20220824_131532.jpg

Ba Gen Murasira na Karuretwa bari muri Botswana (Amafoto)

Sangiza iyi nkuru

Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Maj Gen Albert Murasira, ari i Gaborone mu gihugu cya Botswana aho yatangiye uruzinduko rw’akazi.

Ni uruzinduko kumara iminsi itatu nk’uko Minisiteri y’Ingabo z’rugombau Rwanda yabitangaje ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter.

RDF yavuze ko muri uru ruzinduko Gen Murasira yasinyiyemo amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare, hagati yayo ndetse n’Igisirikare cya Botswana.

Muri uru ruzinduko, Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda yaherekejwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Botswana, Musoni James cyo kimwe na Brig Gen Patrick Karuretwa usanzwe ari Umuyobozi Mukuru ushinzwe imikoranire mpuzamahanga mu Ngabo z’u Rwanda.

20220824_131532.jpg

20220824_131544.jpg

20220824_131238.jpg

20220824_131537.jpg

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *