Abakinnyi ba Rayon Sports barwaniye i Bugesera hitabazwa polisi

Nyuma y’uko basezerewe muri kimwe cya kabiri cy’igikombe cy’Amahoro, abakinnyi ba Rayon Sports barwanye n’aba Bugesera FC. Abakinnyi ba Rayon Sports barimo Youssef Rharb, Khadime Ndiaye na Charles Bbaale barwanye nâaba Bugesera FC barimo Isingizwe Rodrigue na Hoziyana Kennedy. Ibi byabaye nyuma yâumukino wa 1/2 wo kwishyura mu Gikombe cyâAmahoro, wabaye ku wa Kabiri tariki […]
Bugesera FC itsinze Rayon Sports igera ku mukino wa nyuma
Ikipe ya Rayon Sports itsinzwe umukino wa kabiri na Bugesera ihise ikatisha itike yo gukina umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro. Kuri uyu wa kabiri hari hakomeje imikino yo kwishyura mu gikombe cy’amahoro, Rayon Sports yari yasuye Bugesera FC yari yarayitsinze mu mukino ubanza, igitego 1-0. Uyu mukino watangiye Rayon Sports ishaka gutungurana gusa abakinnyi ba […]
Umukobwa w’umuyisilamu yakubiswe inkoni 100 azira gusengera mu barokore – Videwo

Umukobwa w’imyaka 19 ukomoka muri Uganda, Nakirya Shakira yakubiswe na ba nyirarume be ibiboko birenga 100 nyuma y’uko bamenye ko yagiye gusengera mu barokore kandi asanzwe ari umuyisilamu nk’uko umuryango we uri. Nakirya Shakira w’imyaka 19 ntiyahiriwe n’urugendo ubwo yageraga iwabo ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize avuye mu materaniro y’abarokore kandi avuka mu muryango w’abayisilamu […]
Kanyombya yemeje Willy Smith

Umunyarwenya Kanyombya akomeje kwigarurira ibyamamare byo muri Leta Z’unzu Ubumwe z’Amerika biciye mu mashusho uyu mugabo ugeze muzabukuru agenda agaragaramo ari kuvuga amagambo asekeje mu rurimi rw’icyongereza. Nyuma yâuko umuraperi uri mu ba mbere bayoboye ku Isi, Wiz Khalifa akoresheje amashusho yâuyu munyarwenya wâUmunyarwanda, aho yavugagamo amagambo nâubundi asekeje, uwari utahiwe ni umukinnyi wa Filimi, […]
Umugore yamaze iminsi 2 afungiranye mu bwihero

Mu Burundi, umugore yahuye n’uruvagusenya amara iminsi ibiri ya wikendi [ku wa Gatandatu no ku Cyumweru] ari mu bwiherero nyuma y’uko abo bakorana basize bafunze imiryango yose yo mu kazi. Inkuru y’uyu mudamu yamenyekanye ku wa Mbere tariki ya 22 Mata 2024 gusa yatangiye ku wa Gatanu w’Icyumweru gishize mu masaha abakozi batahiraho. Ahagana saa […]
Kanye West arifuza gutera akabariro n’umugore wa Obama
Nyuma yo kwibasira bagenzi be barimo Drake na J.Cole, Kanye West Ye yavuze ko yifuza kuryamana na Michelle Obama mu buryo bwa ‘Threesome’ aho umugabo umwe aryamana n’abagore babiri icyarimwe. Uyu muraperi w’icyamamare avuga ko we ashimishwa no gutera akabariro n’umugore urenze umwe, ibintu byatumwye avuga ko yanezezwa no kubona aryamanye na Michelle Obama na […]
Umusore agiye kurongora mushiki we yateye inda
Mu gihugu cya Kenya hakomeje gusakara inkuru y’urukundo hagati y’umukobwa n’umuhungu bavukana kuri se, bitegura kurushinga nyuma y’uko bagiye no kubyarana. Umukobwa yitwa Brianna mu gihe umusore yitwa Kyle, bombi bakundanye imyaka ibiri batazi ko bavukana kuri se. Nyuma y’uko babimenye ntacyo byigeze bihungabanya ku mubano wobo. Mu kiganiro aba bombi bagiranye n’umunyamakuru Ali wo […]
Alain watwaye igikombe muri Kiyovu Sports yabonye akazi muri Congo

Umutoza Alain AndrĂ©-Landeut wahoze muri Kiyovu Sports yahawe akazi mu kipe ya FC Lubumbashi yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku Cyumweru tariki ya 21 Mata nibwo uyu mutoza uherutse mu Rwanda mu kipe ya Kiyovu Sports, yemejwe nkâumukozi mushya muri iyi kipe. AndrĂ©-Landeut, yahawe amasezerano yâumutoza mukuru nâUmuyobozi wa Siporo muri iyi kipe. […]
Umunyarwenya Nsabi na mugenzi we bakoze impanuka
Umunyarwenya Nsabimana Eric [Dr Nsabina] na mugenzi we Imanizabayo Prosper [Bijiyobija] baraye mu bitaro bya Nemba mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 21 Mata 2024, nyuma yo gukora impanuka. Iyi mpanuka yabereye mu muhanda Musanze-Kigali, aho bageze ahitwa Kivuruga mu Karere ka Gakenke, imodoka yabo barimo iragwa bahita babihutana mu bitaro. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâUmurenge wa […]
Polisi iri gushaka Umunyamakuru wa Inyarwanda waburiwe irengero
Iminsi imaze kuba 4 umunyamakuru Ishimwe Olivier uzwi nka Ba nta hantu agaragara na hamwe byateye abo mu muryango we ndetse nâinshuti ze kwibaza icyo yaba yarabaye. Umuryango we umaze iminsi utazi aho aherereye kuko aho atuye nta wuhari ndetse no kuri telefoni ntiyitaba. Uyu munyamakuru usanzwe yandika inkuru zâimikino ku Kinyamakuru Inyarwanda.com aheruka kuboneka […]
Kigali ifite umutekano kurusha London: Minisitiri wungirije mu Bwongereza
Umurwa mukuru wâu Rwanda, Kigali, ufite umutekano kurusha London, nk’uko byemejwe na Minisitiri wâububanyi nâamahanga wungirije w’Ubwongereza, Andrew Mitchell. ââ Mu gihe Ubwongereza bukiri kwiga ku mushinga wo kohereza abimukira mu Rwanda, Minisitiri wâububanyi nâamahanga wungirije w’Ubwongereza yabwiye itangazamakuru ko burya Kigali ifite umutekano kurusha London. Ibi yabivuze ashimangira ko kohereza abo bimukira mu Rwanda […]
Mama Sava ntazasubira mu rusengero ukundi
Umunyana Annalisa uzwi nka Mama Sava, yarahiriye kutongera gusubira mu rusengero nyuma y’uko agiye gusenga bakamuhanurira ko agiye kurongorwa na Papa Sava usanzwe ari sebuja muri filime zitandukanye. Nyuma y’iminsi hakwirakwira inkuru zivuga ubuhanuzi bw’ubukwe bwa Papa Sava na Mama Sava, impande zombi zikomeje gutesha agaciro umukozi w’Imana wabagajejeho ubwo butumwa avuga ko bwaturutse ku […]
Abantu 7 bishwe n’imodoka mu nkambi ya gisirikare
Abantu barindwi bapfuye abandi 21 barakomereka nyuma y’uko imodoka ikora amasiganwa ikoze impanuka ikomeye mu nkambi ya gisirikare muri Sri Lanka. Iyi mpanuka yabereye mu irushanwa rya Fox Hill Supercross ryabaga ku cyumweru tariki ya 21 Mata i Diyatalawa mu nkambi ya gisirikare. Ingabo zavuze ko mu bapfuye harimo abayobozi bane bâirushanwa n’abafana bari baje […]
Alliah Cool yatanze miliyoni ku bana ba Jay Polly
Umukinnyi wa filime Isimbi Alliance uzwi nka Alliah Cool yahaye Miliyoni 1 Frw n’ibikoresho by’ishuri abagore ba Tuyishime Joshua wamenyekanye nka Jay Polly, nyuma y’uko ayabemereye mu gitaramo cya Platini P. Ku Cyumweru tariki 21 Mata 2024, nibwo Alliah Cool yatanze Miliyoni 1 Frw n’ibikoresho by’ishuri abiha abagore ba Jay Polly nk’uko yari yarabyiyemeje. Alliah […]
Jya kubibaza inka Nyabugogo: Israel Mbonyi asubiza umufana we

Umuhanzi wâindirimbo zihimbaza Imana, Israel Mbonyi, yateranye amagambo nâumwe mu bamukurikira ku rubuga rwa X rwahoze ari Twitter nyuma y’igitekerezo yari amaze gushyira kuri urwo rubuga. Nyuma yâubutumwa Israel Mbonyi yari amaze gushyira kuri X, buburira abantu ku bigendanye nâimirire ituma bagira ibiro byinshi, yaje kwisanga ari guterana amagambo nâumwe mu bakoresha X. Mu butumwa […]
APR FC yatwaye igikombe cya shampiyona itari yatsindwa
APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona ya 2023-24 mu gihe habura imikino 3 ngo shampiyona irangire nyuma y’gitego kimwe rukumbi cya APR FC cyatsinzwe na Mugisha Gilbert mu mukino bahuyemo na Kiyovu Sports. Wari umukino wâumunsi wa 27 wa shampiyona yâicyiciro cya mbere mu Rwanda aho APR FC yari yakiriye Kiyovu Sports. APR FC yabonye […]
Jeannette Kagame yitabiriye imikino yo kwibuka muri Basketball

Kuri uyu wa 19 Mata muri Bk Arena hatangiye irushanwa rya Basketball ryo kwibuka abakinnyi bahoze bakina Basketball muri Shampiyona yâu Rwanda, bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Abakinnyi basaga 34 nibo bibutswe. Ni irushanwa ryitabiriwe n’abarimo Madame Jeannette Kagame ndetse na Minisitiri ĂÂ wa Siporo, Aurore Mimosa Munyangaju ubwo ryaberaga muri Bk Arena. Amakipe […]
Perezida wa FEBABU wabujije Dynamo BBC kwambara Visit Rwanda, yeguye

Apotre Manirakiza Jean Paul wayoboraga FEBABU yamaze kwegura nyuma yâimyaka 3 atorewe kuyobora iri shyirahamwe rya Basketball mu Burundi. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Mata 2024 nibwo uyu muyobozi yanditse ibaruwa atangaza ko yeguye ku mwanya wo kuba Perezida wa FEBABU. Uku kwegura kuje gukurikira ikibazo Dynamo BBC yahuye nacyo muri BAL24, cyo […]
Alyn Sano yataramiye imbere ya Ellen Johnson wayoboye Liberia

Umuhanzikazi nyarwanda Alyn Sano yishimiye gutaramira imbere ya Ellen Johnson Sirleaf wayoboye Repubulika ya Liberia kuva mu 2006 kugeza mu 2018. Madamu Ellen ari i Kigali mu nama yâihuriro âAmujae High-Level Leadershipâ iganirirwamo ibijyanye nâuruhare rwâabagore mu miyoborere. Ubwo ku munsi w’ejo iyi nama iri kubera muri Kigali Convention Centre yabaga, umuhanzikazi Alyn Sano yagiriwe […]
Sir Chips wabaye Perezida wa Arsenal, yapfuye
Uwahoze ari umuyobozi mukuru wa Arsenal, Sir Chips Keswick, yapfuye ku myaka 84 nyuma y’imyaka igera kuri ine avuye ku buyobozi bwo kuyobora Arsenal yihebewe na benshi hano mu Rwanda. Uruppfu rwa Keswick rwatangajwe na Arsenal ibinyujije mu itangazo yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo kuri uyu wa gatanu tariki ya 19 Mata 2024. Iyi kipe […]
Abagore ntibarenza iminsi 2 bakibitse ibanga
Iyo uvuze ibanga maze ugashaka kurihuza n’igitsinagore usanga ari isi n’ijuru, ibi bivuze ko abagore ari abantu batari abo kubitswa ibanga kuko bahita barimenera inshuti zabo babyita ibanga na none. Ni kenshi umuntu azakubwira ibintu maze akagusaba kubigara ibanga ndetse hari n’igihe ubona ibintu bigusaba ko ubigira ibanga. Aha ku bagore birabavuna cyane kuba babika […]
Umugore wa Kenny Sol arakuriwe

Umuhanzi w’indirimbo ziganjemo iz’urukundo, Kenny Sol nâumugore we Kunda Alliance Yvette baherutse gushyingirwanwa, bari kwitegura kwibaruka. Nyuma yo gusezerana ku wa 05 Mutarama 2024, Kenny Sol nâumugore we Kunda Alliance bari kwitegura kwibaruka imfura nk’uko uyu musore witegura kuba papa yabitangaje. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Kenny Sol yatangaje ko umugore we akuriwe ibyatumye ahabwa […]
Barcelona yahaniwe insuhuzanyo ya Adolf Hitler
Ikipe ya Barcelona yaciwe amande n’ishirahamwe ryâumupira wâamaguru i Burayi (UEFA) ishinjwa ko abafana bayo baranzwe n’imico irimo iy’ivangura rishingiye ku ruhu bakoreye ku kibuga cya Paris Saint-Germain (PSG) muri Champions League. Ku wa kane tariki ya 18 Mata 2024, Barcelona yaciwe amande $26,600 na UEFA kubera insuhuzanyo yâAba-Nazi nâibimenyetso byâivanguramoko byaranze abafana bayo mu […]
Al Ahly yo mu Misiri ntitekanye muri Congo
Al Ahly yo mu Misiri ifite impungenge z’umutekano wayo i Lubumbashi muri Congo byatumye ihita yandikira impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri afurika CAF, iyimenyesha ko badatekanye. Impungenge za Al Ahly zatangiye ku wa 17 Mata ubwo yageraga muri Congo aho yagiye gukina umukino ubanza wa kimwe cya kabiri cy’irangiza muri CAF Champions League. Mu ibaruwa ifunguye […]
U Rwanda ku mwanya wa 2 mu kugira izamuka ry’abantu batunze Miliyari muri Afurika
U Rwanda rwisanze ku mwanya wa kabiri muri Afurika nyuma yâIbirwa bya Maurice bya mbere mu kugira abaturage bazamutse mu gutunga byibuze amafaranga ari hejuru ya Miliyari imwe ni ukuvuga miliyoni y’amadorari. Raporo ngarukamwaka ikorwa nâ Ikigo gikora isesengura mu bijyanye nâishoramari cya Henley & Partners yerekana ko Abanyarwanda batunze nibura miliyoni yâamadolari (ni ukuvuga […]
Amerika yafatiye Irani ibihano bikakaye
Ku wa Kane tariki ya 18 Mata 2024, Leta zunze ubumwe zâAmerika zifatanyije nâUbwongereza bafatiye ibihano bishya Irani, nyuma yo kurasa urufaya rwa misile na âdronesâ kuri Isiraheli. Ku wa gatandatu w’icyumweru gishize tariki ya 13 Mata 2024 nibwo Irani yagabye ibitero bya misile na âdronesâ kuri Isiraheli. Nyuma y’uko igabye ibi bitero kuri Isiraheli, […]
Cristiano Ronaldo yatsinze Juventus mu rukiko
Ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani yategetswe kwishyura Cristiano Ronaldo miliyoni 8.3 z’amapawundi nyuma yo gutsindwa urubanza yarezwemo n’uyu rutahizamu wahoze ayikinira. Muri Nzeri umwaka ushize, Ronaldo ukinira ikipe ya Al-Nassr yo muri Arabiya Sawudite yareze Juventus kubera imishahara atishyuwe mu gihe cy’icyorezo cya Covid-19. Uyu mukinnyi ukomoka muri Porutugali yifuzaga kwishyurwa miliyoni 17 z’amapawundi […]
Abasirikare ba Kenya bagabye igitero kuri Polisi bashaka kubohoza bagenzi babo
Ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki ya 18 Mata 2024, abasirikare bâingabo za Kenya (KDF) bagabye igitero kuri Sitasiyo ya Polisi iherereye i Lodwar bashaka gutorokesha bagenzi babo bane batawe muri yombi bazira kwambura intwaro umupolisi kuri bariyeri iri hafi yâishuri rikuru rya kaminuza ya Turkana. Inkuru itangira mu rukerera rwo ku wa Gatatu […]
RIB yatangiye iperereza kuri Mugabo ushinjwa uburiganya bwa miliyoni 100 Frw

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hakomeje gusakara amakuru y’uburiganya bw’uwitwa Mugabo Gad watekeye umitwe abaturage bagiye batandukanye abizeza kubatumiriza imodoka muri Koreya yâEpfo, ntabikore. Uwiyise Anonymous Member ku mbuga nkoranyambaga, yerekanye ifoto maze ayiherekesha amagambo agira ati: âMuraho, uyu musore ni umutubuzi wiyita ko acururiza imodoka i Kigali mu Rwanda. Afite ikigo cyitwa Gad Motors […]
Bonfils Caleb yatandukanye na Al Ahli Benghazi adakinnye umukino n’umwe

Rutahizamu Bimenyimana Bonfils Caleb wanyuze muri Rayon Sports akahandika amateka, yatandukanye na Al Ahli Benghazi adakinnye umukino n’umwe wemewe n’ishyirahamwe rya ruhago iryo ari ryo ryose. Mu mwaka ushize nibwo Caleb yasinyiye Al Ahli Benghazi amasezerano y’imyaka ibiri aho yahawe amafaranga arenga miliyoni 900 z’amafaranga y’u Burundi. Nyuma y’uko uyu Rutahizamu amaze gusinyira iyo kipe […]
FIFA na CAF bagiye kwigisha abasifuzi bo mu Rwanda gukoresha VAR
Impuzamashyirahamwe yâUmupira wâAmaguru muri Afurika, CAF, ifatanyije n’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ryâUmupira wâAmaguru ku Isi, FIFA hamwe nâIshyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru mu Rwanda, Ferwafa, bagiye guha abasifuzi bo mu Rwanda amahugurwa yo gukoresha VAR (Video Assistant Referee, VAR). Kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Mata 2024, abasifuzi bo mu Rwanda baratangira amahugurwa y’iminsi ibiri, aho ari bwibande […]
U Burundi buri gutakaza abakinnyi ubutitsa

Nyuma y’uko buhanwe na FIBA, u Burundi bukomeje gutakaza abakinnyi n’abatoza mu mukino wa Basketball bari kujya gukorera mu bihugu bigiye bitandukanye. Hafi amezi 9 nta rushanwa rya Basketball ritegurwa mu Burundi, bamwe mu bakinyi n’abatoza bari ibihangange muri Dynamo BBC na Urunani BBC bakomeje kuyasiga ubutitsa. Aba bakinnyi n’abatoza bakomeje kuva mu Burundi aha […]
TP Mazembe yanze kwambara ‘Visit Rwanda’ igiye guhanwa
TP Mazembe y’i Lubumbashi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igiye guhanwa nyuma yo kwanga kwambara imyenda iriho Visit Rwanda nk’umuterankunga w’irushanwa ‘Africa Football League’ riherutse gutangizwa. Mu mpera za 2023 nibwo CAF yatangije ku mugaragaro irushanwa rya Africa Football League ryegukanwe na Mamelodi Sundowns yo muri Afurika y’Epfo itsinze Wydad Casablanca yo muri Morocco. […]
Igitero Irani yagabye kuri Isiraheli cyahujwe n’ubuhanuzi bwo muri Bibiliya
Igitero cya Irani iherutse kugaba kuri Isiraheli ni ikimenyetso gikomeye gisohoza ubuhanuzi bwa Bibiliya buboneka mu gitabo cy’umuhanuzi w’uwiteka Ezekiyeli, nkâuko byatangajwe na Pasiteri Greg Laurie, mu nyigisho ye yo ku Cyumweru tariki ya 14 Mata 2024, ku muyoboro we wa YouTube. Icyakora nubwo yifashishije Bibiliya, yirinze gufata umwanzuro wâuko ibyabaye muri Israel bishobora kuganisha […]
Ubwongereza bwikanze igisasu bufunga ikibuga cy’indege
Ubwongereza bwikanze igitero cy’iterabwoba bufunga ikibuga cyâindege cya Birmingham nyuma yâikintu baketse ko cyahungabanya umutekano w’abaturage cyari mu ndege ya Aer Lingus. Ubwo iyi ndege yahagagurukaga i Birmingham yerekeza i Belfast, umupilote wayo yaje gucyeka ko harimo ikintu gishobora guhungabanya umutekano w’abagenzi maze ahita ayisubiza ku kibuga cy’indege igitaraganya. Ubwo indege yagarukaga ku kibuga cy’indege […]
Abagande miliyoni 18 ntibazwi na Leta
Byibuze abaturage bagera kuri miliyoni 18 bo muri Uganda ntibazwi na Leta kuko batari biyandikisha mu kigo gishinzwe indangamuntu no kwandika imyirondoro y’abaturage (NIRA). Nubwo bizwi ko Uganda ituwe na miliyoni 45 z’abaturage, NIRA ivuga ko yo imaze kubarura abagera kuri miliyoni 27 bonyine. Ibi byatangajwe n’umuyobozi ushinzwe ubugenzuzi muri NIRA, Kasumba Stephen mu kiganiro […]
Umwarimu yasambanyije umwana wa 12/ Umugabo yikinishije amena intanga mu bana
Mu ntara ya Ngozi mu Burundi hakomeje kugaragara abagabo bakomeje gusambanya abana bato batari buzuza imyaka y’ubukure ku buryo batangira gukoresha ibyo bikorwa byahariwe abantu bakuru bazi ibyo ari ibyo. Abana bagera kuri 4 bamaze gukorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’abagabo muri iyo Ntara babafatirana n’ubwana bwabo no kudasobanukirwa. Ku wa 11 Mata abana Babiri […]
RIB na Minisitiri barampamagaye, mba mfunze: King James
Umuhanzi nyarwanda Ruhumuriza James wamenyekanye nka King James yasobanuye birambuye ibimuvugwaho by’uko yaba yarambuye inshuti ye, Pasiteri Ntezimana Blaise umushinja arenga Mliyoni 30 z’amafaranga y’u Rwanda. Mu ijoro ryo ku wa 5 Mata ni bwo uwitwa Pasiteri Ntezimana Blaise uba muri Sweden yanditse ku rubuga rwe rwa X abwira Umukuru w’Igihugu ati: “Muri 2021 nahaye […]
Perezida wâInteko yatunguwe n’ukuntu UPDF yubatse sitade y’Igihugu

Perezida wâInteko Ishinga Amategeko, Anita Amang yashimiye UPDF ishami ry’ubwubatsi ku bikorwa bidasanzwe bakoze byo kuvugurura Sitade yâigihugu Mandela Stadium. Ku munsi w’ejo hashize nibwo Anita Amang yasuye Mandela National Stadium mu ruzinduko rwâubugenzuzi aho yatunguwe n’aho ingabo zigihugu zigejeje imirimo yo kuvugurura iyo sitade. Ati: âIgihe ninjiraga, ntabwo nari niteze kubona ibyo nabonye. Nashimishijwe […]
CAF yakuyeho irushanwa ryitabirwaga n’iyatwaye igikombe cy’Amahoro
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika ‘CAF’ yakuyeho irushanwa rya CAF Confederation Cup ryafatwaga nk’irya Kabiri muri Afurika. Muri iyi minsi CAF iri gukora amavugurura agiye atandukanye aho kuri ubu bageze ku marushanwa yari akomeye ku mugabane w’Afurika bayakorera amavugurura. Kuri uyu munsi nibwo hatangajwe ko CAF Confederation Cup igiye gukurwaho mu marushanwa iyi mpuzamashyirahamwa yo […]
Hagiye gutorwa umukobwa w’Irobo urusha abandi ubwiza muri Miss AI

Bwa Mbere ku isi hagiye kubaho amarushanwa y’ubwiza azitabirwa n’abakobwa buje uburanga ariko bakozwe n’ubwenge karemano bwa mudasobwa buzwi nka AI (intelligence artificielle). Urubuga Fanvue ruhuza abafite ibihangano rwateguye amarushanwa rwise “Miss AI” azahuza amafoto y’abanyamideli bakozwe n’imashini rutura zatojwe kurema amashusho y’abakobwa buje uburanga ku bice byose abagabo bibandaho batereta abagore cyangwa bemeza ko […]
Thierry Froger yemeza ko APR FC ifite abakinnyi baciriritse
Umutoza wa APR FC, Thierry Froger yemereye itangazamakuru ko mu ikipe ye nta mukinnyi afite uri ku rwego rwo gukina imikino nyafurika. Ku munsi w’ejo hashize nibwo APR FC yanganyaga na AS Kigali ibitego Bibiri ku bindi mu mukino utari warabereye igihe kubera ibyago iyi kipe y’ingabo yari yagize byo gutakaza umutoza wongereraga imbaraga abakinnyi. […]
Umusekirite yirashe nyuma yo gusanga umukozi yaramurongoreye umugore
Mugiraneza Wellars bataziraga CACANA yapfuye yirashe mu muhogo akoresheje imbunda y’akazi bigacyekwa ko yaba yarabikoze kubera umukozi wo mu rugo wamurongoreye umugore. Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 15 Mata 2024 nibwo hamenyekanye inkuru yâurupfu rw’umusekirite wakoreraga Kompanyi ya ISCO acunga umutekano ku bigega bya WASAC mu karere ka Nyanza wigeze no kuba […]
Police VC ihagarariye u Rwanda, yateye mpaga VGR yo muri Congo
Ikipe ya Police VC ihagarariye u Rwanda mu mikino Nyafurika iri guhuza amakipe ava mu ibihugu bitandukanye yateye mpaga VGR (Volleyball Club Garde Republicaine) yo muri Congo. Mu misiri hakomeje imikino nyafrika ihuza amakipe yo mu bihugu bitandukanye (African Volleball Club Championships) yitabiriwe n’amakipe arimo Gisagara VC na Police VC yo mu Rwanda. Kuri uyu […]
Nkurunziza Jean Paul n’umugore we bibarutse imfura
Nkurunziza Jean Paul wahoze avugira ikipe ya Rayon Sports n’umugore we Nkusi Gogo wihebeye APR FC, bibarutse imfura. Nyuma y’amezi agera ku 9 aba bombi barushinze baje kwibaruka umwana wabo w’imfura. Jean Paul na Gogo bibarutse imfura y’umukobwo nyuma y’igihe kingana n’amezi 9 bamutegereje. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Nkurunziza Jean Paul yatangaje ko […]
Minani Samuel ni umugabo wihinduye umugore ku ngufu – Amafoto

Aho ageze hose bamwamaganira kure bamwita umutinganyi gusa we ahamya ko atari we aho yemeza ko ari umugabo kuko anafite umugore n’abana. Uwo ni uwitwa Samuel Minani wo mu Burundi usanzwe ari umugabo gusa yitwara nk’abagore kuko yambara imyenda y’abo ndetse kandi yisiga n’ibirungo by’ubwiza bizwi ku bagore. Aho ageze hose bamwamaganira kure kubera imico […]
Ibihugu 10 bifite abagabo bibitseho ibitsina binini ku isi

Abagabo bo muri Ecuador bari kwishimira ubushakashatsi bwakozwe n’abashakashatsi b’Abadage bwabashyize ku mwanya wa Mbere w’abafite ibitsina binini ku isi. Mu bushakashatsi bugera kuri 40 bwakozwe kuri iyo ngingo, bwerekanye ko abagabo bo muri Ecuador bibitseho ibitsina bya rutura kurusha abandi ku isi yose. Mu nyandiko y’ikinyamakuru The Mirror, yerekana ibihugu 10 biza imbere ku […]
Eddy Kenzo yabyaranye na Minisitiri
Umuhanzi Edirisa Musuuza wamenyekanye nka Eddy Kenzo, yemeje umubano we udasanzwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâIterambere ryâIngufu nâAmabuye yâAgaciro, Phiona Nyamutoro. Hahize iminsi Eddy Kenzo ahakana ko yaba ari mu rukundo na Minisitiri Phiona Nyamutoro. Ku wa Gatatu w’icyumweru gishize ubwo yari ari mu gitaramo Eid Show cyabereye ahazwi nka Comedy Store muri Uganda, […]
Myugariro Evan yaguye mu kibuga bitunguranye

Myugariro wa AS Roma, Evan Ndicka yaguye mu kibuga mu mukino wahuzaga AS Roma na Udinese Imana ikinga akaboko ntiyapfa. Evan Ndicka yaguye mu kibuga abantu bagira ubwoba ko na we yaba agiye kuba nk’abandi bakinnyi batandukanye bagiye bagwa mu kibuga bakahasiga ubuzima, gusa we yaje kurokoka. Ku munota wa 71 myugariro wa AS Roma, […]
APR FC yaciwe arenga Miliyari ku mukinnyi wa Yanga
Ikipe y’ingabo z’igihugu, APR FC yakomanze muri Yanga Africans yo muri Tanzania ishakamo umukinnyi maze bayica amafaranga arengaho gato Miliyari y’amafaranga y’u Rwanda. Hashize ibyumweru bigera kuri Bibiri APR FC isabye Yanga Africans kuyiha umukinnyi wayo ukina mu kibuga hagati, Stephane Aziz Ki w’imyaka 28 gusa uyu mukinnyi bamushyize ku biciro bihanitse. Binyuze mu bashinzwe […]
Rainford Kalaba yapfanye n’umukunzi we

Rainford Kalaba ukomoka muri Zambia wakiniye amakipe arimo TP Mazembe, yapfiriye mu mpanuka y’imodoka. Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki 12 Mata 2024 mu masaha ya saa sita ibera mu muhanda uva Lusaka werekeza Kafue. Imodoka nto ya Rainford Kalaba yo mu bwoko bwa Mercedes Benz yagonganye n’igikamyo cyo mu bwoko bwa Howo […]
Rwanda FDA yahagaritse umuti w’abana ukorerwa muri Afurika y’Epfo

Ikigo gishinzwe kugenzura Imiti nâIbiribwa mu Rwanda (FDA) cyahagaritse ikwirakwizwa, nâikoreshwa rya nimero 329304 y’ umuti witwa Benylin Pediatrics Syrup, ukorwa n’uruganda rwitwa Johnson & Johnson, rwo muri Afurika y ‘Epfo. Mu itangazo iki kigo cyanyujije ku rubuga rwa X, kivuga ko uyu muti wahabwaga abana bari hagati y’imyaka 2-12, wasanzwemo ibinyabutabire bigira ingaruka ku […]
Munyenyezi woherejwe na Amerika, yahamijwe ibyaha bya Jenoside akatirwa burundu
Munyenyezi woherejwe mu Rwanda na Amerika yahamijwe ibyaha bya jenoside n’urukiko rwisumbuye rwa Huye, rumukatira igihano cyâigifungo cya burundu. Umucamanza yavuze ko Munyenyezi ubwe yagize uruhare rutaziguye mu bwicanyi bwibasiye bamwe mu bantu bo mu bwoko bwâAbatutsi ndetse no gufata ku ngufu abagore nâabakobwa mu mujyi wa Butare mu gihe cya Jenoside. Munyenyezi yagize uruhare […]
Ndayishimiye yasabye Abarundi kumuba inyuma nk’uko inzuki zirinda umwami wazo

Perezida w’u Burundi, Ndayishimye Evariste yasabye abaturage be kumurwanirira nk’uko inzuki zirwanirira umwami wazo zimukurikira aho agiye hose. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Mata 2024, nibwo Perezida w’u Burundi yatangije icyo yise inyigisho zo gutegura amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe umwaka utaha. Ibirori bifungura izi nyigisho byabereye ku mugaragaro mu Ntara ya Gitega kuri […]
Inyubako ikoreramo Marriott Hotel yagaragaye icumba umwotsi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Mata 2024, ku igorofa ya nyuma yâinyubako ikoreramo Marriott Hotel, hagaragaye hacumba umwotsi wâumukara mwinshi, aho byakekwaga ko ari inkongi yayibasiye. Mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, yerekanaga umwotsi wâumukara mwinshi, waturukaga ku igorofa rya nyuma yâinyubako ikoreramo Marriott Hotel. Byacyetswe ko iyi nyubako yaba yafashwe […]
Perezida Ramaphosa uherutse mu Rwanda agiye gusura Uganda

Perezida wa Afurika y’Epfo, Matamela Cyril Ramaphosa uherutse mu Rwanda agiye kugirira uruzinduko rw’iminsi ibiri y’akazi muri Uganda. Nyuma y’uko Ramaphosa avuye mu Rwanda aho yari yaje kwifatanya n’Abanyarwanda Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, agiye gusura Uganda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. Biteganyijwe ko Ramaphosa azagera muri Uganda ku wa […]
Bwa Mbere muri Afurika hatangijwe urukingo rwa SIDA
Zimbambwe yabaye igihugu cya Mbere muri Afurika yose gitangije urukingo rwa Virusi itera Sida ikomeje kwica benshi ku isi. Leta ya Zimbabwe yatangaje kumugaragaro ko yatangiye gahunda yo gutanga urukingo rurinda umuntu kuba yakwandura Virusi itera Sida. Uru rukingo ruzajya ruha ubudahangarwa umutu wese warufashe bwo kutandura Virusi itera Sida mu gihe kingana n’amezi abiri. […]
Kicukiro: Hibutswe ibihumbi by’Abatutsi biciwe muri ETO nyuma yo gutereranwa na MINUAR (Amafoto)

Kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Mata 2024, abantu ibihumbi bitabiriye urugendo rwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe abatutsi i Nyanza, Kicukiro. Uru rugendo rwatangiriye kuri sitade ua IPRC, ahahoze ishuri rya ETO Kicukiro, akaba ari n’aho hari ibirindiro by’ingabo zâUmuryango wâAbibumbye zari mu Rwanda (MINUAR), rusorezwa ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro ahahise hakomereza […]
Umusirikare n’imfungwa ngenzi ze batorotse gereza mu rukerera
Itsinda ry’imfungwa ryatorotse gereze ya Moroni muri Comoros zinyuze ku marembo makuru ya gereza kubera uburangare bw’abashinzwe umutekano nk’uko byemejwe na Leta. Kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Mata 2024, Guverinoma ya Comoros yemeje ko imfungwa 38 zatorokeye mu kavuyo mu itoroka ry’umusirikare wari ufungiye muri iyo gereza. Umuyobozi ushinzwe imfungwa, Soilihi Ali yabwiye […]
Imyuzure yibasiye Tanzania itwara abantu n’amamodoka
Umujyi wa Mbeya n’uwa Arusha muri Tanzania byibasiwe n’imyuzure yangije ibintu byinshi nyuma y’imvura nyinshi cyane imaze iminsi yibasira iki gihugu. Ingo nyinshi n’amaduka byo muri iyo mijyi byangijwe n’imyuzure ni mu gihe amateme menshi nayo yamaze gusenyuka, bibangamira ubuhahirane muri iki gihugu. Mu duce tumwe na tumwe ibikoresho bitandukanye ndetse n’amamodoka n’amapikipiki byatwawe n’uwo […]