Bobi Wine byaramucanze, aragengwa- Museveni

Sangiza iyi nkuru

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni Tibuhaburwa avuga ko umukandida perezida wa Uganda bahanganye, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine avuga ko ari mu mayira abiri ( confused) kandi intekerezo zigengwa (manipulated) by’umwihariko n’abanyamahanga.

Museveni nk’uko Channel 4 ibitangaza, Museveni yavuze kuri Bobi Wine wamuzengereje, ati ” Bobi Wine byaramucanze kandi ari kugengwa n’amatsinda menshi arimo abo hanze.”

Museveni avuga ko ibyo barwanyije mu 1986 ntaho bihurye n’ibyo Bobi Wine ahanganye nabyo muri iki gihe kuko ” Ubu ibintu bimeze neza.”

Soma Izindi Nkuru

8 Responses

  1. Bobi Wine byaramucanze, aragengwa- Museveni
    Iki gisaza nicyarucangacanga kiziko aricyo kinyabwenge gusa mumureke utazubwenge ashimubwe iminsiye irabaze

    1. Bobi Wine byaramucanze, aragengwa- Museveni
      Wibuka ko uwo utuka Ari umukuru w’igihugu. Koresha imvugo ziyubashye nibyo biranga umunyarwanda muzima.

    2. Bobi Wine byaramucanze, aragengwa- Museveni
      Wibuka ko uwo utuka Ari umukuru w’igihugu. Koresha imvugo ziyubashye nibyo biranga umunyarwanda muzima.

  2. Bobi Wine byaramucanze, aragengwa- Museveni
    Iki gisaza nicyarucangacanga kiziko aricyo kinyabwenge gusa mumureke utazubwenge ashimubwe iminsiye irabaze

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *