA irasaba ko hahuzwa ingufu mu gukemura ikibazo cy’imanza 149,209 zaciwe na Gacaca zitararangizwa

Umuryango IBUKa uharanira inyungu z’abacitse ku icumu rya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 wasabye inzego z’ubutabera n’izindi guhuza imbaraga mu gukemura ikibazo cy’imanza za Gacaca zigera ku 149,209 z’abakoze Jenoside zitarangizwa bitavanwaho. Ibi byasabwe na Valèrie Mukabayire usanzwe ayobora AVEGA ariko akaba yari  yari intumwa ya IBUKA mu gikorwa cyo kwibuka abagore n’abana b’Abatutsi bishwe […]

Abanyarwanda babiri birukanwe ku butaka bwa Uganda nyuma y’iyicarubozo

Abanyarwanda babiri Paul Muhirwa w’imyaka 36 na Emmanuel Mibungo w’imyaka 32 birukanwe ku butaka bwa Uganda nyuma yo gukorerwa iyicarubozo nk’uko babivuga. Aba bagabo banyujijwe ku mupaka wa Kagitumba kandi ko bamaze igihe baba muri iki gihugu n’imiryango yabo. Muhirwa ubwo yageraga i Kigali yavuze ko amaze imyaka 10 aba muri Uganda kandi ko ajya […]

Umusifuzi yatsinze igitego aracyemeza

Mu Buholandi, ubwo amakipe ya Herkemase Boys na Hoek yakinaga kuri uyu wa gatandatu, umusifuzi yatsinze igitego atewe umupira, aracyemeza. Abakinnyi ba Herkemase Boys bari bazi ko iki gitego bari bamaze gutsindwa kitemezwa batunguwe ndetse bajya impaka n’umusifuzi. Keretse ko bari birengagije amategeko ya FIFA agenga umupira w’amaguru. Mu mashusho yashyizwe ku rubuga rwa Twitter, […]

Amakuru y'igura n'igurisha yiriwe avugwa muri ruhago

Uyu munsi, tariki ya 28 Gicurasi, hiriwe havugwa amakuru atandukanye ajyanye n’igura n’igurisha mu mupira w’amaguru. Duhereye hano mu Rwanda, hari inkuru y’umukinnyi w’Umunyarwanda, Sibomana Patrick wamaze gusinya  amasezerano y’imyaka ibiri na Yanga yo muri Tanzaniaimyaka. Muri Espagne, umuyobozi w’ikipe ya Real Madrid, Florentino Perez yemeje ko kapiteni Sergio Ramos yamusabye kugenda, akerekeza mu Bushinwa. […]

Mutobo: Abasoje ingando barimo Major Ntuyahaga basabwe kutazajya bavuga ibibi biherereye gusa

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Gicurasi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu, Dr Arvera Mukabaramba yayoboye umuhango wo gusoza ikiciro cya 65 cy’ingando z’abahoze mu mitwe yitwaza intwaro cyari kirimo abagera 569, bari bamaze hafi amezi atanu mu kigo cya Mutobo, aho yabasabye kutazajya bavuga amagambo meza mu ruhame ngo nibagera aho biherereye […]

Kigali: Nsabimana Callixte (Sankara) yakatiwe gufungwa iminsi 30 y'agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Kacyiru kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Gicurasi 2019,  rwemeje ko Nsabimana Callixte Sankara wari umuvugizi w’umutwe w’inyeshyamba za FLN zirwanya Leta y’u Rwanda, afungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe iperereza rikomeje. Kuri uyu wa kabiri, ku isaha ya Saa Cyenda nibwo byari biteganyijwe ko urukiko rusoma imyanzuro ku ifungwa n’ifungurwa […]

Nubona iyi myitwarire ku mugore w’inshuti yawe uzamenye ko agambiriye kugutwarira umugabo

Gutwara umugabo wundi ni ibintu bikorwa cyane, rimwe na rimwe ugasanga uwo witaga inshuti yawe ubwira amabanga yose ariwe usubiye inyuma ikagukoraho dore ko ariwe uba azi byose. Ni muri urwo rwego wowe mugore, nubona mugenzi wawe atangiye kukugaragariza imyitwarire nk’iyi tugiye kukubwira ugomba kumugendera kure. 1.Kurenga kuba inshuti yawe: Mutangira mumenyana, nyuma agashaka kuba […]

Sudani: Hateguwe indi myigaragambyo ikaze y’iminsi ibiri yo gusaba igisirikare kurekura ubutegetsi

Abigaragambya mu gihugu cya Sudani kuri uyu wa kabiri batangiye imyigaragambyo rusange ikaze y’iminsi ibiri yo gushyira igitutu ku gisirikare kiyoboye igihugu muri iki gihe ngo gihe abasivili ubutegetsi. Iyi myigaragambyo biravuga ko yahejeje abagenzi babarirwa muri magana ku Kibuga cy’Indege cya Khartoum mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri nyuma y’aho ihuriro Alliance for […]

Kigali: Abakora ibyaha by'ubwambuzi bushukana n'ibikoreshejwe ikoranabuhanga baburiwe

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego zirimo n’iz’ubutabera, batangaje ko nta munsi n’umwe bazihanganira uzafatirwa mu byaha by’ubwambuzi bushukana n’ibikoreshejwe ikoranabuhanga. Ni ibyatangarijwe abitabiriye ubukangurambaga bwo kuri uyu Kabiri tariki ya 28 Gicurasi 2019, kuri sitade i Nyamirambo, mu Mujyi wa Kigali,  bwo kurwanya ibyaha by’ubwambuzi bushukana n’ibikoreshejwe ikoranabuhanga, bwateguwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB […]

Yishe umugore we utwite, nyirabukwe n’umuturanyi mbere yo kwiyahura

Abantu bane bo mu Ntara ya Morogoro mu gihugu cya Tanzania bapfuye nyuma y’aho umugabo w’imyaka 54 afatiye icyemezo cyo kwica umugore we utwite, agasogota nyirabukwe n’umuturanyi mbere y’uko nawe yiyahura. Komanda wa polisi muri Morogoro, Wilbroad Mutafungwa, yavuze ko ubwo bwicanyi bwabaye kuwa Kane ushize, itariki 24 Gicurasi ahagana saa tanu z’ijoro ahitwa Dumila […]

Igihe abagenzi bamara ku mirongo ngo kigiye kugabanuka kugeza nibura ku minota 15

Minisiteri y’ibikorwaremezo itangaza ko hari ibirimo gukorwa kugira ngo hanozwe neza gahunda yo gutwara abagenzi cyane cyane mu Mujyi wa Kigali, mu gihe abagenzi bahora batakamba basaba ko bakemurirwa ikibazo cyo gutinda ku byapa imodoka zihagararaho cyangwa muri gare. Cyane cyane mu masaha y’igitondo ubwo abantu benshi usanga bazindukiye kujya mu kazi, nibwo usanga hirya […]

Perezida wa Rayon Sports agiye kuganira n'umutoza Robertinho ku hazaza he muri iyi kipe

Perezida wa Rayon Sports, Paul Muvunyi, agiye guhura n’umutoza wa Rayon Sports, Roberto Oliveira Goncalves de Carmo kugira ngo baganire ku hazaza he  muri iyi kipe dore ko amasezerano ye azarangira ku wa Gatandatu tariki ya 2 Kanama 2019, ubwo azaba arangije gukina na Marines FC. Uyu mugabo w’imyaka 58 y’amavuko, yageze mu Rwanda muri […]

Abiga uburezi bishimiye kuzajya biga kugera mu cyiciro cya Gatatu cya kaminuza (Master's) ku buntu

Abiga mu mashuri yisumbuye abategura kuzaba abarimu mu mashuri y’incuke n’abanza bazajya bishyurirwa na Leta kimwe cya kabiri cy’amafaranga ya Minerivali bakabaye bishyura. Nyuma yo gusoza amashuri yisumbuye aba bazajya bigisha byibura imyaka itatu bahabwe buruse y’ubuntu. Nk’uko Umuyobozi Mukuru w’Ikigo k’Igihugu cy’Uburezi (REB), Dr. Ndayambaje IrĂ©nĂ©e, yabisobanuriye abanyeshuri ba TTC Mururu kuri uyu wa Mbere […]

Burundi: Haribazwa niba Perezida Nkurunziza adashaka kugarura ubutegetsi bwa cyami

Perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi yategetse ko intero (slogan) igira iti ” Imana, Umwami n’u Burundi ” yakongera kugaragara ku birango by’igihugu, ikintu cyateye bamwe kwibaza niba Perezida Nkurunziza ataba ateganya kwiyimika akagarura ingoma ya cyami. Ni intero bivugwa ko yahoze ku butegetsi bwa cyami yongeye guhabwa icyubahiro. Kuri ubu ngo ibirango biri hirya no […]

Umukinnyi wa Liverpool yavuze uko Messi yamututse ubwo bahuraga na Barcelona

Umukinnyi wo hagati w’Ikipe ya Liverpool n’iy’Igihugu cy’Ubwongereza, James Milner yatangaje ko Kapiteni w’Ikipe ya Barcelona n’iy’Igihugu cya Argentine, Lionel Messi yamututse ubwo ikipe ye yatsindaga ibitego bitatu ku busa mu mukino ubanza wa  Champions League wabereye Camp Nou. Milner abanyamakuru b’imikino bo mu Rwanda bakunda kwita Magorwa avuga ko ubwo yakoreraga ikosa Messi, yamubwiye […]

Umunyamujyi muzima ni ukoresha amaboko n’ubwenge- Min. Busingye

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda, Busingye Johnston avuga ko uwiyita umunyamujyi kubera ibikorwa by’amanyanga yibeshya, ahubwo ko umunyamujyi muzima ari ukoresha imbaraga afite kandi akanatekereza kure. Yabitangaje kuri uyu wa 28 Gicurasi 2018, i Kigali, mu muhango w’ubukangurambaga ku byaha bikoreshejwe ikoranabuhanga n’ibyaha by’inzaduka biba bigamije kwiba abantu. Yavuze ko ibi […]

Muduhe n’abazima nk’uko muduhaye uwapfuye- Leta y’u Rwanda ibwira Uganda

Ubwo ikipe y’abayobozi b’u Rwanda yahuraga n’iya Uganda iherekejwe n’abakozi muri Ambasaze zitandukanye z’ibihugu by’Iburayi, Amerika na Afurika, mu muhango wo guhana umurambo w’umunyarwanda, ku ruhande rw’u Rwanda basabye Uganda kuruha n’abandi bazima iki gihugu gifunze. Havuzwe amagambo ku mpande zombi, hasubirwamo ibyavuzwe mu mpera z’icyumweru gishize na Minisiteri zombi z’ububanyi n’amahanga, zivuga kuri iki […]

Mfite umugabo buri mukobwa arota- Umukunzi wa Diamond

Umukunzi w’umuhanzi Diamond Platnumz atangaza ko buri mukobwa arota kuba uyu mugabo yamuba iruhande. Uyu mukobwa ubusanzwe ntazwiho gushimagiza umugabo we. Kuri iyi nshuro ntiyatanzwe ubwo yajyaga ku mbuga nkoranyambaga akavuga ko abagore bose barota Diamond nta kabuza. Tanasha yagize ati “ Rukundo rw’ubuzima bwanjye. Umugabo wiyubashye buri mukobwa arota. Sinjye uzarota umunsi ugeze.” Uyu […]

Gicumbi: Umugabo yafashwe yangiza ibidukikije

Kuri uyu wa 26 Gicurasi Polisi ikorera mu karere ka Gicumbi umurenge wa Rwamiko yafashe Uwihanganye Jean Baptiste w’imyaka 39 yangiza ibidukikije. Ibimera birimo ibiti, ibyatsi kimwe n’urundi rusobe rw’ibidukikije bigira uruhare runini mu gutuma tubona umwuka mwiza duhumeka, imvura ndetse bikaba n’ubwihisho bwa bimwe mu binyabuzima. Niyo mpamvu Polisi y’u Rwanda ihora iburira umuntu […]

Ifatwa rya Sankara, LaForge na Abega inkoni yakubiswe Opozisiyo Nyarwanda

Mu minsi ishize Leta y’ u Rwanda yashyikirijwe bamwe mu bari abayobozi bakomeye mu mutwe wa FDLR, hadaciye kabiri hafatwa uwari umuvugizi w’umutwe wa FLN wari umaze iminsi wigamba kugaba ibitero mu Rwanda. Iki kikaba ari igitego cyangwa inkoni y’umuzo Leta y’u Rwanda ikubise Opozisiyo (Abarwanya leta) yigambaga gukoresha urugamba rw’amasasu, nyuma yo kwaka ibiganiro […]

Mphande wa Police FC yagabanyirijwe igihano, APR na Rayon zihanirwa imyitwarire idahwitse y'abafana

Akanama k’ubujurire k’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru, FERWAFA, kagabanyijwe ibihano byari byarafatiwe umutoza wa Police FC, Albert Mphande, APR na Rayon zihanirwa abafana. Uyu mutoza wari warahanwe ukwezi adakora ibikorwa byo gutoza yarajuriye, igihano gishyirwa ku kudatoza imikino itatu. Iki gihano kizatangira gukora ku mukino wa nyuma wa shampiyona, ubwo Police FC izaba ikina na APR FC, […]

Impanuka mu kiyaga cya Mai Ndombe: Hamaze kuboneka imirambo 45, abandi 200 baracyabura

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Gicurasi, ubwato bwari mu kiyaga cya Mai Ndombe muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo bwarohamye. Kuva uwo munsi, imirambo y’abarohamye iracyashakishwa. Ni na ko igenda yiyongera ariko hari n’indi myinshi bivugwa ko yabuze. Kugeza uyu munsi hamaze kuboneka  imirambo igera kuri 45. Aya ni amakuru dukesha ActualitĂ© kuva […]

Rusizi: Abanyeshuri bariraga mu mashuri basubijwe

Nyuma y’igihe kirekire abanyeshuri biga muri Saint Matthew’s College  mu karere ka Rusizi barira mu mashuri bigiramo, bashyikirijwe inyubako nziza y’uburiro( rĂ©fĂ©ctoire) n’igikoni cyayo kigezweho,byuzuye bitwaye amanyarwanda  arenga miliyoni 45,uretse kuyiriramo ikaba ishobora no gukorerwamo indi  mirimo nk’imyidagaduro,inama z’ababyeyi n’ibindi,ababyeyi   bagashimira nyir’ikigo Musenyeri Keneth Barham wayibubakiye akanayibashyikiriza. Uretse iyi nyubako  ngo yari ikenewe cyane muri […]

Visi Perezida wa Kenya, William Ruto, arimo gusabwa kwegura

Abashyigikiye Uhuru Kenyatta barasaba visi perezida we William Ruto kwegura kuko yatangiye ‘imburagihe’ kwiyamamariza kumusimbura mu matora ya 2022 nk’uko ibinyamakuru byo muri Kenya bibivuga. Abadepite bamwe barashinja Bwana Ruto ko ibikorwa arimo byo kwiyamamaza bibangamiye guhunda z’iterambere Perezida Kenyatta yemereye Abanyakenya nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru kitari icya Leta The Standard. Abadepite bamwe kandi baburiye Bwana […]

Nyagatare: Abatuye mu mirenge ikora ku mupaka wa Uganda bihanangirijwe

Guverineri Mufulukye ari kumwe n’abagize inzego z’umutekano ndetse n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze mu Karere ka Nyagatare basuye abaturage b’Imirenge ya Tabagwe na Rwempasha, ahaherutse kurasirwa kuri uyu wa Gatanu ushize Umunyarwanda n’Umugande bacuruza magendu bashatse kurwanya abashinzwe umutekano, baganira nabo kuri gahunda z’iterambere ndetse n’umutekano by’umwihariko. Aba baturage bongeye gusabwa kwirinda kujya muri Uganda mu buryo […]

Minisiteri y’Ubuzima iributsa abaturage bose ko kunywera itabi mu ruhame bibujijwe

  Minisiteri y’ubuzima iributsa abantu bose ko kunywera itabi mu ruhame bitemewe mu Rwanda kandi ko bihanwa n’amategeko. Ibi iyi minisiteri ibivuze nyuma y’uko bikomeje kugaragara ko hari abantu bakomeje kurinywera mu ruhame nko mu mahoteri, utubari n’ahandi. Muri 2013, nibwo hatowe itegeko itegeko rigamije kurinda abatanywa itabi kugirwaho ingaruka n’umwotsi waryo. Ni itegeko ribuza […]

Minisiteri y'uburezi yatangije ubukangurambaga bugamije kuzamura ireme ry'uburezi mu gihugu

  Kuva kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Gicurasi 2019, minisiteri y’uburezi( MINEDUC) ifatanije na minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugihugu( MINALOC) ndetse n’abandi bafatanyabikorwa bayo batangije ubukangurambaga bugamije guteza imbere ireme ry’uburezi. Ni ubukangurambaga buzageza tariki ya 7 Kanama 2019. Insanganyamatsiko y’ubu bukangurambaga iragira iti’’ Umwarimu witabira umurimo, ufite imyigishirize inoze ni ipfundo ry’uburezi bufite ireme’’. […]

Mukore ibitunganiye Imana n’igihugu cyacu- Guv. Mufulukye abwira abayisilamu

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Mufulukye Fred yasabye abayisilamu bo muri iyi Ntara guharanira gukora ibyiza bitunganiye Imana n’igihugu cyabo, kuruta uko bakwishora mu bikorwa by’ubutagondwa nk’uko byagaragaye kuri bamwe. Izi mpanuro Guverineri Mufulukye yazihaye Abayisilamu bo muri iyi Ntara abereye umuyobozi ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 26 Gicurasi 2019, ubwo yifatanyaga nabo mu gikorwa […]

Ethiopia irasaba imbabazi ku bw'ikarita ya Afurika yakoze ikuraho Somalia

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Ethiopiya irasaba imbabazi Somalia ku bw’ikarita ya Afurika iheruka gukorwa, ikavanaho iki gihugu. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko iyi minisiteri yicuza bikomeye nyuma y’aho iyi karita ishyizwe ku rubuga rwayo. Iyi karita yavanagaho iki gihugu cya Somalia yagaragazaga agace ka Somaliland gasa n’akigenga. Witegereje kuri iyi karita, ubona igihugu cya […]

Dore ibintu by’ingenzi byagukomeza mu byo uhura nabyo ( igice cya 4)

Imigani 18:21 “Waba warigeze wumva abantu bavuga bati” URI ICYO WARIYE” ariko ijambo ry’Imana ryo rikavuga riti” URI ICYO WAVUZE” , Umukristo ukomeye avuga ijambo k’ ubuzima bwe kandi iryo jambo avugiye k’ ubuzima bwe rigahindura ibintu byose bizengurutse ubuzima bwawe cyangwa ubwa abandi. Abakristo bakomeye igihe cyose baba bazi icyo ubuzima cyangwa urupfu bivuze […]

Abagande babiri biciwe muri Sudani y’Epfo barashwe

Abagande babiri biciwe muri Sudani y’Epfo barashwe n’abantu bitwaje intwaro bikekwa ko ari abo mu bwoko bw’Aba-Dinka. Abarashwe ni Willis Binsiima alias Herbs na Charles Kule. Aba ngo bari mu modoka yo mu bwoko bwa Land cruiser y’ikigo cy’ishuri bari kumwe n’umuyobozi waryo ukomoka muri Sudani y’Epfo ariko we utishwe . Amakuru aravuga ko mbere […]

U Rwanda na Uganda mu biganiro nyuma y’iraswa ry’abantu babiri riheruka kubera ku mupaka

Abayobozi b’u Rwanda na Uganda bari mu biganiro bya dipolomasi mu rwego rwo guhagarika icyuka kibi cyagaragaye ku mupaka nyuma y’iraswa ry’abantu babiri baherutse kuharasirwa, aho Uganda ivuga ko barasiwe ku butaka bwayo mu gihe u Rwanda rwemeza ko barasiwe mu Rwanda. Ambasaderi Patrick Mugoya, Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Uganda, yatangaje ko […]

Abifuza inguzanyo yo kwiga muri Kaminuza y’u Rwanda bafunguriwe amarembo

Kuva kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Gicurasi 2019, abanyeshuri barangije umwaka wa Gatandatu w’Amashuri yisumbuye bifuza gusaba inguzanyo yo kwiga muri Kaminuza y’u Rwanda (University Of Rwanda) ndetse no mu Ishuri Rikuru Ryigisha Ubumenyingiro n’Ikoranabuhanga (Rwanda Polytechnic), bafunguriwe amarembo kugeza ku itariki ya 5 Nyakanga 2019. Ubuyobozi bw’Inama y’Igihugu y’Amashuri Makuru(HEC) nibwo basohoye […]

Hon. Mukabalisa yabwiye urubyiruko ko rufite umukoro wo gusigasira ibyagezweho

Perezida w’Inteko Nshingamategeko, Umutwe w’Abadepite, Mukabalisa Donatille, yatangarije urubyiruko rw’u Rwanda ko rufite umukoro wo gusigasira ibyagezweho mu myaka 25 ishize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe Abatutsi. Ni bimwe mu byo yatangaje kuri iki Cyumweru tariki ya 26 Gicurasi 2019, mu muhango wo kwibuka abana n’abagore biciwe ku Ibambiro, mu Murenge wa Kibirizi, Akarere ka […]

Moise Katumbi wari utegerejwe i Goma ntiyahageze kubera uruhushya rwo kuhagwisha indege

Umunyapolitiki Moise katumbi wari utegerejwe mu Mujyi wa Goma kuri iki Cyumweru ntiyabashije kuhagera kubera kubura uburenganzira bwo kuhagusha indege ye mu gihe abaturage benshi bo muri uyu mujyi bari babucyereye bagiye kumwakira. “ Kubera kubura uruhushya rwo kuguruka no kururuka, perezida wacu Moise Katumbi agomba kwigiza inyuma kugera kwe I Goma. Bakoze abaturage bose […]

DRC: Abagera kuri 30 bitabye Imana,naho abarenga 200 baburirwa irengero mu mpanuka y'ubwato

  Abaturage barenga 30 baguye mu mpanuka y’ubwato naho abarenga 200 baburiwe irengero nyuma y’uko ubwato bari barimo burohamye. Iyi mpanuka yabereye mu kiyaga cya Mai-Ndombe mu burengerazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iyi mpanuka yabaye kuri icyi cyumweru ubwo ubwo bwato bwarohamaga . Impanuka z’ubwato zikunze kuba muri congo ahanini bitewe nuko ubwato […]

Mukagatare na bagenzi be baterwa ipfunwe n'amazina biswe n'ababyeyi

Mukagatare Zena ni umwe mu baturage bavuga ko rimwe na rimwe baterwa ipfunwe n’amazina biswe n’ababyeyi babo kera, bafite icyo bagamije ariko ubu akaba ababangamira, ngo kuko bahamagarwa mu ruhame bakanga kwitaba, bakaba basaba koroherezwa kuyahindura. Inteko Nyarwanda y’Umuco n’Ururimi ivuga ko abahindura amazina, batagomba kugendera mu kigare ahubwo bagomba kubikorana ubushishozi, batanga n’impamvu zifatika. […]

Abanyarwanda babiri bashimutiwe na CMI muri Uganda bagiye mu butisimu

Urwego rw’Ubutasi bwa Gisirikare rwa Uganda kuri uyu wa Gatandatu, itariki 26 Gicurasi, saa 12h30 rwashimuse Abanyarwanda babiri, Samvura Pierre w’imyaka 47 na Habiyaremye Eric w’imyaka 25 nyuma y’uko bari binjiye muri Uganda bagiye mu butisimu ariko baburiwe bakanga kumva. Aba bombi batuye mu Mudugudu wa Gahamba, Akagali ka Tabagwe, Umurenge wa Tabagwe, ho mu […]

Abapolisi 82 basoje amahugurwa yo kurwanya iterabwoba yaberaga i Gishari

Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Gicurasi abapolisi 82 basoje amahugurwa yo kurwanya iterabwobo yaberaga mu kigo cy’amahugurwa ya gipolisi (PTS- Gishari) giherereye mu murenge wa Gishari mu karere ka Rwamagana. Aya mahugurwa yo kurwanya iterabwoba,yatangiye ku wa 19 Gicurasi yitabirwa n’abapolisi 82 baturutse mu mashami atandukanyi agize Polisi y’u Rwanda. Mu gusoza aya mahugurwa […]

Igiterane va muri karande cyitezweho umusaruro

Ku inshuro ya Gatandatu igiterane va muri karande mbi gitegurwa n’umuhanzi Ev. Nzigiyimana Fidèle kizaririmbamo abahanzi benshi gitegerejwemo umusaruro mu kuzana abantu ku Mana. Umuhanzi akaba n’umuvugabutumwa Fidele NZIGIYIMANA umuyobozi mukuru wa turwanye karande mbi (va muri Karande mbi uharanire ibyiza witeza imbere) yatangarije bwiza.com, ko yongeye gutegurana morale igitaramo ngaruka mwaka kiremereye kizaba kirimo […]

Ibyaha bitanu bihangayikishije sosiyete nyarwanda- SP. Sano

Ubwo habaga umuganda usoza ukwezi , Umuyobozi wa polisi mu Karere ka Nyarugenge, SP Sano Nkeramugaba yasabye abaturage bo mu Murenge wa Kigali gukumira no kwirinda ibyaha bitanu bibangamiye imibereho yabo ya buri munsi. Sano yashimangiye ko ibyo byaha bibangamiye imibereho myiza y’ abaturage muri Nyarugenge ndetse no mu gihugu ari ubujura, gukubita no gukomeretsa, […]

Tanzania: Inkambi ya Nyarugusu y’Impunzi z’Abarundi yafatiwemo intwaro zitandukanye

Mu nkambi y’impunzi z’Abarundi ya Nyarugusu mu gihugu cya Tanzania hafatiwe intwaro nyinshi mu isoko riherereye imbere mu nkambi, aho ngo zafatanwe Abanyatanzaniya bavuga Ikirundi. Igipolisi gishinzwe umutekano w’inkambi ngo cyariwe urwara n’impunzi zivuga ko zabonye imbunda mu mifuka y’imiceri y’abacuruzi b’Abanyatanzaniya mu isoko riri mu nkabi. Amakuru ya mbere akaba avuga ko igipolisi cyahise […]

Kigali: Hotel Mariot yaguriye abatishoboye 500 mituweli

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Gicurasi 2019,mu rwego rwo gushyigikira imibereho myiza y’ abaturage, Ubuyobozi bwa Holel Mariot Kigali bwashyikirije abaturage bo Murenge wa Kigali amafaranya miliyoni n’ igice y’ amanyarwanda (1.500.000 Fr ). Nyuma yo gufatanya umuganda n’ abaturage bo mu Murenge wa Kigali, Umuyobozi ushinzwe abakozi muri Mariot, Nicole Ingabire yahise […]

Huye: Afite ubwoba ko inzu abamo izamugwaho agasaba leta kumufasha

Umukecuru w’imyaka 74 wo mu karere ka Huye, atuye mu nzu abona ko izamugwaho, agasaba inzego za leta ko zamwubakira ariko zitamukuye mu isambu ye kuko ariho ahinga akabona ikimutunga. Mu mudugudu wa Gacyera Mu kagari ka Rango A mu murenge wa Mukura muri aka karere ka Huye, niho Matilida Mukandamage, umukecuru w’imyaka 74 atuye. […]

East Africa's Got Talent mu dushya turimo Golizo n'utegeka amazi kugenda

Abanyarwanda bafite inyota yo kwitabira irushanwa rya East Africa’s Got Talent rizabera muri Kenya. Ni irushanwa rihuza abafite impano zitandukanye baturuka muri aka gace ka Afurika y’i Burasirazuba. Ejo hashize, ku wa gatandatu tariki ya  25 Gicurasi, hano mu Rwanda habaye amajonjora y’abazahagararira u Rwanda 30 muri iri rushanwa. Agashya ka mbere kagaragaye ni aka […]

Igisirikare cy’u Bufaransa gikomeje gutyaza icya Uganda mu bijyanye no kurwanira mu misozi

Igisirikare cya Uganda kibifashijwemo n’abarimu b’Abafaransa cyongereye imyitozo yo kurwanira mu misozi, aho kuri ubu imyitozo iri gukorerwa mu Karere ka Ntoroko kegereye umupaka wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ni imyitozo irimo gukorwa mu gihe mu karere ikibazo cy’umutekano gikomeje kwiyongera nk’aho mu minsi ishize umutwe wa ADF wifatanyije n’umutwe w’iterabwoba utinyitse kurusha iyindi […]

Perezida Kagame na mugenzi we wa Uganda, Museveni babonaniye muri Afurika y’Epfo

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na mugenzi we wa Uganda, Yoweri Museveni, abayobozi bombi ibihugu byabo bitarebana neza muri iki gihe, kuri uyu wa Gatandatu bahuriye i Pretoria muri Afurika y’Epfo, aho bari bitabiriye irahira rya mugenzi wabo, Cyril Ramaphosa wongeye gutsindira manda yo kuyobora iki gihugu. Abayobozi bombi bicaye begeranye muri uyu muhango wabereye […]