Ntibazakubeshye ngo abakobwa baryoshya imibonano mpuzabitsina kimwe, kuko ntibaremwe kimwe, kandi nanone abo baryohereza ntibakunda bimwe.
Gusa nanone ntitwakwirengagiza ko ubumenyi n’uburambe umukobwa abifitemo bushobora kumufasha kuryoshya imibonano, kuko bitewe n’ibyo ba Nyirasenge bamutoje cyangwa se niba yaraganiriye n’abakuze, cyangwa akaba asengera muri ya madini bigisha abakobwa gufata neza abagabo no kubasasira neza. Ibi bishobora gutuma umukobwa aryoshya imibonano mpuzabitsina. Nanone kandi hari imiterere y’umubiri w’umukobwa ishobora kumubimufashamo.
Hari uburyo bwo kumenya umukobwa waryoshya imibonano umurebye ku maso. Ibi bikurikira nubibona ku mukobwa cyangwa umugore uzamenye ko ashobora kuryoshya imibonano mpuzabitsina mu buryo butangaje.
1.Umukobwa ubasha kwiterura si unanutse gusa, kuko hari umukobwa uzasanga ananutse ariko nta gatege yigirira kimwe nuko uzabona umukobwa ubyibushye cyane kandi ahorana ingufu n’imibaduko. Umukobwa ugenda asodoka uwo nta kigenda, ahubwo wa mukobwa ubona yiterura akava hasi, akihuta mbese ukabona yiyoroshya nk’ibaba kabone nubwo abyibushye, uwo aba yaryoshya imibonano.
- Umukobwa cyangwa ufite umubiri worohereye nk’isashi irimo amazi, ufite hagati y’amaguru hegeranye, ufite ku kiziba cy’inda hasa nk’ahabyimbye uwo aba aroshya imibonano.Umukobwa ugira ubukirigitwa, kandi akagira amarangamutima menshi (sentiments and emotions). Wa mukobwa urizwa n’ubusa, yababara akarira yakwishima akarira. Ntitwabura kongeraho ko buri musore ashobora kugira ibye byatuma aryoherwa. Ku basore bamwe na bamwe uzasanga bemeza ko umukobwa uryoshya imibonano ari ufite amabuno manini, amatako abyibushye cyangwa y’inzobe, amaguru meza manini, amaribori mu ntege, amabere mato cyangwa manini. Umukobwa ufite ibi ashobora kukuryohereza bitewe n’uko wowe aribyo wikundira.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Â


