Basezeranye bambaye ubusa, ubukwe bwabo bucishwa kuri Televiziyo Live- REBA AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Jess Shears na Dom Lever basezeranye bambaye imyenda yo kogana (bikini) by’umwihariko ubukwe bwabo buca kuri leteviziyo imbonankubone (live).
S9
Bombi bari bambaye imyenda y’umweru ihisha ibice bimwe by’umubiri, basezeranye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Gashyantare, umunsi wahariwe abakundana.
S7
 
Ubu bukwe bwacishijwe kuri televiziyo yo mu Bwongereza GMB (Live), ba nyiri ubwite bakaba bavuga ko bakoze igikorwa gishimishije ku munsi w’abakundanye.
S8
Richard Arnold, umunyamakuru wa GMB wari uhagaze mu mwanya w’umushumba ubwo aba bombi basezeranaga, yagize “ Ni ukuri, ni ikintu cyiza cyane twakoze muri iki gitondo,….”.
Ubwo yarahiraga kubana na Dom, uyu mukobwa yagize ati “Njyewe Jess Shears nemeye ko wowe Dominic Lever umbera umugabo”.
S1 S2 S3 S4 S5 S6
Kanda Subscribe ujye ubona Video zigezweho 

YouTube player

Source Photos: Dailymail

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *