Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni Tibuhaburwa avuga ko umukandida perezida wa Uganda bahanganye, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine avuga ko ari mu mayira abiri ( confused) kandi intekerezo zigengwa (manipulated) by’umwihariko n’abanyamahanga. Museveni nk’uko Channel 4 ibitangaza, Museveni yavuze kuri Bobi Wine wamuzengereje, ati ” Bobi Wine byaramucanze kandi ari kugengwa n’amatsinda menshi arimo abo hanze.” Museveni avuga ko ibyo barwanyije mu 1986 ntaho bihurye n’ibyo Bobi Wine ahanganye nabyo muri iki gihe kuko ” Ubu ibintu bimeze neza.”



8 Responses
Bobi Wine byaramucanze, aragengwa- Museveni
Iki gisaza nicyarucangacanga kiziko aricyo kinyabwenge gusa mumureke utazubwenge ashimubwe iminsiye irabaze
Bobi Wine byaramucanze, aragengwa- Museveni
Ubu nkuyu Koko harya umwita igisaza harya bwo koko
Bobi Wine byaramucanze, aragengwa- Museveni
Ubu nkuyu Koko harya umwita igisaza harya bwo koko
Bobi Wine byaramucanze, aragengwa- Museveni
Wibuka ko uwo utuka Ari umukuru w’igihugu. Koresha imvugo ziyubashye nibyo biranga umunyarwanda muzima.
Bobi Wine byaramucanze, aragengwa- Museveni
Wibuka ko uwo utuka Ari umukuru w’igihugu. Koresha imvugo ziyubashye nibyo biranga umunyarwanda muzima.
Bobi Wine byaramucanze, aragengwa- Museveni
Iki gisaza nicyarucangacanga kiziko aricyo kinyabwenge gusa mumureke utazubwenge ashimubwe iminsiye irabaze
Bobi Wine byaramucanze, aragengwa- Museveni
Museveni oyee
Bobi Wine byaramucanze, aragengwa- Museveni
Museveni oyee