Drone ya FARDC yaburiye mu Minembwe yakubitishije Zakayo iz’ Akabwana, impagarara ni zose
Mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo haravugwa inkuru y’ibura ry’indege itagira umupolote (Drone) y’Igisirikare cya Leta FARDC ryateje impagaragara mu bahatuye aho kugeza ubu icyo gisirikare cyataye muri yombi umusaza witwa Zakayo ukekwaho uruhare mu kuburisha iyo ndege. Uyu Zakayo ngo arazira ko yaba ari we waburishije iriya ndege n’ubwo […]
Zabyaye amahari hagati ya M23 n’ Angola nk’umuhuza
Hari ukutavuga rumwe hagati y’inyeshyamba za M23 zirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umuhuza ari we gihugu cya Angola washyizweho n’ umuryango w’Ubumwe bw’ Afurika. Kuba M23 yarafashe agace ka Kalembe (kabarizwa muri teritwsri ya Masisi ariko hafi ya Walikale) ni byo byarakaje umuhuza ari we Angola. Uyu yavuze ko izi nyeshyamba zitagombaga […]
Abo muzi mubabwire ko twabahagurukiye â DIGP Sano atuma imboni zâumupaka ku Bafutuzi

Ikibazo cyâabiyise âAbafutuziâ bazwiho kwinjiza Magendu mu Rwanda bayikuye mu gihugu cya Uganda gikomeje gufata intera mu Karere ka Nyagatare ku rundi ruhande hari abandi bazwi ku izina ryâImboni zâumupaka bashinzwe kurwanya abo Bafutuzi bakorana na polisi nâinzego zâIbanze bitezweho gukemura iki kibazo. Hashize iminsi Polisi yâu Rwanda yerekanye umwe mu Bafutuzi wafashwe yemera ko […]
Kuririmba u Rwanda mu ngamba Muyaya yemeza ko zizatsinda intambara barwana na M23
Minisitiri wâItumanaho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya aravuga ko Intambara iki gihugu kimaze imyaka kirwanamo nâumutwe wa M23 Leta ikawitirira u Rwanda izarangizwa nâingamba zitandukanye guverinoma yafashe ziganjemo izo gukomeza kwishyiramo u Rwanda mu ruhando mpuzamahanga. Ni Patrick Muyaya utatinye kwemeza ko intambara iri mu Burasirazuba bwa Congo uyu munsi idatandukanye nâizahiritse […]
Uburundi mu myiteguro yo kwihorera ku Nkuba yo mu Kibira
Ku wa 22 Nzeri 2024 nibwo twabagejejeho inkuru igaruka ku rupfu rutamenyekanye icyaruteye rwâabantu bahabwaga imyitozo ya Gisirikare biciwe mu ishyamba rya Kibira riri mu Majyaruguru yâIgihugu cyâUburundi. Ni inkuru yarinze isaza nta ruhande na rumwe rwemeje ko ayo makuru ari ukuri, ibyatumye abatangaza ayo makuru bavuga ko abo bantu bashobora kuba barakubiswe nâinkuba nko […]
FARDC irigamba kwakira Abarwanyi 7 bavuye muri M23
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiravuga ko cyakiriye abarwanyi barindwi bavuye mu mutwe wâinyeshyamba za M23 baje kucyiyungaho nyuma yo kubona ko kurwanira uwo mutwe atari bwo buryo bwiza bwo kurwanira igihugu cyabo. Si ubwa mbere FARDC igaragaje abo yita abarwanyi bavuye kuri M23 ariko bikarangira itabashije kugaragaza ibimenyetso bifatika byemeza ko koko […]
DRC: Imirwano ikaze yubuye i Sake hagati ya FARDC na M23
Kuva mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa 02 Ukwakira 2024 mu mujyi muto wa Sake uherereye muri Teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu ya Ruguru hongeye kumvikana imirwano ikaze yasakiranyije ingabo za Leta ya Kinshasa n’Inyeshyamba za M23. Ni imirwano bigoye kumenya uruhande rwayitangije n’ubwo amakuru avuga ko uruhande rwa Leta ari rwo […]
Karongi â Murambi: Mudugudu aravugwa mu bujura bwâamatungo buvuza ubuhuha
Mu karere ka Karongi, umurenge wa Murambi mu kagali ka Muhororo haravugwa ubujura bwâamatungo magufi bumaze gufata intera ndende, ubuyobozi burabyemera ariko bukizeza ko hari ingamba zamaze gufatwa mu rwego rwo gukemura iki kibazo. Ahiganje ubu bujura ni mu mudugudu wa Ndago, abahatuye babwiye Bwiza Media ko nko muri uku kwezi kwa Nzeri nta munsi […]
Burundi: Urujijo ku rupfu rwâAbarwanyi barenga 100 biciwe mu ishyamba rya Kibira
Reba VIDEO ikurikira nibwo usobanukirwa biruseho Amakuru yizewe agera kuri Bwiza Media yemeza ko mu gihugu cyâUburundi bari mu kiriyo kivanze nâurujijo nyuma yâaho abasirikare barenga 100 bâicyo gihugu hamwe nâabâizindi nyeshyamba zabiyunzeho basanzwe bishwe. Leta yâUburundi ntiremeza cyangwa ngo ihakane aya makuru icyakora amasoko yacu yatwemeje ko imirambo yâaba basirikare kuri ubu iri mu […]
Wazalendo bemeranyije ubwiyunge nk’inkingi yo gutsinda M23
Abarwanyi bo mu mitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bibumbiye mu kiswe ‘Wazalendo’ bemeranyije bashyira umukono ku masezerano y’amahoro no kubanirana neza nk’intwaro izabafasha gutsinda umutwe wa M23. Wazalendo ni abarwanyi bahoze mu mitwe yarwanyaga Ubutegetsi bwa Congo ariko nyuma baza kubwiyungaho mu kurwanya umutwe wa M23 nyuma yo […]
Abanditsi b’ibitabo bahagurukiye imvugo ivuga ko “Umunyafurika umuhisha mu gitabo”
Abanditsi b’ibitabo bo muri Afurika baravuga ko bahagukiye kwamagana imvugo imaze kuba ikimenya bose ivuga ko ‘Iyo ushaka guhisha ikintu umunyafurika ukimuhisha mu gitabo’. Ni imvugo ikunda gukoreshwa iyo bashaka kugaragaza ko Abakomoka kuri uyu mugabane badakunda gusoma. Bamwe muri aba banditsi bagariye n’Itangazamakuru bavuga ko koko iyi mvugo ifite ishingiro kuko binagaragarira mu bwitabire […]
Kwinjira ku mukino w’u Rwanda na Nigeria byagizwe ubuntu

Ishyirahamwe ry’umukino w’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) riratangaza ko kwinjira muri Sitade Amahoro ahagiye kubera umukino uhuza u Rwanda n’Igihugu cya Nigeria ari ubuntu ku bantu batari bagura amatike y’imyanya yatangajwe. Itangazo ryashyizwe kuri X ya FERWAFA rigaragaza imyanya abataragura amatike bashobora kujya kwicaramo bakareba uyu mukino utagira ku isaha ya saa cyenda z’amanywa. Ntabwo […]
Patrick Muyaya yashimangiye ko hari gahunda yo guhiga bukware FDLR
Minisitiri wâItumanaho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya yashimangiye ko icyo gihugu cyiyemeje kwirukana abagize umutwe wâIterabwoba urwanya u Rwanda wa FDLR ariko ko ibyo bigomba no kujyanirana nâuko u Rwanda narwo rukura ingabo zarwo muri icyo gihugu. Ibi Muyaya yabitangarije mu kiganiro yagiranye nâikinyamakuru cya France 24 ubwo yasubizaga ikibazo kibaza uko […]
Ni inde uzakemura uruhuri rwâibibazo bivugwa muri Kasho zo mu Rwanda ?

Hari Abanyarwanda bakomeje gutabariza abafungirwa muri kasho zo muri iki gihugu ahanini biturutse ku buzima bubi buzirangwamo aho bamwe batanatinya kwemeza ko izi kasho ziri mu bishobora guhindura bamwe mu bazifungirwamo bakaba baba abarakare bakanga ubutegetsi, Minisiteri yâUmutekano wâImbere mu gihugu ikavuga ko ibyo bibazo bizasuzumwa kandi bikazabonerwa igisubizo vuba. Umurungi Providence, Uyobora Komisiyo y’Igihugu […]
Ugashukwa nâumusazi nawe ukamukurikira? â Perezida Kagame agaruka ku ifungwa ryâinsengero
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame yashimangiye ko abantu biyita abahanuzi bahanurira abandi ibizababaho bakwiye kujya babanza kubazwa niba atari Abasazi anaboneraho gusaba Abanyarwanda kudatwarwa nâabo yita Abasazi ahubwo bagahugira mu gushaka icyabateza imbere. Ibi umukuru wâu Rwanda yabigarutseho kuri uyu wa 14 Kanama 2024 mu ijambo yagejeje ku banyarwanda nyuma yo kwakira indahiro […]
Amahoro si impuhwe ni itegeko – Perezida Kagame yagarutse kuri Congo mu ijambo ryo kurahira 2024
Ikibazo cyâumutekano muke ukomeje kugaragara mu burasirazuba bwa Congo kiri mu byâingenzi byagarutsweho na Perezida wa Repubulika yâu Rwanda mu ijambo rye nyuma yo kurahirira kuyobora u Rwanda muri iyi manda ye nshya ya kane y’imyaka itanu. Mu ijambo rye, Umukuru wâu Rwanda yongeye gushimangira ko igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari cyo […]
AGF yashimye Dr Frank Habineza na DGPR ku musaruro bakuye mu matora

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR – Green Party) by’umwihariko umuyobozi waryo Dr Frank Habineza yashimiwe n’ihuriro ry’aya mashyaka muri Afurika ku bw’umusaruro bagize mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite yabaye mu Rwanda ku wa 14 no ku wa 15 Nyakanga 2024. Dr Frank Habineza ni we mukandida watanzwe na DGPR […]
Zabyaye amahari hagati ya Minisitiri Dr Utumatwishima nâAbakoresha X

Nyuma yâuko bamwe mu bakoresha urubuga X, bakomeje kugaragaza amarangamutima yabo mu kunenga minisitiri wâurubyiruko, Dr Utumatwishima Jean, wanditse ubutumwa anenga imitegurirwe yâikiganiro Isi ya none gitegurwa nâumunyamakuru wa RBA, Ferdinand Uwimana. Bijya gutangira byatangiwe nâuwitwa Nsanga Sylvie, uyu yamenyekanye ku rubuga rwa X nkâimpirimbanyi iharanira uburenganzirwa byâabâigitsina gore. Uyu niwe wabanje kwandika avuga ko […]
Uburundi na DRC bongeye kwiheza mu bikorwa cya EAC
Ibihugu byâUburundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byongeye kutitabira igikorwa cyâumuryango wâAfurika yâUburasirazuba, Ni ku nshuro ya kabiri ibi bihugu byiheje muri uyu muryango mu gihe kitageze no ku cyumweru ibishimangira ko byaba bishaka kwikura muri uyu muryango. Kuva kuri uyu wa 13 Kamena 2024, Mu Rwanda hari kubera amahugurwa yâingabo zo mu bihugu […]
Perezida Kagame na Macron bahamagaranye baganira ku kibazo cya Congo
Ibiro byâUmukuru wâIgihugu cyâu Rwanda byatangaje ko yagiranye ibiganiro nâumukuru wâUbufaransa kuri telefone baganira ku ngingo zitandukanye zirimo nâibirebana nâumutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Biragoye ko kuri ubu umuyobozi wâu Rwanda cyangwa uwa DRC bagira undi muyobozi bagirana ibiganiro bakabisoza batagarutse ku kibazo cyâumutekano hagati yâibyo bihugu byombi, ni ikibazo gikomoka […]
Goma: Umusirikare yishe abaturage 4 nawe bamugira intere
Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakubiswe n’abaturage bamugira intere nyuma y’uko nawe yari amaze kwica abantu bane abarashe. Byabaye kuri uyu wa 21 Mata 2024 bibera ahitwa mu Birere mu mujyi wa Goma, ntihasobanuwe icyo uyu musirikare yarasiye abo baturage byanatumye nawe rubanda rumwadukira rukamukubita rukamugira intere gusa ibimaze kumenyerwa ni uko aha […]
DRC: Karidinali Ambongo yagaragaje uruhare rwa Tshisekedi mu kubuza Igihugu umutekano
Karidinali Fridolin Ambongo uhagarariye arikidiyoseze ya Kinshasa mu gihugu cya DRC yasobanuye uruhare ryâubutegetsi bwa Kinshasa burangajwe imbere na Perezida Tshisekedi buri imbere mu bateje ikibazo kuri ubu abatuye icyo gihugu bakaba ari bo bari kwishyura ikiguzi cyâayo makossa ya Leta. Uyu wihaye Imana amaze iminsi adacana uwaka nâubutegetsi bwa Peresida Tshisekedi, kuri ubu ari […]
Byifashe bite mu Burasirazuba bwa DRC?

Amakuru yâuko mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ibintu byifashe aracyaza imbere mu yakenerwa nâabantu bose batuye mu karere kâIbiyaga bigari ndetse no hirya no hino ku isi, ni mu gihe kandi kuko intambara iri muri ako gace ka DRC ikomeje guhitana ubuzima bwâabatari bake. Bwiza Media nkâibisanzwe ibinyujije mu bitangazamakuru bwayo ari […]
Uruzinduko rwa Kikwete muri Uganda ruhura rute nâintambara ya M23?
Hakomeje kwibazwa byinshi ku ruzinduko rwa Jakaya Murisho Kikwete kuri ubu uri mu gihugu cya Uganda aho abakurikira hafi ibibera muri kano karere kâAfurika yâUburasirazuba bemeza ko uru ruzinduko rufitanye isano ya bugufi nâintambara ya M23 nâigisirikare cya DRC. Kikwete wayoboye Tanzaniya kuva 2005 kugeza 2015 ari muri Uganda mu gihe icyo gihugu kinafite undi […]
Byifashe bite mu ntambara yo mu burasirazuba bwa DRC ?
Muri iyi nkuru tugaruka ku makuru yerekeranye nâuko ibintu byifashe mu ntambara ikomeje kubera mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hagati yâumutwe wa M23 nâIngabo za Leta zifatanyije nâabafatanyabikorwa barimo SADC, Uburundi, WAZALENDO, FDLR nâAbacanshuro bâAbazungu. Ni ibikomeje kugarukwaho kuri uyu wa 16 Mata 2024, byose bikaba bikubiye muri VIDEO ikurikira. Harimo ko […]
Ubazanyeho intambara akabyicuza – Perezida Kagame

Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda kugira umutima wo kwanga agasuzuguro no guharanira ko hatagira ubasuzugura ndetse ko no mu gihe byaba ngombwa ko bapfa bakwiye gupfa bahangana. Umukuru wâIgihugu yabivuze kuri uyu wa 15 Mata 2024 ubwo yagezaga ijambo ku basirikare bashya bo ku rwego rwa Sous- Lieutenant binjiye mu ngabo zâu Rwanda (RDF). Yifashishije urugero […]
Byifashe bite mu burasirazuba bwa Congo?

Amakuru yâuko ibintu byifashe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byâumwihariko mu Ntara ya Kivu ya Ruguru iherereye mu Burasirazuba bwâicyo gihugu ahakomeje intambara hagati ya M23 nâigisirikare cya Leta yâicyo gihugu gifatanyije nâabafatanyabikorwa barimo SADC, Ingabo zâUburundi, Inyeshyamba za FDLR, WAZALENDO nâabacanshuro. Uko ibintu byifashe kugeza kuri uyu wa 15 Mata 2024: 1. Icyumweru […]
M23 yahawe gasopo ku bakinnyi 11 ishinjwa gushimuta
M23 irashinjwa gushimuta abakinnyi 11 b’Ikipe y’umupira w’amaguru ubwo berekezaga mu mukino wa Shampiyona y’Intara mu mujyi wa Goma. Amakuru atangazwa n’abanyamakuru bo muri Kivu ya Ruguru avuga ko abo bakinnyi ari ab’ikipe yitwa ‘ONZE VEDETTES De Pinga’, bikavugwa ko ku wa 13 Mata 2024 ari bwo M23 yabashimutiye i Kitshanga bari mu nzira berekeza […]
DRC- Rwanda: Impamvu zishimangira uruhande rwafashwe nâUbubiligi
Kugeza ubu wishingikirije ku butumwa bwa minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâUbubiligi wakwemeza ko igihugu cye cyamaze gufata icyemezo cyo gushyigikira Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gushinja u Rwanda kuba ari rwo rwateye icyo gihugu runyuze mu mutwe wa M23. Umutwe wa M23 urwanya ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zifatanyije nâizâigihugu cyâUburundi, izâumuryango wa […]
Umurinzi wa hafi wa Perezida Tshisekedi yishwe

Umurambo wâumugabo wari usanzwe akunze kugaragara mu barinzi ba hafi ba perezida wa DRC, Felix Antoine Tshisekedi watoraguwe hafi yâurugo rwe. Urupfu rwe ruje rwiyongera ku zindi za hato na hato zikomeje gukorerwa abaturage bâabasivile muri Congo byâumwihariko mu mujyi wa Goma. Ntitwari twamenya imyirondoro yâuyu murinzi wa Perezida wishwe cyane ko nâinzego zibishinzwe kugeza […]
Goma: Uruhare AFC isaba Abaturage mu kwishakira umutekano rurashoboka? – VIDEO
Uko ibintu byifashe kugeza ubu i Goma: Ni umujyi urimo ikibazo gikomeye gikomoka ku nyeshyamba za Wazalendo zashyigikiwe na Leta iziha intwaro ikanazemerera kwitwara nkâigisirikare cyemewe. Kugeza ubu amakuru aturuka igoma agaragaza ko izo nyeshyamba ari zo ziri kwica abaturage zigamije kubambura utwabo, (Aha hari nabemeza ko harimo uruhare rwa M23 kuko guteza inzara hariya […]
Musenyeri Mbonyintege yasobanuye uko bamwe mu bakirisitu bafashe Jenoside nkâIkinamico
Yifashishije urugero rwâumwe mu bakirisitu wavuze ko Bikira Mariya amubwiye ko ibyaberaga mu Rwanda bitamureba kandi abantu bari kwica abandi muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Musenyeri Smaragde Mbonyintege yasobanuye uko ubwo Jenoside yabaga abakirisitu Gatolika bamwe babifataga nkâIkinamico. Hari mu kiganiro uyu Musenyeri kuri ubu uri mu kiruhuko cyâizabukuru yagiranye na RBA kuri uyu […]
Rwanda – DRC: Perezida Kagame yanyuzwe nâibiganiro yagiranye na Ramaphosa
Ikibazo cyâIntambara ihanganishije umutwe wa M23 nâIngabo zâigihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiri mu byo Perezida wâu Rwanda na Cyril Ramaphosa wâAfurika yâEpfo wari witabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Mbere yâuko asubira iwabo muri Afurika yâEpfo, Ramaphosa ubwe yabwiye itangazamakuru ko yahinduye imyumvire ku buryo yafatagamo ikibazo […]
Perezida Kagame yahishuye ibyo yandikiye Amerika ku mvugo zipfobya Jenoside
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda Paul Kagame yahishuye ko yandikiye igihugu cya Leta zunze Ubumwe zâAmerika ibaruwa yacyemereraga kunenga imikorere yâubutegetsi bwâu Rwanda mu minsi 364 igize umwaka hanyuma nawe akagisaba guharira u Rwanda nâAbanyarwanda umunsi umwe wa tariki ya 07 Mata utangizwaho Kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Hari mu kiganiro umukuru wâIgihugu yagiranye […]
#Kwibuka30: Abanyarwanda bifatiye ku gahanga Amerika kubera ubutumwa bwa Blinken bupfobya

Abanyarwanda batandukanye bamaganiye kure Umunyamabanga wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, ushinzwe ububanyi n’amahanga Anthony Blinken bamuhora ubutumwa butavugisha ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu gihe isi yose yibuka buri mwaka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, kuri iyi nshuro uyu muhango ubaye ku nshuro ya 30, abantu batandukanye bakemeza ko uretse gupfobya […]
Iyo badutera ubwoba baba bakina â Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika yâu Rwanda yifatiye ku gahanga abagerageza gutera ubwoba u Rwanda barukangisha kurushozaho intambara yemeza ko bishoboka ko baba bakina ndetse ko bashobora kuba batazi ibyo baba bavuga. Ibi Perezida Kagame yabigarutseho kuri uyu wa 07 Mata 2024 mu ijambo ryo gutangiza umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu […]
DRC nâu Burundi mu bihugu Perezida Kagame yashimiye

Mu ijambo rye ritangiza icyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 30, Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame yashimiye ibihugu bitandukanye ku ruhare byagize mu rugendo rwo kongera kwiyubaka kwâiki gihugu nyuma yâayo mateka akakaye cyanyuzemo. Mu bihugu umukuru wâu Rwanda yashimiye harimo icyâUburundi ndetse nâicya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Ibyo byombi kuri […]
Ishimutwa rya Eric Nkuba ryashyize umugogo mu jisho rya AFC/M23 kuri Tanzaniya
Ihuriro AFC (Alliance Fleuve Congo) rihuriyemo imitwe irwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryijunditse igihugu cya Tanzaniya cyafashije mu ishimutwa ryâuwitwa Eric Nkuba wari umujyanama wâumuyobozi wâiryo huriro mu bya politiki. Ku wa 05 Mata 2024 ni bwo Umuvugizi wâIgisirikare cya DRC, Gen Sylvain Ekenge yagaragarije Itangazamakuru uriya munyamuryango wa AFC, Gen Ekenge […]
Goma: Impunzi ziri mu myigaragambyo yamagana ihuriro rya FARDC rirwanya M23

Bamwe mu mpunzi zikambitse mu mujyi wa Goma baramukiye mu myigaragambyo yo kwamagana guverinoma ndetse nâihuriro ryâingabo zose zirwanya umutwe wa M23, abigaragambya barasaba Ingabo za Leta kuva mu mahoteli zikajya ku rugamba kurwanya M23 bemeza ko idafite imbaraga. Ibyapa bifitwe nâabari kwigaragambya byanditse ho ngo âUmwanzi wacu nta mbaraga yaba afite mu gihe Abasirikare […]
Goma: Bombe ihushije ya ntwaro ya BM21 ihitana Abarundi 5
Mu mujyi wa Goma mu Burasirazuba bwa DRC ahitwa ku Kimashini muri Mibambiro hasanzwe hateretse imbunda nini ya BM21 ikoreshwa nâIhuriro ryâIngabo zirwanya umutwe wa M23 hatewe amabombe, ntiharamenyekana uruhande rwateye izo bombe nâubwo haketswe ko ari M23 bitewe nâuko zaturutse mu bice igenzura bya Masisi. Izi Bombe zo kuri uyu wa 04 Mata 2024 […]
Ba Rushingwangerero baracyahanze amaso Perezida Kagame
Abayobora utugali mu Rwanda (Rushingwangerero) baracyibuka ijambo ryo muri Bibiliya umwe muri bo yabwiye umukuru w’Igihugu agira ati âNkâuko abagaragu amaso yabo bayahanga shebuja na ba Rushingwangerero turihano amaso tuyabahanzeho murakoze nyakubahwa.â Ubu hashize umwaka urenga kuko hari ku wa 28 Werurwe 2023, ubwo Perezida Kagame yabwirwaga nâAbayobozi bâUtugali akaga baterwa nâumushahara muke bahembwa cyane […]
Byagenze bite ngo Dr Frank Habineza yisange yisobanura ku nyito ya âAbasiga irangiâ yazanywe Apotre Mutabazi ?
Apotre Mutabazi Kabalira yise amashyaka yose yo mu Rwanda âAbasizi bâirange ku nzu yubatswe na FPRâ bituma Dr Frank Habineza uyobora Democratic Green Party, afata umwanya wo gusobanura imikorere yâayo mashyaka. Kuvuga ko ibikorwa byâayo mashyaka byose abigereranya nâuko umuntu yafata ikiraka cyo kubaka inzu ndende yâamagorofa hanyuma uwo nawe agaha abandi bari munsi ye […]
Perezida Kagame yagaragaje uko DRC nâUburundi bahurira ku myumvire itakigezweho
Perezida Kagame Paul yagaragaje uko mu bihugu byâUburundi na DRC bahuriye ku myumvire imeze nkâiyâabakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ndetse anashimangira ko atari umwihariko wabo kuko no kubitwa ko bateye imbere hari ahakigaragara iyo myumvire ishaje itakabaye ikigenderwaho. Umukuru wâu Rwanda wari mu kiganiro cyatambutse kuri Radio 10 na Royal FM yavuze ko mu […]
Goma: Abacuruzi biyemeje kotsa guvernoma igitutu mu gisa nâImyigaragambyo
Abacuruzi bo mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu ya Ruguru muri DRC banze gufungura amaduka yabo mu rwego rwo guhatira Leta gukuraho imisoro bemeza ko ihanitse mu gihe ibikorwa byabo bibangamiwe nâIntambara ya M23 ikomeje muri iyo Ntara. Umujyi wa Goma ubusanzwe ufatwa nkâumurwa mukuru wa Kivu ya Ruguru aho muri Repubulika Iharanira […]
Nangaa yemeje ko M23 igiye gufata Goma anibasira Perezida Tshisekedi bikomeye
Corneille Nangaa, Umuyobozi wâIhuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo nâumutwe witwaza intwaro wa M23 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeje ko iri huriro rigiye gufata umujyi wa Goma mu gihe kitarambiranye hanyuma bagakomerezaho berekeza no mu bindi bice byose byâicyo gihugu kugeza ubwo bazasoreza ku murwa mukuru Kinshasa bagahirika ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi. Nangaa […]
Minisitiri wa MIGEPROF yatanze umucyo ku âNkwanoâ itaritaweho mu itegeko rishya
Hari amwe mu masubyo ari mu mushinga wâitegeko rigenga abantu nâumuryango ryatanzwe na minisiteri yâuburinganire nâIterambere ryâumuryango (MIGEPROF), bimwe mu bibazo byerekeranye nâayo masubyo birimo nâikirebana nâ Inkwano isabwa abagabo nyamara mu kugabana mu gihe habayeho gutandukana umushinga wâiryo tegeko ukaba utagaragaza ko iyi nkwano nayo izajya irebwaho. Minisitiri Dr Uwamariya Valentine ubwe yavuze ko […]
M23 yazindukiye ku muriro wa FARDC/WAZALENDO i Sake
Ingabo za Leta ya Congo zifatanyije n’urubyiruko ruzwi ku izina rya ‘WAZALENDO’ baramukiye mu ntambara bagabye ku mutwe wa M23 mu rwego rwo kugerageza gukura uwo mutwe mu misozi ikikije umujyi wa Sake kugira ngo bafungure umuhanda wa Sake – Minova. Amakuru aturuka ku mirongo y’uru rugamba aravuga ko iyo mirwano yatangiye kuva mu rukerera […]
Tshisekedi yongeye kwibasira Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Antoine Tshisekedi yise umutegetsi wâu Rwanda âKidobya nâ Umunyabyaha wishyize hejuruâ amutega iminsi agaragaza ko yifuza ko ubutegetsi bwâu Rwanda bwavaho ngo kuko ari bwo abatuye mu bihugu byombi bazagira amahoro. Uyu mukuru wa DRC yabigarutseho mu ijambo ryagarukaga ku byaranze uruzinduko perezida wa Sudani yâAmajyepfo, Salva […]
Guverinoma yafunze amashuri yose kubera ubushyuhe budasanzwe
Guverinoma ya Sudani y’Amajyepfo yategetse ibigo by’Amashuri byose byo muri icyo gihugu kudahirahira bifungura imiryango guhera ku wa 18 Werurwe 2024 mu rwego rwo kurinda abana babyigamo ingaruka bashobora guterwa n’ubushyuhe budasanzwe bukomeje kwiyongera muri icyo gihugu. Sudani y’Amajyepfo ubu iri mu kaga katewe n’ubushyuhe budasanzwe bumaze iminsi buri mu bice byose by’icyo gihugu kibarizwa […]
Ya kipe y’i Burundi itewe mpaga izira kwanga kwamamaza u Rwanda

Ubuyobozi bwa Basketball Africa League bwatangaje ko bwamaze gutera mpaga ikipe ya Dynamo BBC yâi Burundi izira amakosa akomeye yo guhisha icyapa cyamamaza u Rwanda nkâumuterankunga wâirushanwa rya BAL 2024 riri kubera muri Afurika yâEpfo. Iyi kipe ya Dynamo BBC yari yakinnye ndetse inatsinda umukino wayo wa mbere ku wa 09 Werurwe 2024, ni umukino […]
No ku rugamba bari bahari, Perezida Kagame yagaragaje ibigwi byâabagore
Umukuru wâIgihugu cyâu Rwanda yagaragaje uburyo abagore bafate uruhare runini mu iterambere ryâiki gihugu ahereye no ku kuba no mu gihe cyâurugamba rwo kukkibohora hari abagore barugizemo uruhare. Yabigarutseho mu birori byo kwizihize umunsi mpuzamahanga wâumugore wizihizwa buri tariki ya 08 Werurwe aho yagaragaje ko abagore ari ingenzi cyane yamagana bamwe mu bagabo bagifite imyumvire […]
DRC- Rwanda: Abantu barenga miliyoni 95 babuze umujyanama?

Mu gihugu cya DRC gituwe nâabaturage barenga miliyoni 95 ngendeye ku mibare yo muri 2021, hakomeje kuvugwa ibyo kuba icyo gihugu gikomeje kwitunira ku Rwanda, mu mboni zanjye mbyitegereje nsanze hari ikibazo cyâAbajyanama, harabura abajyanama cyangwa se bakaba bahari ariko bagasuzugurwa, gusa burya ngo umutwe umwe wigira inama yo gusara. Ibiri muri iyi nkuru ni […]
Urujijo ku basivile bivugwa ko bishwe na UPDF ifasha M23
Igisirikare cya Uganda gikomeje gushinjwa kwica abaturage bagera 12 bâabasivile bo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu ntara ya Kivu ya Ruguru, teritwari ya Rutshuru mu gace kitwa Busanza. Ni amakuru ari gukwirakwizwa cyane ku mbuga nkoranyambaga nâuwitwa Jules Mulumba usanzwe avugwaho kuba ari umwe mu begamiye ku mutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bwâu […]
Tshisekedi azikanga tumuguye gitumo, M23 ntikigendera ku bya LE 23 Mars – Umuvugizi
Umutwe wa M23 uratangaza ko kuri ubu utakigendera ku byari bikubiye mu masezerano yo ku wa 23 Werurwe 2009. Ayo niyo masezerano akomokaho nâizina uyu mutwe ufite nâubwo kuri ubu abawugize biyunze ku ihuriro rya AFC (Alliance Fleuve Congo). Ibi byemejwe nâumuvugizi wâuwo mutwe wungirije mu bya Politiki witwa Balinda Oscar mu kiganiro cyihariye yagiranye […]
CYAMUNARA Y’ISUKARI Y’AKEZA KIWACU Ltd

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha Abantu bose ko ku wa 23 Gashyantare 2024 buzagurisha muri cyamunara Isukari y’ Akeza Kiwacu Ltd yafatiwe muri magendu ingana na toni 54. Iyo cyamunara izabera ahakorera ishami rishinzwe kurwanya magendu (SI&DI) i Masoro mu cyanya cy’inganda saa tatu za mugitondo. Abifuza ibindi bisobanuro kuri iri tangazo mwareba ku ifoto […]
Burundi: Perezida Ndayishimiye aryamye ku moko yâabishakira ibiryo
Mu biganiro byagarukaga ku kurebera hamwe uko ubumwe byâAbarundi bwifashe ndetse nâicyakorwa ngo buzahurwe perezida Evariste Ndayishimiye yabajijwe niba igihe kitageze ngo iki gihugu kigobotore ingoyi yo kwibona mu ndorerwamo yâamoko maze asubiza yemeza ko nta mpamvu yo gukuraho amoko kuko atari cyo kibazo ariko anemeza ko abokoresha ayo moko ari abishakira indonke. Igihugu cyâUburundi […]
i Karuba mu marembo ya SAKE rurambikanye FARDC yazanye Ibifaru na Drones – VIDEO
Umutwe wa M23 urashinja ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo nâAbafatanyabikorwa bayo kuwugabaho igitero mu gace ka Karuba no mu bike byaho byose, ni ibitero bije nyuma yâuko icyo gisirikare cya Leta cyatakaje umusozi wa Muremure ufatwa nkâuwâingenzi cyane muri iyi ntambara. Imirwano ihozaho ya buri munsi kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru […]
VIDEO: Tugiye gufata iyi ntwaro bicishije abantu bacu aho yaba iri hose – Lt Col Willy Ngoma wa M23
Umutwe wa M23 uri mu ntambara uhanganyemo n’Igisirikare cya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) uratangaza ko kuri ubu uri mu kababaro nyuma y’aho FARDC yishe bamwe mu baturage b’ahitwa Mweso hagenzurwa n’uyu mutwe. M23 isanzwe ivuga ko mu nshingano zayo harimo no kurinda umutekano w’Abasivile b’aho ugenzura ariko ku wa 25 Mutarama […]
Rwanda-DRC: Perezida Kagame yatabarije impunzi zibumazemo imyaka nkâiyo yabumazemo
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda yagarutse ku kibazo cyâimpunzi zigera ku bihumbi 100 zavuye mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri ubu zikaba ziba mu Rwanda ndetse zikaba zirimo nâizihamaze imyaka 23 ingana nâiyo uyu mukuru wâIgihugu nawe yamaze mu buhunzi. Yabigarutseho mu ijambo ritangiza inama yâIgihugu yâumushikirano yateranye ku wa 23 Mutarama […]
Niba ushaka imirwano twarwana, icyo si ikibazo â Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame yakomoje ku myitwarire yâAbaperezida bâUburundi na DRC bamaze iminsi bamwibasira bakanibasira u Rwanda bemeza ko bashaka kuruhirikira ubutegetsi ashimangira ko yiteguye gukora ibishoboka byose mu gusigasira ibyo u Rwanda rumaze kugeraho mu myaka 30 ishize nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Uheruka kuvuga ko ashaka guhirika ubutegetsi […]