Abakinnyi ba Rayon Sports barwaniye i Bugesera hitabazwa polisi

igihe_com_15-1e6ed.jpg

Nyuma y’uko basezerewe muri kimwe cya kabiri cy’igikombe cy’Amahoro, abakinnyi ba Rayon Sports barwanye n’aba Bugesera FC. Abakinnyi ba Rayon Sports barimo Youssef Rharb, Khadime Ndiaye na Charles Bbaale barwanye n’aba Bugesera FC barimo Isingizwe Rodrigue na Hoziyana Kennedy. Ibi byabaye nyuma y’umukino wa 1/2 wo kwishyura mu Gikombe cy’Amahoro, wabaye ku wa Kabiri tariki […]

Bugesera FC itsinze Rayon Sports igera ku mukino wa nyuma

Ikipe ya Rayon Sports itsinzwe umukino wa kabiri na Bugesera ihise ikatisha itike yo gukina umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro. Kuri uyu wa kabiri hari hakomeje imikino yo kwishyura mu gikombe cy’amahoro, Rayon Sports yari yasuye Bugesera FC yari yarayitsinze mu mukino ubanza, igitego 1-0. Uyu mukino watangiye Rayon Sports ishaka gutungurana gusa abakinnyi ba […]

Umukobwa w’umuyisilamu yakubiswe inkoni 100 azira gusengera mu barokore – Videwo

girl-muslim-caned-100-strokes-for-attending-church-prayers.jpg

Umukobwa w’imyaka 19 ukomoka muri Uganda, Nakirya Shakira yakubiswe na ba nyirarume be ibiboko birenga 100 nyuma y’uko bamenye ko yagiye gusengera mu barokore kandi asanzwe ari umuyisilamu nk’uko umuryango we uri. Nakirya Shakira w’imyaka 19 ntiyahiriwe n’urugendo ubwo yageraga iwabo ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize avuye mu materaniro y’abarokore kandi avuka mu muryango w’abayisilamu […]

Kanyombya yemeje Willy Smith

gl1iry5w0aewmjd.jpg

Umunyarwenya Kanyombya akomeje kwigarurira ibyamamare byo muri Leta Z’unzu Ubumwe z’Amerika biciye mu mashusho uyu mugabo ugeze muzabukuru agenda agaragaramo ari kuvuga amagambo asekeje mu rurimi rw’icyongereza. Nyuma y’uko umuraperi uri mu ba mbere bayoboye ku Isi, Wiz Khalifa akoresheje amashusho y’uyu munyarwenya w’Umunyarwanda, aho yavugagamo amagambo n’ubundi asekeje, uwari utahiwe ni umukinnyi wa Filimi, […]

Umugore yamaze iminsi 2 afungiranye mu bwihero

Umuryango winjira ahari ubwiherero wanze gufunguka bituma amara wikendi yose mu bwiherero bwo ku kazi

Mu Burundi, umugore yahuye n’uruvagusenya amara iminsi ibiri ya wikendi [ku wa Gatandatu no ku Cyumweru] ari mu bwiherero nyuma y’uko abo bakorana basize bafunze imiryango yose yo mu kazi. Inkuru y’uyu mudamu yamenyekanye ku wa Mbere tariki ya 22 Mata 2024 gusa yatangiye ku wa Gatanu w’Icyumweru gishize mu masaha abakozi batahiraho. Ahagana saa […]

Kanye West arifuza gutera akabariro n’umugore wa Obama

Nyuma yo kwibasira bagenzi be barimo Drake na J.Cole, Kanye West Ye yavuze ko yifuza kuryamana na Michelle Obama mu buryo bwa ‘Threesome’ aho umugabo umwe aryamana n’abagore babiri icyarimwe. Uyu muraperi w’icyamamare avuga ko we ashimishwa no gutera akabariro n’umugore urenze umwe, ibintu byatumwye avuga ko yanezezwa no kubona aryamanye na Michelle Obama na […]

Umusore agiye kurongora mushiki we yateye inda

Mu gihugu cya Kenya hakomeje gusakara inkuru y’urukundo hagati y’umukobwa n’umuhungu bavukana kuri se, bitegura kurushinga nyuma y’uko bagiye no kubyarana. Umukobwa yitwa Brianna mu gihe umusore yitwa Kyle, bombi bakundanye imyaka ibiri batazi ko bavukana kuri se. Nyuma y’uko babimenye ntacyo byigeze bihungabanya ku mubano wobo. Mu kiganiro aba bombi bagiranye n’umunyamakuru Ali wo […]

Alain watwaye igikombe muri Kiyovu Sports yabonye akazi muri Congo

img_6040.jpg

Umutoza Alain AndrĂ©-Landeut wahoze muri Kiyovu Sports yahawe akazi mu kipe ya FC Lubumbashi yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku Cyumweru tariki ya 21 Mata nibwo uyu mutoza uherutse mu Rwanda mu kipe ya Kiyovu Sports, yemejwe nk’umukozi mushya muri iyi kipe. AndrĂ©-Landeut, yahawe amasezerano y’umutoza mukuru n’Umuyobozi wa Siporo muri iyi kipe. […]

Umunyarwenya Nsabi na mugenzi we bakoze impanuka

Umunyarwenya Nsabimana Eric [Dr Nsabina] na mugenzi we Imanizabayo Prosper [Bijiyobija] baraye mu bitaro bya Nemba mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 21 Mata 2024, nyuma yo gukora impanuka. Iyi mpanuka yabereye mu muhanda Musanze-Kigali, aho bageze ahitwa Kivuruga mu Karere ka Gakenke, imodoka yabo barimo iragwa bahita babihutana mu bitaro. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa […]

Polisi iri gushaka Umunyamakuru wa Inyarwanda waburiwe irengero

Iminsi imaze kuba 4 umunyamakuru Ishimwe Olivier uzwi nka Ba nta hantu agaragara na hamwe byateye abo mu muryango we ndetse n’inshuti ze kwibaza icyo yaba yarabaye. Umuryango we umaze iminsi utazi aho aherereye kuko aho atuye nta wuhari ndetse no kuri telefoni ntiyitaba. Uyu munyamakuru usanzwe yandika inkuru z’imikino ku Kinyamakuru Inyarwanda.com aheruka kuboneka […]

Kigali ifite umutekano kurusha London: Minisitiri wungirije mu Bwongereza

Umurwa mukuru w’u Rwanda, Kigali, ufite umutekano kurusha London, nk’uko byemejwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wungirije w’Ubwongereza, Andrew Mitchell. “” Mu gihe Ubwongereza bukiri kwiga ku mushinga wo kohereza abimukira mu Rwanda, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wungirije w’Ubwongereza yabwiye itangazamakuru ko burya Kigali ifite umutekano kurusha London. Ibi yabivuze ashimangira ko kohereza abo bimukira mu Rwanda […]

Mama Sava ntazasubira mu rusengero ukundi

Umunyana Annalisa uzwi nka Mama Sava, yarahiriye kutongera gusubira mu rusengero nyuma y’uko agiye gusenga bakamuhanurira ko agiye kurongorwa na Papa Sava usanzwe ari sebuja muri filime zitandukanye. Nyuma y’iminsi hakwirakwira inkuru zivuga ubuhanuzi bw’ubukwe bwa Papa Sava na Mama Sava, impande zombi zikomeje gutesha agaciro umukozi w’Imana wabagajejeho ubwo butumwa avuga ko bwaturutse ku […]

Abantu 7 bishwe n’imodoka mu nkambi ya gisirikare

Abantu barindwi bapfuye abandi 21 barakomereka nyuma y’uko imodoka ikora amasiganwa ikoze impanuka ikomeye mu nkambi ya gisirikare muri Sri Lanka. Iyi mpanuka yabereye mu irushanwa rya Fox Hill Supercross ryabaga ku cyumweru tariki ya 21 Mata i Diyatalawa mu nkambi ya gisirikare. Ingabo zavuze ko mu bapfuye harimo abayobozi bane b’irushanwa n’abafana bari baje […]

Alliah Cool yatanze miliyoni ku bana ba Jay Polly

Umukinnyi wa filime Isimbi Alliance uzwi nka Alliah Cool yahaye Miliyoni 1 Frw n’ibikoresho by’ishuri abagore ba Tuyishime Joshua wamenyekanye nka Jay Polly, nyuma y’uko ayabemereye mu gitaramo cya Platini P. Ku Cyumweru tariki 21 Mata 2024, nibwo Alliah Cool yatanze Miliyoni 1 Frw n’ibikoresho by’ishuri abiha abagore ba Jay Polly nk’uko yari yarabyiyemeje. Alliah […]

Jya kubibaza inka Nyabugogo: Israel Mbonyi asubiza umufana we

mbonyi3-4.jpg

Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Israel Mbonyi, yateranye amagambo n’umwe mu bamukurikira ku rubuga rwa X rwahoze ari Twitter nyuma y’igitekerezo yari amaze gushyira kuri urwo rubuga. Nyuma y’ubutumwa Israel Mbonyi yari amaze gushyira kuri X, buburira abantu ku bigendanye n’imirire ituma bagira ibiro byinshi, yaje kwisanga ari guterana amagambo n’umwe mu bakoresha X. Mu butumwa […]

APR FC yatwaye igikombe cya shampiyona itari yatsindwa

APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona ya 2023-24 mu gihe habura imikino 3 ngo shampiyona irangire nyuma y’gitego kimwe rukumbi cya APR FC cyatsinzwe na Mugisha Gilbert mu mukino bahuyemo na Kiyovu Sports. Wari umukino w’umunsi wa 27 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda aho APR FC yari yakiriye Kiyovu Sports. APR FC yabonye […]

Jeannette Kagame yitabiriye imikino yo kwibuka muri Basketball

fb_img_17135531635510522.jpg

Kuri uyu wa 19 Mata muri Bk Arena hatangiye irushanwa rya Basketball ryo kwibuka abakinnyi bahoze bakina Basketball muri Shampiyona y’u Rwanda, bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Abakinnyi basaga 34 nibo bibutswe. Ni irushanwa ryitabiriwe n’abarimo Madame Jeannette Kagame ndetse na Minisitiri  wa Siporo, Aurore Mimosa Munyangaju ubwo ryaberaga muri Bk Arena. Amakipe […]

Perezida wa FEBABU wabujije Dynamo BBC kwambara Visit Rwanda, yeguye

fb_img_17135379482772755.jpg

Apotre Manirakiza Jean Paul wayoboraga FEBABU yamaze kwegura nyuma y’imyaka 3 atorewe kuyobora iri shyirahamwe rya Basketball mu Burundi. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Mata 2024 nibwo uyu muyobozi yanditse ibaruwa atangaza ko yeguye ku mwanya wo kuba Perezida wa FEBABU. Uku kwegura kuje gukurikira ikibazo Dynamo BBC yahuye nacyo muri BAL24, cyo […]

Alyn Sano yataramiye imbere ya Ellen Johnson wayoboye Liberia

snapinsta_app_436316843_18412477681067415_2284443041766258337_n_1080.jpg

Umuhanzikazi nyarwanda Alyn Sano yishimiye gutaramira imbere ya Ellen Johnson Sirleaf wayoboye Repubulika ya Liberia kuva mu 2006 kugeza mu 2018. Madamu Ellen ari i Kigali mu nama y’ihuriro ‘Amujae High-Level Leadership’ iganirirwamo ibijyanye n’uruhare rw’abagore mu miyoborere. Ubwo ku munsi w’ejo iyi nama iri kubera muri Kigali Convention Centre yabaga, umuhanzikazi Alyn Sano yagiriwe […]

Sir Chips wabaye Perezida wa Arsenal, yapfuye

Uwahoze ari umuyobozi mukuru wa Arsenal, Sir Chips Keswick, yapfuye ku myaka 84 nyuma y’imyaka igera kuri ine avuye ku buyobozi bwo kuyobora Arsenal yihebewe na benshi hano mu Rwanda. Uruppfu rwa Keswick rwatangajwe na Arsenal ibinyujije mu itangazo yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo kuri uyu wa gatanu tariki ya 19 Mata 2024. Iyi kipe […]

Abagore ntibarenza iminsi 2 bakibitse ibanga

Iyo uvuze ibanga maze ugashaka kurihuza n’igitsinagore usanga ari isi n’ijuru, ibi bivuze ko abagore ari abantu batari abo kubitswa ibanga kuko bahita barimenera inshuti zabo babyita ibanga na none. Ni kenshi umuntu azakubwira ibintu maze akagusaba kubigara ibanga ndetse hari n’igihe ubona ibintu bigusaba ko ubigira ibanga. Aha ku bagore birabavuna cyane kuba babika […]

Umugore wa Kenny Sol arakuriwe

1713524273198.jpg

Umuhanzi w’indirimbo ziganjemo iz’urukundo, Kenny Sol n’umugore we Kunda Alliance Yvette baherutse gushyingirwanwa, bari kwitegura kwibaruka. Nyuma yo gusezerana ku wa 05 Mutarama 2024, Kenny Sol n’umugore we Kunda Alliance bari kwitegura kwibaruka imfura nk’uko uyu musore witegura kuba papa yabitangaje. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Kenny Sol yatangaje ko umugore we akuriwe ibyatumye ahabwa […]

Barcelona yahaniwe insuhuzanyo ya Adolf Hitler

Ikipe ya Barcelona yaciwe amande n’ishirahamwe ry’umupira w’amaguru i Burayi (UEFA) ishinjwa ko abafana bayo baranzwe n’imico irimo iy’ivangura rishingiye ku ruhu bakoreye ku kibuga cya Paris Saint-Germain (PSG) muri Champions League. Ku wa kane tariki ya 18 Mata 2024, Barcelona yaciwe amande $26,600 na UEFA kubera insuhuzanyo y’Aba-Nazi n’ibimenyetso by’ivanguramoko byaranze abafana bayo mu […]

Al Ahly yo mu Misiri ntitekanye muri Congo

Al Ahly yo mu Misiri ifite impungenge z’umutekano wayo i Lubumbashi muri Congo byatumye ihita yandikira impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri afurika CAF, iyimenyesha ko badatekanye. Impungenge za Al Ahly zatangiye ku wa 17 Mata ubwo yageraga muri Congo aho yagiye gukina umukino ubanza wa kimwe cya kabiri cy’irangiza muri CAF Champions League. Mu ibaruwa ifunguye […]

U Rwanda ku mwanya wa 2 mu kugira izamuka ry’abantu batunze Miliyari muri Afurika

U Rwanda rwisanze ku mwanya wa kabiri muri Afurika nyuma y’Ibirwa bya Maurice bya mbere mu kugira abaturage bazamutse mu gutunga byibuze amafaranga ari hejuru ya Miliyari imwe ni ukuvuga miliyoni y’amadorari. Raporo ngarukamwaka ikorwa n’ Ikigo gikora isesengura mu bijyanye n’ishoramari cya Henley & Partners yerekana ko Abanyarwanda batunze nibura miliyoni y’amadolari (ni ukuvuga […]

Amerika yafatiye Irani ibihano bikakaye

Ku wa Kane tariki ya 18 Mata 2024, Leta zunze ubumwe z’Amerika zifatanyije n’Ubwongereza bafatiye ibihano bishya Irani, nyuma yo kurasa urufaya rwa misile na “drones” kuri Isiraheli. Ku wa gatandatu w’icyumweru gishize tariki ya 13 Mata 2024 nibwo Irani yagabye ibitero bya misile na “drones” kuri Isiraheli. Nyuma y’uko igabye ibi bitero kuri Isiraheli, […]

Cristiano Ronaldo yatsinze Juventus mu rukiko

Ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani yategetswe kwishyura Cristiano Ronaldo miliyoni 8.3 z’amapawundi nyuma yo gutsindwa urubanza yarezwemo n’uyu rutahizamu wahoze ayikinira. Muri Nzeri umwaka ushize, Ronaldo ukinira ikipe ya Al-Nassr yo muri Arabiya Sawudite yareze Juventus kubera imishahara atishyuwe mu gihe cy’icyorezo cya Covid-19. Uyu mukinnyi ukomoka muri Porutugali yifuzaga kwishyurwa miliyoni 17 z’amapawundi […]

Abasirikare ba Kenya bagabye igitero kuri Polisi bashaka kubohoza bagenzi babo

Ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki ya 18 Mata 2024, abasirikare b’ingabo za Kenya (KDF) bagabye igitero kuri Sitasiyo ya Polisi iherereye i Lodwar bashaka gutorokesha bagenzi babo bane batawe muri yombi bazira kwambura intwaro umupolisi kuri bariyeri iri hafi y’ishuri rikuru rya kaminuza ya Turkana. Inkuru itangira mu rukerera rwo ku wa Gatatu […]

RIB yatangiye iperereza kuri Mugabo ushinjwa uburiganya bwa miliyoni 100 Frw

Mugabo Gad uzwi nka Safari ushinjwe kuriganya abaturage miliyoni 100 Frw

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hakomeje gusakara amakuru y’uburiganya bw’uwitwa Mugabo Gad watekeye umitwe abaturage bagiye batandukanye abizeza kubatumiriza imodoka muri Koreya y’Epfo, ntabikore. Uwiyise Anonymous Member ku mbuga nkoranyambaga, yerekanye ifoto maze ayiherekesha amagambo agira ati: “Muraho, uyu musore ni umutubuzi wiyita ko acururiza imodoka i Kigali mu Rwanda. Afite ikigo cyitwa Gad Motors […]

Bonfils Caleb yatandukanye na Al Ahli Benghazi adakinnye umukino n’umwe

glccakjwoaanz6u.jpg

Rutahizamu Bimenyimana Bonfils Caleb wanyuze muri Rayon Sports akahandika amateka, yatandukanye na Al Ahli Benghazi adakinnye umukino n’umwe wemewe n’ishyirahamwe rya ruhago iryo ari ryo ryose. Mu mwaka ushize nibwo Caleb yasinyiye Al Ahli Benghazi amasezerano y’imyaka ibiri aho yahawe amafaranga arenga miliyoni 900 z’amafaranga y’u Burundi. Nyuma y’uko uyu Rutahizamu amaze gusinyira iyo kipe […]

FIFA na CAF bagiye kwigisha abasifuzi bo mu Rwanda gukoresha VAR

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, ifatanyije n’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA hamwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, bagiye guha abasifuzi bo mu Rwanda amahugurwa yo gukoresha VAR (Video Assistant Referee, VAR). Kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Mata 2024, abasifuzi bo mu Rwanda baratangira amahugurwa y’iminsi ibiri, aho ari bwibande […]

U Burundi buri gutakaza abakinnyi ubutitsa

fb_img_17134192118629815.jpg

Nyuma y’uko buhanwe na FIBA, u Burundi bukomeje gutakaza abakinnyi n’abatoza mu mukino wa Basketball bari kujya gukorera mu bihugu bigiye bitandukanye. Hafi amezi 9 nta rushanwa rya Basketball ritegurwa mu Burundi, bamwe mu bakinyi n’abatoza bari ibihangange muri Dynamo BBC na Urunani BBC bakomeje kuyasiga ubutitsa. Aba bakinnyi n’abatoza bakomeje kuva mu Burundi aha […]

TP Mazembe yanze kwambara ‘Visit Rwanda’ igiye guhanwa

TP Mazembe y’i Lubumbashi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igiye guhanwa nyuma yo kwanga kwambara imyenda iriho Visit Rwanda nk’umuterankunga w’irushanwa ‘Africa Football League’ riherutse gutangizwa. Mu mpera za 2023 nibwo CAF yatangije ku mugaragaro irushanwa rya Africa Football League ryegukanwe na Mamelodi Sundowns yo muri Afurika y’Epfo itsinze Wydad Casablanca yo muri Morocco. […]

Igitero Irani yagabye kuri Isiraheli cyahujwe n’ubuhanuzi bwo muri Bibiliya

Igitero cya Irani iherutse kugaba kuri Isiraheli ni ikimenyetso gikomeye gisohoza ubuhanuzi bwa Bibiliya buboneka mu gitabo cy’umuhanuzi w’uwiteka Ezekiyeli, nk’uko byatangajwe na Pasiteri Greg Laurie, mu nyigisho ye yo ku Cyumweru tariki ya 14 Mata 2024, ku muyoboro we wa YouTube. Icyakora nubwo yifashishije Bibiliya, yirinze gufata umwanzuro w’uko ibyabaye muri Israel bishobora kuganisha […]

Ubwongereza bwikanze igisasu bufunga ikibuga cy’indege

Ubwongereza bwikanze igitero cy’iterabwoba bufunga ikibuga cy’indege cya Birmingham nyuma y’ikintu baketse ko cyahungabanya umutekano w’abaturage cyari mu ndege ya Aer Lingus. Ubwo iyi ndege yahagagurukaga i Birmingham yerekeza i Belfast, umupilote wayo yaje gucyeka ko harimo ikintu gishobora guhungabanya umutekano w’abagenzi maze ahita ayisubiza ku kibuga cy’indege igitaraganya. Ubwo indege yagarukaga ku kibuga cy’indege […]

Abagande miliyoni 18 ntibazwi na Leta

Byibuze abaturage bagera kuri miliyoni 18 bo muri Uganda ntibazwi na Leta kuko batari biyandikisha mu kigo gishinzwe indangamuntu no kwandika imyirondoro y’abaturage (NIRA). Nubwo bizwi ko Uganda ituwe na miliyoni 45 z’abaturage, NIRA ivuga ko yo imaze kubarura abagera kuri miliyoni 27 bonyine. Ibi byatangajwe n’umuyobozi ushinzwe ubugenzuzi muri NIRA, Kasumba Stephen mu kiganiro […]

Umwarimu yasambanyije umwana wa 12/ Umugabo yikinishije amena intanga mu bana

Mu ntara ya Ngozi mu Burundi hakomeje kugaragara abagabo bakomeje gusambanya abana bato batari buzuza imyaka y’ubukure ku buryo batangira gukoresha ibyo bikorwa byahariwe abantu bakuru bazi ibyo ari ibyo. Abana bagera kuri 4 bamaze gukorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’abagabo muri iyo Ntara babafatirana n’ubwana bwabo no kudasobanukirwa. Ku wa 11 Mata abana Babiri […]

RIB na Minisitiri barampamagaye, mba mfunze: King James

Umuhanzi nyarwanda Ruhumuriza James wamenyekanye nka King James yasobanuye birambuye ibimuvugwaho by’uko yaba yarambuye inshuti ye, Pasiteri Ntezimana Blaise umushinja arenga Mliyoni 30 z’amafaranga y’u Rwanda. Mu ijoro ryo ku wa 5 Mata ni bwo uwitwa Pasiteri Ntezimana Blaise uba muri Sweden yanditse ku rubuga rwe rwa X abwira Umukuru w’Igihugu ati: “Muri 2021 nahaye […]

Perezida w’Inteko yatunguwe n’ukuntu UPDF yubatse sitade y’Igihugu

whatsapp-image-2024-04-15-at-20.58.12-1-1.jpg

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Anita Amang yashimiye UPDF ishami ry’ubwubatsi ku bikorwa bidasanzwe bakoze byo kuvugurura Sitade y’igihugu Mandela Stadium. Ku munsi w’ejo hashize nibwo Anita Amang yasuye Mandela National Stadium mu ruzinduko rw’ubugenzuzi aho yatunguwe n’aho ingabo zigihugu zigejeje imirimo yo kuvugurura iyo sitade. Ati: “Igihe ninjiraga, ntabwo nari niteze kubona ibyo nabonye. Nashimishijwe […]

CAF yakuyeho irushanwa ryitabirwaga n’iyatwaye igikombe cy’Amahoro

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika ‘CAF’ yakuyeho irushanwa rya CAF Confederation Cup ryafatwaga nk’irya Kabiri muri Afurika. Muri iyi minsi CAF iri gukora amavugurura agiye atandukanye aho kuri ubu bageze ku marushanwa yari akomeye ku mugabane w’Afurika bayakorera amavugurura. Kuri uyu munsi nibwo hatangajwe ko CAF Confederation Cup igiye gukurwaho mu marushanwa iyi mpuzamashyirahamwa yo […]

Hagiye gutorwa umukobwa w’Irobo urusha abandi ubwiza muri Miss AI

80105865_1713255933.jpg

Bwa Mbere ku isi hagiye kubaho amarushanwa y’ubwiza azitabirwa n’abakobwa buje uburanga ariko bakozwe n’ubwenge karemano bwa mudasobwa buzwi nka AI (intelligence artificielle). Urubuga Fanvue ruhuza abafite ibihangano rwateguye amarushanwa rwise “Miss AI” azahuza amafoto y’abanyamideli bakozwe n’imashini rutura zatojwe kurema amashusho y’abakobwa buje uburanga ku bice byose abagabo bibandaho batereta abagore cyangwa bemeza ko […]

Thierry Froger yemeza ko APR FC ifite abakinnyi baciriritse

Umutoza wa APR FC, Thierry Froger yemereye itangazamakuru ko mu ikipe ye nta mukinnyi afite uri ku rwego rwo gukina imikino nyafurika. Ku munsi w’ejo hashize nibwo APR FC yanganyaga na AS Kigali ibitego Bibiri ku bindi mu mukino utari warabereye igihe kubera ibyago iyi kipe y’ingabo yari yagize byo gutakaza umutoza wongereraga imbaraga abakinnyi. […]

Umusekirite yirashe nyuma yo gusanga umukozi yaramurongoreye umugore

Mugiraneza Wellars bataziraga CACANA yapfuye yirashe mu muhogo akoresheje imbunda y’akazi bigacyekwa ko yaba yarabikoze kubera umukozi wo mu rugo wamurongoreye umugore. Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 15 Mata 2024 nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’umusekirite wakoreraga Kompanyi ya ISCO acunga umutekano ku bigega bya WASAC mu karere ka Nyanza wigeze no kuba […]

Police VC ihagarariye u Rwanda, yateye mpaga VGR yo muri Congo

Ikipe ya Police VC ihagarariye u Rwanda mu mikino Nyafurika iri guhuza amakipe ava mu ibihugu bitandukanye yateye mpaga VGR (Volleyball Club Garde Republicaine) yo muri Congo. Mu misiri hakomeje imikino nyafrika ihuza amakipe yo mu bihugu bitandukanye (African Volleball Club Championships) yitabiriwe n’amakipe arimo Gisagara VC na Police VC yo mu Rwanda. Kuri uyu […]

Nkurunziza Jean Paul n’umugore we bibarutse imfura

Nkurunziza Jean Paul wahoze avugira ikipe ya Rayon Sports n’umugore we Nkusi Gogo wihebeye APR FC, bibarutse imfura. Nyuma y’amezi agera ku 9 aba bombi barushinze baje kwibaruka umwana wabo w’imfura. Jean Paul na Gogo bibarutse imfura y’umukobwo nyuma y’igihe kingana n’amezi 9 bamutegereje. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Nkurunziza Jean Paul yatangaje ko […]

Minani Samuel ni umugabo wihinduye umugore ku ngufu – Amafoto

28faa9f0-f3f4-11ee-8369-47dc4454b972.jpg

Aho ageze hose bamwamaganira kure bamwita umutinganyi gusa we ahamya ko atari we aho yemeza ko ari umugabo kuko anafite umugore n’abana. Uwo ni uwitwa Samuel Minani wo mu Burundi usanzwe ari umugabo gusa yitwara nk’abagore kuko yambara imyenda y’abo ndetse kandi yisiga n’ibirungo by’ubwiza bizwi ku bagore. Aho ageze hose bamwamaganira kure kubera imico […]

Ibihugu 10 bifite abagabo bibitseho ibitsina binini ku isi

0_world-map-map.webp

Abagabo bo muri Ecuador bari kwishimira ubushakashatsi bwakozwe n’abashakashatsi b’Abadage bwabashyize ku mwanya wa Mbere w’abafite ibitsina binini ku isi. Mu bushakashatsi bugera kuri 40 bwakozwe kuri iyo ngingo, bwerekanye ko abagabo bo muri Ecuador bibitseho ibitsina bya rutura kurusha abandi ku isi yose. Mu nyandiko y’ikinyamakuru The Mirror, yerekana ibihugu 10 biza imbere ku […]

Eddy Kenzo yabyaranye na Minisitiri

Umuhanzi Edirisa Musuuza wamenyekanye nka Eddy Kenzo, yemeje umubano we udasanzwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Iterambere ry’Ingufu n’Amabuye y’Agaciro, Phiona Nyamutoro. Hahize iminsi Eddy Kenzo ahakana ko yaba ari mu rukundo na Minisitiri Phiona Nyamutoro. Ku wa Gatatu w’icyumweru gishize ubwo yari ari mu gitaramo Eid Show cyabereye ahazwi nka Comedy Store muri Uganda, […]

Myugariro Evan yaguye mu kibuga bitunguranye

ndicka20-k8q-u34701639492782cag-656x492_corriere-web-sezioni.jpg

Myugariro wa AS Roma, Evan Ndicka yaguye mu kibuga mu mukino wahuzaga AS Roma na Udinese Imana ikinga akaboko ntiyapfa. Evan Ndicka yaguye mu kibuga abantu bagira ubwoba ko na we yaba agiye kuba nk’abandi bakinnyi batandukanye bagiye bagwa mu kibuga bakahasiga ubuzima, gusa we yaje kurokoka. Ku munota wa 71 myugariro wa AS Roma, […]

APR FC yaciwe arenga Miliyari ku mukinnyi wa Yanga

Ikipe y’ingabo z’igihugu, APR FC yakomanze muri Yanga Africans yo muri Tanzania ishakamo umukinnyi maze bayica amafaranga arengaho gato Miliyari y’amafaranga y’u Rwanda. Hashize ibyumweru bigera kuri Bibiri APR FC isabye Yanga Africans kuyiha umukinnyi wayo ukina mu kibuga hagati, Stephane Aziz Ki w’imyaka 28 gusa uyu mukinnyi bamushyize ku biciro bihanitse. Binyuze mu bashinzwe […]

Rainford Kalaba yapfanye n’umukunzi we

fb_img_17130258937148913.jpg

Rainford Kalaba ukomoka muri Zambia wakiniye amakipe arimo TP Mazembe, yapfiriye mu mpanuka y’imodoka. Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki 12 Mata 2024 mu masaha ya saa sita ibera mu muhanda uva Lusaka werekeza Kafue. Imodoka nto ya Rainford Kalaba yo mu bwoko bwa Mercedes Benz yagonganye n’igikamyo cyo mu bwoko bwa Howo […]

Rwanda FDA yahagaritse umuti w’abana ukorerwa muri Afurika y’Epfo

img_20240413_081345.jpg

Ikigo gishinzwe kugenzura Imiti n’Ibiribwa mu Rwanda (FDA) cyahagaritse ikwirakwizwa, n’ikoreshwa rya nimero 329304 y’ umuti witwa Benylin Pediatrics Syrup, ukorwa n’uruganda rwitwa Johnson & Johnson, rwo muri Afurika y ‘Epfo. Mu itangazo iki kigo cyanyujije ku rubuga rwa X, kivuga ko uyu muti wahabwaga abana bari hagati y’imyaka 2-12, wasanzwemo ibinyabutabire bigira ingaruka ku […]

Munyenyezi woherejwe na Amerika, yahamijwe ibyaha bya Jenoside akatirwa burundu

Munyenyezi woherejwe mu Rwanda na Amerika yahamijwe ibyaha bya jenoside n’urukiko rwisumbuye rwa Huye, rumukatira igihano cy’igifungo cya burundu. Umucamanza yavuze ko Munyenyezi ubwe yagize uruhare rutaziguye mu bwicanyi bwibasiye bamwe mu bantu bo mu bwoko bw’Abatutsi ndetse no gufata ku ngufu abagore n’abakobwa mu mujyi wa Butare mu gihe cya Jenoside. Munyenyezi yagize uruhare […]

Ndayishimiye yasabye Abarundi kumuba inyuma nk’uko inzuki zirinda umwami wazo

077dc6db-5515-477c-a8e5-04ab286c7ae0.jpg

Perezida w’u Burundi, Ndayishimye Evariste yasabye abaturage be kumurwanirira nk’uko inzuki zirwanirira umwami wazo zimukurikira aho agiye hose. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Mata 2024, nibwo Perezida w’u Burundi yatangije icyo yise inyigisho zo gutegura amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe umwaka utaha. Ibirori bifungura izi nyigisho byabereye ku mugaragaro mu Ntara ya Gitega kuri […]

Inyubako ikoreramo Marriott Hotel yagaragaye icumba umwotsi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Mata 2024, ku igorofa ya nyuma y’inyubako ikoreramo Marriott Hotel, hagaragaye hacumba umwotsi w’umukara mwinshi, aho byakekwaga ko ari inkongi yayibasiye. Mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, yerekanaga umwotsi w’umukara mwinshi, waturukaga ku igorofa rya nyuma y’inyubako ikoreramo Marriott Hotel. Byacyetswe ko iyi nyubako yaba yafashwe […]

Perezida Ramaphosa uherutse mu Rwanda agiye gusura Uganda

gk6amb9wqai_6j5.jpg

Perezida wa Afurika y’Epfo, Matamela Cyril Ramaphosa uherutse mu Rwanda agiye kugirira uruzinduko rw’iminsi ibiri y’akazi muri Uganda. Nyuma y’uko Ramaphosa avuye mu Rwanda aho yari yaje kwifatanya n’Abanyarwanda Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, agiye gusura Uganda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. Biteganyijwe ko Ramaphosa azagera muri Uganda ku wa […]

Bwa Mbere muri Afurika hatangijwe urukingo rwa SIDA

Zimbambwe yabaye igihugu cya Mbere muri Afurika yose gitangije urukingo rwa Virusi itera Sida ikomeje kwica benshi ku isi. Leta ya Zimbabwe yatangaje kumugaragaro ko yatangiye gahunda yo gutanga urukingo rurinda umuntu kuba yakwandura Virusi itera Sida. Uru rukingo ruzajya ruha ubudahangarwa umutu wese warufashe bwo kutandura Virusi itera Sida mu gihe kingana n’amezi abiri. […]

Kicukiro: Hibutswe ibihumbi by’Abatutsi biciwe muri ETO nyuma yo gutereranwa na MINUAR (Amafoto)

img-20240411-wa0041-3.jpg

Kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Mata 2024, abantu ibihumbi bitabiriye urugendo rwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe abatutsi i Nyanza, Kicukiro. Uru rugendo rwatangiriye kuri sitade ua IPRC, ahahoze ishuri rya ETO Kicukiro, akaba ari n’aho hari ibirindiro by’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zari mu Rwanda (MINUAR), rusorezwa ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro ahahise hakomereza […]

Umusirikare n’imfungwa ngenzi ze batorotse gereza mu rukerera

Itsinda ry’imfungwa ryatorotse gereze ya Moroni muri Comoros zinyuze ku marembo makuru ya gereza kubera uburangare bw’abashinzwe umutekano nk’uko byemejwe na Leta. Kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Mata 2024, Guverinoma ya Comoros yemeje ko imfungwa 38 zatorokeye mu kavuyo mu itoroka ry’umusirikare wari ufungiye muri iyo gereza. Umuyobozi ushinzwe imfungwa, Soilihi Ali yabwiye […]

Imyuzure yibasiye Tanzania itwara abantu n’amamodoka

Umujyi wa Mbeya n’uwa Arusha muri Tanzania byibasiwe n’imyuzure yangije ibintu byinshi nyuma y’imvura nyinshi cyane imaze iminsi yibasira iki gihugu. Ingo nyinshi n’amaduka byo muri iyo mijyi byangijwe n’imyuzure ni mu gihe amateme menshi nayo yamaze gusenyuka, bibangamira ubuhahirane muri iki gihugu. Mu duce tumwe na tumwe ibikoresho bitandukanye ndetse n’amamodoka n’amapikipiki byatwawe n’uwo […]