Bretney Spears yerekanye amafoto adasanzwe agaragaza imiterere ya kigabo

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzikazi wok u mugabane w’Amerika Bretney Spears yongeye gushyira hanze amafoto ye agaragaza imiterere y’umubiri we hafi ya wose ariko we ngo akaba abikora agamije kwerekana imbaraga.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
capture
Uyu muhanzikazi ubusanzwe na we wiyemerera ko ateye nk’abagabo ndetse akanagerageza kubigaragaza, yatangaje ko adateze guhwema gukora imyitozo ngororamubiri mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’umubyibuho udasanzwe.
Uretse ibyo kandi, we avuga ko ashaka kuzana imbaraga ndetse no kwerekana ubuhanga budasanzwe mu gukora ibyo abandi bantu b’abagabo bakora.
Uyu mugore w’imyaka 35 y’amavuko, yanigaragaje ari kumwe n’umutoza we umufasha gukomeza umubiri mu myitozo ngororamubiri muri iyi minsi ya vuba.
capturei
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Afite abana 2 gusa akaba akunze no gukora ibiganiro bitandukanye ku muteleviziyo muri Amerika. Naho mu ndirimbo ze harimo nka “I didi it again, baby one more time, Till the World ends” n’izindi.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Nsengimana@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *