Ingabo za Mozambique ubwo zizihirizaga umunsi wazihariwe mu mujyi wa Pemba mu ntara ya Cabo Delgado tariki ya 25 Nzeri 2021, zamuritse intwaro nshya zirimo indege za kajugujugu mu bwoko butandukanye n’imodoka z’intambara.
Mu ntwaro zamuritswe kuri uyu munsi harimo kajugujugu za Mi-8/17 (FA-093), Mi-24 (FA-117) na Gazelle, hamwe n’imodoka za Marauders MRAPS zishyigikiyeho imbunda nini.
Igitangazamakuru Club of Mozambique dukesha iyi nkuru, kivuga ko izi ntwaro nshya zose zakozwe n’uruganda Paramount Group rwo muri Afurika y’Epfo.
Ku rundi ruhande, ingabo za Mozambique zirwanira mu mazi nazo ziyerekaniye mu nyanjya y’u Buhinde. Iki gikorwa cyarebwaga na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame wari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri iyi ntara.







8 Responses
Cabo Delgado: Hamuritswe indege n’imodoka z’intambara bishya (Amafoto)
Ndashaka azi kubushofer
Cabo Delgado: Hamuritswe indege n’imodoka z’intambara bishya (Amafoto)
Ndashaka azi kubushofer
Cabo Delgado: Hamuritswe indege n’imodoka z’intambara bishya (Amafoto)
Ndashaka azi kubushofer
Cabo Delgado: Hamuritswe indege n’imodoka z’intambara bishya (Amafoto)
Ndashaka azi kubushofer
Cabo Delgado: Hamuritswe indege n’imodoka z’intambara bishya (Amafoto)
Ndashaka azi kubushofer
Cabo Delgado: Hamuritswe indege n’imodoka z’intambara bishya (Amafoto)
Ndashaka azi kubushofer
Cabo Delgado: Hamuritswe indege n’imodoka z’intambara bishya (Amafoto)
bazifatanye intwaro se kuzerekana bimaze iki ? niberekane ababafashije ibindi bicecekere
Cabo Delgado: Hamuritswe indege n’imodoka z’intambara bishya (Amafoto)
bazifatanye intwaro se kuzerekana bimaze iki ? niberekane ababafashije ibindi bicecekere