Inkuru ivuga ko Perezida w’ u Bufaransa, Emmanuel Macron n’ umugore we Brigitte bari basure igihugu cya Burkina Fasso ikimara kuba kimomo, Minisiteri ifite mu nshingano zayo amashuri yahise isohora itangazo ritanga konji y’ iminsi 2 ku banyeshuri.
Iri tangazo ryavuga ko ubwo Emmanuel Maccron araba ageze uri Burkina ku ri uyu wa 27 Ugushyingo 2017 abanyeshuri bo mujyi wa Ougadugou bagomba gufata konji y’ iminsi 2 mu rwego rwo kumwakira neza.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Abaturage batari bacye bo muri Burkina Fasso bakomeje kwibaza niba mu gihe Perezida wabo Rock Marc Christian Kabore azajya i Paris nabwo abanyeshuri bazahagarika amashuli kugirango babone kumwakira neza.
Abakurikiranira hafi iyi mikorere basanga abanyafurika ari bo bakurura ubukoloni n’ ubucakara mu gihe n’ abayobozi babo bakorera abaperezida b’ abazungu n’ ibyo batakorera ababyeyi babo.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gaston Rwaka/Bwiza.com


